Kugorora kukuri ni ukwigisha ubutumwa bwiza bugahindura imitima yabo ugorora nibyo mukora? Cyangwa hari uko mushaka ko ibintu bigenda mu itorero gusa muri kamere?
Nawe urabeshye ubundi iyo muslims inyandoko zaam za Ellen white ndetse na Bible ntabwo ndumva ko itorero tugomba gutaha kukibanza cy,intumwa Eary writing 138
Abitegura kubatizwa, bategurirwaga kubatizwa kuko bagomba kwigishwa bibiliya nukuri kayo, no kubagenzura ko bihannye byukuri, kuko igitabo cyibihamya wavuze kivuga ko kubatiza utarihannye ngo ahinduke bisa no kumuhamba ari muzima
Intambara murwana(abagorozi) Niya kamere siyo kwizera Yesu Kristo intambara zitageza umuntu kukwizera ntacyo zimaze. Mbere yo kugorora wowe uragororotse? Wakiriye Kristo Yesu mubugingo bwawe? Ibyo nibyo abagorozi bigishirizaga mu itorero barimo.
Ubuse, ko ubugorozi bwanyu bwatangiriye muri RDC, ngo abayobozi banze kubumva, kandi itorero ko ritareberwa mu RWANDA na RDC nahandi mujya gusohora abantu nyamara bo ntawanze kubumva, ubwo iyo muvuze ko ari mwe mwenyine gatsiko kemewe, ntimuba mwerekanye ko mu bindi bihugu nta torero ry'Imana ribayo, ko itorero mwamaze kuriciraho iteka? Ese ibihamya bibuzanya kurisohokamo, nibibuzanya kuriciraho iteka no kuryita babuloni, nukuvuga ko mutabizi, ndabagira inama yo kwirinda kurobanura ku butoni ibihamya, ahubwo buri nyandiko muyihe agaciro
Amen 🙏🏾 and we definitely need a part 2 ❤❤❤❤
Uwitak abahire benedata Imana ibahe umugisha.ubugoroz burakewe.kukokubwiza ibintu utabikora Uba ubwirizanab a Adventist bigisha ibintu bigasanaho barikubwira abandi bobitabareba mubemaso
Amenaaa, Imana ishimwe cyane🙏🏾
Urakoze cyane mwana wa Data
Mwese Imana Ibahumugisha.
Uwiteka adukomeze twese tuzasoze neza ku kuri twamenye kwi Ivugurura nubugorozi
Ntimukarebere itorero ry'Imana muri kamere ahubwo muyoborwe n'umwuka wera kuko nibyo mwise kurisohokamo nyamara ntaho mwavuye ntanaho mwagiye kuko mwajyanye yakamere yakera mwahoranye kuva mu idini ukajya mu itorero n'Imana ibikorera muntekerezo no mumitima yacu kuko ariho tuvuganira n'Imana. Ntabwo muzi itorero icyo ari cyo!
Mwenedata nawe ndabona uyifite pe
Ndiho kubwayo aba bantu nti bumva iyo bumvise ukuri kubaganje barirwanirira bakagutuka cyangwa bakanagusebya kugirango bihinze amakosa ijambo ry'Imana ribereka bakora babishaka
NGAHO RERERO!
ITORERO RYOMUNTEKEREZO RITAGARAGARA RIBAHO WAMUNTU WE!!
NDUMIWE P!
UBUNDISE KO YESU YAKORESHAGA HANDITWE NGO,
KO TUBONA ITORERO RYO MWEFESO, IKORINTO,PERUGAMO,GARATIYA,SARUDI,RAWODOKIYA,FIRADEREFIYA,IKONIYA,ARIMANTAYA, NAHANDI AYO KO AGARAGARA KANDI AKABA YANDITSWE IRYO UVUGA RYO MUNTEKEREZO GUSA RYANDITSEHE?
