Amabanga 10 abakene batamenye ku bakire n'amafaranga||Iri ni isomo rikomeye
Vložit
- čas přidán 26. 11. 2019
- Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250784838126
Rwema ndishimye uburyo wamenye ukuri. Ndakwibuka kuri APADE ni ubundi warebaga kure 👍👏
Gukira k’ubutunzi,biterwa nuko umuntu abyumva,igisobanuro cyo gukira ni kigari cyaneeeee.
Abanyarwanda nibo bavuga ngo hari ugukira k’umutima,no ku mitungo.
Iyo ntacyo wifuza mu buzima biturutse mu kunyurwa n’ibyo ufite,ibyo nabyo byitwa gukira.
Hari nabatunze ibya mirenge ku ntenyo,ariko bagahora ari abatindi,njye nzi umuntu wari ukize cyane ku mitungo,afite amakamyo umwana we ntiyatsinda ikizamini kimujyana mu mashuri ya Leta,abwiye se ngo amirihire privé anamuha n’ingero zabana babantu baciriritse bayigamo,se aramubwira ngo ntakigereranye n’abana babakire!Murimva uwo mu papa se atari umutindi k’umutima kabine n’amakamyo yibitseho?
Ikindi,keretse mu Rwanda,niho umuntu atakira akorera umushahara naho hanze yarwo nka za buraya,abakozi b’abandi barakira rwose.
Hari nkabakozi bahembwa ibihumbi ijana by’ama euros ku kwezi,ndetse na miliyoni y’ama euros ku kwezi.Abo si abakire.
Abarimu,abaganga b’iburayi bahembwa menshi cyane kuburyo batacunze neza ntacyo bapfa bifuje.
Abavicat nabo nuko,ibyo abo bajyanama rero bigisha,ntabwo ari ihame,ahubwo hari aho bafite expérience nkeya kubibera kw’isi hirya no hino.Inama zabo zifite akamaro kanini i Rwanda no mu banyarwanda
Nyine yibagiwe self education....
Sabin witubihiriza ikiganiro wirirwa ubaza ngo ingingo ikurikiraho, iya 3,4,5... jya uha umwanya umuntu nawe utege amatwi. Iyo sujet niba utayisobanukiwe cg utari interressé, icara utange amahoro, umunyabwenge utwigishe.
Imibereho rusangi 40 %!!!no way my man . Uhembwa 200000fr wakoresha gute 80000fr mu Bukodi no kurya !!!! Ivyo bintu biri pratique kubahembwa 1M kuduga nayo umushahara ubwawo ntukwiye Hama ngo savings. Gusa hariho ivyo yavuze vy akamaro nko kubaho ubuzima buciriritse no kureka guteza imbere abakire.... ugishakisha
Ohhh, thank you, Brother, Sabin. Rwema numuhanga cyane. I would love to have a private talk with him. Blessings to Isimbi Tv.
Ibyavuga nukuri % buricyimwe cyose cyiva gifite aho gituruka gusa iyo wubashye imana irakwigisha muri buri kumwe Imana nibyose kubaha imana niyo byojye👏
Izo ni stress gusa kdi stress isi ziba zihagije abo mwita abakene mbona babayeho neza kuruta abakire kdi twese ntitwaba abaherwe ngo bikunde ubukire kurinjye ni kunyurwa nubuzima ubayemo kuko ibyo byose duharanira iyo upfuye ntacyo ujyana ubisiga imusozi.Twubahe Imana ubundi dukundane nkuko kristo yadukunze ibindi ntacyo bivuze kurinjye
Munyamakuru, ndakwemeye uzi kubaza neza , ese ko Imana itaremye amafrnga , ikaba ntanayo icyneye , icyacumi nukuvugiki, naho guhemba Pasteure. None nukuzigama kwa Padili cg kwa Pasteure.??!!!!?
Uyu mugabo ndamwemeye, namuherukaga kera 🤔muri secondaire naho yarazi ubwenge
Sha Sabin uyumugabo ndamukunze cyane nkorera umushahara ariko kweli ndize bikomeye gose hama uzoze udushakira abantu benshiii nkaba hama ikindi naw uzureka kuzuduciramwo mugihe umutumire arikwatanga ikiganiro kukutuma hari msg adatanga kubamukurikiye
uyu Mugabo azi Ubwenge cyane !! Urakoze cyane sabin !
