Big boss afite inda ahandi arasanzwe ahubwo fils niwe ufite ikibazo bikomeye kko abyibushye kuva Ku maguru kd uko akura niko yiyongera ameze nk,abo bana .Bakwiye ubuvuzi n ubutabazi kuko ni uburwayi bw,umubyibuho ukabije bw,umubyibuho ukabije
Irene ko atarahagera ra, Yewe yewe, dori pfoto, doripfoto, ubuse barahumeka koko, yewe Imana, n, a ababyeyi bafite akazi kenshi Kandi gakomeye, Ese ubundi ubu bazi no kuvuga koko? Iyi niyo ndwara bi ya mbere.
Uyu muto we, sinzi ko azashobore no guhagarara, Ibaze imyaka 5, ubuse ntibarusha bano babyeyi ibiryo, a abana bababaje kurusha Big boss,. Big boss ATI baranduta kubyara nkaba sigihano koko niba atari u burozi. Nukuri ababyeyi barananutse, abana namaso ntagaragara pe.
Hamagara 0780306947 niba haricyo wafasha aba bana.
KkkkkkkkkllkllklkkllllLlllllll
Uyo mwana muze muramuha amazi ashushe yokunwa ikindi muze mumuha ayarimwo indimu azoca yonda
City maid
City maid
@@shemadjarudi8257 Yaegp
Ooooooo Mana ndagushimiye uko wandemye ndagusabye ufashe ababaye tabara biriya bibondo byawe
Nkunda uyumunyamakuru kubi Acura nkuwicisha bugufi nakajwi keza cyane naramukuze😊😊 none fils yakwihanganye akikurikirana yabyibushye noneho cyane mana
Umuti , Fata umwana Umwe Umuhate Amazi Menshi cyane yakazuyaze kuva mugitondo kugera nimugoroba nibura bihagarike Inshuro 9-10 kumunsi Umwime ibiryo uge umuha umuneke 1 mugitondo sasita umuhe uturyo Duke cyane nimugoroba umuhe akaneke nuturyo Duke Umuhate Amazi Mugihe cyibyumweru 2 bibaye byiza Mukazi yakazuyaze uge Ushyiramo indimu
Arko Mana ,umuntu wabonyeko wagirango nabana ba big boss nampe like.cne ko nabatanze
👇
Abobana bararenze subuvyibuha gusa harimwo irwara
Wagira ngo ni Big bos wababyeye pee
Mimi sijui ruga hii ila katoto kadogo kazuri jamani Allah awafanyie shufaa
Urakora ibyiza munzira zitandukanye ariko big boss nimfura arasetsa Imana irarema ibagirire neza
Mana ushobora byose ntawirema ubabesheho barye banywe babeho ba boss nabakunze bose
Ubindi umukobwa wakwemera fils nasnshirireko like
Apuuuu
Ahhhhhhhhhhhh yewe
Yoooo abana bateye agahinda. 😭😭😭😭😭😭 ariko ubundi big boss simunini ahubgo inda niya nini kabisa.
Afrimax Ndabakunda cyane mwicisha bugufi mumenya imbabare;mufasha abantu benshi Uhoraho azabahe kurama ndetse n'imigisha myinshi.
Uburwayi nk'ubu bwo kubyibuha birenze urugero ni ikibazo cyugarije isi.
Big Boss nabiprofite ashinge Association ubundi age abahuuza
Yego rwose
Akomana fis noneho yarabyibushye cyane
Ahubwo big boss ninda yonyine fis we arakabije cyane yabaye munini cyanepe ababana bateye agahinda. Cyane 😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭
Eeeeeegoko maguru ya fis ateye ikibazo wagirango numukobwape
Za social mula za social media koko big boss ntujya wiburira koko gusa ibi ndabikunze iyo ubonye nabandi bituma wiyakira ntiwigunge
Incredible job, big up to afrimax Tv
Bug ivyo umvuze sivyo ahubwo abo bana bakeye ko babashira kuri regime kandi bakanywa amazi nja amalitiro abiri ku umusi hanyuma abaganga babafashe pe
Love from Brasil ❤❤❤🇧🇷
Love u bae
Tz lv
Please join me
Amen
@@pamelaemojel7195 ❤🇧🇷
Imanizabagirire neza bavandimwe Nikuri kd ntimwihebe bizashira baranarika bambere neza cyane
Big boss afite inda ahandi arasanzwe ahubwo fils niwe ufite ikibazo bikomeye kko abyibushye kuva Ku maguru kd uko akura niko yiyongera ameze nk,abo bana .Bakwiye ubuvuzi n ubutabazi kuko ni uburwayi bw,umubyibuho ukabije bw,umubyibuho ukabije
Big Bose inama abagiriye iransekeje ngobarye cyane bananywe💞💞🤣
Mwakoze cyane
በመድሐኒአለም ስም የእግዚአብሔር ስራው እፁብ ድንቅ ነው መሳኪን
inosa ndakwemera cyan
Mbega igihano. Kwicara kumusambi bigora benshi😂😂😂😂
Nangwa abandi nabagabo ibi bibondo mana batabare ariko Big boss we atangiye utabiro aho yavira kuri bier umunyu na mavuta.
