Chance iza rimwe mu buzima, uko nukuri pe...Manzi uri umuhanga cyane Imana yo mu Ijuru igutabare iguhindurire ubuzima bube bwiza ugere ku nzozi zawe, AMEN.
Yooo birababaje manzi ndibuka twiga mwishuri rimwe Kicukiro imena rugamba we na sister we😭😭😭😭yooo ufite umutima ukomeye disi dukore uko dushoboye tumufashe 😭😭😭komera manzi ur tomorrow must be greater than to day
Manzi bambi sorry, life is like that, its full of ups and downs. So don't think too much about past, I know its hard to forget, but try to move on, work hard, you're a clever boy you will be fine. And life will be better trust me. Ntugire kibazo kuvuga ibyakubayeho, nibyiza kubivuga rata kuko uraruhuka kandi harabandi byafasha. Komera rero, gusa shakisha ubuzi, kandi uzage ugendana na group nziza, nabantu bazima bakubaka
Oya kogosha nii umwuga bakorera n'a formation n abazungu nyabazungu barogosha. Uwo petit frère wawe rwose yo kugira isoni ngo kubera ko ari metis. Icyangombwa biramutunze
Niba wifuza ko Manzi abona ibyo kurya ndetse agahindura ubuzima, muhamagare kuri: +250783829683
Kbs nukumwoherereza 2k akanwa kacyayi basi
@Nana Bella subwo sumutekamitwe ra nibadusibanurire
@@Goodvibes-ky4ed duhejeje kuvugana nasanze ariwe .Au fait karangamuntu barayimwimye mu rwanda bamubwiye ko ari umugande
@Nana Bella akubwiye ngo wohereze kuyihe number???
@@Goodvibes-ky4ed niwe rwose ariko nbr yiwe ibaruye ku wundi
Sabin, ndagukunda cyane. Uri umugabo. Uwo musore ndamushaka mufashe muri urwo rugendo mpaka ubuzima bwe byahindutse.
Imana iguhe umugisha muvandi kuba ufite umutima wokwibuka ababaye tuzaganire
Imana iguhe umugisha niba warabikoze ndebye ikiganiro ntinze ariko niba waragize icyo uumukorera Imana ikongerere
Sabin Imana ijye iguha umugisha umubwiye ngo ikibazo cy'ibiryo ntuzongera kukigira numva unteye émotion.
Ayibambeeeeeee!!!
Humura uracyari muto
Haricyo Imana yakora amateka yawe agahinduka ,Inzira zayo zirenga ibihumbi.
Nukuri inzira z'Imana zirenga igihumbi. Sister liliane kabaganza turagushuhuje from France
Ngize amahirwe ndakubonye ndagukunda sana
Imana iratabara, gusa mujye mwibuka gufasha nabo muntara kuko hari abana benshi babazungu bagiye bahata babayeho nabi cyane
@@vivianemuhongayire4361 Hobe hobe cyane Imana ibampere imigisha.
@@habimanaolivier9447 urakoze cyane Imana ikumpere imigisha
Urakita akazi ka amafuti ariko ntabwo ari amafuti.urakora.Uwiteka aheshe umugisha akazi ka amaboko yawe.Humura ,nubwo igiti cyatemwe cyakongera kigashibuka.haracyari ibyiringiro.
Burya reka njye ndeka kwirirwa ndira ngo mbayeho nabi hariho bagenzi banjye hubwo lmana ishimwe🙏🙏🙏
Nari nzi ko nakubiswe n ubuzima ariko wowe Manzi undenzeho pe! Gusa humura dufite Imana, iyo yonyine ihindura ubuzima abantu b iminwa miremure bagahindura amagambo!!!
