RUDASINGWA YAKUNDAGA KWIKUBIRA IBINTU,AKIYEMERA NDETSE AKANASUZUGURA || Tito Rutaremara
Vložit
- čas přidán 26. 06. 2024
- Ntuzacikwe n’ikiganiro cy’Impuguke mu byerekeye Imari by’umwihariko amakuru y’ubwiteganyirize ndetse n’ubwishingizi aribyo bizinda cyane kuri Life Insurance with Living Benefits, Safe Retirement Planning, College Funding Plan, Wealth Creation and Transfer n’ibindi byihariye mu kwiteza imbere.
Muzehe, turakumva kbsa, kwihangana mwarihanganye peee!!❤❤ rero nkuko ubibwira abo bana ntibisomwa mubitabo bisaba kuba warabaye mubibazo ukabibona ukabigaya warangiza ukabirinda abawe...nibyiza kdi byatanze umusaruro. Thanks# inkotanyi
Kagame yogere kw.Isi hose .nda akunda😊
❤❤❤❤❤❤
Mzamalana kwe
Murabagaboo
Rudasingwa 👮♀️👮♀️👮♀️umuvuze uko yarameze peeee Tito urashishoza peee
❤Inkotanyi❤FPR❤
Ntamagambo yasobanura ibikorwa byiza mwakoreye Urwanda…
Abavuga nabi FPR bifitiye utubazo twabo tudasobanutse, gusa ntawubuza abavuga ubusa kuvuga.
Urwanda rucyeneye ibindi biganiro byo Murugwiro kugirango twiminjiremo agafu nimbaraga nibitekerezo bishya bizakomeza kudufasha.
Muzehe Tito Rutaremera nkwifuriza ibyiza bihoraho, Imana nimpa Umugisha nzakubona amaso kumaso, nshimira nizindi mfura zose zitanze mukubaka Urwanda n’Ubumwe bwab’Abanyarwanda.
Mwakoze kucyiganiro cyiza cyane.