Urakoze. Urumuhanga cyane.
Murakoz cane.Uyu mugabo muze mumugarukane Sabin
Am very inspired
Murakoze caaane
Thank you so much for the inspiration. it's really educative.
I would recommend this to people who want to be rich.
it is a perfect example of the book called Poor Dad Rich Dad by Robert Kiyosaki! more of this can be read from this book. I would like to have a private talk with him kbs
Safi sana Rwema. Uvuga ivyo beshi bicayeko
Urakoze Rwema nanjye nkunda Isimbi TV, iyi TV nyigiraho byinshi. Ibitekerezo bihanyura bigira umumaro n'ibitekerezo byubaka ariko kandi koko na Sabin ni umuhanga atubariza ibyo twibazaga maze natwe yasubizwa tukaba turasubijwe ndetse kenshi abaza n'ibyo tutibazaga ariko nyine iyo asubijwe natwe twumviraho.
Kubemera Imana ndavuga abakristu gutanga icicumi ni ingenzi caaane ndagushigikiye
Ndagushimye Rwema you are genius. Aliko haraho tutemeranije ngo umumtu ntashobora kuba umukire afata salary montly sibyo kuko hano muri USA. CEO wa Company ahembwa menshi cyane ku kwezi almost $ 500 .000. Uzi na saving yitwa 401k. Hano niyo dukoresha ikakugira umukire izindi businesses ukazibagirwa. Aliko nabyo si bibi gukora business aliko ufite Job yawe na za savings zawe. Usinzira ama saha 8. Thanks a lot.
ubwo c nyine wowe urumva mu rwanda wahembwa 50k akakugeza he
icyo twemeranya nuko amashuri atakugeza kubukire, most importantly NIMBA USHAKA KUBA UMUHERWE DO BUSSINESS
wisdom
Thank you
Sabin icyi kiganiro ni kiza twanagikunze ariko wagizemo kubangama wihutisha cyane uyu mupapa uri kumubwira NGO ingingo ikurikira ingingo ikurikira kd atarasoza ingingo ariho. wamwirukankije cyane
What this guy say is true the first capital every one have is time.
i recommend all of you to read a book^ Rich daddy poor daddy ^by Robert kiyosaki
Where should I found it?
None se ufunguza compte yaburikintu?
Eeeee nibyo KBS uyu
Mugabo numuhanga cyanepeee
Igihe kirageze kugira ngo abakurikiranye aya masomo bakanabishyira mu bikorwa batangire basarure. Ubu ibyo buri wese yabibye bireze!
Mumbarize aho padili cg pastor bo batanga i cyacumi
Bagenewe kuyarya 🤣🤣🤣tuyabaha tuziko ariyo bagenewe kuyarya
Rwema ndakwemera Nuko kuvugana nawe bohenze
Sabin turagukunda muli canada urumuhanga ukorana ubuhanga uzaze natwe tugirane ibiganiro
iman igukomze kandi igushoboze
Ibyo avuga nibyo kbs kugira ubumenyi kumari cash nibyo
Sabin yakoze interview nyinshi
👌That's True
Ese Pascal usigaye uri pastor?
Rwema yafunguye Channel "Les Rwema Solutions"... Ibiganiro byo kwiteza imbere bizakomeza. Ngaho tanga abandi kuri iyo Channel, ukore Subscribe, ukande no ku nzogera uhitemo All kugira ngo utazacikanwa! Let's go!
Ndagushyigikiye pee
Ibyo uvuga rwose nibyo nanjye ntangiye kubitsa mûri Bank mfite amafranga make cyane, iyo wiyemeje kubitsa ubaho nkumukene ariko ifranga ryawe rihari. Icyo ntemeranya nawe ni icyacumi. Aho kugira ngo mpe padiri 10.000 nayahahiramo abana tukishimisha.
