Amabanga 10 abakene batamenye ku bakire n'amafaranga||Iri ni isomo rikomeye

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 26. 11. 2019
  • Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250784838126

Komentáře • 159

  • @queenloyal5232
    @queenloyal5232 Před 4 lety +9

    Rwema ndishimye uburyo wamenye ukuri. Ndakwibuka kuri APADE ni ubundi warebaga kure 👍👏

  • @Papalain
    @Papalain Před 4 lety +5

    Gukira k’ubutunzi,biterwa nuko umuntu abyumva,igisobanuro cyo gukira ni kigari cyaneeeee.
    Abanyarwanda nibo bavuga ngo hari ugukira k’umutima,no ku mitungo.
    Iyo ntacyo wifuza mu buzima biturutse mu kunyurwa n’ibyo ufite,ibyo nabyo byitwa gukira.
    Hari nabatunze ibya mirenge ku ntenyo,ariko bagahora ari abatindi,njye nzi umuntu wari ukize cyane ku mitungo,afite amakamyo umwana we ntiyatsinda ikizamini kimujyana mu mashuri ya Leta,abwiye se ngo amirihire privé anamuha n’ingero zabana babantu baciriritse bayigamo,se aramubwira ngo ntakigereranye n’abana babakire!Murimva uwo mu papa se atari umutindi k’umutima kabine n’amakamyo yibitseho?
    Ikindi,keretse mu Rwanda,niho umuntu atakira akorera umushahara naho hanze yarwo nka za buraya,abakozi b’abandi barakira rwose.
    Hari nkabakozi bahembwa ibihumbi ijana by’ama euros ku kwezi,ndetse na miliyoni y’ama euros ku kwezi.Abo si abakire.
    Abarimu,abaganga b’iburayi bahembwa menshi cyane kuburyo batacunze neza ntacyo bapfa bifuje.
    Abavicat nabo nuko,ibyo abo bajyanama rero bigisha,ntabwo ari ihame,ahubwo hari aho bafite expérience nkeya kubibera kw’isi hirya no hino.Inama zabo zifite akamaro kanini i Rwanda no mu banyarwanda

  • @solangekagabo2171
    @solangekagabo2171 Před 3 lety +14

    Sabin witubihiriza ikiganiro wirirwa ubaza ngo ingingo ikurikiraho, iya 3,4,5... jya uha umwanya umuntu nawe utege amatwi. Iyo sujet niba utayisobanukiwe cg utari interressé, icara utange amahoro, umunyabwenge utwigishe.

    • @manofgod1321
      @manofgod1321 Před 3 lety +1

      Imibereho rusangi 40 %!!!no way my man . Uhembwa 200000fr wakoresha gute 80000fr mu Bukodi no kurya !!!! Ivyo bintu biri pratique kubahembwa 1M kuduga nayo umushahara ubwawo ntukwiye Hama ngo savings. Gusa hariho ivyo yavuze vy akamaro nko kubaho ubuzima buciriritse no kureka guteza imbere abakire.... ugishakisha

  • @LegacyGrooveInitiative
    @LegacyGrooveInitiative Před 3 lety +4

    Ohhh, thank you, Brother, Sabin. Rwema numuhanga cyane. I would love to have a private talk with him. Blessings to Isimbi Tv.

  • @jacquelineahobantegeye2787

    Ibyavuga nukuri % buricyimwe cyose cyiva gifite aho gituruka gusa iyo wubashye imana irakwigisha muri buri kumwe Imana nibyose kubaha imana niyo byojye👏

  • @blandineineza8449
    @blandineineza8449 Před 4 lety +1

    Izo ni stress gusa kdi stress isi ziba zihagije abo mwita abakene mbona babayeho neza kuruta abakire kdi twese ntitwaba abaherwe ngo bikunde ubukire kurinjye ni kunyurwa nubuzima ubayemo kuko ibyo byose duharanira iyo upfuye ntacyo ujyana ubisiga imusozi.Twubahe Imana ubundi dukundane nkuko kristo yadukunze ibindi ntacyo bivuze kurinjye

  • @dominictwahirwa273
    @dominictwahirwa273 Před 4 lety

    Munyamakuru, ndakwemeye uzi kubaza neza , ese ko Imana itaremye amafrnga , ikaba ntanayo icyneye , icyacumi nukuvugiki, naho guhemba Pasteure. None nukuzigama kwa Padili cg kwa Pasteure.??!!!!?

