Umugani ugana akariho ! Hari benshi bakora nk’ibi bagatagaguza amafaranga menshi mu bubari ngo biyemere kandi mu rugo inzara ica ibintu. Isomo ryiza rwose 👋👋Bravo papa Sava et tout le groupe
😂😂😂😂😂ubwo warukuruye ubwo bwinyo ngo uze nguhe...kkkkkkkkk😅😅😅😅this Papa will break my ribs I am telling you!!!!imishogoro nibikoma,bamanuze ibiryo 😂😂😂😂😂😂
Muziko iyinyama ya ndimbati imoteye ubanza ariyo jigo de chèvre nvuy iburundi uwoyamoteye nkanje nakande hano
Papa Sava wigurire icupa kabisaaa uzi gushaka abakinnyi bafite impano rwoseeee
Papa sava please bwira ahantu nagura iyi nyama 🤣🤣🤣 ndumva inda ijyiye kuvamo pe 😂
Habandi bana ndimba nukuri😋😋we ndimbati urigihimbiri😅😅💓💓💓💓🇧🇮🇧🇮🇧🇮gusa mbakunda kubi❤❤❤
Ubundi iyo ndimbati bamuhaye role akina arimo kurya nibwo aba nezerewe byahatar 😅😅
Umugani ugana akariho ! Hari benshi bakora nk’ibi bagatagaguza amafaranga menshi mu bubari ngo biyemere kandi mu rugo inzara ica ibintu. Isomo ryiza rwose 👋👋Bravo papa Sava et tout le groupe
Ni byo rwose iri Ni isomo!
Sha abagabomubahonez Sha byo abagore basubizwe agaciro nsigayendumuzungu nsigayenitwapator nanjyemuncakire abahanzi njyana ku Kivu bayiroba batsa😂🚦batikisha ndimbaty boss🙈
Sha abagabombwa babaho cyokoza muzandangire ahantu botsa iriyanyapeeee arikosekontunvisengo namutindi uyiry nga iribwa n baboss nkandimbaty ahhh 😂
Ukuri kwuzuy
Jyewe ndimo ndirebera ubwoko bwaruriya Rufunguzo Papa Sava arimo Gufunguza 😅😅😅😅
Xjdu
Cyakoze hatungi wari ukumbiwe kdi ubutaha uzakine wowe na piganzenze turashak kumubona pe😂😂,
😂😂😂 Ndimbati niwe wenyine ushobora kuganira n’ikiribwa
Hhhhhh nanjy Niko mbibona
Mbega urusambo weeee nayimushikuza rugaca Imana😅😅
Nkunda Digidigi ni vraie acteur
Iyinyama ntago wayiryana twicaranye ndakurahiye 😅😅😅😅😅😂😂😂😂
Nanjye nayigushikuza nkiruka😂😂😂😂😂
😂😂😂😂😂😂
Papa Sava araduhe nu Mero yahahantu botsa gutya
Aho batsa gutya muturangire rwose twigurire
😂😂😂😂😂ubwo warukuruye ubwo bwinyo ngo uze nguhe...kkkkkkkkk😅😅😅😅this Papa will break my ribs I am telling you!!!!imishogoro nibikoma,bamanuze ibiryo 😂😂😂😂😂😂
Hhhhh
Iyi Nyama niwayirya wenyine peee nakugarika peeee😂😂😂
Nibehariho umuntu unshimisha nindimbati pee🤣🤣
Ndimbati aza andyohera iyo ikimwaro kimufashe🤣🤣🤣😃😃
Uburyo hatungi atsindiyemo agapeti mwibanga rikomeye😂
Les bons joueurs !c'est pourquoi on aime Papa Sava films.
😂😂😂 mbabajwe na Nsabimana na digidigi baririmbiy ubusa, bakaba batanahebwe.
Bonjour yù UK ôkjnnljoutreayuoipsuykiioootu
B
😢 un 20:42 20:43 😅 20:47 😮
Nsabimana arapfuye neza neza😂😂😂😂😂😂, ngo ako insazi ikorako tuje turakajugunya😅😅😅😅
0:45 "Umv'umunopfu wee" 😂😂😂, aka kantu kazaba meme.
