Video není dostupné.
Omlouváme se.
NI AMAHANO⛔UMUGORE WA THEO IBYO ARI GUKORA NI UGUTEREKERA ABAZIMU💔ARIMO GUSHUKWA N'ABANYAMAFRANGA
Vložit
- čas přidán 5. 08. 2023
- #Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
Email:beulahministry2012@gmail.com
Amahoro! Jye nkurikije ibyo ari gukora, jye nabonaga ko yihuse cyane kujya muri biriya bikorwa, kuko nkurikije umubabaro umuntu agira iyo yabuze uwe yakundaga, nabonaga ko igihe kitaragera kdi ko uwari umuhamagaro w'umugabo we atari wo muhamagaro we.
Rero numvaga binshobokeye namubwira akaba ahagaritse ibyo arimo.
Pamphile jya ukomeza uvuge ukuri ni ubwo ukuri kuryana!!
Satani ahemba nabi cyane ntashobora gutuma uruhuka ngo uririre uwawe yapfuye....
Abakoresha Assiah ntamana bazi habe nagato kandi na assiah niho arimo aragana.
Niba ataragiye déjà
Ibyo uvuga nibyo. Hagomba ubushishozi n'inama zihagije noneho ukanabaza Roho w'Imana icyo ugomba gukora kandi kijyanye n'umuhamagaro wahawe
nanjye ni ko mbyumva pe.
Arigukoreshwa
Nibyo rwose!!!!!!
Mana mw'izina rya Yesu kweretse Asia ndakwinginze ngo umugenderere,umuhe u bwenge,Ubuhanga Kandi umuhishurire byinshi,umuhe kubona Kandi umurwanirire urengere ubugingo bwe
Pamphile ibyo uvuga nukuri 100/100 aha mugihugu mbamo babyishaho cyane ko Atari byiza ngo haramasezerano uba ukorana nikuzimu utazi uwo mubyeyi ntazongere rwose atazikururira abadayimoni.
Uwanyana Assiya mugore mwiza, ndasaba Imana nzima ngo iki kiganiro kigukangure, hanyuma ubutaha mbere yo kugira icyo ukora ujye ubanza usenge cyane kugirango umakinge sure (make sure) ko Uwiteka Imana yo mu ijuru yemeranya nawe mu buryo ugiye kubikoramo. Umukiza wacu Yesu Kristo abe hamwe nawe nshuti y'umusaraba❤. Imana iguhe umugisha Pamphile mugaragu wa Yesu wabambwe🙏
Imana iguhe Imigisha mwinshi Kandi igukomeze murik,igihe kigoye.
Pamphile yakurikiye YESU CHRISTO, yibereye umuhara magara, ndagushimiye kutubera ikitegererezo cyiza.
Ukuri ni ukuri kandi Imana irakurwanirira
Babyita kwitaba Imana!! Gumamo
Muvandimwe,komeza ucyahe uteshe nk'ufite ubutware naho bakumva naho batakumva kuko ari inzu y'abagime,umutima w'umuntu urusha ibintu byose gushukana,kandi kamere cyangwa amarangamutima y'umuntu anyuranya n'ibyo Imana yibwira,kuba ibintu bishyigikiwe n'abantu benshi ari ibibi ntibihinduka byiza uravuga ukuri ngo uri mikaya ariko nuguhaguruka abantu bakavuga ukuri Imana izakurikirana ukuri)
Ndabona ahobyerekeza mumisi irimbere muzabona Asia Uwanyana ari umushumba witorero runaka muzaba mumbwira gusa iki nigihe cyokwegera Imana cyaneeee abenshi batwawe nubutunzi bwisi abandi batwawe nicyubahiro kwirarira ubwibone nokumenyekanira mubidahesha Izina Ry Imana icyubahiro mube maso mube maso
Kuva nabaho mbonye umuntu uvuga ukuri kwabibiriya IMANA ikomeze iguhe gushira amanga ❤
Iritavuze umwe. Ibi nabibonye biranshisha maze nibaza ukuntu umuntu w'umuKristo avugira amagambo ku gituro asa nk'ubwira umuntu muzima!!! Ese kuba umuzima yavugisha abapfuye hari ikindi bisobanuye kitari UGUTEREKERA?!!! Kndi abazimu babyumva vuba cyane. Assia atabarwe na Yesu ritararenga rwose.
Njye nkibibona nabonye indishusho ntarumva namagambo numvumutima urakubise nibaza impamvu none ndabibonye
Pamphile yaramaze kwitaba Imana byararangiye . ..Yesu akomeze agushigikire ....Uburinzi bwImana Data watwese
Bukubeho rwose. Wowe na Family yawe... Habwumugisha n'Uhoraho Imana...