😏
Uyu muvandimwe ndamwemeye kandi ndemeranya nawe mu ngongo nyinshi. Abazi icyongereza mushake umugabo witwa Dave Ramsey. Abisobanura mu buryo buryo pratique. Kandi byarampinduye. Sinigeze ngira umutekano mu mafaranga nk'uwo mfite😉
*ngingo
Uyu mugabo aravuga ukuri
Rwema uri umusomyi w'ibitabo nkanjye LAW of Attraction yakunyeretse. wasomye ikindi kitwa Automatic HABIT by James Clear
wooow very nice , ndaryohewe cane Mugabo
Wasomye igitabo THE RICHEST MAN IN THE BABYLON
Sabin iyi number ntabwo izikora rwose bishobotse wakongera ukaduha iyindi ikora urakoze dukunda ibiganiro utugezaho birafise imbaraga mugufasha abantu benshi.
Il est sage ce Monsieur. Avugana ubwitonzi
Kubatumva guha pasteur chacun ninyinshi rwose watangamo chacun. Ex: gufasha abakene, kwishyurira umuntu indeni, minerval....ikigenzi nukubyita icyacumi
Courage
Njye ndi umukene wanyurwaga n'uburyo Rwema asobanura ibintu ndetse nkaba nanifuzaga kuzamushaka tukaganira byinshi nibwiraga ko byamvana mu cyiciro ndimo... None abakene ntibemerewe kuganira n'abakire!?! Njye nemera ko umubare ubanza ari 0, kandi ko akanyoni kaguruka kisunze agati.
Muraho neza Sabe? ndukunda ibiganiro ukoreshe cane nibyiza pe birafasha muburyo bukomeye, nagusaba number yawe ya Mobile cg e-mail wabukoze hanyuma nkakuvugisha imonota nki3 irahagije.
OK rwose ubuzima bufite intego butuma ukora plan y'imibereho, ku bijyanye n'icya cumi ni epreuve d'obeissence à la personne de Dieu qui nous connecte au provisions surnaturel de Dieu ubworero udatanze dîme muburyo bugaragara inyatsi irayatwara ndetse akagenda nta mugisha ubifitemo
Nyirisimbi Rwema pascal turagukunda kdi courage tukurinyuma
isimbi tv?ashakir HOSE
Mukama mana yacu ko numva bible yayifashe à la lettre?
none nibatubwire ingene twoshora amahera muri amazon
gusa uyu mugabo ni umuhanga pe! sabin wakize cyane kumuzana
Ikibazo ari kumwirukansa.Ari kumutanga kuvuga ingingo ikurikiyeho! hahahahaha
❤
Sabin wamutubarije niba izo 10000 frw ari buri kwezi agomba gutangwa kwa Padiri na Pasteurs, hanyuma pasteur na padiri bo icyo cya cumi bagiha nde? Kuko nabo barahembwa.
Yego ni buri kwezi, cg c uko uyabonye , muyandi magambo ibyo winjije byose haba buri munsi haba buri kwezi , haha buri cyumweru cg c buri kwezi
@@daphroseiyakaremye8483 aruko rero pasteurs n'abapadiri barusha salaires président wa repubulika. Nanjye ndumva ntangiye kwerekwa niba aruko bimeze.
@@mucyowukurismith oya 1/10 ni icy'Uwiteka ntabwo ari icya Pr cg Padiri ! Gikoreshwa umurimo w'Imana . Uzegere Padiri cg pr wawe (aho usengera) umusobanuze neza uko 1/10 gikoreshwa
@@daphroseiyakaremye8483 niba umurimo w'Imana ukorwa n'amafaranga ava mu 1/10 ubwo Imana irema ijuru n'isi yakoresheje amafaranga angana iki?
@@Alex-cb4rt keretse tubiganiriye amaso kuyandi , muri comments ntabwo byadukundira
Nibyo pe ntiwakira ubana nabakene kuko uhora ubona ubarenze nabo bakirirwa bakuramya
OK ntawaba umukire atabanye nabakire ndumva ari danger
Umucyire sugutunga ibintu byishyi ubukwe ni mumutwe
@@jacquelineahobantegeye2787 ibyo uvuga nibyo kweri
iki kiganiro kijyanye nibyo maze iminsi ndimo courage Sabin!!!! ndumva nkeneye ikiganiro nuyu mugabo
Rwema Rwema ndakwibuka muri LDK APADE tukiri abana
Uyu mugabo aravuga ukuri rwose!Nuko Sabin ari kumwirukansa"ngo ingingo ikurikiyeho"hhhhhhh
Mutubarize ba pasteur bo bayaha NDE,ESE uyahaye abababaye cyangwa abatishoboye ntabwo byakwitwa icyacumi
_Wowe nuyamuha kumutima wawe wabibaze nkicyacumi Imana izaguha umugisha_
Uyu mugabo nshaka nimero ze
Uyu Mugabo niyubahwe kabisaa!
