This is the accolades songs for whom may be considered to be the forefathers of rwandan country even if it is related to the patriotic...... Hope it shed some light behind it
Iyi ndirimbo yandikanye ubuhanga pe! irimo imvugo idapfa kumvwa na rubanda rwa giseseka, ni mugihe kuko yahimbwe n'ufite umuzi mu basizi n' abataramyi babirambanye kandi irasingiza imfura yo ku ruhembe!
Mbwira ko uri umutangana ariko kuba ikigina ni igitutsi uwitwaga Nyirabiyoro yatutse abana ba Kigeli Ndabarasa amucyurira ko bazicana bakamarana Ibigina =abariho batariho,ibituro
Muziko Numva.ndiburare ndingisa. N.igitanda.mbega injyana.nziza.so good.iya Rusanganwa.Iya Ruhangara*( my brothers still song mbelemuhore.kw.isonga..Nanjye numva.ntengamiye.iyo mbona.mubayeho)
Am Tanzanian am in love with this song even though i dont understand any word from this song but i think it has beautiful meaning...
beautiful and has much about the history of Rwanda!
Imihigo y’Imfura
Very beautiful so much,
Haha even though I am a Rwandan I can't understand a single full sentence. Only same few words
This is the accolades songs for whom may be considered to be the forefathers of rwandan country even if it is related to the patriotic......
Hope it shed some light behind it
Imihigo y'imfura niyo yaremye urw'intwari 🇷🇼🇷🇼🇷🇼
Umulili n.umurindi / ubutwali kwitanga urukundo kugira ibanga bidutsindira ababisha ku manywa akAmbye abagabo!!Ribara uwariraye
Ndayikunda koko imfura sha
Uraho neza Rwagitinywa nitwa MUSHAIJA twigeze guhurira muri Serena HABAYE aniversary yabadage bamaze murwanda ndagusaba ngo uzadukorere "narose nambuka uruzi rw'aka nyaru ngo ngane IRWANDA🇷🇼🇷🇼🥺🥺😂😂😭😭😭😭😭😔😔😔😔😭😭🥺🥺😥🙄😢🙏🙏🇷🇼 Ndakwinginze wokagira URWANDA WE UYIDUKORERE urabizi Ntamuco wacu ntan'inkomoko twaba dufite kagire IMANA YAHANZE 🇷🇼🇷🇼🇷🇼URWANDA Ndagukunda wampfura we
❤❤❤❤ am in love with this song ❤
Masamba ndagukunda cyane birenze uko ubitekereza
Abatamuzi ni Rwahama haba kurugamba nimbe Kayitsinga yabyaye intore nsaa.
Tubasabye kudufasha mukaduha amagambo ari muriyi, iyindirimbo, ya MASSAMBA
Turufuza amagambo
Massamba nongey kugusaba
Dufashe kumva iyi ndirimbo
Ndagerageza kumva amajambo bikanga.numva amazina gusa
Plz plz im n love with this song😍
Amajwi aravugira kureeeee, ntabwo asohoka neza, ngo umuntu yumve neza amagambo ayigize
Baduhe Lyrics basi.
nyamara birumvikana ni ibisekuru byabo n'inka baririmba
Wouhh
@@uwikiss go search ifite lyrics
Mass hejuru cyaneee duhe amagambo y imihigo y imfura uzaba ukozeeeee ninziza ariko ntavyo twumva
Iyi ndirimbo irandyohera burundu😘😘😘
Ninziza cyane arko harimo amagambo atumvikana
Dufashe utwemerere uduhe amajambo yiyi ndirimbo
Inshimisha ntabasha kuyumva
Turabigusabye wa Ntore we
Nukuzadufasha ufasha n'a génération ziza cyera ukandika izi ndirimbo mubitabo nibisobanuro byazo byazafasha abantu kumenya impamvu wazanditse warihe.kubera iki?
IHAME IKOMEZE .( amakondera ingoma zitsikimbe)
Masamba urumuhanga byukuri ,
Muzakore video yiyi ndirimbo
Iyi ndirimbo yandikanye ubuhanga pe! irimo imvugo idapfa kumvwa na rubanda rwa giseseka, ni mugihe kuko yahimbwe n'ufite umuzi mu basizi n' abataramyi babirambanye kandi irasingiza imfura yo ku ruhembe!
Yaba yarahimbwe nande?
