Pasiteri Yateje Imirwano mu Murenge//Yataye Mama Pasiteri n'ABANA 4 Arongora Undi//Amarira Menshi
Vložit
- čas přidán 7. 09. 2024
- #HumurizaMamaPasiteri0786562886-Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi,kudutera inkunga y'ibitekerezo ndetse n'iyuburyo bufatika kugirango uyu murimo w'ivugabutumwa dukora urusheho kugenda neza cyangwa ukaba ufite inkuru n'ubuhamya wifuza gusangiza abadukurikira waduhamagara kuri +250783103298 iri no kuri whatsaap.
Facebook: Joel Jo Shobiz, e_mail: sengujoe@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-KCB ACCOUNT: 4402218276 (Joel Sengurebe)
-Moble Money: 0783103298(Joel Sengurebe)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
Muzehe yavugiye uwo mudamu arasobanutse kabisa, imana izomuhe umugisha, ndamushimiye💌💌
Muzehendese
@@philippeniyomugabo5926 uyo ari kumuvugira asigurira itangaza makuru, 🤗Aracari na muto nashatse kumwubaha, ariko yagize Neza kumushigikira, akamuvugira, agahangana, kandi ivyo yavuga vyose yacugana uvushishozi,muzehe niyubahwe🏅🏅
@@rabirolarissa2406 Thank you
Njye sinemeranya n'abagabo biruka bataye ingo zabo ngo ntibashyingiwe ku mirenge
Mujye mumenya ko umunsi uhuye n'umukobwa uri umusore ukamubwira ko umukunda nyuma ukamubwira ko muzabana ubuziraherezo iryo niryo sezerano Imana yandika mu ijuru. Hanyuma ibyo kumurenge, itorero ibyo nibyo kuzuza ibyo mwemeranijwe. Mwitonde rero Imana ntirya ruswa icyo wemeranijwe n'umuntu mwiherereye nubwo abantu bataba bahari Imana iba ihari. Mama ihangane Imana irahari
Igitangaje bakabyarana inshuro zirenze 3,,,akabona ko yibeshye abyaye uwa5!!!!birababaje kndi bireze
niryo sezeranorata jye sinibaza impamvu atariryo reta ikurikiza ubundi bagiye babategeka kubanza gutanga iminani kubana?
@@byiringiro3270 nibyo rwose bage babategeka mbere yo kujya gushinga izindi ngo kubanza guha ubufasha abo bataye naho ibyo kubyara nk'inzoka yo iheruka itera amagi uwo muco ugomba gucika muri USA ngo iyo udatanze indezo y'umwana baragufunga kandi yo bayikura buri kwezi ku mushahara wabyemera utabyemera. Cyakora turi mu minsi ya nyuma isi irashaje! Abagombye kuba inyangamugayo nibo basigaye ari ibirura
Leta ikwiye gutekereza ityo nahubundi Ingo zibanye nta sezerano abagabo bose barisazura da.niko mbibona.
P
Mama,lmana igukuriyeho ikigusha,ubu nibwo lmana igiye kugukoresha ,no kugukorera ibikomeye
Ariko ndarize aba bana bageze mumyaka mibi yuko bibuka ibi bintu bibabayeho, ndi kureba uko bicaye uko bareba amarira aratakara, ndasenga ngo Imana itabera ice urubanza ndababaye mama I feel you, byambayeho nta umutwe kandi nge ntanabana narinfite gusa nari ntwite inda ihita igira ikibazo ivamo Ariko ndibaza ubuse koko iyo nza kugira abana bandi banyicaye iruhande ubu nari kubigenza gute? Ndagusengera mama abana bazakura kandi umugisha uza kubarenganyijwe hari impamvu ibi bikubayeho kuko ndabivuga with experience uzongera useke, uzatera imbere abantu bazatangara nibabona ukuntu abana bawe baseka biga neza
mpore muvyeyi birababaje
Yoooooo 😭😭😭😭, Sha nawe warakubititse pe
Warababaye pe Imana ishimwe ko yaguhojeje amarira
Ihangane mama nzineza ko Imana itabera izamuhemba ibimukwiriye
Uyumudamu niba niyikomereze umurimo w’Imana abiharire Imana izamugirira neza 🙏
Ariko mubamuvuga ibik?i Imana ifasha uwifashije nahagurukire imitungo ye nuburenganzira bwabana be . Nimana imutegeste kumwaza uriya mugabo utaranandikishije abana.