  • @ayii779
    @ayii779 Před 4 lety +7

    Uyu mugabo ndamwemeye, namuherukaga kera 🤔muri secondaire naho yarazi ubwenge

  • @nsengiyumvaemmanuel9776
    @nsengiyumvaemmanuel9776 Před 3 lety +1

    Sha Sabin uyumugabo ndamukunze cyane nkorera umushahara ariko kweli ndize bikomeye gose hama uzoze udushakira abantu benshiii nkaba hama ikindi naw uzureka kuzuduciramwo mugihe umutumire arikwatanga ikiganiro kukutuma hari msg adatanga kubamukurikiye

  • @brunoishimwe2797
    @brunoishimwe2797 Před 4 lety +2

    uyu Mugabo azi Ubwenge cyane !! Urakoze cyane sabin !

  • @murokoregasore304
    @murokoregasore304 Před 3 lety +2

    Urakoze. Urumuhanga cyane.

  • @mmeobamamichelle7878
    @mmeobamamichelle7878 Před 4 lety +2

    Murakoz cane.Uyu mugabo muze mumugarukane Sabin

  • @thesuccessbandofficial8753

    Am very inspired

  • @anamubanza7554
    @anamubanza7554 Před 3 lety +2

    Murakoze caaane

  • @agriopp
    @agriopp Před 3 lety +6

    Thank you so much for the inspiration. it's really educative.
    I would recommend this to people who want to be rich.
    it is a perfect example of the book called Poor Dad Rich Dad by Robert Kiyosaki! more of this can be read from this book. I would like to have a private talk with him kbs

  • @emmanuelnzoyisaba8928
    @emmanuelnzoyisaba8928 Před 2 lety +1

    Safi sana Rwema. Uvuga ivyo beshi bicayeko

  • @luna1504
    @luna1504 Před 3 lety

    Urakoze Rwema nanjye nkunda Isimbi TV, iyi TV nyigiraho byinshi. Ibitekerezo bihanyura bigira umumaro n'ibitekerezo byubaka ariko kandi koko na Sabin ni umuhanga atubariza ibyo twibazaga maze natwe yasubizwa tukaba turasubijwe ndetse kenshi abaza n'ibyo tutibazaga ariko nyine iyo asubijwe natwe twumviraho.

  • @yveslamyiradukunda2189
    @yveslamyiradukunda2189 Před 3 lety +1

    Kubemera Imana ndavuga abakristu gutanga icicumi ni ingenzi caaane ndagushigikiye

  • @theresacochran8919
    @theresacochran8919 Před 3 lety

    Ndagushimye Rwema you are genius. Aliko haraho tutemeranije ngo umumtu ntashobora kuba umukire afata salary montly sibyo kuko hano muri USA. CEO wa Company ahembwa menshi cyane ku kwezi almost $ 500 .000. Uzi na saving yitwa 401k. Hano niyo dukoresha ikakugira umukire izindi businesses ukazibagirwa. Aliko nabyo si bibi gukora business aliko ufite Job yawe na za savings zawe. Usinzira ama saha 8. Thanks a lot.

  • @igiraneza5759
    @igiraneza5759 Před 4 lety +1

    icyo twemeranya nuko amashuri atakugeza kubukire, most importantly NIMBA USHAKA KUBA UMUHERWE DO BUSSINESS

  • @healaime3716
    @healaime3716 Před 4 lety +1

    wisdom

  • @ndayizeyefebrania1122
    @ndayizeyefebrania1122 Před 3 lety

    Thank you

  • @izabayoeric1267
    @izabayoeric1267 Před 3 lety

    Sabin icyi kiganiro ni kiza twanagikunze ariko wagizemo kubangama wihutisha cyane uyu mupapa uri kumubwira NGO ingingo ikurikira ingingo ikurikira kd atarasoza ingingo ariho. wamwirukankije cyane

  • @byiringiroaphrodis5194
    @byiringiroaphrodis5194 Před 3 lety +2

    What this guy say is true the first capital every one have is time.

  • @rwandadayandnightofficial5917

    i recommend all of you to read a book^ Rich daddy poor daddy ^by Robert kiyosaki

  • @globalvisualizationgis2855

    None se ufunguza compte yaburikintu?