Icyo Imana ishaka nuko twihana ibyaha byacu tukakira Ubuntu bw'Imana mumitima yacu kugira ngo tubabarirwe biduhindure abana b'Imana naho ubundi buryo bwose nukwishakira ibinezeza kamere
Ubugorozi bwarahanuwe ngobube umutiwintegenke zafashitorero ryabadive arikobarabwanze
Kugorora kukuri ni ukwigisha ubutumwa bwiza bugahindura imitima yabo ugorora nibyo mukora? Cyangwa hari uko mushaka ko ibintu bigenda mu itorero gusa muri kamere?
Oya nibibiliya numwuka wubuhanuzi tugenderaho Niba urumudive. ndumva nawe ibyo utabigwanya
Nta gishya munsi y'ijuru simwe bambere murwanyije itorero ry'Imana simwe banyuma. Iteka Umwana Wintama azahora anesha nibwo inyamaswa yahekenya amenyo
Ntizagamburuza ubwoko bw'Imana. Uko watesha umutwe abantu kose ntushobora kunesha ukuri.
Ooo nukuri irijambo niryukuri
Ijambo ivugurura risome muri Bibilia.Tubwire igice n'umurongo
Abamenye ukuri nibo babatuwe naho guca urubanza kirazira kuko umunsi umwe ubwo twese tuzagera imbere y’intebe y’Imanza y’Imana nibwo bizasobanuka😢
Asomye inyandiko ntago aciye urubanza mwenedata
Hari itorero rimwe ariryo rya karindwi abadvantiste bumunsi wa karindwi. Nimushaka mwihane kuko mwarayobye
Great 😢
Nimudusobanurire ibyajiy inkomoko
Yesu kristo gukiranuka kwacu niwe ukwiye kwigishwa ngo gukiranuka kwe kuduhindure nibyo, Yohana yigishaga nabandi bagorozi babayeho nibyo bigishaga mbese nibyo mwigishwa Kandi mwigisha? We kuba umucamanza cg uca amateka dufite Kristo Yesu umutambyi mukuru mubuturo bwera niwe mugorozi ugorora imitima yacu naho abagorora kamere mwebwe ntacyo bimariye kamere itarahinduwe na Yesu Kristo.musubire mu itorero ry'Imana mwigishwe ubutumwa bwiza mugororwe mubone namwe kugorora
Abagorozi mwaravangiwe kuko namwe ntimuvuga rumwe. Bamwe muri mwe mwiyise Abarakare, Abakusi, Ababaturwa, kugeza ubu Abadivantiste nibo torero rukumbi rifite Amategeko y'Imana no Guhamya Yesu
Uje wiga bibiliya numwuka wubuhanuzi bigusobanurire utazarwanya abowagafatanije nabo nka sawuri cyagwa abayuda bavuze ngo nabambwe ncuti
Nibyo rwose mwadutse muri za 88 mubyaho mufite akavuyo kenshi muhaguruka mu iteraniro mugatera indirimbo mukibwirizwa hagati, ibyo byo gukamirinka hasi nimwe mwabikoraga nuko mwagiye mubona umucyo gahoro gahoro, ariko kwitandukanya sibyiza Bibiliya iti:Uwitandukanya n'abandi abafite ibyo ararikiye. Kandi ntiwagorora urinyuma y'ikibuga. Iyo umenye umucyo uhama hamwe ukamurikira abandi ukaberera imbuto
Mukomere cyane ndabaza uwo mugabo urigusobanura itorero ryabadivatiste uvugako abadive bayobye none niba yemera bibiriya akaba yarayisomye neza yohana ko itorero rya 7 ariryo torero ryanyuma abadivatiste barimo none abatapera cg abagorozi batarabadive bo nitorero ryakangehe ? Ko tuziko amatorero yohana yerenswe ararindwi gusa 7 ?ikindi kibazo umuntu wese aze agorora irinyuma yitorero asubwo we yaba arimukuri kandi kristo yaravuze ngo mureke urukugu namasaka bikurane ? Bibaye byiza mwatanga na nimero yanyu umuntu yababoneraho in box
Usome icyiswe *mbona undi mumarayika*
Ntabwo ari itsinda ry'abagorozi sha@@irivuzimanaproject
Nawe urabeshye ubundi iyo muslims inyandoko zaam za Ellen white ndetse na Bible ntabwo ndumva ko itorero tugomba gutaha kukibanza cy,intumwa Eary writing 138
Abitegura kubatizwa, bategurirwaga kubatizwa kuko bagomba kwigishwa bibiliya nukuri kayo, no kubagenzura ko bihannye byukuri, kuko igitabo cyibihamya wavuze kivuga ko kubatiza utarihannye ngo ahinduke bisa no kumuhamba ari muzima
Mwasomye nabi
Intambara murwana(abagorozi) Niya kamere siyo kwizera Yesu Kristo intambara zitageza umuntu kukwizera ntacyo zimaze. Mbere yo kugorora wowe uragororotse? Wakiriye Kristo Yesu mubugingo bwawe? Ibyo nibyo abagorozi bigishirizaga mu itorero barimo.
