IBI NTABWO bisanzwe NTIMUBE Impumyi zireba IBIRI HAFI/SATANI arangije Kuzuza UMUGAMBI wo Gutsemba
Vložit
- čas přidán 14. 06. 2024
- #WHATSAPP_+250788266238_+250788733808
#AYALONI_TV #CLICK_SUBSCRIBE_LIKE_and_SHARE
#DUTERE INKUNGA Moble money +250788266238#
Turabaramukije mwese bene Data bakunzi bacu iyi Channel twayishinze bigendeye kuri SMS twahawe n'Imana yuko tugomba gufasha abantu bose bashaka kujya mw'Ijuru, kumenya ijambo ry'Imana, ngo bave murujijo rw'Agakiza ndetse n'urujijo rw'inyigisho z'amwe mumadini ziri kuyobya abantu na bamwe mubahanuzi bari gusenya ingo z'abantu kubera ubuhanuzi bw'ibinyoma. Ndetse n'ibindi byinshi, muzagenda mubibona uko tuzakomeza kubana.
Iyi Channel nta dini narimwe ibogamiyeho niyo gucishaho ijambo ry'Imana ndetse n'ubuhanuzi Imana iduhaye yaba uwo itumye cyangwa se natwe ibuduhaye. Murakoze cyane kubwo gukomeza kubana natwe. TURABAKUNDA
chat.whatsapp.com/LEMFjAjn9tI...
👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆
NIBA WIFUZA GUFATANYA NATWE UNO MURIMO NO KWIGA BIBLE joning kuri runo rubuga
Ese buriya konange nabatirijwe mugaturika ubu nahagaritse gusenga ariko kubera ibyamadini yubu mbanumva bigoye kumenya idini yukuri
Imana iguhe umugisha mukoziwimana.
Tugomba kuvuga ukuri tweruye tu!
Erega ukuri kuraryana iyo umuntu nkuyu avuze ukuri ababaswe n'idini barababara ariko abamaze gusobanukirwa tumenya ko ari ukuri kw'Imana.
Yesu ashimwe bene Data? Turabashimiye cyaneeeee kubwo amagambo y'ubwenge mu tugezaho .❤ Imana ibahe umugisha ndese nimbaraga zo gukomeza umurimo mwatangiye .
Amen
Nawe urimpumyi peee
gusa uzadusobanurire kuri iryo zina nyagasani kuko hari uwatwigishije atubwirako mu mazina Imana yavuze ko yitwa iryo ritarimo kndi numvise urikoresha cyane.
Shitani itinya Kiliziya niyo mpanvu inyura munzsduka za madini igatangira kuyobya abanti ,muzahanwa nukuri ubuubu akanyu kashotse umutware wacu shitani nayo irikubigamba umuntu ibaha umukora mukavuga Kandi ari shitani irikubavugisha , Niba ushaka kumenya umuntu shitani irikubira kur ok Faustin Urumuri rumurikira is
Yesu ahimbazwe cane!uri mukuri pe ivyo uvuze jewe nama nahaririye nabo dupfuye ico kintu co kuba bafise imyitozo nkiyagisirikare!aba bantu mufise bamez nka basoda mutoya kandi catholique nayo ukaba ibafise muriko mwitegurira iki?bakabura ico banyishura tugaca duhera ngaho tugatangura guharira! Rero nubwo benshi babifata minenerwe babibwirwa bakabipinga hariho ivyihishe inyuma !ahubwo mudufashe ububutumwa mubunyarutse bukwire hose kuko benshi twarayobye!mwambare ibirwanishwa lmana utanga igihe ni iki, isi haheze!
Turikumwe kbs
Vuga buhoro wanmuhanura binyoma mwe , mwanbacyi bimanza meenYyezu arsje abakekeje manabi ya uwongo Kiliziya ni mwe utunganye Katholika ishingiye ku ntumwa 12
Mwaretse guping Wana ko ibyavu nukuri kk nanjye ibyavuga narabihisuriwe nu umwuka wera ahubwo wowe umupinga uzabona inshyano kk navuga kubwe n umwuka wera numuriro bimuvigisha.
Kandi irikuvuga ngo ushinga aya madini ni shitani yutws Yezu muhungu mayimuna ,ngo nashinze KiLIzIYA ni Yezu Kristu UMwana wa Mariya , ngo Kandi niruo ryashoboye kutwirukana ngo Kandi bicisha bugugu ngo atandi nayanjye ,byemwr mbabbeirire izi nyigisho ziva kuri shitani nukuri ntimuzitege amatwi
Urebe neza nawe,utazajya ahagarara
Nicolas nadufashe adusobanurire ihuriro rya Islam na Roma ya gipapa
Mwebwe mutuburire gusa kuko twayobejwe😂,mushyire ukuri ahagaragara nukuri twikirizwe kuko batwimitsemo amadini namahane yayo kuruta ijambo ry'umusaraba.1Abakorinto
Wowe uvuga NGO arabeshya ukuri kwawe ni ukuhe ?Dukwiye kuva mu dini kuko umwuka wa satani uzakurimbuza .
Uwo ni shitani ikuvugisha , none se wanjiji Yezu Kristu aratukaba ? Muribesha Kiliziya yarabatsinze murarushwa nu mubusa
Arko ibi byo ngo byavuye Roma arabeshya rwose kuko Gitwaza Masasu Liliani nabandi aba nabantu bo babihinduye akazi kdi sindi umugatorika ahubwo wowe ufite urwango rwagusaritse wanga gatorika icyakora ifite bimwe ihuriyeho na satani