WIGEZE UMENYA IBI?/Dore uko ABADIVANTISTE n'a Chatholic Bahuje umugambi WO GUSENYA Itorero ry'IMANA
Vložit
- čas přidán 9. 06. 2024
- #WHATSAPP_+250788266238_+250788733808
#AYALONI_TV #CLICK_SUBSCRIBE_LIKE_and_SHARE
#DUTERE INKUNGA Moble money +250788266238#
Turabaramukije mwese bene Data bakunzi bacu iyi Channel twayishinze bigendeye kuri SMS twahawe n'Imana yuko tugomba gufasha abantu bose bashaka kujya mw'Ijuru, kumenya ijambo ry'Imana, ngo bave murujijo rw'Agakiza ndetse n'urujijo rw'inyigisho z'amwe mumadini ziri kuyobya abantu na bamwe mubahanuzi bari gusenya ingo z'abantu kubera ubuhanuzi bw'ibinyoma. Ndetse n'ibindi byinshi, muzagenda mubibona uko tuzakomeza kubana.
Iyi Channel nta dini narimwe ibogamiyeho niyo gucishaho ijambo ry'Imana ndetse n'ubuhanuzi Imana iduhaye yaba uwo itumye cyangwa se natwe ibuduhaye. Murakoze cyane kubwo gukomeza kubana natwe. TURABAKUNDA
chat.whatsapp.com/LEMFjAjn9tI...
👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆
NIBA WIFUZA GUFATANYA NATWE UNO MURIMO NO KWIGA BIBLE joning kuri runo rubuga
Icyampa Imana ikakurinda gushika ugeze igihe cy'ibyago ndwi kikagera utarapfa kuko wihaye gusohoza ibyanditse mubyahishuwe 12:17
Ese kowirwa wasamye uvuze gahoro nago bakumva, haraho wumvise yesu arikwisi acyaha abantu atonoma gutyo, 😮😮😮😮😮
Uno mugabo buriya ntago aziko imvugo ye igaragaza uwo ariwe.ntago yatuza,kuko uturisha imiraba iba mu bantu ntawe afite
Ese wowe twizereko ukurikiza handitwengo cy uri muri abandi yesu yananie ngo umushumba ukorera ibihembo iyo isegarije ati ntama ze akiruka
Sorry cy. Uruwo yesu yahanuye umushumba ukorera ibihembo cy ukoraa nkintumwa ukeneye gukiza🎉 imitima?
Kuko ni buhembwa mwisi mwijuru uzahembwa iki ?
Cy uragie ubushyo bwi mbagwa
Ikibabaje nuko ibivugwa bihishwe benshi ntabwo babasha kubisobanukirwa. Ark lmana iguhe umugisha ufite ubwenge niyumve ibyumwuka abwira amatorero.
Gucira abndi urubanza ko birakwiye mwigisha ikindi icyaha ni gatozi.Ese wowe ugira abantu inama yo kuyoboka igihe dini
Ihane utazaba nka kora datani nabiramu bibwiraga KO barwanya mose nyamara barwanya UWITEKA urwo bapfuye urwibuke
Sorry muje muvuga make kuko mwaravutse musanga Itorero rihari wirinde utaza gukora Imana mujisho Itorero ryanyuze munzira igoye ariko riracariho isi yararihagurukiye ariko Imana yara ririnze rero wowe amagambo yawe ni nkikindondi cyamazi munyanjye
Kutamenya bibiliya,ubuhanuzi tugezemo namateka yitorero nubujiji bukomeye cyane,umuntu arabyuka akavuga gusa pour kuvuga,Imana ibabarire pe
Ahubwo wewe uri umokozi wa Anti-christo
Babakozi bibinyoma bavuga ko bazoza uri muribo😢
Ukwiriye kumenya ko ku isi hari Itorero ry'Imana rirangwa no kuba rifite amategeko y'Imana n'Umwuka w'ubuhnuzi. Hari n'Itorero ryitwa babuloni. Ayo matorero 2 ahabwa imiburo 2 itandukanye; umuburo wa mbere uboneka mu Byahishuwe 3:14-20, Itorero rya 2, umuburo waryovuboneka mu Byahishuwe 18:1-5. Wowe eigishije icyi cyigisho ujye ubizirikana.