IGA bibiliya Pana kuyiaimbuza ibitabo bindi by'abantu birimo indongozi uyikurikize nibwo bugorozi.
Ubwose iyo muhaye umwana ifunguro ryera, uwo mwana mutekereza ko impamvu zifunguro ryera aba azizi?
Ariko ubundi kuki bitandukanije n'itorero bonyine Ellen white agasigara?
Ndabasuhujemwese ibiriho uyumunsi byahozeho abatambyibayobeweyesu kandibarashyizwehonimana intambaraikomeyentoya p431 abadivantisit nitorerorya 7 babwiriza ubutumwa bwa maraikawa 3 iyobabuvuga nkukobabuhawe yesu abayaraje intambaikomeye ntoya p328 isubi2 ubworero hakenewe maraikawundi Ibyahishuwe 18:1:4.ubutumwa abagorozi babwiriza nubu uyumumarayika ntiyabanzwe ahubwo nimarayikawundi ngoyajekunga.
Agatsiko uvuze ngo nimwebwe, kandi ukavuga ko mwdutse mu 1988, nyamara ibyo usomye byaranditswe mbere yimyaka irenga 100, urumva muhuriyehe?
Agatsiko kavuzwe si akitandukanije nitorero, kuko Ellen White yanditse ko storeroom rigizwe nudutsiko 2, itorero rigaragara nkuko buri wese usenga kwisabato ari ( Eglise visible), nagatsiko kiswe itorero ritagaragara( Eglise invisible)
Rero utu dutsiko twombi duhuriye mwitorero.
Nuko ari wowe uri kuri Camera ariko ibyo uvuze birimo ibibazo byinshi
Ibyabagore 2 se mwemera wabitwereka ukoresheje isezerano rishya? Kugumana umugore wa 2 koko?
Soma Ibyakozwe nintumwa 3:19, iminsi yo kujijwa Imana yaratirengagije itegeka abantu bose kwihana, none rero ibyanyu njye naganiriye na benshi bo murimwe kandi benshi barihannye bagaruka mwitorero ryabadiventiste, namwe mwigenzure
Abo biyita abagorozi ngo batandukanye n'abadivantiste mu 1988 ngo kuko bayobye. Kuki bakoresha inyandiko z'umwuka w'ubuhanuzi z'itorero ryari ryamaze kuyoba? Nibatihana nabo ibyabaye mu Byakozwe n'Intumwa 19:13-15 bigiye kubabaho
Abo bavuga ko arabagorozi Kotuzi umugorozi nka ruter wicriff zwingiri nabandi none itorero ryabagorozi barisoma hehe
Nonese kumuntu yihana ibyoyakoze ufite abagore 2 ntabonako yakoze icyaha kwatura nigute?
Iyo mihimbiri irasara mwebwe mwasomye nabi muraborerwa niyo mpamvu babafungiy nurusengero mwarayovye
Ihane ihane !!
Niba mwumva mwarakiranutse mujye mudusabira tube abakiranutsi nkamwe muve mumanza kuko gucimanza sibyanyu. Haranditse ngo nitwiyita abakiranutsi tuba twise Imana inyabinyoma. Kd mujye muzirikana ko ikiyoka kizarwanya abasigaye ntabwo arabasohotse. Musabire ubugingo bwanyu muve kuri sda kuko Yesu niwe uyifashukuboko.