Wabime habe nakimwe numvishe
Beautiful song ever and ever
Dore indirimbo dore indirimbo 🎉
My dawe uri imu ijuru iyi nayo irankomeza
Iyi ndirimbo narayikunze cyane. Ariko ntakintu numva pe
Indirimbo nziza 🙏🙏🙏🥰🥰
iyaruyonza nyampatsi
Wow wow mbega guhimba kw imfura 🥰
Dukeneye amagambo y'iyo ndirimbo.Narayikunze cyane
Massamba amagambo arihe
Duhe amagambo wo kabyara we
Ndabasabye abantu bakuze batubwire amateka y'iyi ndirimbo. Hari uwambwiye ngo niy'amagaju, ikipe yo mu bufundu, nibyo?
ibigina hejuru cyaneee
MY BROTHER ALSO IS IN LOVE WITH IT EVEN THOUGH HE LIKES FOR DANCING
Iyi ndirimbo ni nziza
❤️ ❤️ you all niyo ibuye ryashonga ntakizasimbura uwo mucyo
Thank you dear Masamba Sentore.God bless you always.
My Vitamin kuko Nibuka Uwo Mulili.n.Umulindi
Mwahawe impano nziza pe!
I really love ❤️ this song
I lovethis song
Imihigo y imfura
Niyo yaremye urw' intwali
Urw' inziza rugiye guhama Nimwongeze umurego Turirimbe ingirakamaro Ikinani yabimbuye imihigo Nibwo Kanyambiriri Umutware wo kw'ihanika Yahatunguye Imbabazabahizi
Iya Ruyonza Nyampatsi Imparirwa kuba inyamibwa Inyamamare ya Kanyandekwe
Intigunga ni iya Kadiri Intubuke ya Rusanganwa Isata ikaba iya Rwasangabo Iyizire se Mpunga ya Mugabo
Ngarambe uze usezera amahina
Usanzwe warahariwe ishyaka
Ni koko imihigo yarakomeye
Nibwo Nzirabatinyi
Ahize Abanyaburinga Ruririmbwa itangwa na Nyungura
Umva Nyamukeba Wa Shoboli
Umva ingenzi Ivugwa mu zimbere
Ruhangaramanywa Atanga inyamibwa
Umusore Cyilima Nabyiruye Mu Ruvugizo na Nyamiyaga
Nagerageje ibyo nshoboye
😍❤️
Wakoze uradufashije pe
Nari natakaye
Urakoze rwose ntacyo nakuragamo pe.
Urakoze cyane kuduha amagambo ayigize nanjye sinayumvaga neza
Abanyenyanza gusa nuduce twaho i rwoga na Hanika mukomere ibigina ndabakunda
Ibigina👋🏾👋🏾 turahari
Thank you.Happy Heroes.s.day
Nange nayikunze kuva nkiyumva
❤️❤️❤️
Ese nigute umuntu yayibona yanditse?
we rember this song
Hymne national y ibigina👌
Hahaha sha uricyo kbs utari ikigina ntiyamenya ibyaribyo
Uri ikigina ? Nanjye ndi ikigina 🤩
@@kayitareeddy6855 hoya ntabwo ndi ikigina, ariko nigeze gutemberera mumigina😎
Mbwira ko uri umutangana ariko kuba ikigina ni igitutsi uwitwaga Nyirabiyoro yatutse abana ba Kigeli Ndabarasa amucyurira ko bazicana bakamarana
Ibigina =abariho batariho,ibituro
@@Rwakayiro ahubwo ubanza yaratutse ikitwa umunyarwanda kuko kwicana hagati yabo byabaye nkumurage bisa nkaho arigikorwa cyubutwari🙄🤔Yesu adukize uwo muvumo🙏
Indirimbozawe zirapfasha nkabura icyonakora,gusa ngusabira imigisha burimunsi
Muziko Numva.ndiburare ndingisa. N.igitanda.mbega injyana.nziza.so good.iya Rusanganwa.Iya Ruhangara*( my brothers still song mbelemuhore.kw.isonga..Nanjye numva.ntengamiye.iyo mbona.mubayeho)
I love all songs but aka n.akarusho
Tonto Masa wazaduhaye amagambo yiyi ndirimbo ko ari nziza koko.
Mpa email yawe
Nyakubahwa Masamba tubwize ukuri?Ko muzehe Ngombwa thimothe avuga ko urimo gusohora ibihangano bye yabigishije muri kurugamba harimo niyi ndirimbo ukuri nukuhe?
Hahahahahah uramubeshyeye!
Iyi niy'iwacu muri Nyaruguru, yahimbwe na Padiri sebakiga wari mwarimu wa Sentore Data.
Ivugamo abatware batwaraga muri Nyaruguru bakaba bingamjemo aba grands pères banjye: Kanyambiriri,Munzenze,Nzirabatinyi.....ndetse na Kayitsinga wabyaye intore nsa.
@@massambaintoreofficial9333dukeneye amagambo yayo pe ifite uburyohe burenze
🤩🤩🤩
amagambo yino indirimbo plz
RWASANGABO❤❤
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
👊❤️
🤎🤎🤎
Iyi ni indirimbo ndakurahiye 🫡
Beautiful song ever and ever