  • @byukusengeclaudine577
    @byukusengeclaudine577 Před 4 lety +8

    Eeeee nibyo KBS uyu
    Mugabo numuhanga cyanepeee

  • @lesrwemasolutions
    @lesrwemasolutions Před 4 lety +2

    Igihe kirageze kugira ngo abakurikiranye aya masomo bakanabishyira mu bikorwa batangire basarure. Ubu ibyo buri wese yabibye bireze!

  • @allianceuwayo3639
    @allianceuwayo3639 Před 3 lety +1

    Mumbarize aho padili cg pastor bo batanga i cyacumi

    • @manofgod1321
      @manofgod1321 Před 3 lety

      Bagenewe kuyarya 🤣🤣🤣tuyabaha tuziko ariyo bagenewe kuyarya

  • @habumuremyijeanpierre9544

    Rwema ndakwemera Nuko kuvugana nawe bohenze

  • @genereusetambwe6117
    @genereusetambwe6117 Před 4 lety +1

    Sabin turagukunda muli canada urumuhanga ukorana ubuhanga uzaze natwe tugirane ibiganiro
    iman igukomze kandi igushoboze

  • @byukusengenepo3672
    @byukusengenepo3672 Před 4 lety +5

    Ibyo avuga nibyo kbs kugira ubumenyi kumari cash nibyo

  • @SIBOMANA-rv6bz
    @SIBOMANA-rv6bz Před 4 lety +1

    Sabin yakoze interview nyinshi

  • @annyaxy2438
    @annyaxy2438 Před 3 lety

    👌That's True

  • @pizzalover1057
    @pizzalover1057 Před 4 lety +1

    Ese Pascal usigaye uri pastor?

  • @lesrwemasolutions
    @lesrwemasolutions Před 3 lety +1

    Rwema yafunguye Channel "Les Rwema Solutions"... Ibiganiro byo kwiteza imbere bizakomeza. Ngaho tanga abandi kuri iyo Channel, ukore Subscribe, ukande no ku nzogera uhitemo All kugira ngo utazacikanwa! Let's go!

  • @debotri3160
    @debotri3160 Před 4 lety +1

    Ndagushyigikiye pee

  • @anto-muk2090
    @anto-muk2090 Před 4 lety +2

    Ibyo uvuga rwose nibyo nanjye ntangiye kubitsa mûri Bank mfite amafranga make cyane, iyo wiyemeje kubitsa ubaho nkumukene ariko ifranga ryawe rihari. Icyo ntemeranya nawe ni icyacumi. Aho kugira ngo mpe padiri 10.000 nayahahiramo abana tukishimisha.

  • @jeannedignite5425
    @jeannedignite5425 Před 3 lety +1

    Uyu muvandimwe ndamwemeye kandi ndemeranya nawe mu ngongo nyinshi. Abazi icyongereza mushake umugabo witwa Dave Ramsey. Abisobanura mu buryo buryo pratique. Kandi byarampinduye. Sinigeze ngira umutekano mu mafaranga nk'uwo mfite😉

  • @kvnrain6302
    @kvnrain6302 Před 4 lety +8

    Uyu mugabo aravuga ukuri

  • @jeanmauricemugiraneza3162

    Rwema uri umusomyi w'ibitabo nkanjye LAW of Attraction yakunyeretse. wasomye ikindi kitwa Automatic HABIT by James Clear

  • @EmmysympaUWIMANA
    @EmmysympaUWIMANA Před 3 lety +2

    wooow very nice , ndaryohewe cane Mugabo

  • @jeanmauricemugiraneza3162

    Wasomye igitabo THE RICHEST MAN IN THE BABYLON

  • @heritiermazishavu5535
    @heritiermazishavu5535 Před 3 lety

    Sabin iyi number ntabwo izikora rwose bishobotse wakongera ukaduha iyindi ikora urakoze dukunda ibiganiro utugezaho birafise imbaraga mugufasha abantu benshi.