😂😂😂kbs
Ukuri gucha muziko ntigusha uvuze ukuri peee imana Iguhe umugisha kandi igukomereze amaboko gusa imana idutabare tugeze mubihe bibi Paul yavuze wakoze umurimo wubutwari gutinyuka ukavuga ibibintu bikomeye kandi byukuri imana ikurinde uradufasha rwose much love ❤❤❤❤❤❤❤
Ndetse no kuvugisha ifoto uyibwira nkaho muri kumwe kandi yarapfuye nukuri si byiza kubakiriye Yesu 😢😢 birababaje😢
Ngo chri ndazikunyumva oya kbs abaphuy ntibumva
Shahu ni ihahamuka mumubabarire buriya yaracanganyukiwe gupfakara uri muto si ibintu
mwabantu ihungabana niribi kubura umuntu wawe bitunguranye ntuba ubyumva gusa uri yakira
Urakoze kubwoguhishurigwa Imana ikomeze iguhishurire byishi Yesu aguhishe mumaraso ye❤
Njye ndagushyigikiye, imana. Barayimenyereye. Barakabya, Bamaze kuba abasinzi bibidafite umumaro😢😢😢
Imana na i y’inyuguti nkuru.
Pamphile komereza aho urwanye ikibi. Komera ntutinye Yesu muri kumwe. Ukuri kuzatsinda. Be blessed
uko ni ukuri uvuze
Babwire pe naho kuguca byo nta yete ubundi ntacyo tukiramira umuntu agomba kuvuga ukuri kuko ibi bintu ni amahano ariko rero hari ibintu umuntu abona akagira amakenga uriya mu Pasteur nabonyeyo si umwe wa muhaye amakote kuruhimbi yewe twarazengurutswe none bagiye no kurangiza umuryango we! Ni agahinda
Ongera ko atigeze aboneka bamushyingura none yaje gutangiza foundation mu irimbi 🙄🙄
God bless u
Nyamara umwuka wera akuriho.💪
Nibyo rwose ntago guhagara kugituro kugira ibyo ubwira umuntu wahashyinguye ntago aribyo kumukristo. Pasteur yakoreye Imana aruhukire mumahoro. Abasigaye amarangamutima areke gusumba ubwenge bwabo. Umwami Yesu abaganze abayobore Kndi abakomeze.
Pamphile Imana iguhe umugisha kubwo kuvuga ukuri gukenewe udukuye mu rujijo.Komera Imana ikwagure kandi ikugwirize ubwenge. Ukuri kuraryana, uzagwiza abanzi kuko umennye amabanga yabo ariko mu maso y'Imana uri uw'agaciro.Nakwigiyeho byinshi ngenda nsobanukirwa kubera ibiganiro utanga tugasobanukirwa n'ukuri. Imana iguhe umugisha cyane.
Ahobora kuba yabikoze atabizii .Imana imubabariree
Pamphile courage! Kuko biriya nanjye narabinenze nubwo nta byinshi cyane nzi ariko buriya ijambo ry' Imana mu mubwiriza riravuga ngo i kuzimu aho tujya nta migambi nta bitekerezo.gusa Imana ikwambike imbaraga mu minsi nkiyi kuko urimo kuvuga ibikomeye biryana mu matwi.
Pamfire rwose ndemeranya nawe! Ibi bintu byakozwe bimeze nko kuraguza no guterekera abazimu pee! Ntamukristo wakabaye akora biriya rwose 🙏
Yesu aguhe umugisha cyane pe la vérité blesse
Vuga ukuri mukozi w'Imana imana iguhe umugisha ❤
Icyo uvuze njye ndacyumva rwose nanjye byarambabaje nuko ntafite aho mbivugira nigute icyo wita umurimo wimana ugitangiriza mwirimbi ingororano zanyu mwamaze kuzibona
Imana iguhe umugisha mukozi w Imana kubwo gushyira ukuri ahabona
Ubivuze neza.hati gukorwa ubupfumu bwa gisirimu rwose usibyeko abanyarwanda turi iryarya dukunda guhengamira kubafite abavugizi benshiii !!!! Ngo irimbi nurugo rwe rwa 2 😢😢😢😢😢😢😢😢😢 YEZU KRISTU W'INAZARETI weeeeee ngwino uturengere kuko ubuyobe bumeze nabi
Urugo rwe rwa2
Roho iri mw ijuru
Nah umubiri waraboze
Ntaw uri hariya rwose 😢
Urimo urakomeretse uriya Mudamu rwose nawe wari kumusanga ukamuganiriza ntabwo turagera ah'ubutungane kuko tukiri mu isi,so,na we wige icyo Bibiliya ivuga mu guhana mwene so uko bigenda ntabwo uza kuri Social Media please 🙏
Nabwo amukomeretsa ahubwo Asia nave mucyigare nuko ikuri kuryana arimo.aravuga ukuri
None ko byakorewe kukarubanda
Kandi byabonywe nisi yose
Niba dushaka ko hatagira ubona ko ari 8bintu byiza
Bigomba gukosorerwa aho bakoshereje kugirango ubutobe budakwira hose.