Uyu si umushumba w'intama n'uw'ingurube. Imana imugenderere kandi imwigishe
Joel humura itorero ryacu ndaryizeye qikwirirwa usaba abakristo gusaba ko uwo ahagarikwa bizakorwa kuko n'Imana ntiyakwihanganira ibyo usome Malaki 2:14-15 Imana ntishyigikira kuriganya umugore wo mubusore bwawe naho mwaba mutarasezeranye aho ariho hose Imana yo iba yaramaze kwakira amagambo mwabwiranye mbere yo kubibwira abandi
Ngaho
Komera Eliane umwana ameze ate???
@@christinengabire7848 komera cyane, umwana araho afite indi operation muri 2 weeks ziri imbere
@@niyonagiraelianeofficially3251 Nakomeze akire mw'izina rya Yesu.
Eliane bazina mbanje kugusuhuza komera. Happy nizere ko ameze neza hari icyo Imana ikomeje gukora. Uyu mugabo we ibye ntibyumvikana ntabwo ari umukozi w'Imana rwose!
Leta nigufashe uburenganzira bwabana bwubahirizwe maman, humura Kandi Imana irabazi
Abadamu isomo tugenda dukuramo Muri Ibi bintu, Nuko tugomba kujya dukora , Umugabo agutanye Abana ufite icyo gukora warera Abana umuntu Akava inyuma yumugabo, Umugabo utaye Abana bangana gutya nta mpuhwe , Numva nta kumwiruka inyuma kdi Harera Imana. Mubyeyi ihangane usenge.
Umva nukugerageza gukora cyane pe wenda yagutanabana ukabasha kubatunga
Wa Mubyeyi we unteye agahinda n, abana bawe! Ayo marira murimo kurira amanukire ku birenge bya Yesu niwe wenyine wabahoza.
Imana, izomukubitinkoni, yicuma, uyu mugabo, nuyomugorewindaya, 😭😭😭🙆♀️🙆♀️🙆♀️
Turabyumva kimwe rwose !
Mwenabo nabonye Imana ataco ibagira. Gusa ibabikiye urubanza ku munsi w'urubanza rwa nyuma.
Aremaa ntacyo azaba da!
Urusengero barufunge ntambuto yera nipasteri wikinyoma
@@isarosalama202 tuzabamenyera kumbuto bera
*#Mama**, Ihangane kandi ukomeze ushikame kuri YESU KRISTO.*
*Humura uracyari muto Imana Izaguha urundi rugo rw’umugisha.*
*Mu Ijuru hari Imana Irenganura abarengana kandi Inzira z’Imana zirenze ibihumbi.*
Ihangane Mubyeyi hejuru ya byose Hari Imana uwomugore azabona ishyano nuwo mugabo wuzuye Imyuka mibi gusa Ibishashagirana byose si zahabu komera Yesu agiye kuza twiruhukire sibyo ntucikinege
Amadini yo mu minsi y,imperuka!
Ariko aka si akaga kateye mu Rwanda,abakagombye guhagarika imigambi ya Satani nibo bakora Ibizira munzu yitiriwe Izina ry’Imana🙉🙆♀️🤦🏽♀️
Ijambo ry’Imana ribasohoreyeho” abavuga Mwami Mwami sibo bazinjira mu Bwami bw’Imana”
Ibi biba mubarikore urigera ubona ubupfu nkubu muri Catholic cg Islam? Kuko wagushinga imirimo warize waraminuje uzi nicyo gukora mu mirimo ushinzwe. None abarokore inkandagirabitabo zose ngo ni abakozi b' Imana! Cyakoze n'Imana yagorwa ikoresha abanyantege nke nkaba! Ese waba utiyoboye uri umwe maze ukayobora urusengero?