Nicolas nubwo uvugana ifuhe ryinshi ndakumva cyane kuko nubundi iryo fuhe riherekejwe numuri kwinshi uko kuri ndifuza ko kuba ukuri kuzuye mumutima wawe Kandi iyera igukirishe imbabazi ziteka ndifuza kuzuza ukuri kuzuye kwijambo mumutima imana izamfashe nzakubone nicyifuzo cyanjye imana ikurinde nanjye indinde kugirango tuzahure tuganire 2019 ibyigisho byawe byahinduye igice kinini kubuzima bwanjye komeza wigishe isi yacu yindangare Wenda wazarokora babiri barahagije kuzuza isezerano ryo guhindura benshi kuri yesu.
Thank you
utanga ubutumwa bwiza cyane komeza nzagushyigikira cyane kandi uzaba ukomeye cyane dore impamvu imbaraga zabanyabwenjye zihishe kure yamadini nuko nemezako uvuga ukuri gusa bareke harubareba neza cyane abari hafi cyane yabo usome wumve wumvishe utazabyumva yitegure kubireba nubwo biza ntibabirebe gusa Imana Irahari hafi yacu cyane rwose gusa mubwire amadini nabayayoboka ko ntadini rizinjira Mwijuru ntanuwo azinjiza
Amen Yesu abahezagire
REKA MBABWIRE NTABESHYA MURABASAZI MUVUGANA UBWAKA ICYO IMANA ISHAKA NUKO TUBWIRIZA UBUTUMWA TEREHEREZA ABANU KWIHANA NTAGO ESE ABADAKOMEYE IBYO UVUGA UTEVYEREZAKO BYABAAKIZA OYA TUCYENEYE KUVUGANA IGITSURE YEGO ARIKO MUBURYO BYUBUHANGA.
Uhindure umutwe wamagambo kuko utandukanye nibivugwa mukiganiro
Daniel (Imana niyo Mucamanza).
Kuko Bibiliya ihari ikaba igenewe buri wese, ntawuzitwaza kuyobywa. Yemwe, mwubahe Imana nkuko Imana ibabwiruye muru Bibiliya, muzibukire umuntu uwo ariwe wese.
Imana niyo mucamanza.
Oya Imana yaguhae ubwenge bwo gutandukanya ibibi ni byizA yesu,ati ese impumyi yarandata indi mpumyi zose ntizigwe murwobo tena ti bafite amado nti nabona bafite amatwi ntii mva
Ese idini yukuri niyihe?
Sasa urikuvangavanga ukuri nibinyoma niyompanvu usabwa kwigishwa neza kandi wemeye kwigishwa wamenyukuri nje ndi goma murikongo
None ko uvuga amadini abiri cyane utubwira ububi beabo uraduhamagarira kujyahe wowese urihe? Ntadini ubarizwamo?
Nawe ntuzajyayo kuko usuzugura Imana Kuva 20 harabareba natwe twese
Yewe Yezu Kristu ni wowe azaheraho wa nyamurwanya Kristu we
Ikibazo cyawe nuko title washyizeho itandukanye n'ibiri mu kibwirizwa, kandi biragaragaza ikintu 1 kuko washakaga kumvikanisha itorero ry'abadventist. wowe wumvise neza iki kigisho koko?