Uziko uramwana mukuru abyubushye kurusha biggi boss
Nkunda introduction Yawe umuntu yishwe nisasu ngo yitaby,Imana ntibyumvikana
Fisiwe komerezaho imana izaguha umugisha
N Celine nkunda umubyibuho Arko ndahabye gc nibajyejuru🌷🌷🌷🌷🌷🌷
Imyaka 5, afite ibiryo 50, /10years ibiryo 100. Yampayinka. Ibaze ndumugabo ariko kuva navuka sindageza 90, nigeze rimwe 85 Kandi NDI muremure 1,85 m, hafi 2m. Ubu uyu mwana azagira 30, bafite ibiryo 300. Kuki mutatubarije ibiryo byaba byeyi koko.
Aba bana bajye banywa amazi arimo Gombo banywe amazi menshi mu gitondo banywe ay'akazuyaze n'indimu babarinde ibiryo by'amavuta,isukali n'ibikoma ubundi bakoreshwe sport bizagabanyuka
Yesu wanje Bikiramariya Mawe fils rwose menga nigikobwa
uyu mudamu niwe ufite ikibazo disi ubaterura mana ubatabare
Innocent valantin ndagushimiye kwijambo ryibanze wavuze buriya Imana siyo ikwiye kubazwa ibibi bidushikira urakoze gukuriceyi kumana Imana iradukunda cane kuburyo itotwica nuko rero iyo dupfuye ntitukavuge ngo Imana niyo imuhamagaye ngo niyoyabishatse ukuri nuko Imana idakoribibi.
Yebabawe, uziko iki cyane nyi 5years kiruta Fills ubunini, Kandi we afite imyaka 35.
Big boss rwose nkukunda kubi ababana mubakorere ubuvugizi nyamuneka
Big boss ati mbyara utwana tw' udupanya....agapfunsi......😀😀😀😃
Aba bana bararwaye bikomeye ahubwo batabarwe vuba uyu mubyibuho ntaho wabaye kimwe na fils
Ati: babahe iburyo ajye courrage big boss , aba bana uwiteka abohorohereze nukuri
From USA turakunda big boss cane😀😀kuko big boss yariyakiye sana ntaco biba bikibwiye kwi nenepera😀😀raba ngaho cigaramiye cibereye kwi iphone😀😀
Uyu munyamakuru, Muhirwa numwanya mwiza, we na Yago TV, ndabakunda, nuko Yago we adakunda gusura abantu ubanza agira ikibazo kimodoka.
4:00 he's saying 'Tovugmana' (we don't talk), 'tuvugmana' (let us talk) or 'tevugmana' (do not talk)
Mufise numuduga mwiza, Ark VArante uzadusurire ba Cloude babandi waruzi kwakundi 🤭,aho kwa (tuzubake)
Ariko kucyi bavuga buri muntu ngo yitabye Imana, byaba bivuga ko se ikuzimu hataba ho kuki ntawe bavuga ngo yitabye Shitani??? Nonese abantu Bose bajya mw, ijuru, NJYE njye mbona umuntu wa giye mw, ijuru ari Yesu gusa we wagurutse, a apfa ntabitaka bamurunzeho.
Cya big ni uko gitapfuna.....mbonye umwana umuruta TU!
Uku kuguru kwa Fils kurarwaye pe ! Akuvuze hakiri kare
Honorine MUTESI yego cha byabaye imidido nawe ahubwo bamufashe kwivuza
I'm the first to comment
Kinda cyaneee❤
Big boss, ngo babahe ibiryo koko, ubwo ntibashobora gusa Dara,? Ariko Namba nako Gato, gashobora kuzagabanuka, uwo mukuru afite inda ingana niya Big boss, Kandi afite imyaka 10 gusa, azangana na Bg boss, angana ate, Imana n imufasha akagerayo, ariko Fils we nukuri ubanza arwaye ari budupfire, Man we burya kunanuka nisawa.
Ese bavukana ibiryo bingahe, ibyaribyo byose ubwo buri gihe a byara abazwe. Byonyine umwana munini muzima sinumva nuwavukanye 5. I byinshi ni 4.5. Ubwo u wavukanye nki 10 cg 15, turumva ataca mumugire, ibinibitangaza.