je mbon indaya zavuy mur médian bagezweho abagabo Bata ibibondo nabagore babo umuntu mufitaniye aban bangana uku abajurikiyiki koko leta nisuzum ihashiririndi tegeko nayahandi bigiye Kuba bibi cane
Nukuri nakaga
Si murwanda gusa
Umurimo wa Data urimo Gutobwaa😭😭😭😭😭
😭😭😭
😭😭😭😭
Nnc nigute umuntu ABA pastor atarasezeranye kumurenge ? None nigute mukagari basezeranya umuntu ufite ikibazo? Njyewe mbona ko harimo guhohoterwa no gutakaza uburenganzira bwabana bakwiye, guhindura itegeko rirengera Abana! ,nasabaga minister w'ubutabera gukurikirana ikikibazo ! Uy'umugabo agahanwa,ikindi hakabaho,kureba inyungu zabana.kuko bitabaye inyo urubyiruka rwazaba mayibobo.
Abo bagabo bazabashyirireho itegeko ribenerera abagore benshi , naho ubundi barikubabaza abagorebashakanye n abana babo
Nge ndemeranya nawe kuko iki kibazo kimaze gufata indi ntera pe mumbwire aba bana bakurira muri bi bibazo niba bazavamo abagabo igihugu gikeneye? None c bazatanga iki batahawe koko barangiza ngo ni rwo Rwanda rwejo nge narumiwe pe
@@adel6981 nihene zirikuvanguka muntama ahubwo muminsimicye zirabazigeze mu baisilamu
Ariko n’ubwo batazezeranye, bafite imitungo bashakanye bakagombye no kugabana. Si abana bonyine n’umudamu ntiyaviramo aho.
Nibyo rwose
Byose ni amategeko Mabi Ari mu gihugu
None aba basezeranya abanyamafuti ahari bo ntibabigiramo uruhare ,leta nisuzume neza niba hatarimo akantu ,abana 4 ni benshi nta sezerano riruta ibyo. Itorero nirimuce yarasambanye leta nimukurikirane ariganije abo yabyaye .soma:
1Abakorinto 7:10-14
Hosea 4:6-7
Hosea 8:17
Amosi 4:14-15
Ibyahishuwe(apocalypse)22:12
Nukuri nge ndemeranya nawe 100/100
Ihangane humura Yesu arabizi arabibona aragutabara ♥️🙏
Pasteur😭😭😭 kuberaki duhagarara mu irembo tukabuza abantu kwinjira natwe ntitwinjire!!! Ibyanditswe byarasohoye🙅♀️ Mana Turengere😭😭😭
Ibi bintu biri mu Rwanda 🇷🇼 biteye isoni, biteye ubwoba kandi ikivyinyegeje inyuma muzokibona! Muriko mukwegera imivumo igihugu canyu, mihanurane, mutinye Imana!
Gusezerana muri komine siwo muti, Ahubwo ubuhemu ni Icaha kibi!
Ndababaye! 🤔🤔🤔🤔😢😢😢😳😳
Umva yesu araje!kd azanye ingororano.kd arigushyira ikimenyetso kubantube!
Q
Umva wa njijiwe umuruho urakokabye uzicuza ndabwira uwo mugore wemeye gusezerana abona arusha iki uwo atanye abana gusa IMANA niyo mucamanza Guhora nukwayo 😭😭😭😭😭🙆🙆🙆🙆🙏🙏🙏🙏🤦🤦🤦🤦
Amen
Yari yaramaze kwiheba ahitamo gusenya urwabandi kuko nta cyizere yifitiye abona byaramurangiranye. Yewe pasteur wa Zion temple yewe mbashije kumirwa koko😭😭😭
Ariko uretse ubugome n'ubukozi bw'ibibi bwateye , turetse kuba abantu bitirirwa gusenga tukabishyira mu b'umuntu busanzwe , isezerano rirenze kubyarana n'umuntu abana bane beza nk'aba ni iri he? cg uyu mugore arabaroga kuko numva afite inarabashashatse! imana zivugwa muri iyi minsi nimutaziva inyuma Imana yo mu ijuru izabahana. None se ubu imana akorera wambwirako ari Imana yo mu ijuru koko?
jye nayobewe isezerano riruta kubyarana pe
signature iruta ubuzima bw'umwana kweli ?
none se ko banasezeranye imbere y'Imana nukuvuga ko Imana ntagaciro bakiyiha koko???
birababaje pe
czcams.com/video/sfA1OY-OqIo/video.html
Ministry of Local Government ndabona ifite akazi kenshi, Minister Gatabazi Jmv nyabuna tabara
Abana barasinzira uyu mugabo nikiroge
Komera mama wihangane Imana idakiranirwa ngoyibagirwe imirimo izakugirira neza.Abagabo nkaba bajye bigaya pe!guta abana 4!!