Ndahamya ko Pamphile atagamije gukomeretsa Assia ! Ahubwo arimo ararwana kukuri kwijambo ry'Imana ngo hatayoba benshi
Ibi bintu iyo atabivugira hano abenshi twajyaga kudakorwa kumaso ya byinshi!
Kuko hari benshi bari kugendera mu kigare hamwe n'ibigezweho bagahonyora ibyanditswe byera batabizi !
Ahubwo nakomeze acyahe ahane,ateshe kandi ni ukuri akebuye abantu!
_Urugero:
1)Nkubu ibyo kujyana imirambo mu nsengero byaje bite afazare ntibasezera umuntu mucyubahiro ahandi hatari ahera_
2)Kujya gukura ikiriyo no kujya kugituro buriya biri muyihe mihango ya gikristo ?
Nyamara dukomeje kwinjirirwa pe!
Hanyuma se nabwira Asiya gusa twe izi mpuguro twazazikura hehe ngo tutazagwa mumutego nkuwo Asia yaguyemo
Hama se abandi batabizi bakazabimenya gute?
Kuvuga igikiza ubugingo bwa benshi nicyo cy’ingenzi.
Kereka uvuze ngo ashaka kumubuza ubugingo
Yesu ashimwe, murakoze kuduha impuguro, benshi tuzira intamenya
Imana igukomeze rwose, uko kutagira ubwoba bwo kuvuga ukuri ubikomeze bizarokora benshi. Ijwi ryigeze kumbwira ngo "INYONI ZIGARAMYE ICYARE" kimwe mu bisobanuro nahawe harimo ko Imana ibabajwe n'abo ituma ku bakomeye bagatinya bakicecekera kandi yarabashyiriyeho gusenya ibyo bibi byabo. Uri umwe muri bake dusigaranye!
Ukoze cyane muvandi nukuri yesu aguhe umugisha jye nanzekubireba nakozwe ni soni nkaho arijye
I like this man! He is a man of God indeed! God bless you!
Gumamwo neza muvandimwe utubwire ukuri kw'ijambo ry' Imana. Ndafashijwe cane. Imana Data iguhe umugisha. Ikwagure mu murimo wayo.
Problème abantu b’iwacu bose bashaka kumenyekana ivyuwapfuye sibyo bitayeho 😢Igihe n’iki ni musenge mwiyeze Yesu araje 👏
Ibyo yakoze ashobora kuba atabisobanukiwe ahubwo agirwe inama
Nanjye ntakibazo nabyumvagamo kuko ntabyo nzi kd pe ndimukuru
Narumiwe nukuri narabibonye biranyobera itorero ribe maso Kuko bigeze aho ndira mbonye ko harimo nabapasteri kwibuka ningombwa no gushyiraho indabo ariko tugomba kumenya abo turibo .gusa njye ndabona Asiaa afite nihungabana barebe abantu bazima mwitorero batarapfa mubugingo bamube hafi kko ndabona aragahinda kenshi kabimutera.ikindi tumusengere Imana Imu humurize.
Imana ishimwe cyane cyane igushoboza kwigisha inyigisho nziza ry'ukuri kandi ukaburira intama z'Imana Uhoraho Iteka ryose. Icyubahiro nicyayo iteka ryose. Aminaaaaa. Imana ikomeze ibane nawe iguhe umugisha nabawe bose kandi ibarinde igihe cyose nibihe byose. Courage courage.
Birababaje cyane! Imana itabare itorero kuko ndabona umugome satani yarinjiriye impande zose! Njye natangiye kubibona umunsi ahobera ifoto ya nyakwigendera ayibwira amagambo nari nzi ko abari hafi ye bamuhiguye ! None baramushyigikiye ahubwo. 😢😢😢
mukozi wi MaNa babwire uriya mugore Ari guterekera abazimu ahubwo umugore wa teojene Ari kujyana umuryangowe ikuzimu. twumiwe
Pamphille nkunda ifuhe ugirira ubwami bw'Imana🥰
Nukuri
Nibareke Umuntu wimana yoruhukire mu mahoro bimukubaganira bareke asinzire
Oya nanjye nanga urunuka umuntu uvugisha umurambo kandi na Yesu arabyanga,Mme Theo,ufashije abarokore warekera aho,ukihana.
