Wa mukecuru uzapfa akiri Umukobwa wabanaga na Mariamu aduhaye ubuhamya || Baririmbaga barira
Vložit
- čas přidán 11. 02. 2020
- #ABANYAKABERA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha - Zábava
Mutumye ndira cyane. Munkumbuje kuba mu gitaramo cy abantu bakijijwe nkamwe. Imana ibakomereze muri yo, Amen.
*Imana Izabahe IHEREZO RYIZA nkuko twizeye ko yarihaye Mariamu.*
*Imana Ihabwe Icyubahiro cyayo!🙌🙌*
Zaburi nsha mbashimire nte koko
Gusa Imana yomwijuru ibahe umugisha ndafashijwe
Ndabakunda cyaaaane! Mwambara nk abakozi b Imana mugabura ibyayo. Imana ibafashe muzapfire mu Mwami wacu Yesu Christo.
Mana we ndafashijwe ni ukuri ibi cyera byahozeho aba nibo basigaranye umwimerere w'itorero.Imana ibongerere umugisha, imbaraga n'amavuta.
Uvuze ukuri kuzuye pee
Uyu ni umwimerere nukuri, muramfasha cyane kandi mukomeza no kudukumbuza mu ijuru aho duharanira kujya. Barikiwa🙏
Imana ishimwe ko tuzaruhuka, ndanezerewe cyane ! . Nukuri ijuru ririho. Amaraso ya Yesu yakoze ibikomeye cyane!
Imanishimwe nongeyekubunva abiwacu ndanezerewe cyane
Amina rwose uwiteka azabahe ijuru Ndakindi Navuga p nukuri murakoze cyane
Mubarikiwe sanaaaa na miye muniombeye siku moya nifike tuombe pamoja
Amenaaaaaa munkumbuje ijuru cyane
Gpe abera Imana ibahe umugisha izabahe n'ijuru kubwokwitanga mumurimo wayo murababyeyi beza
Amen... turabakunda cyane babyeyi bacu beza.. Imana yabakoresheje iby'ubutwari pe...nishimwe cyane kubw'umurimo w'Imana w'ikabera k'umuhanuzikazi maman Mariam.
Imana ibahumugisha cyane kandi ikomeze kubagura buryo bw'umwuka ndetse numubiri. ndafashijwe cyane bene data.
Uwiteka mana ara dukunda cyane.
Ibi bintu ni byiza❤️ mbega Ijuru ukuntu Ijuru ariryiza🙏❤️❤️❤️❤️❤️❤️🙏 muhabwe umugisha
Amen,aman,murakoze mbega,abakobwa,beza,mana,nage,ndakwiginze,umekwihanga,nogutegereza,gushaka,kwawe,mbega,byiza,imana,ibahe,umugisha,mwarakoze,gukorera,imana,mbasabiye,ijuru
Muhezagirwe 🙏🏽🙏🏽
Imana ibahe umugisha mwinshi nongeye gukumbura ijuru kubwanyu Amen
Imana ibihe umungisha kdi mbifurije ijuru
Umugwa wijuru Dorcas yawinjiye Yesu akwakire
Ibi nibyo bita umwimerere peee ndafashijwe cyane
Imana ibahe umugisha kd idushoboze kugira amateka meze muri buno buzima bwacu Kujyeza mubukuru bwacu cg twaranabuvuye mo azasigare avuga.amen
Zaburi nshya ndabakunda cyane!!! Plaisir nabo mukorana Yesu abahe imigisha mutugezaho ibyiza. Uwiteka ajye abaha kubona mu maso he
Yooo
Amen Amen.
Nukuri ababantu bararirimba ukabona barangije kugera mu ijuru nkumva nanjye ndushijeho kurikumbura. Mbega indirimbo zamazamuka we!
Ni ukuri abanyamwuka baracyariho.Ndanezerewe cyane
Imana ibampere imigisha nukuri ndabakunda mwubaha Imana kd mbigiraho byinshiiiiii munkumbuza ijuru kd nkunda ukuntu mukunda gusenga no kubana Imana n urukundo Imana ikomeze ibampere amavuta
Haleluyaaaa ndabanezererewe cyane iyi groupe.kdi nongeye gushima Imana yo yabarinze mur'uru rugendo rutoroshye rwo kujya mw'ijuru.ikindi kintangaje n'uku kuntu bashobora kumara umwanya ungana gutya bahagaze kandi benshi muri bo barashaje pe.ariko muri Yesu ntibasaza.ndabakunze kdi nongeye kunezerezwa n'IMANA mumutima.haleluyaaaa.njye ndi umunyarwanda uba iburundi,iyo ni style y'abapentikote bo muburundi no muri congo.
Umugisha w'IMANA ubabeho mukiri muri iyi si,kdi mbasabiye ku Mana iherezo ryiza.mbeg'ukuntu bizaba byiza mugitaramo cyo mw'ijuru!!!!
No mu rwanda kera niko byari bimeze.
Imana Data wa twese Ashimwe cyane
Hano muri Norvège turabakunda cyane. Imana ibahe umugisha mwinshii. Dorcas Nyabudwi urakoze cyane. Mukomeze uwo murimo w'Imana mwasigiwe muzawugororerwa.
Levi mwene matare yambu Sana .Nkunda gukurikirana amateka ya Mariam Kinyamalula.Iyi groupe ndayikunda cyane
Murakoze yesu abagirire neza
Turashima cane ukuntu mutugezaho ubutumwa bwiza. Ariko rero twashaka gusba abafata amashusho (caméraman), mugihe nkiki uyu muntu yariko akora présantation yabo bagendanye bari mw'ishengero; yoza adufasha ahindukiza caméra kugira natwe tubabone. Murakoze cane ku gikorwa c'umumaro mwinshi mukora. Yesu Abahezagire!