Komera mama.Komera kuri Yesu.Niwe rufatiro rudasenyuka.Aguhe imbaraga zo kubyakira.
Reta izatore irindi tegeko kuko iri riratanga icyuho bamwe bakaharenganira.
Uziko Tanzania umugore mumaranye amezi6 birahagije ntiwaba icyimwirukanye uko wiboneye.
Ni ukuri pe
Irebe uko ibigenza leta rwose ababyeyi bari kurengana nihindure itegeko bashyireho irivuguruye pe kuko bitaribyo igihugu cyiruzuza mayibobo ngo no nizamasezerano abagabo nkaba rwose bajye bahanwa bitaribyo bajye babaka ububasha bwo kubasezeranya nabandi kbs
Humura mugore amakuru nguhaye nuko Yesu ahari azagutaba Bose babireba icecekere rwose Imana uzayibona .
Umuntu wabonyabana kobarigusinzira ibintu biteye agahinda cyane uyumugabo imana izamuhanatu
Isezerano rya mbere n'abana yazanye kwisi. Mbe pasiteri we..... Uyu mubyeyi abazi councelling bamufashe kuko arababaye cyane
Ese aba bagabo ntakuntu bajya bajyanwa iwawa? Kuko Sinibaza niba inzererezi zijyanwayo bagasiga abantu nkabo.Hari inzererezi zirenze izo koko?
Uwampa kuba Umuyobozi ngo nkwereke.😭
Reka kunsetsa ati iwawa
Ahubwo yihane
Eeee... birakomeye cyane ark nawe siwe nimbaraga zasekibi arakora cyane muriyiminsi yanyuma...kd ibyo mungo bizwi nababiri abandi nabafana gusa...inama nakugira mubabarire kugirango nawe uwiteka azakubabarire ibyaha byawe..ikindi ...senga umaramaze uwiteka akumanurire amafunguro yabo bana bawe...ako nanjye mbona abakobwa barihanze aha nabo babigiramo uruhare...murakoz
HARIKINDI NAVUZE ABADAYIMONI BUBUSAMBANYI BAVUYE MUBINDI BIHUGU UBU BACUMBITSE MURWANDA
Mpore mubyeyi komera humura Maman Nyagasani Uhoraho arakuzi
Isezerano riruta abana bane nirihe? Itegeko ryurushako nibarihidure rwose
Nta sezerano riruta abana uyu mugabo ntabwo bagombaga kumusezeranya rwose.
Ariko ibi biba birimo abazimu nibo babihagararira...shitani aba yarivanze...dore uko iminsi y imperuka imeze. Tube maso
Yoooo pole sana maman !!! Mwihorere azahura nImana izamugukubitira.
Gusa abana barimo gusinzira sinzi niba camera man atabibona.