  • @desirentakirutimana7560
    @desirentakirutimana7560 Před 3 lety +3

    Il est sage ce Monsieur. Avugana ubwitonzi

  • @uwayezumariegrace7729
    @uwayezumariegrace7729 Před 3 lety

    Kubatumva guha pasteur chacun ninyinshi rwose watangamo chacun. Ex: gufasha abakene, kwishyurira umuntu indeni, minerval....ikigenzi nukubyita icyacumi

  • @johnsabiyeze-go5iy
    @johnsabiyeze-go5iy Před rokem

    Courage

  • @jeanpauliyakaremye221
    @jeanpauliyakaremye221 Před 3 lety

    Njye ndi umukene wanyurwaga n'uburyo Rwema asobanura ibintu ndetse nkaba nanifuzaga kuzamushaka tukaganira byinshi nibwiraga ko byamvana mu cyiciro ndimo... None abakene ntibemerewe kuganira n'abakire!?! Njye nemera ko umubare ubanza ari 0, kandi ko akanyoni kaguruka kisunze agati.

  • @mazishavuh342
    @mazishavuh342 Před 3 lety

    Muraho neza Sabe? ndukunda ibiganiro ukoreshe cane nibyiza pe birafasha muburyo bukomeye, nagusaba number yawe ya Mobile cg e-mail wabukoze hanyuma nkakuvugisha imonota nki3 irahagije.

  • @maviechangera2450
    @maviechangera2450 Před 4 lety +3

    OK rwose ubuzima bufite intego butuma ukora plan y'imibereho, ku bijyanye n'icya cumi ni epreuve d'obeissence à la personne de Dieu qui nous connecte au provisions surnaturel de Dieu ubworero udatanze dîme muburyo bugaragara inyatsi irayatwara ndetse akagenda nta mugisha ubifitemo

  • @umuhamagarobyrafiki4393

    Nyirisimbi Rwema pascal turagukunda kdi courage tukurinyuma

  • @jeanpaulmajambere9608
    @jeanpaulmajambere9608 Před 4 lety +2

    Mukama mana yacu ko numva bible yayifashe à la lettre?

  • @emilenijembizigiye5061

    none nibatubwire ingene twoshora amahera muri amazon

  • @karimundakalimu6361
    @karimundakalimu6361 Před 4 lety +1

    gusa uyu mugabo ni umuhanga pe! sabin wakize cyane kumuzana

    • @thomasgatabazi706
      @thomasgatabazi706 Před 4 lety

      Ikibazo ari kumwirukansa.Ari kumutanga kuvuga ingingo ikurikiyeho! hahahahaha

  • @user-my4ek7zl2w
    @user-my4ek7zl2w Před 3 měsíci

  • @mucyowukurismith
    @mucyowukurismith Před 4 lety +4

    Sabin wamutubarije niba izo 10000 frw ari buri kwezi agomba gutangwa kwa Padiri na Pasteurs, hanyuma pasteur na padiri bo icyo cya cumi bagiha nde? Kuko nabo barahembwa.

    • @daphroseiyakaremye8483
      @daphroseiyakaremye8483 Před 4 lety +1

      Yego ni buri kwezi, cg c uko uyabonye , muyandi magambo ibyo winjije byose haba buri munsi haba buri kwezi , haha buri cyumweru cg c buri kwezi

    • @mucyowukurismith
      @mucyowukurismith Před 4 lety

      @@daphroseiyakaremye8483 aruko rero pasteurs n'abapadiri barusha salaires président wa repubulika. Nanjye ndumva ntangiye kwerekwa niba aruko bimeze.

    • @daphroseiyakaremye8483
      @daphroseiyakaremye8483 Před 4 lety

      @@mucyowukurismith oya 1/10 ni icy'Uwiteka ntabwo ari icya Pr cg Padiri ! Gikoreshwa umurimo w'Imana . Uzegere Padiri cg pr wawe (aho usengera) umusobanuze neza uko 1/10 gikoreshwa

    • @Alex-cb4rt
      @Alex-cb4rt Před 4 lety

      @@daphroseiyakaremye8483 niba umurimo w'Imana ukorwa n'amafaranga ava mu 1/10 ubwo Imana irema ijuru n'isi yakoresheje amafaranga angana iki?