Uyumugabo ndamwibutse yaduhaga umuziki muhatenga turwaye
Uyumugabo avuga ibyazi kweri
Sabin wazatumiye cadette
How can i get his contact Sabin
_Amafaranga ntakunda umuntu uyakorera akunda umuntu uyakoresha_
Uyumugabo yarize kweri
Hano kukigira cumi
Nanje uwubishoboye yotanga kabisa
Wowe urabeshyabeshya ubeshya gusa kubaha imana si ugutanga frs munsengero
iya 9 ni ya 8 zo rwose ndazemeye peee
Yooo imana ikumpere umugisha Papa urampumuyeeee
Abantu bagomba kumenya icyo bita gukira icyaricyo. Ese ni ubutunzi bugaragarira abantu? Ese ni ubutunzi bunezeza ababufite? Ese ni uko abantu bakubona ? Ese ni uko wiyumva? Gukira ni iki?.
Abantu benshi bagira imitungo bakayiburamo amahoro, abantu benshi bagira imitungo hafi yantayo bakagira amahoro mu NGO zabo, abandi bakabura amahoro kubera kubura kubura imitungo, abandi bakabura amahoro kubera imitungo bafite. Kubwanjye gukira ni ukumva ko ukize mu mutima wawe, ntabwo ari ugukira kuberako wa bivuze cyangwa abandi babivuze.
Rwema my classmate kuri APADE ndagushuhuje
Pastor cg Padiri nabo ni abandi bakize kuturusha. Ubwo c nabo 1/10 (dime) si ukubakiza? Ese ntaburyo bundi twakubahisha Imana ibyo yaduhaye tutabihaye Pastor?
Ubundi kera impamvu batanganga kimwe mwicumi abakozi bimana babaga munsengero ntacyo bakora
Abandi bakabatunga
Ariko abikigihe nibo bafite za business zikomeye nihatal
Ndumva tutakomeza kubina pastor ahubwo twafasha abakene
NGAHO NATUGIRE INAMA UMUNTU AHEMBWA 100K YABIGENZA ATE NGO ABEHO ASEVINGE?
Ico ndacemera ico cambere icacumi nubwo bitugoro
Unomugabo afite quelques incohérences mubintu avuga.
Hariya kucyacumi n’amaturo yakishe. Still a good interview, no hate 🙏
Nuko utamwumvise!Il est totalement cohérent.
Shn njye inshinga yo kuzigama yarananiye peeee,sinzi aho bipfira. Ese kuzigama n'impano???
Kutabibasha c byo n'uburwayi???
Ikibazo cyiza. Kuzigama si impano ahubwo bisaba kugira discipline. Discipline aha ndavuga, kumenya kuyakoresha kubyo ukeneye kuruta kuyakoresha kubyo ushaka.
Igituma abantu batazigama,ntibazi gutandukanya the needs and the wants. Ugasanga umuntu aragura ibyo ashaka kdi atabikeneye.
Uzabigerageze ( jyubanza wibaze ngo mbese iki kintu ngiye kugura ndagikeneye cg n"uko ngishaka? Nusanga utagikeneye,jya uyazigama kugirango uzayabyaze umusaruro.
Okay,
Merci beacoup vraiment, ako kantu byo umbwiye nukuri!! Ayo mpfusha ubusa Ni menshi pee. Gusa ndashaka kugira discpline mu mafaranga.