😢😢😢n'uko abantu badashaka kwumva ukuri. Mfis n'ubwoba pe, mbere abavuze ivy'igitambo ntimubater amabuy😢
Oya ntaho bihuriye
Teo yaratashye
Ikibazo ibiri gikorwa nyuma yo gutaha kwe
Ukuli kuradyana mon frere
Sh nanjye ibibintu sindi kubyumva pe
Nanjye ndimo pe,iyi famille Yesu Nabatabare
Gutaha byo yaratashye, kuko Satani ntabwo arusha Imana imbaraga. Araruhutse ( arasinziriye, nta mukiranutsi upfa). Ahubwo bareke ku musakuriza!!
Truth go thru the fire but never get damage. Bazakwanga gusa harugukunda ubaruta. Imana iguhe umugisha kubera ubabwiza ukuri❤
Ndabiziko bara gutera amabuye ariko uvuze ukuri kd kweruye Imana ibiguhere umugisha ntitwari tumwanze Pasteur Theogene ariko biriya madam arigukora sibyo pe ninubwambere narimbonye ibintu nkibi 🙆♀️kumukristo ubundi bibiliya ivugako umupfu ntaho aba agihuriye numuzima igisigaye nugusenga twebwe twirwanaho ngo natwe tuzamusange mwijuru kwa data
Murakoze
Imana iguhe umugisha kubwo guhugura ubwoko bw'Imana 🙏 ikindi uwo Mubyeyi ashobora kuba yarakomeretse cyanee!!
Uku nukuri nubwo beshi badashaka kubyumva ariko ukuri kuzaguma kumugaragaro 💔💔 beshi banze kuba abagaragu bakristo babaye abagaragu binda no gushaka ibyubahiro 😢😢
Imana yaguhaye ijisho rikanuye, ntanumwe wahishuriwe ahubwo twabaye inkomamashyi y ib ibibi n ibizira
Aba pasteur babikoze lmana ibihishurire bayisabe imbabazi , birababaje numukristo wamenye ukuri ntiyabikora ibyo kujya kuganira nabazimu
Iki cyiganiro cyatumye nsubira gukurikirana ibyabereye hariya byose neza nitonze ngo numve ibyo Mama Pasteur yavuze nAbapasteur ibyo bavuze byose ariko Icyo Mbona Pasteur Thaogene Araruhutse pe kd Imana Ibitse ubugingo bwe yarUmUpasteur mwiza wUmugwaneza yaratashye
Kd yari Umucyiranutsi
What you are saying is true my brother Pamfire. Itorero riri kwishushanya n'abikigihe muvandi. God bless you.
Yesu aguhezagire cane gose uvuzukuri nuguterekera abazimu
Ureba kure Pamphi, ibi sinari nabitekereje ariko urabivuze urankangura. Ibyo uvuga ni ukuri pe 100%. Bless!
Birababaje pe uwapfuye ibye biba birangiye Aba ategereje umuzuko icyiza uwo mubyeyi pe namwibukire mu mutima we ubundi aharanire gukiranuka kugirango bazongere kubonana ,komeza mukozi w"Imana uteshe unahugure
Uyu mudamu nabonye bikabije pe
Ntakiva kuri CZcams kandi iki cyarigihe cyokwicara agatuza agasenga bucece asaba imbaraga zimushoboza mubupfakazi none ndabona CZcams yirirwa azizenguruka
Rwose ndamugaye nave kukarubanda yicare iwe ibikorwa bye abikore bucece singombwa kujyana camera akantu kose akoze
Uyu yagiye baramukamura
Ibyo uvuga ni ukuli 100/100❤
nukuri nukuri
Nakumiro uwo mubyeyi yazimiye Imana imufashe abazima ntaco bapfana nabazima biteye ubwoba ibyuvuga nukuri
Pfuye
Mukozi w’Imana
Ufite impuguro nziza cyane kandi zumvikana pe. Ariko ndahamya ko abenshi babikora mu butamenya pe! Ibyo kunyuza imirambo mu Rusengero koko byagombye kujya birangirira mu rugo bakajya gushyingura
Urakoze cyane mukozi wimana jyewe ahubwo ntabwo nziho itorero tugana mbega ibyarimiziro byarazirujwe vuga uranguruye bumve naho batakumva bazamenyako umuhanuzi yarimuribo
Mbere yokumwamagana kukarubanda musange kuko ibyurigukora binyuranye na Biblia kereka niba utayemera, narikubyumva iyaba waruje kuvugako wamuhuguye akakunanira ukamuteza beneso nabo akabananira ibi babyita kwiyamamaza.