Mana weee amarira aranyishe ndumva nenda gusandara umutima wange wuzuye agahinda , gs be strong manzi
Ariko Mana ati nejo narabwiriwe😭 ateye impuhwe disi, gusa ejo niheza ntiwihebe manzi
Uyu musore wacu mwinza mwakagira Imana mwe abifite mumuremere ,njye ntacyo mfite ariko ndamusengeye munzira zimana zirenga 1000 nikoreshemo izagaburira uyu musore wacu ndabona anajijutse cyane
Sabe urimwiza ubutabazi bwibanze ukorera abantu , Nyagasani azajye ahora akugwiriza ibyiza umunsi kuwundi.
Mwiriwe. Mwagira Manzi inama, ubwo akunda ubworozi, nubwo yabona inka, ariko akajya no mu bworozi bw'amatungo magufi yororerwa Ku butaka buto no:inkoko z'inyama, mukazamufasha kubona isoko. Hanyuma byanashoboka , agafashwa nko kwiga uburyo hatunganywa ibituruka Ku bworozi kuko numvise abukunda. Byamuhindurira ubuzima. Ndamushimye cyane kuko ari umusore utiyemera, udacika intege kandi akaba afite n'intego yo guhindurira ubuzima umubyeyi n'abavandimwe be. Imana ibimufashemo. Courage Brother
Manzi komera cyane uriho knd bizamera neza, Sabin nukuri uvugira benshi Imana ijye iguha umugisha kuko uturema umutima mu biganiro ukorana n'abatumirwa bituma buri wese yumva abohotse, ababyeyi mwese musomye ibi mureke duharanire gusigasira abana bacu mu gihe tukiri bazima ndabinginze ntitugatererane abacu uko byaba bimeze kose ndabinginze, MURAKOZE
Manaa weee ukuntu ameze nkuwarezwe nababyeyi ubuzima bwe bwose 😭😭 afite ikinyabupfura manziii ndakwibuka
Umuntu ufite akazi rwose nafashe uyumuhungu nukuri
Yoooo MANZI komera Imana izakugirira neza!! Kandi ntuzibagirwe abo usize mu buzima bubi nk'ubwo waciyemo.
Wa mwana we, Imana izagufashe utere imbere rwose ndabikwifurije. Ukuntu rwose ufite valeurs zitakiboneka mu rubyiruko rumwe!
Uzashake driving license ukabawibitse license urumwana mwiza ufite indero ushobora kubona akazi kubu shofeur never give up in life
Mignon garçon ! Kuba uvuga kinyarwanda neza kandi utarakuriye rda bravo. Abo bagusaba abana ntuzemere bashake abagabo officiels ! Ibyo birara ntuzabyarane nabo kandi uracyari muto uzabona uwawe
Ntitukabone abantu bagenda bisekera, baba bagendana ibikomere tutazi.
Sha nukuri abantu twakubititse turi beshi
Uzatubaze twe twakuriye munkambi ibihungure ni bishyimbo byihorere🤣🤣
Cyane tugendana ibikomere niko bimera harigihe Imana iguhindurira amateka
@@nzizanyiranshuti4561 mweho nuko mwarose nizo mpungure je nakuze inwa ipilipili numunyu sasita mwijir hageze tukanywa ubuyi mironko mironko reka sha rek Ndasaba Imana izampindurire umuzima
Manzi komera phone yawe nayibonye ndaje nkuremere bro
Nukuri Imaniguhumugisha uyumusore akeneyubufasha
Humura Imana irakuzi kandi izaguhoza amarira nibikomore by'ahashize kandi akazi kose katarimo guhemuka ni akazi
😢😢😢😢 kuki mbabaye wee ngirango nuko yitiranwa n'umuhungu wange 😭😭 knd nkaba ntanicyo namufasha uretse gusenga nyagasani ni wow ushobora komora ibikomere by'ababaye ndutuye umibabaro n'imiborogo yabana bakometse hanze aha abari wow wokutworeheza no kutwomora