Kuzigama iyo uyabika haza akantu ukayacamo ufunguza konte broke biragufasha cyangwa ugasha Ka udushyirahamwe tu gufasha kuzigama amafranga
I like ibyo bya amasaha
ahubwo ayivuga ko icyo cyacumi ugomba kugifashisha abababaye. naho ubundi kugishyira padiri byo ni ubujiji kbs
Ubukire uvuga niki , amafaranga meshi yo nagana iki ? Ubizi gute ko ubukire ushaka cg amafaraga ushaka aribyo abandi bakeneye ibyonugutekerereza abantu kd buri muntu yakize kwimenya we ubwe kugitike (know yourself )
😁😁😁😁😁😁😁
Uyu mugabo wampaye numero ze
0788350075
Akivuga ingingo yo *kuzigama* mpise nkora left. Learn to invest that portion. That is better. Cryptocurrency in the way. Ask me
Murakoze kutugezaho ikiganiro kidusobanurira uko umuntu yaba umukire, gusa ikibazo njyewe mfite kiragira kiti ubundi umukire niki? mbese haba hariho ikigero runaka kigaragaza ko umuntu ari umukire? iki kibazo nkibajije nshingiye kungingo watanze uvuga ko ntamu professor wumuhanga mwishuli twatangaho urugero ko ari umukire cg urundi watanze ngo ntamuntu ukorera umushahara waba umukire, gusa ibyo ntitubyemeranya kuko harabantu nzi bari mubyiciro wavuze kandi babakire. keretse niba ufite ubusobanuro runaka bwihariye "bw'icyo umukire ari cyo".
Umukire numuntu wese udakorera amafaranga aho kugira ngo amafaranga Abe ariyo a gukorera noneho ka dufate urugero umuntu nibuze nka Dr agize icyibazo wenda akavunika nkakaguru ibye biba birangiriye aho ntiyakongera kwinjiza nurumiya bivuze ko yarumukene jye nzi abantu niyo aryamye amafaranga a komeza kwinjira
Wa mugani wa Maurice umukire ni ubona ibyo akenera mu buzima kandi umutungo we ukaba wamutunga agize ikibazo. Umukire ni ufite umutungo umukorera. Ishuri ni inzira yo guhumuka uhereye ku by'ibanze. Ariko ubuzima ni ishuri ryo kwiyadapta
Abo mugendana byo bakwanduza uko bitwara. Iyo umuntu afite ubukene bukabije atazi niba aramuka adafite aho arara, ntabona uko atekereza neza ngo apange ibyo gutera imbere kubera ko ahorana amaganya no kwiheba.
Uyumugabo arasobanutse
uyu mugabo rwose haraho bisa naho byamuchanze nonese tuvuge nimba nkora nkahembwa kandi nkaba nkeneye terephone cyangwa ndeba murugo dukeneye tereviziyo ndeke kuyigura kandi nvuye guhembwa nkomeze mbeho nabi ngo ndimo ndazigama ngo kuzigama byigihe kirekire ngo ibyi gihe gito ngo na emergency kuberiki utafata ikigero cyamafaranga runaka ukaya zigama ayasigaye ukayakoresha
Icacumi sincemera pe.Imana ikenera amafaranga gute se? Ntikenye
Imana ikeneye amafaranga.Ni gute utekereza ko iyaammazabutumwa bwayo ryakorwa,abarikora badafite uko babaho?Babigeraho badafite ibyo kurya,aho baba,kwambara?
Nizere ko we amafaranga avuga ayatunze kandi menshi niba atariko bimeze iki kiganiro ntacyo cyaba kimaze.
Arikubaka etage ya million 500
Nimukenera kumenya ibi bintu mu buryo bwimbitse musure channel yitwa *Ubukire Nyabwo TV*
Byiza cyane pe, Pascal ibitekerezo byewe nibyo nsanzwe ngendero biramfasha. Wifuza inkwavu za zakijyambere twa Koroza +250788494948
Imans irakize ntacyacumi gikenewe
Uyu muntu afite ubwenge bwegera ubw'Uwamuremye 😂😂🙏🙏
wowe wacyize ufite imyaka ingahe? ngo twumve imyaka bacyiriraho se? yewe ntawanga gucyira abishaka nuko bitinda kuza mubyeyi kd n' lmana izagaruka abacyene bacyiriho ntabwo yaturinganije kuko ntawari kubaha undi bose bacyize byajyenda gute?
Rich Dad poor Dad hhhhh chapter 5 mc d
M6.
Amashuri si inzira yo gukira ahubwo ni inzira yo kugira icyubahiro no kumenyekana gusa kuko abize bose ntibakize🤣😎😎
Wa mugabo we kwiga ni ngombwa kandi birakenewe ahubwo biruzuzanya no kugira ubumenyi bwo kubana n’abandi