Urakoze cyane nshuti, Erega nubwo ikiyoka cyarakariye umugore ariwe torero ntacyo cyamutwaye kuko Yari asigaye yuzuzanya nacyo ahubwo cyagiye kurwanya abo mu urubyaro rwe basigaye bitondera amategeko y'Imana bakagira guhamya kwa Yesu, Ibyah 12:17
[17]Ikiyoka kirakarira wa mugore, kiragenda ngo kirwanye abo mu rubyaro rwe basigaye, bitondera amategeko y'Imana kandi bafite guhamya kwa Yesu.
Uwo mugore uzasoma n'imyitwarire ye uzamusoma mu intambara ikomeye page 324. Handitswe ngo niyo ntwaro dushobora kuyobora itorero ry'Imana. Imana idushoboze kumvira inama zayo mu izina rya Yesu,Amen
Muragwa imishinjo nkiyo yokuvuga yokuburanira Itorero ryataye ukuri ntibyatuma itorero ritagwa soma ibyaduka page 51 Na 62 urasanga urikwibeshya
Satani numugome cyane
Icyabaye mu 1988 nuko Abadventiste bahawe umucyo wo gutsindishirizwa n'ubuntu kubwo kwizera. Iryo tsinda uvuga ry'abasenga nta yabaye baba badashaka gusenga se ivuga butumwa ry'Itorero ikaba rishingiye he??
Amen ubutumwa nibwogere nibwobwahanuwepe
Eee byumvishe ninze ariko ukuri kurumvika byange bikunde abimana Bose bazasohoka baze mwitorero
Jya ujyana n'ibihe kuko ubu Bibiliya buri wese uyishaka afite uburenganzira bwo kuyisoma ntugaheranwe n'amateka.
Ariko Amahame y'Itorero ntago ari indongozi.
Urabeshe muricogitabo cintambara ihambaye ntandongozi wasomyemwo
Amena
Birakwiye ko hitegerezwa uko Abagorozi b'Itorero rya mbere bakoze umurimo n'icyo bari bagambiriye ku munyabyaha. Ubutumwa budakiza umutima ntacyo bumarira umuntu pe!
Ubugorozi numutiwintegenke zafashe itoreroryabadive ryaririmazekugwa barabwanze
Nonese mwarasesenguye musanga Ellen G white yaravugaga infongozi y'itorero ry'Abadventiste b'umunsi wa karindwi cg yavugaga izandi matorero?mureke kamere rwose ,uwo Ellen G White muvuga yarinze asinzira atarava muri iri torero nubwo iryo yabagamo ritari ritunganye !!namwe iyo mukora nkawe ntimuba mwaragiye !!
Uzabarebe bahatiriza umuntu kubakurikira nti bareka ngo umutimanama ngo uhamanye nawe ku cyemezo. Aho kugira ngo ibyanditswe bibahindure ahubwo babikubitisha abanu kandi uwo ni umugambi w'umubisha satani.
Mwe mutayifite ntimwirwa musubiranamo
Murakoze uwo mugorozi ibyo asoma nibyo rwose SDA barayobye.
Ngaho mujye kugasozi muterane
Wagororabandi nawe ukigoramye
Ubuse, ko ubugorozi bwanyu bwatangiriye muri RDC, ngo abayobozi banze kubumva, kandi itorero ko ritareberwa mu RWANDA na RDC nahandi mujya gusohora abantu nyamara bo ntawanze kubumva, ubwo iyo muvuze ko ari mwe mwenyine gatsiko kemewe, ntimuba mwerekanye ko mu bindi bihugu nta torero ry'Imana ribayo, ko itorero mwamaze kuriciraho iteka?
Ese ibihamya bibuzanya kurisohokamo, nibibuzanya kuriciraho iteka no kuryita babuloni, nukuvuga ko mutabizi, ndabagira inama yo kwirinda kurobanura ku butoni ibihamya, ahubwo buri nyandiko muyihe agaciro
Ibyabuzanyaga kurisohokamo no kuryita Baburoni byavuzwe ri gihagaze mu manegeka ariko kurubu ryara henutse Kandi ryabaye bababuroni uzasome neza
Nibyo uzabibona Koko nabyo biranditse ko umurwa wa Data wabaye maraya, KANDI ko riri musi y'ibendera rya satani
Genzura mubiranga Baburoni uraza gusanga ribyujuje
Maze ubone kuvuga ko bataryita maraya Kandi ryambaye umwambaro wamarya ryanagiye nugushaka abagabo kugasima nkabandi bamaraya.