    • @daphroseiyakaremye8483
      @daphroseiyakaremye8483 Před 4 lety

      @@Alex-cb4rt keretse tubiganiriye amaso kuyandi , muri comments ntabwo byadukundira

  • @jeannedarcuwimana315
    @jeannedarcuwimana315 Před 3 lety

    Nibyo pe ntiwakira ubana nabakene kuko uhora ubona ubarenze nabo bakirirwa bakuramya

  • @agukamubitekerezotv6055
    @agukamubitekerezotv6055 Před 4 lety +6

    OK ntawaba umukire atabanye nabakire ndumva ari danger

  • @khalidyofficial7769
    @khalidyofficial7769 Před 4 lety +4

    iki kiganiro kijyanye nibyo maze iminsi ndimo courage Sabin!!!! ndumva nkeneye ikiganiro nuyu mugabo

  • @diwiha11
    @diwiha11 Před 3 lety

    Rwema Rwema ndakwibuka muri LDK APADE tukiri abana

  • @thomasgatabazi706
    @thomasgatabazi706 Před 4 lety +2

    Uyu mugabo aravuga ukuri rwose!Nuko Sabin ari kumwirukansa"ngo ingingo ikurikiyeho"hhhhhhh

  • @agatesiqueen161
    @agatesiqueen161 Před 4 lety +1

    Mutubarize ba pasteur bo bayaha NDE,ESE uyahaye abababaye cyangwa abatishoboye ntabwo byakwitwa icyacumi

    • @dodostvshow5067
      @dodostvshow5067 Před 3 lety +1

      _Wowe nuyamuha kumutima wawe wabibaze nkicyacumi Imana izaguha umugisha_

  • @liberatuyishimire9187
    @liberatuyishimire9187 Před 3 lety

    Uyu mugabo nshaka nimero ze

  • @karerangaboalphonse9299
    @karerangaboalphonse9299 Před 3 lety +1

    Uyu Mugabo niyubahwe kabisaa!

  • @oliveumurerwa7968
    @oliveumurerwa7968 Před 3 lety

    Uyumugabo ndamwibutse yaduhaga umuziki muhatenga turwaye

  • @MugaboAfande
    @MugaboAfande Před měsícem

    Uyumugabo avuga ibyazi kweri

  • @iribagizasylvia6891
    @iribagizasylvia6891 Před 4 lety

    Sabin wazatumiye cadette

  • @amncosecurity9142
    @amncosecurity9142 Před 3 lety +1

    How can i get his contact Sabin

  • @dodostvshow5067
    @dodostvshow5067 Před 3 lety

    _Amafaranga ntakunda umuntu uyakorera akunda umuntu uyakoresha_

  • @MugaboAfande
    @MugaboAfande Před měsícem

    Uyumugabo yarize kweri

  • @blessingsjolam8162
    @blessingsjolam8162 Před 3 lety

    Hano kukigira cumi
    Nanje uwubishoboye yotanga kabisa

  • @jeanclaudengirishya7189
    @jeanclaudengirishya7189 Před 4 lety +1

    Wowe urabeshyabeshya ubeshya gusa kubaha imana si ugutanga frs munsengero

  • @tumusifuyves8070
    @tumusifuyves8070 Před 3 lety

    iya 9 ni ya 8 zo rwose ndazemeye peee

  • @francinemuziranenge1139
    @francinemuziranenge1139 Před 4 lety +1

    Yooo imana ikumpere umugisha Papa urampumuyeeee

  • @nayigizikiguillaume4987

    Abantu bagomba kumenya icyo bita gukira icyaricyo. Ese ni ubutunzi bugaragarira abantu? Ese ni ubutunzi bunezeza ababufite? Ese ni uko abantu bakubona ? Ese ni uko wiyumva? Gukira ni iki?.
    Abantu benshi bagira imitungo bakayiburamo amahoro, abantu benshi bagira imitungo hafi yantayo bakagira amahoro mu NGO zabo, abandi bakabura amahoro kubera kubura kubura imitungo, abandi bakabura amahoro kubera imitungo bafite. Kubwanjye gukira ni ukumva ko ukize mu mutima wawe, ntabwo ari ugukira kuberako wa bivuze cyangwa abandi babivuze.

  • @KJ-xi3xq
    @KJ-xi3xq Před 4 lety +1

    Rwema my classmate kuri APADE ndagushuhuje

  • @jeanpierredushimimana475
    @jeanpierredushimimana475 Před 4 lety +1

    Pastor cg Padiri nabo ni abandi bakize kuturusha. Ubwo c nabo 1/10 (dime) si ukubakiza? Ese ntaburyo bundi twakubahisha Imana ibyo yaduhaye tutabihaye Pastor?