Child support ikwiye kujyaho mu rwanda ku bagabo nkabo umugabo atayatanga agakurwa kuri account ye ya bank direct ajya kuyu mugore bizagabanya aya mafuti yabagabo bakora
Rwose uku ni ukuri,gusa nuko abenshi nta kazi baba bafite 🤓🤓🤓
True 👍 Nailed the Point 👉
Nibyo kbs bazakore ubuvugizi nukuri kuko abagabo biyiminsi barakabije
Manawe mbega abagabo bikigihe ntarukundo ntampuhwe nugusiga abana ntabwo urugo rwabo ruzabahira imana izabibabaze ukuntu batubabaza💔💔
Uyu GITIFU mbifitiye ububasha namugira MAYOR 👏 👏
Mbega mbega agahinda😭ubwose Koko uwo mugabo utaye abo bana azanye nde umurutira Maman wabo? Bagabo ikintu abana bazabakundira nuko mwabakundiye Maman wabo, badamu namwe abana banyu bazabakundira ko mwabakundiye ba papa babo. Abana kuki baba inzirakarengane gutya Koko? Ni ugusenya itorero nigihugu. Wa mugabo we rwose nawe igaye ibyo ukoze nta mugisha wabibonamo. Ibyo ni ububwa pe
Amarira y’aba bana arakurikira uwo mugabo n’uwo basezeranye nta mahoro y’abanyabyaha 😚
Umwaku gusa. Ibi ni ubukunguzi
Ariko sha mwagumye mungo zanyu mugasenga Imana yaturemye ko ntawe uyiyobewe mukareka kwiruka inyuma yabatekamutwe babapasteri
Namba kuri Yesu Mama.azakurengera.wabona haricyo Imana ikurinze
Rekakurira iyo ninyatsi yumugabo nagende rekadayimoni ubuse jye ntayobora murizayoni
abayobozi nk'aba muzabyicuza muri gufasha abagabo bamwe b'ibisambo gusenya umuryango nyarwanda.
Mubyeyi wacu Nyakubahwa President wigihugu cyacu cyu Urwanda tabara uce uyumuco wabagabo basiga ingo zabo bagasezerana kdi nizo basize aringo kdi zirimo abana turakwinginze ibi sibintu namahano mugihugu sibikwiye
Mbonye ES w'umuhanga mu gushishoza, kuvuga no gufata ibyemezo💯👍🎼🎹💕
Mana tabara, iri nishyano, Ariko Mana rinda itorero ryawe, itorero ryarinjiriwe nibirura, amasega yiyita intama.
Ariko Disi ni Woman strong yoo Yabashije no kuvuga disi Imana Ikurengere disi
Maman ihangane Imana usenga yikomereho izaguhorera bidatinze
He nubaha IMANA yeweee,uwu musegereza ngo numugabo agiye kubona inkoni y'UHORAHO arorere gato gusa.Amarira yumuvyeyi nabana arayabarirwa 🤔🤔🤔😭😭😭
Nukumusengera kuko satani ajya aharubutunzi ,Wenda uwo muririmbyi yaje arintumwa yasatani kuruwo mu Pasteur.
Uwiteka aguhe imbaraga mama kd Imana irakuzi kd izakurengera🙏🙏😭😭😭🙏🙏🙏
Nta mugisha numwe uyu mugabo azagira kbisa Imana izabahana bikomeye mwabakobwa mwe musenyera abandi Imana izanjya ibahana gake gake ese uziko inkoni ikubise mukeba uyirenza urugo
Ariko mana weeeeeee abayobozi nimutabare abagobo basaze pe kandi hari banza hari itegeko rirengera ababana na maman wabo
Ihangane mubyeyi!jye nasezeranyemumurenge,arikontibyamubujijekumparika,none abanabajye navigakobavuyemwishuri,kuko ukwezikugiyegushirabirirwamurugo,izoningarukazaba
Imana iti murabikora nkihorera ariko hari gihe nzobishira kumugaragaro. Maman ihorere usenge Imana yawe, nawe inkoni yimana iramurindiriye
Jye sinarinzi ko hari itorero rishobora gusezeranya abantu batasezeranye muri leta
Bibaho itegeko ryokubanza gushyingirwa muri reta niryavuba
Njyewe ubu numiwe ubuse murusengero naho bamusezeranya koko ariko se ibi niki kombona bikabije ibibintu koko
Njyewe ubu numiwe ubuse murusengero naho bamusezeranya koko ariko se ibi niki kombona bikabije ibibintu koko
Uyu mubyeyi aritonda bambe kuki wemeye ko basezerana ataguhaye indezo yabana ihagije ubwo ibihumbi 20000 bizarera abo bana bose koko ariko babyeyi ntimukagire impuhwe ngo mukabye igicucu nkicyo ntacyo cyiba kikimaze ntampuhwe ugomba kumugirira
Ubunyamanswa
Ahaaa,,ndabona abagore badafite isezerano,bakomeje kurengana,,reta yubumwe yarikwiriye gushyiraho itegeko rirengera abagore batasezeranye nubwo ryaba rito,,kuko barikuharenganira cyane pee!