Exactement, inda y'amafranga na social media biyobeje benshi, nanjye byanteye ubwoba.
Harimo abantu bamuri inyuma kandi namwe mwese muzi!!!hari abanyamakuru bamuri inyuma ayo buriya bahaye madam inzahuke ayahabana nabariya banyamakuru. Gusa Imana ifashe Assia ahumuke amenye ubwenge kandi asenge he kugira umwoshya kubeshya ngo abone indonke!
Mwigira ubwoba mwa bantu mwe, Hari aba pasteurs ba hobyo, ibirandamuke, ibicamuke, ..........rero nimubishinga muzapfa nabi! Kristo niwe duhanze amasomo, naho abapasteurs bazezengeye, basinze ntabwo tubitayeho
Biriya nuburyo bwogushakisha amafaranga
Kwereka abantu kugirango bitabirre gufasha kd aribenshi banafite amarangamutima
Muhungu wa Yesu ntuze uhindire invugo kuko abavuga nkawe nyabakiriho nibake rwanya icasha mwizina ryaco Yesu Akidukomereze God bless you
Mukozi w'Imana , Imana iguhe umugisha, urayikoreye Kandi ikwambike imbaraga nyinshi zo guhangana n'itorero ryakayutse ryo mu minsi y'imperuka.
Pamphile, Imana ikomeze igukoreshe iby’ubutwari! Kuko mu minsi ya nyuma hazaza ibihe biruhije! Imana ikomeze itweze kdi itwiyereke kurusha mbere!🙏🏽
Ibyo uvuga ni ukuri kbsa biriya ni amahano ni ubupfumu, ndetse no guterekera
Ambara imbaraga uvuge ubutumwa bukiza abantu irimbukiro, ibizakubaho si bishys na Yesu byamubayeho❤
Ibyo uvuga nukuri 100/100 rwose mukozi w'Imana ❤❤❤❤💪. Ahubwo assia yitonde siwe upfushije umugabo BWA mbere Akure igikabyo aho
Nawe uvuze nabi muvandi 😢😢 ngo igikabyo koko ?? uriya ni umwana muto yarahungabanye kandi arakoreshwa nabamufasha .
Iki sigihe cyoguceceka vugaaa cyaneeee najye nunvaga shaka kubivuga kandi beshi byarambabaje gusa uriya mubyeyi arimugihe kibi akeneye gufashwa nabayobozi nishuti nziza zikijijwe naho we ntarasubira mumwanya mwiza
Pamphile turi aba diaspora, ariko turakijijjwe duhagaze mu kuri uri kuvuga. Ntabwo twese dukorera Ssatani aho uvuze nabi
Pamfire ubyo uvuga nukuli aliko mbibutseko uyu mudamu yahuye nihungabana kurubu ibyo yakora byose nibyubusasi akeneye ubujenama kubabigize umwuga, na bakozi B' Imana bakamuba hafi bakusengera. Ndagaya abo bamuherekeje kurimbi bo ni ndembe kuruta Asian Bakeneye muganga. akeneye Inama harachali vuba wo kuja mubyo ndikumubonamo, yashobola kubifata nkumushinga ngabone imibereho aliko yitonde bitamujana muligihonomo kuko umuhamagaro wa Theo siwo wa Asian.
Namusabira imbaraga z IMANA zimuzeho kuko ntibyoroshe ngojye ndumukirisito nzahora ndiwe kugeza kugupfa arega teo yaratashye natwe turi munzira IMANA yaduteguriye kuzapfa umubiri ariko twikomeze twekuzapfa nubugingo uyumugabo rwose ndamushimiye kuba ashishoza nokugira amakenga muby IMANA
Rwose pe, umuhamagaro wa Theo si uwe rwose. Nabonaye abikora nkabona nta njyana.
Uko nukuri Pamphile Imana ikomeze Ikwagure Ba Igiharamagara ushiremanga ukomeze ukorere Umwami Yesu
Mukozi w'IMANA ndagukunda cyane Imana yo mw'Ijuru ijye ihora iguha ihishurirwa rirenze kuko iminsi tugezemo isi ikeneye abantu bameze nkawe bavuga ukuri
Pamphile Byari byiza kurushaho, iyo usanga umupfakazi wa Théo ukamuganiriza!