Shaaa naho urya ukina,uri umukunzi w'inda pee😮,umunyameru,abagore baratunga pe
Ndimba urabiryoshya pee kude shapoo🙏🙏🙏
Ukuntu nkunda inyam sinorabira ngo ni muri comédie nosang nayitoye😂😂😂😂
Hhhhh nanjy Nuko prl
Nibabarijwe na Nsabiri gusa wahereye kare asaba akagufa byibuze yumve uko inyama imeze none bazimutwariye mukanwa weeee😂😂😂😂😂😂😂 ariko Ndikbati yaragafashe weeeeee😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤ ndabakunda papa sava mwese muraka ure icyago
Nanjye noneho nazindutse pe, papa sava imbere cyn ❤
😂😂😂 amarwe aranyishe iyo nyama mundangire aho nayikura amazi yuzuye akanwa😂😂😂
Inyama yitwa indimbati
🤣🤣🤣🤣🤣
Iyonyamaaaaaaa iranyishe vraiment nciye ndibwa munda nimpamo 😋😋😋
😋😋
Sha abakene kubona ijuru kobizatuvuna😂😂😂😂 nanj mbambona atozindyana pe 🤦♀️🇧🇮💃
Papa SAVA WE ATI GUSATURA BYO MWABIKORA MUGEZE MURUGO😂😂😂😂😂
Urwego go kurya ukuguru kwinka wenyene😂
Ahhshshshshshahahahahhahahahahah Ndimbati uri mubi koko. Uzi ko nange ndi kumira amazi hahhahahhahahah
Papa sava ngo gusatura babikore bageze murungo 😂😂😂😂😂 ubunse ababagabo baririmbiye Ubuntu koko babayibwa koko ngowampaye nagatuguru
Aliko se koko Hatungi ni mucoma cg ni rôle ye yo muli film mumbwize ukuri mumpe na numéro ye ya phone. Murakoze
Ni mucoma yarabyize!
Mbese ndimba urikurya inyamama murugo barikurya umushogoro hhhhhhh😂😂😂 ariko arimurugo ubikorera umva urugo rwahita ruhirima😂😂😂😂
Abatindi baragowe koko 😂😂😂😂😂
Ngo gusatura bayisaturire murugo 🤣🤣🤣🤣
Ndimbati aba abitomboreyemo ariko nanone imyama ziramwica peee😂😂😂
😂😂😂
😂😂😂😂😂 iyi nda nayisaturaa😂😂 oyaaa uyisature mugeze murugo😢😂😂
Nsabimana wee,akagiyeho isazi Niko ukwiye koko😂😂
Shakunda digidigi kuko azigukuna nkumuhimbiri nezaneza gussa nuwomujama murikumw'arabizi kabsa!!!ndimbatiwe murugiwe baragowe arko aguma yibeshera ngo numukire.sha digidi,ndakwifuriza iterambere rihoraho.kwanza team papan sava bose nibeza havuyemo madederi!
Mbega ndimbati
😂
Uburyo wari wimye abandi byagombaga kukugaruka😂😂
Ndabona kuzaba number 1 bigoye pe ndagerageza ark ababingwa nzanga bazindutse cyane
at the end Ndimbati is like on everything I really need new friends I'm telling You
MANA yanjye....nzayirebaaaa inshuro ntabara
Mbegaaaaa ubukire weeee😂😂😂😂kwiga nibi to😂😂😂
Kubona digidigi atuje birasekeje twa tugambo twe twashize ivuga
Ndimba akantu kokurya uragashoborape urabyumva kabisa
Wangana gutya utariye
Digidigi na Nsabimana barambabaje kubona bagiye batariye
Hhhhh arik uyu muginga ra😅😅😅😅😅
Amerwe we! Isomo ryo riratambutse.
Ndumiwe mbega indaweeeee!!!!!!
