IBIRAYI BIVANZE N'INYAMA ZISEYE BITETSE MU BURYO BWOROSHYE KANDI BURYOSHYE CYANE!

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 18. 11. 2020
  • Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
  • Zábava

Komentáře • 22

  • @roozrr9678
    @roozrr9678 Před 3 lety

    Rose uzatwereke uko bakora amadazi ariya marema cg abumbye asazwe pana turiya duto ndashak kubimenya Turagukunda kandi courage mukazi

  • @uweraclaudine5053
    @uweraclaudine5053 Před 3 lety

    Waw birasa neza rwose urakoze cyane

  • @zawadiangelique8910
    @zawadiangelique8910 Před 3 lety

    Thank you Rose 🌹💕

  • @izabayoadeline9678
    @izabayoadeline9678 Před 3 lety

    Ufite igikoni nkunda cyane👌👌👌❤

  • @fillocog4368
    @fillocog4368 Před 3 lety +1

    Nonese Rose umuntu utarya fromage yakoresha iki? Bisa nibiryoshye kndi merci kudu sharinga

  • @laradekaz
    @laradekaz Před 3 lety

    It looks yummyyy!!! 😘😘

  • @pamellaumuhoza968
    @pamellaumuhoza968 Před 3 lety

    Yummy

  • @iranejejegrace2857
    @iranejejegrace2857 Před 3 lety

    Ubutaha uzongeremo amata ubikore gutyo wongeremo amata ubitereka nka night yose and then ubiteke muri oven biraryoha kurenzaho

  • @kigalirwanda8564
    @kigalirwanda8564 Před 2 lety

    Iyi plat ariko ntiwatubwiye izina ryayo? naho ikomoka😊

  • @Kim88581
    @Kim88581 Před 3 lety

    Disi yarwaye😪😥

  • @pamellaumuhoza968
    @pamellaumuhoza968 Před 3 lety +1

    Disi jyukata witonze utazitema😥

  • @bettymutesi6143
    @bettymutesi6143 Před 3 lety

    Udafite ifuru cg micro onde wabigenza ute c murakoze

  • @cocomarino3248
    @cocomarino3248 Před 3 lety

    none c iriya margarine uba ushyizemo ukuramo ibirayi nayo yakamye cg warura nk'ifiriti bisanzwe?kuburyo ufite abantu benshi wakora byinshi kurenza ibyo?

  • @mediatricemukaserija8265

    Ibikoresho birahenze
    Ex:that machine

  • @ishtina
    @ishtina Před 3 lety

    Ubwo abatarya cheese twibagirwe ibi biryo??🙄😥😢

  • @vivianemuhongayire4361
    @vivianemuhongayire4361 Před 3 lety +1

    Turizerako wagiye kwa muganga kuko warigutaka umutwe kandi urwaye ibicurane

  • @murekatetesarah6520
    @murekatetesarah6520 Před 2 lety

    Ujye utega agatambaro

  • @mukandekwelaetitia9504

    IGITSINAGORE TWITE KUBUZIMA BWACU.
    Ikibazo cy'ama infections Ku gitsinagore, ni ikibazo gihangayikishije ababyeyi n'abakobwa benshi, aho usanga bamwe barabuze urubyaro, abandi barabuze imihango cyangwa ikaza nabi, abazana ibintu by'umweru mu gitsina cyangwa impumuro mbi, hari nabo usanga nta bushake bagira cyangwa barabuze amavangingo mu gihe cy'imibonano.
    Gusa ibi biravurwa bigakira iyo ukoresheje inyunganira mirire zacu.
    Izo nyunganira mirire zikozwe mubimera,mu mboga no mbuto byatunganyirijwe munganda zitandukanye zo muri Mareziya hifashishijwe ubuhanga buhanitse,zirizewe kurwego mpuza mahanga kandi zujuje ubuziranenge,zikaba nta produits chimique(ibinyabutabire) zirimo ntangaruka zitera ubuzima bw'umuntu.
    Inyungu zo gukoresha inyunganira mirire
    ✅ Byongera amavangingo mu gihe cy'imibonano mpuzabitsina, ubushake n'ububobere.
    ✅Birinda kugira mu nda hanini (gutendera) bikanabikuraho burundu.
    ✅ Ikuraho infection urinaire cyangwa vaginale izo arizo zose kabone niyo waba warazivuje zaranze gukira.
    ✅ Ikuraho burundu kubabara mu gihe cy'imihango, kubabara umugongo, ndetse ituma imihango isubira kuri gahunda.
    ✅Ituma wisubiranya vuba umaze kubyara.
    ✅ Isubiza imihango kuri gahunda kandi igatuma ubona imihango niyo waba umaze imyaka utayibona cyangwa utarayibona na rimwe.
    ✅ ikuraho ingaruka zose ziterwa na onapo.
    ✅Ituma ugira uruhu rwiza.
    9. abantu bazana imihango yavuze irabicagagura ikaza neza.
    ✅ Iringaniza imisemburo yose y'abadamu n'abakobwa ijyanye n'imyororokere.
    ✅ikuraho ingaruka zose zo gucura.
    ✅Ikura imyanda yose ndetse na infection mu myanya myibarukiro.
    ✅ Yongera ubushake mu gukora imibonano mpuza bitsina.
    ✅ Ivura ibibyimba byo muri nyababyeyi bikagenda burundu batiriwe bakubaga.
    ✅ ivura kubyimbagatana kwa hato na hato.
    N.B:twakugezaho inyunganiramirire aho waba uri hose mu gihugu ndetse no hanze yacyo.
    Mugihugu abari mu ntara tukugezaho inyunganiramirire zacu dukoresheje courrier tukayohereza muri gare y'aho uherereye.
    Hanze y'igihugu dukoresha iposita ikabikugezaho hifashishijwe indege.
    Dukorera mu mujyi wa Kigali Mu gakinjiro ka Nyarugenge.
    Ku bindi bisobanuro naho mwayikura mwahamagara cyangwa mukwatwandikira kuri WhatsApp:
    *+250 788535351
    Kora share kugirango n'abandi bafite ibi bibazo bagezweho imiti.

    • @claudineuwamahoro7229
      @claudineuwamahoro7229 Před 3 lety

      urakoze.kumasomo meza uduha uradufasha gusa bishobotse washaka ingofero zabugenewe zomugikoni ukajya wambara kuko nibyo biri professional ikindi imisatsi iraguruka ishibora kujya mubiryo utaabizi murakoze courage

    • @bettymutesi6143
      @bettymutesi6143 Před 3 lety

      Wakoze Rose none c udafite ifuru cg mikoroonde yabigenza ate? Murakoze

    • @maombigrace6384
      @maombigrace6384 Před 3 lety

      @@bettymutesi6143 wafata isafuriya ifite hasi hakomeye atari yayindi yakababari ukayishyiramo ikiro cyumunyu mundiba cg ugakoresha umusenyi ukawushyira muriyo safuriya mundiba ubundi ugaterekamo biriya yateguye ubundi ukabishyira ku mbabura isigayeho nkikara 1 , kuko andi yose uyakura ku mbabura ukayashyira ku mufuniko hejuru , ugategereza nka 30 biba bibaye byo kbs ubundi ukirira .thanks