Aracyafite choc, ntiyarwaje, ntarabyakira! Ariko hamwe no kumuganiriza buhoro buhoro azahumurizwa!
Tuzamenyako yamaze guhumurizwa ubwo impeta y'isezerano ry'urushako azasanga itagikwiriye kuyambara, kuko batandukanijwe n'urupfu!
Yego pe, ibi bizaba intambara buretse urebe
Ibibyo byintumbi ziza murusengero sinarimbisobanukiwe!!!. Komeza uhishurirwe pamphile , usobanurire ubwoko bw Imana . Turagukurikira cyane. Courage courage
Urumunyamahirwe mukozi w'Imana wavuze ukuri kwananiye bensh ariko Abaroma igice camunani umurongo 14 haravugako abarongorwa Na mpwemuyera Bose aribobana b'Imana Imana idufashe cane
Komera,vuga ukuri kuko benshi bazakurwanya ndetse baratangiye,ariko YESU nawe ntibamukunze,kd humura nturi wenyine ,haracyariho ahantu banze iyi migenzo kubera irari ry'ubutunzi. Rangurura cyane rero hari abazagorora inzira zabo,kd nubwo batabaho amaraso yabo ntuzayabazwa.
Paphir urakoze cyebura tesha ariko uziko benshi bajya ikuzimu baciye kubituro byomwirimbi.😢😮
Najye byambabaje cyane
Bibiriya ivugako uwapfuye ibye bibabirangiye ntamirimonta migambi ibye biba birangiye kd yesu yavuzeko ibya bazima bitabazwa abapfuye kwibuka abacu nibyiza!! aliko ntitugomba kubagisha inama cg kubamurikira imigambiyacu
Uyumugore ndemeranya nawe ko ibyarimo atabizi mbona inyuma yibi arigukora harikindi kibyihishemo nyamara nkabagenzi bajya mwijuru tugomba kubamaso iminsi nimibi uta bamaso umwukawera aramukurwaho
Paphille,Imana iguhe mumugisha kubwogucyaha no gutesha ufite ukuri kuva kuri Yesu
Yarangije avuga ngo mu izina ryawe ntiyavuga Yesu nibwiye ko atinye aba islam bari bahari
Yoooo birababaje, kwanga kuvuga izina rya Yesu.
Nukuntu bamushushubikanije bamwimika nabyo ninko kumwiba pe!nabonye umukene akoreshwa ibyo atatekerejeho nyamuneka mama Assia tega amatwi uyu ni umwuka w'uhoraho urimo kukuburira
Imana Imbabarire , aba Islama barafasha cyane Kandi buriya nibemera Yesu nkuko Tumukuna
Ibyo uvuga ni ukuri kuzuye. Uwitega aguhishurire n'uwundi mucyo w'ukuri ko mu Ijambo ry'Imana🙏🙏🙏
Yesu aguhe umugisha pamphile Asiya muka Teogeni ntabyo azi musange mumusobanurire kuko we ntabyo azi arigukorensha nukuri nimuto ntabasobanukiwe ububi bwabyo ahubwo urakoze nokumusanga byarushaho kubabyiza ndabiziko nabyunva ntazabyongera
Oya,birigaragaza Pamphile,ndagushyigikiye dear,uku nuguterekera peeee,madame Past Theogene abimenye,nuguterekera
Ibyo uvuga ni ukuri pe! Ntabwo gutangiza umushinga wita kubana binzahare bisaba kubikorera ku irimbi
Mukozi w Imana, Nyuma y iki kiganiro cyiza usohoye ku myifatire ya Mme Pasteur Theogene n Abamuherekeje b Itorero kw irimbi. Kuki Utigeze Utinyuka kugira icyo Uvuga ku Inzibusto zuzuye i Gihugu cyu u Rwanda ?
Mukozi w Imana pamfile ndakunze ukuntu udatinya kuvuga umuntu numwe KO yaciye kubiri nijambo ry Imana !Urakoze cane kuk ukwo nukuri kwos uriko uravug gus vyinyegeje mugisirimu 😢
Bikaba arivyukuri,ndumva anteye ikigongwe😢😢kuko vuba arasubira muri bwabuzima yavuga ko IMANA yamukuyemwo,canke ahamvye umugabo we😮😮
Ibyuvuze ni ukuripe najyende gake Kuko nange mbona ibye binshisha per
Uwapfuye ko bavuga ko aba atacyunva kuki bagombye kujya kubivugira Ku futuro. Babwire rata ubakebure buriya nubuyobe
Pamphile ndagukunda, cyaha, randura,rimbura,ubika ubundi wubake utere imbuto!! Yesu aguhe umugisha, imbaraga n'amavuta! Ikizira cyamaze kwinjira ahera weeee!!! Kubita utababarira. Hoshi biteye isesemi.