Iyi ni indwara pe ahubwo abaganga batabare
Can we find a translated English version of this story
Subhana allah
Murakora bavandi
Eh!! nawawundi mu peti naw yabay umu big sana kbx asigay amunanira nyina
yoo! disi bateye impuhwe iwill help them
Babashyire kuri régime n'a Sport bajye kwa muganga
Ariko Mana nyasagani tabara banobana pe ndakwinginze
Big boss: vuga ngo ifi irya indi fi
Big boss: ifi ifi, ifiii ifii, iryaindiffiiii hhhh🤣🤣ndumva bikaze
God be with you
Imana ibatabare🙏🙏😭😭
Big boss ati abantu banini turarya Ahubwo bajye babahata amazi yakazuyazi byabafasha
Valentin ibiganiro bya afrimax l'usage mubi daunilodingamubitange kuri wathap hari abadashika kuri youtube.
Big boss mpise mbona yarari mutoya cyane
Birababaje cyane,Imana ibafashe.
Can you please narrate it in English please
BIg bose simunini ninda imuruta ahubwo fils nabobana tubafashe bivuze
Big hit
Hello muraho nkunda afimax kuba mutugezaho inkuruzose
C'est la vie. 💚
Yemweeee data weeeeeeee
😁😁😁😁ati: ikirwanisho kirakora ???iiiii ndiyaminia
Niki buriya yashatse gusobanura?
The last born Pauline kinda looks like that character from Dora The Explorer who wears a pink shirt (forgot her name was)
masabo nyangezi quotes
Yeweee,narngiye ndkoze like!
Uyu muryango nukuwuba hafi kuko nabwo borohewe Imana ibarinde.
Afrimax mutwereka ibidasanzwe numutima wo gufasha ariko haricyo mbagayaho kubanza kwambika abantu ubusa nibyo bigaragaza ko babyibushye hari utabibona ikindi gufasha bikorewe imbere ya Kamera nibiki mujye mureba ibyo bakeneye niba ari inzu yubakwe wenda mubashyire kuri kamera batanga ubuhamya
Irene ko atarahagera ra, Yewe yewe, dori pfoto, doripfoto, ubuse barahumeka koko, yewe Imana, n, a ababyeyi bafite akazi kenshi Kandi gakomeye, Ese ubundi ubu bazi no kuvuga koko? Iyi niyo ndwara bi ya mbere.
Fils arabeshya ararya cyan
Yee, ntawufite 10, urimo, Umukuru ngo NIWE ufite imyaka 5 nukuri kubiryo 100.
Mugani wa Big Boss imana nigitangaza kbs
Ntago byoroshye kbs
Mbega big boss 😌😉 babahe ibyo kujya bajye🤔 Avuga uburimi x🤣😂
Bajye rwose nabagaburira uturyo ducye, aho kubaha amafranga yibiryo ahubwo mwabashakira amagare bicaramo.
Mana
valentin ndakunda ukuntu uvuga mugukora ikiganiro
19:31 his laugh is so cuts.
18:50
Yewe yewe 😂
Mbese aba bantu not bafite ikibazo cyi byokurya?
Indwarayo igomba kuba irimo nuko wenda ino batashoboye kubigaragaza ,biriya byabana hagombe kuba ari uburwayi
Big boss kora 🏋🏻♀️ inda igabanuke ntabirenze kuri wowe
Rip big boss😭
@@tuyikezebelyse1295 salu
@@moniseaugustin3965 please let hi
Cool br
Kuki abaturanyi bataje kubasuhuza di!
😭😭😭😭
Rutsiro fc
Nabicanyi ruharwa ngobitabye Imana, bishobora bite????
YESU WE😥😥😥😥
Mbega,mbega yooooo
Yega yewega umubyibuhoo
Ooooo, My God,God help Them
Hi
Ako ndabona big boss abyibushye inda gusa
🤣🤣😂😂😂 valentin some questions you ask they make me laugh 😆 😄 🤣 😂 😀 😅 😆 😄 🤣 😂, anyway, akazi kawe ugakora neza
Yeweeee uyuwe akata nki camion
🤔🤔
Uyu muto we, sinzi ko azashobore no guhagarara, Ibaze imyaka 5, ubuse ntibarusha bano babyeyi ibiryo, a abana bababaje kurusha Big boss,. Big boss ATI baranduta kubyara nkaba sigihano koko niba atari u burozi. Nukuri ababyeyi barananutse, abana namaso ntagaragara pe.
Mmmmh