Humura mama Imana izakomora bizagenda neza
*#Maman**, ayo mafranga ibihumbi 20.000 ku bana bane ni makeya cyaneeee.*
*Uzajye kumurega nibura ajye aguha ibihumbi 40.000 ku kwezi.*
Ahubwo buri mwana 20.000 ubwo ni 80.000
@@ububyutse , Buri mwana 20.000 byaba ari OK kabisa.
Wirira urikuriza abana ihangane mubye Imana izaguhorera
Iyi video mbonye ni iya 5 y' iki kibazo
Biteye ubwoba nukuri
Imana izaza ntizaceceka.
Humura mama pastor, imana izakugyirira neza, kandi uwomugabo azakorwa nisoni
Mutubarize icyo paul gitwaza abivugaho
Barabab iye ngo n'a ya Riziki nabandi baraza aboibyo birura bisohoke bijye ahagaragara
Polesana mubyeyi.harigihe umuntu aguta akibwirako aguhimye kumbe agufuguriye inzira yimigisha .nukuri iturize usenge mazewirebere go Imana irakududubizaho imigisha yayo.unva hubwo itegure gukira .naho uriyamugabo azagaruka agusabakazi komurunga .hhhhhhh
Mbabaje nurwo rusengero bakoreramo amabi nabo byitwako mushumbye Yesu wee cyakora ndababaye pe😭😭😭😭😭😭💔
*Uwo mugabo w’amanyanga **#Gitwaza** namwirukane mu Rusengero rwe, kuko uwo mugabo nta bu Pasiteri bwe, ni **#UMUTEKAMUTWE**.*
Gitwaza se niwe mukiranutsi !??🤣😱
Humura Madame komeza usenge Imana izaguhoza ayo marira
Urushako ni hatari pe ! Ariko rero abashumba musubire kubaza lmana !
Iryo bandi ry'umugabo witwa pasteur. Ntabwo yarumushumba yarinjyejyera.:nuwo mukombwa uhuye nibandi azaruha ntaruta .uwa 1
Ariko nkuyu mudamu w umuyobozi ariwe ibi bibayeho yakifata ate Koko?
Umwana wi gaburo no mu mwuka nta ruta urura rwachitse kurundi amaraso ye 💯 kwi 💯
Agahinda kawe madame mbere yuko kakugeraho kabanje kunyura kumana. Izakurwanirira ! Hanga amaso kumusaraba. Ariko harya kuki gusezerana imbere y Imana byo bidahabwa agaciro?? Imana murayisuzugura cyane bigeze aho koko?? Muzabyigeho
Natange indezo, na minerval.
Ikindi asezerane ivanguramutungo kuko yabishakanye n'uwa mbere.
Ikindi iyo ngiramukristokazi usenyeye umubyeyi w'abana bane, arumva we afite iki de spécial cyatuma Imana yabeshye ko akorera kdi ari buraya itazamuhonda?
Ibirara mu itorero, byabaye byinshi pe.
Byongeyeho ko uyu mugore atwaye aherutse gutandukana numugabo wa 3 pasteur aje aruwa 4.
Imana taravuzeko abiyoberanya bose munshingano zayo ,ije kubanikaaa
Ariko kuki nkuwo exectif abayemeye gushyingira ikigabo kikinyamafuti gihemukiye abana nkuko!?
Sha njyewe mbanibaza ibintu byinshi nkabona ko abayobozi bashyiraho harubumenyi batagira peeee,nkubuse a ababana bazi? Bazarya ? Sha akwiye guhanwa peee
Abayobozi bubahiriza icyo amategeko avuga igihe nubwo umugabo yagira abagore 50 ntanumwe basezeranye mumategeko itegeko rivugako ahitamo umwe akaba ariwe basezerana mumategeko
Itegeko rira bimwemerera kuko mw'iranga mimerere aracyari umusore
Gitifu ararengana yubahiriza icyo amategeko asaba. Ibibazo byose biri kuri ay'amatorero yacu yirirwa yiyita ay'umwuka nyama uwo mwuka bavuga bafite ukaba utabafasha kumenya abakozi ba satani babihishemo ndetse mwumvise ko n'uwo mudamu we yirirwaga umufatira m'ubusambanyi yirya no hino mu abadiyakoni be ariko wakwibaza ibyo byose byagiye bimugaragaraho ko itorero ry'Imana ritabyemera, itorero basengeramo ryakoze iki ngo rivane ikibi mu itorero ry'Imana?