Papa sava, uzadushakire subtitle zicyongereza . Thanks uzabitekerezeho pe
Mubonye ukuntu hatungi anyonyombanye agapetit Mutzig
Ishirasoni siyiroga niyirya abandi ...... .
Mbega urunyama weee nukuguru kwihene pe mbega amerwe munteye 😋😋😋😋😛😛😛😛😛
Aha umugabo muwahashye
Eeee mbonye Hatungi mpita mfungura
Akazi keza papa Sava 💕💕💕💕
Njyewe rwose papa sava izi nyama ndazishaka pe ndangira aho nazisanga
Nubwari flm ark uranarya p
Mujye mucana bougie kubera amasazi .
Yeeeeee go weeeeee! Bashyire mugaciro bajye munsi y'urugo basorome umushogoro bawukoze rucakarara uri kwirenza inkoko nama wine inda yahuye n'umugongo urashonje igikwa kikumereye nabi.
Kandi abagabo nk'abo bariho
Ariko Ndimba, iwawe buriya si uguteka nka 10kg z'inyama hhhhhh
😃😃😃😃akangaka kagiye kugwa
Ndimbati we abatindi tubaho nabi Koko uzongera ukwukame igikombe ni yo navugaga
Yemweeee yemweeee ahoooooo hahiyekoko ibihembo byange papa sava
Iyi episode irarenze kabisa ❤❤❤ turabakurikira cyane muri Kigali Deals
Kazungu
Wumwica ny 4:31 4:35
Nuko ari Umukino ariko bibaho mubuzima busazwe abagabo ibyo bata mutubari maroha munda zabo ntibingana nibyo basigira Ingo zabo BITUMYE NIBUKA AKABARI UMUBYEYI WANJYE YAKIJJIJE Murugo ari ntankuru😢
Pole sana
Ako kanyama ganmwa
Wamungani ni nyama n nkoko n ifi n ngurube n dendo niki😂😂😂😂😂
Iyi si iratwite
Nkunda ntimbati na marigo😂😂😂
Ibyisi nubusa umuntu arabisiha hhhhhhh😅😅😅
Bugiye ndabizana
Uri uwabere dimbati😅😅😅😅😅
Urarya nkamira wan 😂😂😂
Hatungi yarakumbuwe cyane
Ahwiiiiii nduwa mbere koko😂
😂😂😂😂Ewe digidigi . Ativyisi nubusa. Iyondirimbo niyo
Amerwe Digidigi yamwishe hhhhh
Muradushimisha cyane
Data weee Nkunda ko papa sava akoresha icyakura😂😂😂😂 data wee papa sava wanjye nukuri bose barashoboye Imbere cyane
Nibyiza cyane kbs,ark umuntu waba azi aho kariya kabari ke Kari yazandangira
Ndimbauranyemeje,pe
Iyinyama niyihe😂 mubwire pe
Ooh my goodness
Iyi nuyumwaka kabisa ATI wagicucuwe Doré iyomikaka
Hahahahaha amazi yuzuye akanwa peeeee!.
sha amerwe munteye ari team papa sava ako kabari kaba he ko ndeba botsa neza rwose nkazahasohokera najye muri cavacance kanjye nukuri muzaturangire pe
Papa Sava uzi ko nta soni ugira
Oya ntazo😅😅😅😅😅😅😅
Na njye kuva navuka nibwo mbonye iyi nyama pe! Nibajije ko yaba inurira
Cyakoza ndimati aranshimisha ndanagikunda peeeeeee
Valens JR 😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂joy
Ntuvuga ngo yanda😂😂😂😂. Amará agiye gusohoka. Inda yafatanye n'umugongo 😢😢😂😂😂😂
ndabakunda cyane
Kariya gafunguzo ndagakeneye😂
😂😂😂😂😂😂😂 ndimbatiwe hama hamwe margarita akubwire ikinyarwanda 😂😂😂
Najye ubwajye amazi yuzuye akanwa
Mundagire ahantu botsa iyinyamape yandimbati
Nemey hatungi akuyemwakiwe kare