ariko ni akabajoux ! kwa cherie wanjye ni kuruyenzi 😀😀😀🥰🥰🥰 how lovely he is! nukuri mumuremere
Very wonderful interview !!! I will call mazi
Manzi ndakuzi uvugisha ukuri nabandi bakwizere .I know you long time go
Yoooo ihangane bambe. Ukomeze wigirire icyizere ibyiza biri imbere. Nkwifurije amahirwe masa masa Manzi.🙏🙏🙏🙏🙏
Yoooo abantu babana ni bikomere pole twese gusa mwijuru har' imana iza turengera💋
Imana izamurengera irimuriwoe bikore nonaho ureke ibyo byijuru
Ntimukababare Imana irabazi neza pe
Mbega ☹️ gusa nibeshi dufite ikibazo nkicye imana imwumvepe sabe ntako uba utajyize umugisha ndawatuye kuri wowe
Bonjour ntakuntu twakora groupe yogufasha Manzi , tukamubaza umushinga ashaka gukora tugashyira hamwe twese kuko kumuha amafranga umwe umwe ntacyo yamumarira . Ariko dukoze groupe ya Whatsapp tugashyira hamwe yagwira tukayamuha byaba byiza kurutaho . Murakoze. Umuntu ufite ikitekerezo cyuko twabikora yatubwira .
Rata nibyo, ndemeranya nawe, hashingwe groupe ifasha
Yooo uvuze ukuri rwose nibyo yafashwa gakoreshejwe grp
Groupe se irahari?nimutubwire
Uzagende usubire mu ishuri umwaka uzamure amanota Manzi.
Komera cyane shuti y'Imana humura ejo hawe ni heza. gusa numvise ubuhamya bwubuzima bwe numva agahinda karanyishe.
Petit kwogosha sikibazo ntubisuzugure hano australie twogoshwa nabazungu kandi twirabura wewe reka confidence ngo kwogosha usagutyo kuberiki
Ntabwo wamukurikiye neza ,nabantu babivuga ntabwo ariwe
Shaka imirimo yamaboko urimuto kazi nkkazi
Ntabwo ari confidence akazi gaciriritse muri Africa nagaciriritse muri Australia biratandutanye imishahara iratandukanye
Manzi nkukundiye ko ukunda maman wawe cyane n'abavandimwe bawe,Imana iguhe imigisha myinshiiiiiiii.Kandi ejo ni heza humura.
Ibyakubayeho uretse kubikuramo isomo. Ntacyo ubikeneyeho, icyakabiri don't look for simpusy, iga kwigirira neza, kora cyane kandi ukorane umuhate nubwenge,
Manzi ndagukunze cyane ufite umutima w'ubumuntu abantu benshi batakigira ,kandi komeza ukunde umuryango wawe Imana izagufasha utere imbere ,komera benshi natwe nuko twakuze ariko turabagabo
Ohhhh at the ends of the video touched me😭❤️🙏🏾 Imana irakuzi numuryango wawe Manzi izahindura amateka🙏🏾
Chance iza rimwe mu buzima, uko nukuri pe...Manzi uri umuhanga cyane Imana yo mu Ijuru igutabare iguhindurire ubuzima bube bwiza ugere ku nzozi zawe, AMEN.
manz nubigireho ikibazo ngo barakwanga kuko ubuzima urimo kuvuga urimo kuruhura abana benshi babiciyemo kuko nange ndimurabo ababyeyi bateye agahinda nkako gusa ukomere cyane
Humura bambe mw'ijuru hari Imana ikindi kunda gukora akazi kabi kaguhesha akeza kdi jyusenga Imana izakugirira neza
Cyakoze urasetsa pee , ngo uga supplyinga amashereka.
Imana ishobora byose uzabigeraho
Nakurikiranye interview ya Manzi, mu bintu aha agaciro harimo ubumuntu! Azavamo umugabo muzima. Umva ukuntu akunda sister na mama.
God is good all the time🙏🙏
Yoo😭😭😭disiii ihangane, iy'isi iratubabaza mbese abantu buzuranye ibikomere.