Yoooo! Parfure Imana iguhe umugisha , ubwonshi bwabapfu ntibukuraho ko hakiri abazima. Banyamatorero mubabaje Imana.abanyamwuka, abanyakuri,abemeye kuvugira Imana neza mukomerezaho Imana izabahemba.
Ariko koko abantu bazumva ryari ko turi mu bihe umuntu agiye kujya yisengera ubwo.ko amadini n'abantu benshi basigaye bakorera abadayimoni
Ibyo bintu nanjye narabinenze sibyiza na gato. Theo ntari harya mumva ari mu ijuru. Biriya ntabwo bikwiriye abamenenye Imana.
Ijuru ryahe se🤐🤐🤐🤐🤐
Erega abadamu b'abakozi b'Imana abenshi usanga ari abana mugakiza baba bibereye mumitaka y'abagabo babo ariko batazi iyo biva niyo bijya kuko umuntu uzi ukuri kw'Ijambo ry'Imana ntiyakora biriya! Ahubwo igitangaje n'uko abashumba be batamwerekako ibyo akora atari byo.
Uyumubyeyi natuze, atekereze, kdi abanze aruhuke ,asenge umwuka wera w' Imana amufashe, yegukoreshwa atazasanga arimbata yabamukoresha
Nawe araje akurikizwe umugabo we😭😭😭😭😭
Very true man of God
Birakwiye ko umushumba mukuru atanga ubusobanuro bw,ibi bintu by,ivangirwa ryatwinjiriye asobanure uwo muterekero niba wejejwe n,ahavuye kujyana abapfuye mu Rusengero ngira ngo tubaye nk,abandi Bose !ariko ba YEREMIYA muracyahari nta bapfira gushira , Uhabwe imigisha mwene Data
Ndagushyigikiye rwose,,,yes speak,,,,uyumubyeyi barimokumwoshya babure kumwigisha akarimo kamaboko,,,
Pamphile ndagukunze cyaneeee kuburyo utabyumva, kubera ukuntu uvugisha ukuri. N' ukuri komeza ukore umurimo w'Imana uhahembwa n' utagwa isari icyo nkwifurije Imana izakomeze ikurinde ntuzagwe isari ahubwo uzabone ibihembo by' umurimo mwiza urimo gukora. Imana y' Amahoro iguhe umugisha mwinshi cyane.
Nanjye ibi bintu nari nabirebye mbyibazaho pe !!!!!Urakoze Pamfile weee. !!!!Ni icyo ngukundira . Imana izaguhe ijuru kubwo kurwana ishyaka ryayo ugatuma dusobanukirwa neza abo turibo mu buryo bw'Umwuka. Urakoze cyaaane .
Bampfire Imana iguhe umugisha mwakoze ngewe ejo nyibona bibintu nanditse msg ngiye kuyohereza biranga ndongera ndayisiba reka mvuge ubu, Maman Past ntazongere kugendera mukigare byarambabaje, kandi siwe ahubwo uwapanze ngo bajyeyo kwirimbi niwe mubi👁🗨 kandi uwabipanze niwe uri mugakino Azi ibyo yakoze ariko Maman Past yicunge arekane ni ryarya za satani nave mukigare Bari kumukina Cunga sana Maman Asia ababantu bagufashe batabanjije kukujyana kubituro. Imana umfashe uzabone iyi msg nanditse Mw'izina rya yesu Christo 🙏
Najye narabitekereje rwose ibi ntabwo aribyo
Uriya ni undi umushinga,ubundi fr aze nta ibindi mbonamo
Uyu mugabo Imana imuhe umugisha kuko aravuga ukuri ikindi jye nabonye uyu mugore aho bukera Ari busare
Uyu mugore namugira inama yo kuva mubyo arimo ayo ni amagambo akennye umumaro ikindi arirua cyane ngo cheri ubupfakazi bushya Niko bimera arabiharaye
Uriya mudamu nange narabibonye, ko ari gukoreshwa n'ababyihisheinyuma bigira inshuti ze kandi bafite indi myuka bakorana nayo, kandi bari kumugira igikoresho n'agakingirizo. Muri bo harimo n'abagize uruhare muburyo bumwe n'ubundi mu rupfu rw'umugabo we, n'ubwo Imana yamutabaye kuko yari arushye.