Itorero ryose ritondera amategeko y,Imana akomokakumubi mumatorero 2 harimo iryukuri ritondera amategeko y,Imana kandi haranditswengo kubaha Uwiteka nibwobwenjye twubahe Uwiteka twitondera amategekoye
Urakoze YESU aguhe umugisha muvandimwe
Ubwo rero ubaye umurizo we
Aba Catholic se bagira urwango cg amatiku nk'ayo yakokamye 😅😅
Uyunumuhanuzi w'ibinyoma nawe ni umufunga mutwe Yesaya 8.20 yesaya 29.13 nawe uri Ant kristo ukuri kwa Bibiliya urarobanura none wubahiriza Amategeko iyo nzira uvuga wowe uyinyuramo nkuburuhukiro Imana yagennye nawe uraruhura ubusa ushobora kuba uri umuyuda wakera
Uzahugira mugusebya abandi wibagirwe gukiranuka no guca bugufi ngo ubabarirwe!
❤
Wowe usengerahe ubarizwa murihetorero muri ayo abiri
Aya madini abiri harimo iryukuri ayandi nirukurikirizindi
Catholic ibishatse yabazimya isaha imwe ariko umutima mwiza bagira komeza umoke .
Jewe abadivantintite ivyabo vyaranyobeye ntibemerako ubarungikira Ijambo ry'Imana ryaba Kristo rero nkibaza Imana basenga iyariyo??barambabarira jembibazaho Kenshi nayo chatholic yoyo haaaaaaaaa ndagukunda Ayaroni TV ❤
Ibyo bikuryahehe? Ese kombona abadive bagushishikaje Ra barakubabaje, wibukeko abadive naho bahuriye nijuru, buriwese azajyayo kugitike, igishekex abantu murirusange uve ku badive
Natubwire ko mu ijuru hazajyayo amadini ?
Sawa
None konunva nibyuvuga uhuzagurika ntuzi nibyuvuga
Urinda uvuga ibyayo madini niwowe wayashinze?nari narayobewe uwo uriwe ndakumenye
Imana iguhe imigisha Erd Nicolas
Nicolas ni umujesuit
None c ni hehe havugwa ko Adventist yafatanije na Catholic gusenya itorero?
Nibagusubize nange numvireho
Ahubwo ikintu atazi nuko uwo mugabo uri gutanga ikigisho ni Umudivantiste gusa nyiri channel yanga abadive sinzi icyobapfa
Yabatwara ikic ko batubatse kuriwe azasome ibyahishuwe 12:17 uwo azafatanya nikiyoka natihana
Iyi Channel beneyo banga SDA ariko nihahandi n'amarembo y'ikuzimu ntashobora kurinyeganyeza. Bararushwa nubusa, umunsi uwo bagwaniriza itorero yagarutse amavi yabo azikomanga babure ahobanyikira
Ohoooo nibave muribaburoni twizerende turekende
Ibyo ni amahomvu.😮
Isabato nziza
Ikiranganego cya 7th day Adventisist church ntabwo aricyo,
Aho ugonze ipoto
Yoo birababajepeee
Inarijye yarakwishe.wagirango ijuru ni hotel yawe uzinjizamo abantu.nta juru uzajyamo,uri umujesuit,umukozi wa Roma
Yebabaweeeeeeeee mbega agahinda muri comments harabantu batunva ibivugwa YESU yabaciriye umuganingo bafite amaso ariko ntibabona bafite amatwi ariko ntibunva cyakora reka nanjye mbabwire uwanze kunva ntiyanze nokubona IMANA ibafashe,
Ese ko utongana wavuze utuje.umuntu uyobowe n'umwuka wera avuga aciye bugufi akemerera mwuka wera akamuyobora mubyo agiye kubwira ubwoko bw'Imana.Imana ikubabarire kuko ntabwo uzi ibyo urimo uvuga iyaba wamenyaga ukuri nicyo nkwifurije.
Urakoze cyane muvand
Triangle ni ishusho yubwuzuzanye bwa Trinité.
L ' oeil c'est la présence de Dieu.
Pouvez vous nous explique comment l'oeil dans le triangle represent la presence de DIEU?