Ntabwo Indongozi yashyizweho ngi isimbure bibiliya, ahubwo ni igitabwo kirimo gahunda y’itorero. Ikindi kandi n’abizera ntawe uhejwe kugira indongozi . Ikindi kandi ibirimo ntabwo itorero yabyitekerereje kuko yifashishije bibiliya
I managed ikubabarire
Cyakora sindabona abantu babeshya ku isi ubwo wowe wari wayitunga indongonzi yanyayo cyangwa ntabwo, uzi ibyo ivuga cyangwa ibyo ishinzwe
Nonese bo ntabindi bitobo bagira bitari ibya erin wait?
@@user-em3bi1vq7w ibitabo bindi n'indongozi ariyo itegekako
1.Pasitoro ariwe ubatiza gusa.
2.Ntawundi usezeranya usibye pasitoro
3.Ukoze icyaha ahanishwa iki gihano bigenwa n'indongozi
4.Indongozi igenako umugore aba umukuru w'itorero(pasitoro)
5.Indongozi yemerako umukuru w'idini ku isi ari papa
6.ifunguro ryera ntabwo abana baryemerewe bigenwa n'indongozi.
7.Gusezerananya bigenwa n'indongozi.
N'ibindi ... rero bitandukanye no gusoma igitabo kindi gifite ubumenyi nka science, umugenzi, ibitabo by'ubuzima.
Biratandukanye
Ntimukabe abarwanashyaka bidini ngo mukabye harya ko mundongo havuga ko ifunguro risagutse ritwika, ko mwifashishije bibiriya birihe duhe iryo somo?, ko havuga ko ntamidiyakoni wemerewe kubatiza Kandi muri bibiriya havuga ko firipo yabatije bibiriya iriviguruza?
Ko mundongozi havuga umugore kuba pasitere, isomo mwifashishije ririhe?
Ko mundongozi havuga kwinjiza intumbi murusengero makayisezera, isomo mwifashishije ririhe?
Nubihakana ko bitari mundongozi utubwire Aho biva kuko murabikora ?
Ibyo bitaniyehe nibyo YESU yabwiye abayuda ko bamusengera ubusa ko bigisha amategeko yabantu
Ntimukabe abarwanyi bidini ahubwo mujye mugerageza byose mwange ibyo mwamenyeneza ntukanenge ibyo utaramenya neza
Laodokia ni igihe cya7 cy'itorero ry'imana si SDA.
Uracyafite byinshi byo kwiga kuko itorero rya abadivantiste ntirizigera riyoba kigeza yesu agaritse
Ryayobye ritangira aho bavanga amategeko nubuntu kdi hagayi nasara batarabanye kwa abrahamu byarabaye ngombwako hagayi bamusenda, nimidasenda amategeko ntimuzarya kumugabane wabamasezerano
@@uwamaliyaphilomene4251
Nawe ibyo bintu ukeneye kubisobanukirwa neza.
Ubuntu ntibukuraho amategeko
Ahubwo butwigisha kuyumvira
Tito2:11
None ubwo abagorozi n'Itorero ryakangahe?
Uwitak abahire benedata Imana ibahe umugisha.ubugoroz burakewe.kukokubwiza ibintu utabikora Uba ubwirizanab a Adventist bigisha ibintu bigasanaho barikubwira abandi bobitabareba mubemaso
Uwitak abahire benedata Imana ibahe umugisha.ubugoroz burakewe.kukokubwiza ibintu utabikora Uba ubwirizanab a Adventist bigisha ibintu bigasanaho barikubwira abandi bobitabareba mubemaso
Uwitak abahire benedata Imana ibahe umugisha.ubugoroz burakewe.kukokubwiza ibintu utabikora Uba ubwirizanab a Adventist bigisha ibintu bigasanaho barikubwira abandi bobitabareba mubemaso