N'ariya mafranga birirwa bavuga yubatse inzu yabo bazacunge neza aho yavuye ntibisobanutse, ariko umwuka w'Imana yabihishuriye abayo.!!
Ni ikigare kirekire kibyihishe inyuma harimo n'abo banyamakuru b'indyarya bamwishushanyaho ngo ni nza mashuti !!
Assia,saba amaso y'Umwuka wera !!
Asia azi agatubutse kari muri social media ,urumva rero ntiyava kwiseta umugabo we yaronkeyeho , agomba gukora akazi , nyamara pawulo yarabivuzeko muminsi yimperuka abantu bazaba bakunda impiya.....
Yamara Pamphile ibyavuga nukuri.Kuzuye100%Ayobowe numwuka wera wa Kristo Yesu.
Nanjye Nkimara kubibona nagizubwoba Imana idukize.Izimbaraga zamafaranga ziri mo kugwisha benshi.
Pamphile urumukozi w, lmana vyukuri jewe aba banyarwanda banyu barancanze neza neza ivyo bakora ahubwo ibiba vyose nimwe mubikurura barabashuka caane narumiwe ivyo sivyo nagato namahano kuko yarapfuye yarapfuye ivyiwe vyararangiye iyari ntaho bazi ntari ngaho mumva mumva haba imizimu kandi mbona aho murwanda mwarabigize imigenz arik muhumuke abakozi b, lmana benshi mumenye ko babikora babizi ko bakorera satani mugabo bagashaka nokuzimiza nintore mureke murek kuzimira vyukuri ngo mugiye mumarimbi kweli gusengerayo pamphile ndagushimiye caaaaaane kuriki kiganiro mbonye titre gusa numva nobanza gushima lmana yagushoboje kuko kubwawe ntiwari kubishobora ikwongere imbaraga z, umwuka wera kugira ngo ukomere mumurimo wa Data ngo abantu banje bishwe nokubura ubwenge bararaba ariko ntibabona barabwirwa ariko ntibumva yesu christo abahezagire
Yesu nashimwe!ndi umudventiste ark nkunda ibiganiro byawe Pamphi!Ark biriya bintu nuguterekera,ikizira cyageze mu idini ya ADEPR,imbaraga y'ubupfumu irabamara,ejo muzavuga ngo Pastor Theogene abasabire.Biriya bintu nabitinye,byanteye ubwoba.
Hoseya 4:6
Abanyarwanda????
Ngo duharanire kuvugwa neza😮😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢 Yezu we none kuvugwa neza = kujya mwijuru koko😮😢😢😢😢😢😢😢😢😢 mbega inyigisho zubuyobe😮😮😮😢😢😢😢😢😢
Ibaze kuvugwa neza n'abantu ariko Imana ikugaya😢😢
Nyabu jyewe numiwe 😂😂😂
Naho abantu bakwanga , ariko wavuze Imana neza izabikwitura, ikindi Hari ubugingo bwa benshi warokoye, Bibiliya idusaba kugenda nk'abanyabwenge, Imana iturengere
Urakoze cyane,Imana Iguhe umugisha.abanyamasengesho bazi ukuri maze iyo munsengero z'iwabo bahasezereye umurambo basenga amasengesho yo guhumanuza urwo rusengero.
Pampile korera Imana rwose kd ugume kuri reseaux kuko abakora nkawe Bose bazahembwa n'Imana kuko aribo bahamagawe nayo abanyamwuka dufite amakru yukuri turabizi naho ibya adepr byo ndakumenyesha ko ngewe mfite amakru ava ahera ko ingoma yoroshye murwobo pe 😭😭😭 ngewe mfite agahinda neshi ki itorero mwene data iyo ndebye abantu bari mbukiye muri Aya madini batigeze bamenya ukuri nubu tuvugana ndi kurira pe
Mwibuke babagore bagiye gusura imva ya Yesu bajyanye amavuta ahumura neza Marayika yarababwiyengo mbese niki gituma muza gushakira umuzima mubapfuye?rero umukiranutsi ntapfa arasinzira none nigute wajya kumva. ukumvako uvugana numuntu wawe? Niba yarumukiranutsi arasinziriye kandi haraho Rohoye isinziriye kuko umubiri niwo urimugituro ubwo rero niwumvako uribuganire nawe umenyeko urimo kuganira na roho mbi zihora zizerera
True
Nukuri pe gusa abantu ntibashaka kumenya
Grace uwamahoro uvuze neza pe ndagushigikiye uko nukuri gusa abantu nibamenye ijambo ryimana bareke kugendera mumigenzo yabisi