    • @ishimwemarry1080
      @ishimwemarry1080 Před 3 lety +2

      Ubundi kera impamvu batanganga kimwe mwicumi abakozi bimana babaga munsengero ntacyo bakora
      Abandi bakabatunga
      Ariko abikigihe nibo bafite za business zikomeye nihatal

    • @twitekubanatv2020
      @twitekubanatv2020 Před 3 lety +1

      Ndumva tutakomeza kubina pastor ahubwo twafasha abakene

  • @emmanuelnsengiyumva1675

    NGAHO NATUGIRE INAMA UMUNTU AHEMBWA 100K YABIGENZA ATE NGO ABEHO ASEVINGE?

  • @matv2
    @matv2 Před 2 lety

    Ico ndacemera ico cambere icacumi nubwo bitugoro

  • @ogni6360
    @ogni6360 Před 4 lety +1

    Unomugabo afite quelques incohérences mubintu avuga.
    Hariya kucyacumi n’amaturo yakishe. Still a good interview, no hate 🙏

  • @ivanntwali4881
    @ivanntwali4881 Před 4 lety +1

    Shn njye inshinga yo kuzigama yarananiye peeee,sinzi aho bipfira. Ese kuzigama n'impano???
    Kutabibasha c byo n'uburwayi???

    • @nackyssamwinjayire1675
      @nackyssamwinjayire1675 Před 4 lety +4

      Ikibazo cyiza. Kuzigama si impano ahubwo bisaba kugira discipline. Discipline aha ndavuga, kumenya kuyakoresha kubyo ukeneye kuruta kuyakoresha kubyo ushaka.
      Igituma abantu batazigama,ntibazi gutandukanya the needs and the wants. Ugasanga umuntu aragura ibyo ashaka kdi atabikeneye.
      Uzabigerageze ( jyubanza wibaze ngo mbese iki kintu ngiye kugura ndagikeneye cg n"uko ngishaka? Nusanga utagikeneye,jya uyazigama kugirango uzayabyaze umusaruro.

    • @ivanntwali4881
      @ivanntwali4881 Před 4 lety +1

      Okay,
      Merci beacoup vraiment, ako kantu byo umbwiye nukuri!! Ayo mpfusha ubusa Ni menshi pee. Gusa ndashaka kugira discpline mu mafaranga.

    • @oliveolive6401
      @oliveolive6401 Před 3 lety

      Kuzigama iyo uyabika haza akantu ukayacamo ufunguza konte broke biragufasha cyangwa ugasha Ka udushyirahamwe tu gufasha kuzigama amafranga

  • @fabmaz928
    @fabmaz928 Před 4 lety +1

    I like ibyo bya amasaha

  • @karimundakalimu6361
    @karimundakalimu6361 Před 4 lety +1

    ahubwo ayivuga ko icyo cyacumi ugomba kugifashisha abababaye. naho ubundi kugishyira padiri byo ni ubujiji kbs

  • @dushimimanaemmanuel6710
    @dushimimanaemmanuel6710 Před 4 lety +2

    Ubukire uvuga niki , amafaranga meshi yo nagana iki ? Ubizi gute ko ubukire ushaka cg amafaraga ushaka aribyo abandi bakeneye ibyonugutekerereza abantu kd buri muntu yakize kwimenya we ubwe kugitike (know yourself )

    • @Noe30
      @Noe30 Před 3 lety

      😁😁😁😁😁😁😁

  • @niyitegekajeandedieu5165
    @niyitegekajeandedieu5165 Před 4 lety +3

    Uyu mugabo wampaye numero ze

  • @filsish
    @filsish Před 3 lety

    Akivuga ingingo yo *kuzigama* mpise nkora left. Learn to invest that portion. That is better. Cryptocurrency in the way. Ask me

  • @youtubeuser-yk5ye
    @youtubeuser-yk5ye Před 4 lety

    Murakoze kutugezaho ikiganiro kidusobanurira uko umuntu yaba umukire, gusa ikibazo njyewe mfite kiragira kiti ubundi umukire niki? mbese haba hariho ikigero runaka kigaragaza ko umuntu ari umukire? iki kibazo nkibajije nshingiye kungingo watanze uvuga ko ntamu professor wumuhanga mwishuli twatangaho urugero ko ari umukire cg urundi watanze ngo ntamuntu ukorera umushahara waba umukire, gusa ibyo ntitubyemeranya kuko harabantu nzi bari mubyiciro wavuze kandi babakire. keretse niba ufite ubusobanuro runaka bwihariye "bw'icyo umukire ari cyo".