Muvuye kuba silamu mubasebya none mugeze nukuyandi madini ,muzapfa nabi murimbutse ,muri sekibi ,iyo ninzara ikuvugisha wanzererezi we
Dawe babarire kuko batazi icyo bakora. Mu izina rya Yezu Kristu Umwami wacu
Ubundi abarokore muribivume,icyibagenza nugusebya amadini yabandi ,mwuzuye imyuka mibi yaso wanyo sekibi
Ndumva usigiye rwose na Pastor Peter Musisi! Birumvikana kandi ça va!
Reka twige.
Nonese kutazibyuvuga ugapingibitabo byabadive none ayomateka yabaruteri uyasoma mubihe bitabo ataribyo kandiwavuze ngo bibiriya gusa ruteri cy zwigli cy jacalve ubasomahe muribibiriya
Ese urugero rwimihango ikorwa niyihe?
Wowe warasaze😂😂😂
Iyi Chanel ibihanyura turabirora nikigamijwe turakirora yamara rero ntakibabaje nko kugwanya idatsindwa witwaje kwonka malaya. Aha injiji zitazi hegelian directic zibaza ngo catholik niyo irikwibasigwa, yamara ikigamijwe nukugwanya uvugwa mubyahishuwe 12, ngo himakazwe uvugwa mubyahishuw 17, yamara nihahandi malaya bizasoza aba bakozi b ubwabo aribo bamuriye inyama. Soma witonze ibyahishuw 17,18
Uzazane ibyo bitabo uvuga ujye usoma paji hanyuma uzane na bible utubwire icyo ijambo ry'Imana rivuga! Naho kuvuga ngo bafite ibitabo nawe aho uba utubwire niba mwinjirana mu rusengero bible yonyine!
EGO nibyo Abantu birirwa mubakurambere ngo namadini kandi ayo madini yuzuye imico yabanyirayo
Turikumwe turabakurikiye
Merci beaucoup Monsieur Nicolas,on a besoin de votre numéro de téléphone.Que Dieu vous bénisse.
Ndagutwenze guko gatorika imaze imyaka2024.divantiste nayo yovuga uyomunwa ndazi wowupfunga kandi ndazi ko atatorero ufise guko kagame ntabantu nkawe numva atabwenge bafise yokwemera rero tekana guko ivyuvuga vyose bizoherera kuri chocho medie.hama gatorika siwe wambere wagerageje kuyisenyura Ari ko vyarabananiye guko irarinzwe.
Najyaga ngira ngo Usobanukiwe n'Umwuka w'Ubuhanuzi!!none Uwugereranya n'Ibitabo by'Abagaturika?!!Uti"gahunda gahunda gahunda"Urashaka Gukora Ihuriro ritagira Gahunda
Chatholic nivyokwer tumazegutahura vyishi uravye ukuntu basenga nguwitwa yezu ducatubonako Atari Yesu umucunguzi wacu bagasenga bikiramariya ntabwari Maria Yesu Kristo yavukiyemwo ukaraba nukuntu biyambaza abapfuye ivyaborero namayobera Imana niyibizipe
KDI NTUZONGERE IUVUGA ITORERO RYIMANA UTAZITERANYA NIMANA .
Itorero RY'IMANA ni irihe?
Iki kinyamakuru cyirirwa gitunga urutoki mu ijosho ry' Imana asebya itorero ryayo, kizarangira nka radio UBUNTU BUTANGAJE, kuko haranditse ngo nubwo ririmo abanyantege nke nicyo kintu Imana ikunda kuri iy'isi, kandi kuritunga urutoki nikimwe no kurutunga mu mboni y' ijisho ryayo.
Urakoze cyane
Urumwaka peuh!!!!!!. Soma Ibyahishuwe 12:17. Urasobanukirwa ibyo uvuga
Buri muntu azabazwa ibye. Menya ibyawe naho abadive catholic ubareke. Nibatavuga ibihwanye niryo jambo ntamuseke uzabatambikira.