Arikose kuki reta idahana yihanukiriye izi ngegera ngonabagabo Koko uziko guhemuka gutya bimaze kuba nkumuco asyiweee
Yooo uyu mama abuze uwamuguyaguya I mean kumuhobera muburyo bwo kumutuza😭 Iyonzakuba mpari narikubikora ariko yihangane Imana irikumwe nawe
Ico gipfu cumugabo ngo ni pasteur aragahura ninkoni ylmana iyo yomuhana nyabyo
Imana yomwijuru igukomeye mubyeyi kandi humura ihora ihoze bitari kera uwo mugabo azabona ingaruka z'ibyo yakoze
Humura abanabawe bazabaho kandi bazabahoneza kuko iyabahanze irabaruzi turikumwe munkunga yamasengesho bye
Ihangane Yesu akomore igikomere
Ntakundi azagaruka agusabe imbabazi wowe umusengere gusa mbe mama sugira
Abana buziye ibikomere cyane gose kubera ibiri kubabaho muri iki gihe
Yegoko mana Isi iri kumusozo uyumubyeyi arababaye Imana imurengere
Amen
Ibi bintu ntibimenyerewe cyane kubagabo, abagore nibo babikora tukumva ari ibisanzwe. Ubwo byageze no mubashumba rero kabaye.
Maman ihangane ukomeze ube intwari unambe Ku Mana yawe izaguhorera tukiri mu isi.
Urabeshya cyane biba kubagabo urebe Caisse nyinshi nizabagabo bata abana
Rwose ibi bintu Leta igomba kubyigaho mu rwego rwo kurengera Abana b Urwanda.nkubu koko byari bikwiye ko basezerana
Aba pasteur reka reta ijye ibyivangamwo mwa ravangiwe
Imana ihora ihoze
Zion kwitangiye kudusebya. Se Gitwaza arihe ngo avugurure ibi bintu kuki bimika abantu batasezeranye gukorera Imana
Mubyeyi humura Imana ukorera irakuzi kandi yo ntitunguwe, izakugenda imbere kandi izakurwanirira muri byose humura.
Imbere yo gusezeranya abageni murusengero vyoba vyiza babanje kubategeka gusezerana mumategeko .ijambo ry'imana ng mwubahe abaganza
Aba bana bazajya bakurana agahinda. Mana we, abanyamakuru mujye mubashyira ku ruhande mubarinde aka kajagari k ingo zatewe na shitani. Dusabire abashakanye.....
Mama komera Kd urwane ucecetse Yesu arakurengera Imana ntirenganya
Kubaho nihonkibona pasteur aharika umugore nukuri birababaje
Buriya iyo umuntu mukuru yafashe umwanzuro nk'uriya n'ubundi aba yarahindutse undi w'undi, rero reka akomeze akorere shitani yahisemo pe kuko nubwo yaza ntacyo yakumarira uretse guteza intambara mu rugo ! Mbisabire ntimugashyire abana mu itangazamakuru ngo mubyitiranye no gushaka uburenganzira byabo pe! Ibyo Bizaba amahitamo yabo bakoze.
Ntarukundo ntambabazi kdi ndakwanze ntivamo ndagukunze uyumubyeyi nugukomeza akirererabana bazabinyuramo kdi bizarangira
Nukuri mama pastor ihangane kandi ukomere nubundi uyumugabo yarararutse kuko nsinagusabira koyagaruka nubundi iyaraye mugasozi iba yahindutse inwari lmana iguhsnagure amarira inakuzamurire amateka vakukigabo cyayobye
Humura Mama iri siryo herezo ry, ubuzima imbere hawe niheza
Ahasigaye ngo pasteri yampanuriye IMANA idutabare