Imana ibahe umugisha
Kandi ibakomeze
allellluaaaaaaaa, Nukuri tuzataha, umwimerere kabisaaaa! Mubabwe umugisha bakozi b uhoraho Imana Isumba byose, ayiiiiiiiiiiiiiiiiiiiiiiiiiiiii nkumbuyeeee gutaramaaaaa nkuku weeeeeeee
Imana ibarinde izindirimboziranfashije
Mubwire ariyakangahe niyogushimishimana cg nimugakiza murakoze cyane
Amen amen
Ndemeza ko umwuka wera akiri mu itorero ry'Imana
Ayiweeeee atukuzwe yesu ,Amen Amen.
Imana ibahe umugisha utagabanyije
ndabakunda, imana izabajyane mw'ijuru gusa.
Bariramba neza pe mbega byiza
Amena
Yesu akugirire neza mama
Zaburi nsha turabashimiye cane twe turi burundi twagira dusabe umucameramani azoze arereka nishengero bifise ikimazi
Mubarikie sana ndabakunda cyane
I'm the first ,, nejejwe naba bakecuru n' abasaza disi muracyavuga Imana ,,
Ndabakunda
Imana ibahe umugisha ndafashijwe cyane.
ayiweeeeeeeee ndafashijwe nukuri
Ntanumwe uzajiricyoyitwaza
Amen
hallelluaaaaaa ndafashijwe cyaneeee weee
Uwiteka ahabwe icyubahiro
Amen!
vyiza
Mudukumbuje ijuru
Mana weeeeeeeeeee
Ameeen
Karagace karimwo Imana
Imana ibahe umugisha
Mana ndakwiginzi uzaduhe ijuruweee
Mungu awenanyi amen
Hi hi iyo niyo Mana yu nourishments
Nukuri ni uku abarokore bari bameze bagihamagarwa.
Ijuru ririho abakiranuka bazaribamo
Amen amen ndabakunda cyane nabiwacu ndisi
Amennn ndanezerewe chane izindirimbo zamfashije chane Yesu akomeze abiteho
Imanibahe umugisha
RIP maman
Bavuga KA YABERA Ibyo avuga nukuri niko byari bimeze ntawajyagayo ngoyicwe ninzara icy ari ikizira kujyayo nukujyayo Uri munzira ebyiri ukaba ugiye nkokurangura ubundi uti reka nce nahano wahageraga bakubonye kare
Amenn
lmana ibahe umujyisha
Ndabakunze sana
dore umwimerere
yoooooooo ndanyuzwe
Yego urikuvuga neza
dore umwimere wingoma nipendo
Cameraman rwose watubihirije ubutaha uzisubireho
Uyukameramani utagaragaza
Abantu kameraye ntihindukira
Yo oo oo!! Uwiteka abashigikire nukuri kdi abarinde gucogora
Nkubu nukubera iki abantu tutababona kandi camer iriyo?
Uyu mubyeyi. Yitabye Imana mukanya uyu munsi 26th Mars aguye mu bitaro i Kanombe. Azize impanuka yabaye kuwa gatandatu last week. Imana imwakire mubayo. RIP dear Dorcas. Tuzahora tukwibuka
Uwihe mubyeyi?
Ubuse ibyuvuz nukuri????
Ariko se uko nukuri se????
Amena uku Niko kuri ntandwara umunsi umwe tuzinjiramo
Ariko ababantu ba camera ntakigyenda ntiberekeza camera aho abantu bari nukwerekeza ku muvuga butumwa gusa nukuri mumubwire yikosore
Muraho, zaburi nshya yarikwiye kureba ko itajya ikoresha camera 2 mu gihe bafata video mu materaniro imwe kubavugabutumwa indi mu bakristo bajya bayasimburanya nabyo byafasha. Gusa
Imana ibahe umugisha ku kazi bakoze
Aba nibo baba igitarama tujya twumva?? Cg nabandi
Dorcas niwiruhukire mubwami bwijuru
A men
Uni translate please..
I want to understand. I don't speak kinyarwanda. Can you please translate in swahili or English
I don't know the exact word, but I can try: I love to hear the great news of a city, which is far from where troubles can't reach, and the light of there is the Lamb of God, one day, I will enter that city(Heaven).
Alleluyah! There is no doubt, Hallelujah I will enter the city, Allelujah I will soon go there, one day I will enter the city.
God bless you guys,
Batuye he aba babyeyi ?
Nange hanyobeye
Nyabisindu Muri Muhanga
Camera man, wahemutse utuma tutirebera abo bakobwa bashimishije ngo twirushirizeho gufashwa.
Camera warahemutse
Yooo sorry navuze nabi,Imana Imbabarire👆
Arikokuberaki,abarokore,bose,batamerankabano,abanibobarokore,buzuyepeee,ayiwe mbegabyiza
Ibyowabibonye nkumwana wumuntu buriya imana nayo ifite ibyo ireba kuko uburokore imina ireba sibwo twenkabana babantu tureba
Ibyowabibonye nkumwana wumuntu buriya imana nayo ifite ibyo ireba kuko uburokore imina ireba sibwo twenkabana babantu tureba
None x ushaka ko bamera gute?
Nonese iyi group ibarizwa hehe?? Mukahe karere, muyihe paruwasi??
Igitarama ngirango.
Igitarama nyabisindo kuri ADPER yaho
Amen Haleluya nzinjira mumurwa
Iyondirimbo niyakangahe ivugango hareruya nzinjiramurwa ndayikunda cyane arikosinkizi
Mukangango Makewu niya 81 mugakiza
Imana ibahe umugisha utagabanyije
Amen
Twarahombyekuba tutakirikumwe
Amena
RIP maman