Uyu musore gusa yanyuze mubuzima bubabaje akwiye gufashwa kwifasha aracyali muto yige imodoka cg ashake akazi kamuvana muli bibazo
Mumpuze nuwomuhungu ndebeko harikyonamumarira
Reba numéro yiwe aho hejuru
Manzi komera cyane mubuzima niko bigenda ariko hari igihe Imana Izabigenza neza Ubuzima Bugakomeza kandi neza cyane
Manzi komera, I like the way you love your Mother & Siblings. Keep it up.
Hi mireille
Yooo mana humura Iman irakumbon natw twagiy tunyur murubwo buzim mug Iman igenda idutabuts uhorah akub hafi
Manzi ntakazi kabi cyangwa kagahitse uretse ako kugira. Nabi, ushobora guhera kubuzamu ukarangiza ari wowe utanga akazi kubuzamu.
Kbsa
Thank you Sabin,Imana igikomeza kuguha imbaraga zo gufasha
Oooooh nampe akanimero ke nange mugurire akandi gafunguro kandi ndamukunze disi ntago azi kuzamura ibiciro
0783829683 manzi
Mbega agahinda ndumva ubuzima bukakaye nkubwo nagize ariko imana ishobora byose humura❤❤❤❤❤❤
Imana ikorohereze Manzi, ubuzima buzahinduka.
Humura bro!mu Ijuru hari Imana ijya yitamurura mugihe gikwiye!iraje ibigenze neza ndabyizeye 🙏🙏🙏🙏
Imana iri kukumva Manzi pe 🙏
Yego peu i feel youu twarigany remera academy
Komera cyane Manzi, your tomorrow is brighter
💡Umugabo si uw'ubwanwa ahubwo nufite umutima ukomeye. - ijambo rya Manzi rirakomeye.
7hhpMM
7hhpMM
Yooo ndamukunze disi ntiyiyemera gusa Imana izakugirire neza iguhindurire ubuzima kd nawe Sabin ntako uba utagize Imana iguhe umugisha
Stay strong Manzi ibyiza biri imbere kandi Imana izaguhindurira amateka komera cyane
Job is job jendumuboyikazi ndabikunda birampemba
Ako nikeza cha nje nabaye umushumba wingulube
Imana ikwibuke ikugirire neza
pole Manzi ndumva duhuje amateka gusa wihangane imbere niheza
Humura uzafashwa kandi utere imbere. Ababyeyi bafite impuhwe turahari
Ijambo ry Imana riravuga ngo "abarushye nabaremerewe muze munsanze mbaruhure"
Manzi woe ujye wihangana kandi ukomere akazi kabi kazaguhesha akeza bro kandi ndabizi neza ko ubuzima buzahinduka vuba tu, icyambere akazi kabi kaguhesha akeza.
Imana izakorohereze iguhe icyo ushaka
Yooo umuhungu mwiza disi ariko mumubwire yige agronomies na élevage muri université byaba sawa vraiment.
Yooo birababaje manzi ndibuka twiga mwishuri rimwe Kicukiro imena rugamba we na sister we😭😭😭😭yooo ufite umutima ukomeye disi dukore uko dushoboye tumufashe 😭😭😭komera manzi ur tomorrow must be greater than to day
Kbsa woe umuzi wabihamya ariko disi ibyavuga biragaragara kwarukuri.