    • @mauriceniyibizi528
      @mauriceniyibizi528 Před 4 lety

      Umukire numuntu wese udakorera amafaranga aho kugira ngo amafaranga Abe ariyo a gukorera noneho ka dufate urugero umuntu nibuze nka Dr agize icyibazo wenda akavunika nkakaguru ibye biba birangiriye aho ntiyakongera kwinjiza nurumiya bivuze ko yarumukene jye nzi abantu niyo aryamye amafaranga a komeza kwinjira

    • @emmd1234
      @emmd1234 Před 4 lety

      Wa mugani wa Maurice umukire ni ubona ibyo akenera mu buzima kandi umutungo we ukaba wamutunga agize ikibazo. Umukire ni ufite umutungo umukorera. Ishuri ni inzira yo guhumuka uhereye ku by'ibanze. Ariko ubuzima ni ishuri ryo kwiyadapta
      Abo mugendana byo bakwanduza uko bitwara. Iyo umuntu afite ubukene bukabije atazi niba aramuka adafite aho arara, ntabona uko atekereza neza ngo apange ibyo gutera imbere kubera ko ahorana amaganya no kwiheba.

  • @katebern8749
    @katebern8749 Před 3 lety

    Uyumugabo arasobanutse

  • @joycekibibi
    @joycekibibi Před 4 lety

    uyu mugabo rwose haraho bisa naho byamuchanze nonese tuvuge nimba nkora nkahembwa kandi nkaba nkeneye terephone cyangwa ndeba murugo dukeneye tereviziyo ndeke kuyigura kandi nvuye guhembwa nkomeze mbeho nabi ngo ndimo ndazigama ngo kuzigama byigihe kirekire ngo ibyi gihe gito ngo na emergency kuberiki utafata ikigero cyamafaranga runaka ukaya zigama ayasigaye ukayakoresha

  • @chloeeiriho8820
    @chloeeiriho8820 Před 4 lety +1

    Icacumi sincemera pe.Imana ikenera amafaranga gute se? Ntikenye

    • @thomasgatabazi706
      @thomasgatabazi706 Před 4 lety

      Imana ikeneye amafaranga.Ni gute utekereza ko iyaammazabutumwa bwayo ryakorwa,abarikora badafite uko babaho?Babigeraho badafite ibyo kurya,aho baba,kwambara?

  • @janviermunyaneza693
    @janviermunyaneza693 Před 4 lety +1

    Nizere ko we amafaranga avuga ayatunze kandi menshi niba atariko bimeze iki kiganiro ntacyo cyaba kimaze.

  • @UbukireNyabwoTV
    @UbukireNyabwoTV Před 4 lety

    Nimukenera kumenya ibi bintu mu buryo bwimbitse musure channel yitwa *Ubukire Nyabwo TV*

  • @jeanbaptisteniyonsengaofficial

    Byiza cyane pe, Pascal ibitekerezo byewe nibyo nsanzwe ngendero biramfasha. Wifuza inkwavu za zakijyambere twa Koroza +250788494948

  • @antoinetteuwamariya5381

    Imans irakize ntacyacumi gikenewe

  • @isaacshumbusho9742
    @isaacshumbusho9742 Před 4 lety +2

    Uyu muntu afite ubwenge bwegera ubw'Uwamuremye 😂😂🙏🙏

  • @kubwimanasteven3395
    @kubwimanasteven3395 Před 4 lety +3

    wowe wacyize ufite imyaka ingahe? ngo twumve imyaka bacyiriraho se? yewe ntawanga gucyira abishaka nuko bitinda kuza mubyeyi kd n' lmana izagaruka abacyene bacyiriho ntabwo yaturinganije kuko ntawari kubaha undi bose bacyize byajyenda gute?

  • @bobrwasa
    @bobrwasa Před 2 lety

    Rich Dad poor Dad hhhhh chapter 5 mc d

  • @pontiennizigiyimana5746

    M6.

  • @lilianem9109
    @lilianem9109 Před 3 lety

    Amashuri si inzira yo gukira ahubwo ni inzira yo kugira icyubahiro no kumenyekana gusa kuko abize bose ntibakize🤣😎😎

  • @marieclairerusanganwa8542

    Wa mugabo we kwiga ni ngombwa kandi birakenewe ahubwo biruzuzanya no kugira ubumenyi bwo kubana n’abandi