Mukozi Wimana babwire kuko nubwo hariho abavugango urasakuza harigihe bazakubwirango iyo ufata inkoni ukabakubita ubwo ibyago bizaba bibasohoyeho
Mana dutabare😢
HALLELLUAA HALLELUAAA HALLELUAAAHA HALLELLUAA HALLELUAAA HALLELLUAA HALLELUAAA HALLELLUAA HALLELUAAA HALLELLUAA HALLELUAAA HALLELLUAAAAAAA URAKOZE GOOOSEEE YESU CHRISTO CHRISTO👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢
Satani azakoresha inzira zose ngo ayobye benshi.kandi nimwebwe mwavuzwe.kuko Ibyo urikuvuga ntamwukawera ubirimo pe
Tubwire twumve naho tutakumva kuko turabinzu yabagome .
Shitani yabadhize ku karubanda ok murabakuzi bayo ngo wo mukoro ufite ngo shitani ufite Kandi irakuvugisha , Niba ugira ngo ndakubesha kuri Urumuri rumurikira is , numara kunva ibyabyu uzakorws ni soni yewe ubabanza utokingera gufata uwo mukoro , m, muratuka Roho Mutagatifu nukuri
Uravuga ubyu utszi wa njiju we mukozi wa shitani
Ndumva iyinyigisho imeze nkinzoga za baburoni
Urumuhang ukomeje kubitumesha
Ukuri kuraryana uravuga ukurirata bazigusaruzagusa😅
Mr Nicolas,shakisha radio uvugireho niho tazakumva neza.
Iyo radio yayifungusha Nkuko yatumye Amazing Grace ifungwa burundu.harya we ko atafunzwe?ni umukozi w'ingoma y'umwijima
Ese weho uri umu christ wahindutse cg uri umupagani wahindutse? Utavuga ibishwanye niryo jambo ntamusecye uzabatambikira.
Mugira Amaso ntimureba ibyahanuwe Yesu 24
Adventiste ni ishengero ryatoranijwe n'Imana none wewe iciza ucita ikibi?? canke ikibi ucita iciza??
None c wamenye ukuri?
Birababaje mbega kudamarara harabantu basa nabasinziriye munzu irimo gushya nimukanguke krisito abone uko abamurikira
Mwaramutse
Ukurikuraryan wariwarabuze ngo ubakore mumatwi
Wap wap wewe Nubundi bibiriya uravuga ngo mu minsi yimperuka hazaza abahanuzi bibinyoma bavuga bahakana Imana rero nawe sinzi icyambere title ngaho ihuriye nibyo uri kuvuga hano.
kuk apfakuvuga aba dive wazeho ukamenya ntanahamwe bahuriye nagatorika Invuzigusa wige kandusome bible
Ese woe usengera murihe torero cg idini
Kandi abo bahanuzi bazayobya benshi
Iki cyigisho giteye ubwoba p
Babwize ukurucha
Uyu se kd yafunguwe ryari?ngaho re!!!!!!!!😂
Nawe uri mumbwaaaa
Amadini Atari muri bibiriya no myuka yibicyeri.
Ese wowe ntagahunda ugira ra?ugeze mu ijuru ntiwabayo kuko bagira gahunda
Ukuri kurababaza lmana imuhe ugugisha urikuduhumura amaso maze imyaka itatu3 atadini nijiramwo Kandi nduhuka isabato navuyeyo mbuze numusi nimwe bavuga isabato yuwiteka banana isabato yabajia niyabatabazi nizindi ufite ubwenge niwe abibona
Mande,eshatu,ivuga,icyi
Imana ibahe umugisha !
Umunyabyaha wambere ni wowe uvuga ibyo utazi
Uyu Mwenedata Uwiteka amuhe umugisha cyane.
Uyu mugabo ashobora kuba arwaye kuko ahuza ibidahura
Ntago arwaye ahubwo ni umukozi wa ya miryango yubwiru.aba arimo gusenya Ijambo ry'Imana ku bushake
Imana yamahoro ❤❤❤❤❤❤ ikwishimire ❤❤❤❤❤❤❤❤muvandi
turi kumwe