Never give up musore.hejuru ya byose hari Imana
Manzi bambi sorry, life is like that, its full of ups and downs. So don't think too much about past, I know its hard to forget, but try to move on, work hard, you're a clever boy you will be fine. And life will be better trust me. Ntugire kibazo kuvuga ibyakubayeho, nibyiza kubivuga rata kuko uraruhuka kandi harabandi byafasha. Komera rero, gusa shakisha ubuzi, kandi uzage ugendana na group nziza, nabantu bazima bakubaka
Manzi pole uwiteka arakuzi iyatumye uvuka izatuma unabaho
Mn birabaj ariko jama aranasekeje😂😂😂, pull up bro ❤❤❤ all the best umusa bizagenda neza
Komera manzi nshuti yanje kugera kure siko gupfa uzobaho ukomeze kwihangana uwiteka Imana ari muruhande rwawe😪
May God bless you Manzi
N'umugabo kabisa ubwo Imana imubikiye surprise
😁😁ndagukomeje blo twese nubuzima bubi gusa😂ingo tukomez umurimo
Manzi stay strong, so far you came so far to reach💪 just focus on your dreams kdi fight for them. You inspired me
Sha komera cne nukuri warahangayitse gs izere imana izakoresha abafite umutima wogufasha bagufashe kd kujyera kure siko gupfa
Keep it up! We love you
Courage. Imana ikwigeho
John, uracyari muto twose wakwiga. Twe kera batwimaga amashuri umuntu agahanyanyaza no kuri 20 ukajya sec ukarangiza à 26 ans! Nawe uzashake abagufasha ufate umwaka wige ubundi ujye muri university iri private wige ushyizeho umwete bizakunda. Nta myaka yo kwiga no ku ijana ubaye ugifite imbaraga wakwiga. Rwose mu Rwanda abantu benshi bariga nawe uzige. Ndakwinginze. Iyaba nari mfite amafaranga ngo nyaguhe wige ku ngufu😁
Olalah disi ibibazo yahuye nabyo ntago byamuhinduye aracyafite umutima wera de pe afite na morale rwose !!!ark komera byose birahita!!!!
Sabe muremere mwana, mushakire akazi iwawe or munshuti zawe disi, kuko bigaragara kwarumuhanga nubwo background ye arimbi
Oya kogosha nii umwuga bakorera n'a formation n abazungu nyabazungu barogosha. Uwo petit frère wawe rwose yo kugira isoni ngo kubera ko ari metis. Icyangombwa biramutunze
Sha birababaj mm ark nururimirwa rurashimishij kbx nabonag uruherwe nn nuko byifash ark cuti yajy namuntu wajyeze kure atabihiwe humura ntuzongera kubura mwizina ryayesu amen
Manzi komera Imana igiye guhindura ubuzima bwawe
Anyandikire inbox nzamuhe inka knd si jokes
Godbleess you
Gd bless you
Ariko mana abana bahura nibibazo pe none se maman wanyu yirirwa akora iki Uganda gusa uko nukogosha ntaco bitwaye na USA hogosha abasanawe
Wamugani maman wabo azaze abane n’abana be
Good life for you don't worry Manzi
Manzi ndamuzi i Nyama numwana mwiza twahuriraga muri beting tujyiye kureba man utd kuko ariyo dufana
Nibyo abarabu banga abirabura cyaneeeeee cyaneeeeee cyaneeeeee ariko nikimwe naba turiki ( umuturuki ) amenye ko ufite inda ye ukanga kuyikuramo ya kwica bara twinena cyaneeeeee nambe nabazungu pure
Umuntu aravuga ubuzima bwe n'ibibazo bye nawe ukazana ingengabitekerezo yawe ! Ubwo koko urumva udufashije iki ?
Y'allah 💔💔 nukuri ndababaye 😭😭 gusa turiho kubera Imana
Yoooo. Ndi muri Uganda ibice byose avuga ndabizi. Pole man
Nkunda Isimbi tv pe byongeye sabe nkunda ukuntu avuga nka bro wanjye ese gutanga ikiganiro kwi simbi bisaba iki ?
Olalalalalah komera komera Manzi
Oh !!!
My God
My child has no price
Igihe niki ngo Imana iguhoze amarira yose warize
Maybe God see you through Manzi
Manzi uri ni umusore w'umwete kuko nturi umusongarere,ubwo wifuza no korora