MUHOZA avuze ibyo KAGANGA yamukoreye turarir😭mumenye impamvu nahukanye😭ntago twasubirana💔gukubitwa?😳
Vložit
- čas přidán 8. 09. 2024
- #0789065547MUHOZA#GASARO0788827820
TURAGUSHIMIYE! wowe udahwema kudushyigikira no gukunda ibiganiro GASARO TV ikugezaho.
Niba wifuza kutugezaho igitekerezo, hari inkuru wumva twagutangariza cyangwa inyunganizi watubona kuri +250788827820
Share,comment utibagiwe no gukora Subscribe ni ukudushyigikira murakoze Imana ibahe umugisha.
Uyu mugore nimumureke ni migome cyanee. Hari byinshi uyu mugore yanga kuvuga pee.
Mbega uwo muhoza yanka kubabarira kaganga kandi ariwe yamwiboheyeko Ubu akaba ariko ababaza kaganga nkakurya Imana izomuhana atesha umwanya umusore wabandi niyikebubuke nimba akumbuye kuvyara umwana 3 kuwundi mugabo 🙄🙄🙄💔💔💔
Gasaro simwiza nindyadya abagirango umene amabanga yose akenda kwiriza
Muhoza mumureke Niba Ariwe wabwiye kaganga bwambere ko amukunda abahungu bariyumva buriya wasanga yarumvaga uko muhoza amukunda akumvako yamugira igikoresho cyane akamutwara uko abyumva so rero muhoza fata decision yae kuko abaguhatira kubaka Ntabwo bazagufasha kubabara urugo nurwababiri gusa ark woe niwoe ugomba kumenya umubabaro wae ukamenya nokurinda ubuzima bwae imibabaro
Ese ko mbona Muhoza Atari mwiza kaganga yamucaga iki? Syi we
Wowe mwiza ngaho igaragaze tukubone se ma
@@Kalimara770nikabi pe! Kasajije undimwana atari namwiza 😏
@@UwinezaAfissa ariko mwagiye mureka murabona arimubi koko namwe ntabwo muribeza
Muho njye nta mabuye nagutera kuko ukuri kuri hagati yanyu mwembi Kandi wagiye gufata umwanzuro byakurenze banza utuze niwumva ushaka gusubirana na kaganga wowe nu mutima nama wae uzagende ariko ntihazagire uguhatiriza gusubirayo.
Gasaro mbambona uri iryarya
Sanaaaaa😂😂😂
Mbincyane
Mbaya kabsa
Ni kirumirahabiri
Indyarya x bizavugwaa uba wumvaa ahaaa
Muho Turakwinginze umuhe amahigwe yanyuma kaganga ubohore Umutima nukuri umugerageze iryanyuma turasavye Imana Ikuvure igikomere yaguteye uce umubabarire.sando turagukunda urumuntu wimpuhwe.
Muhoza umbabarir mvuze menshi ewe uzorabe kuri zaburi nshya umugore Iman iherutse guhemba hewe Iman izoraba ivyo twihanganiye mungo naj mvuguk ndacari umugeni ariko ndakurahiy nagiy kwubaka nziko bigoye ariko ntacanira Iman ingo imana irazikunda igikuru nugusenga
Wirustwkumusore umukunda atariyagukunda noe ubonye amazekugukunda cyane uramutaye
Ihangane wigumire iwanyu urere abana bawe kubera Imana izakora ibyayo
Ako muhoza Nkumuntu wapfukamye usaba urukundo kaganga nukur Raba umusange kuko aramerewe nabi kubwawe Kandi twarabakunda cane muhoza taha nukur kaganga aragukunda cane imana ibafashe kabisa
Imana Ibafashe umugabo we azahinduke mwubake ariko ni byiza ko Muhoza yima amakuru social media.
Muhoza burya ni woe uzi impamvu yo gufata umwanzuro nkuwo ukomeye, gusa uzirinde kwiyandarika uzaharanire ishema ryawe ukoresha amaboko yawe Imana izabane nawe
Nkukundiye ko urumugore wibanga utandukanye nabandi
Mwihatira muhoza kugubira iwe kuko mungo harimo byinshi ex:ngewe nashatse umugabo mfite 15 years natekerejeko ngiye mubuzima bwiza kuko narimbayeho nabi murugo gusa siko byagenze nabonye umubabaro agahinda kwicuza ark pee mbyaye 2 maze 5 years nubatse bakobwa nukuri mfite agahinda karenda kunyica pe ubu mbonye aho najya nange nagenda nabana bange pe gusa ntaho kujya mfite
Pole Sana bibaho
None yazakwica CG ukagira strock senga uyoboze Imana inzira utazahagwa
@@sylvieabi Sha ubu narwaye depression narasenze byaranze
@Harindintwari Froduald yoo pole sana bambe😭
Wihambira bicyoroshe nubwo woba ufise abana 5uragenda utagira niyuja
Nones waje mukiganiro gukoriki?niba ntakuri waje guha abakurikiye ikiganiro?reka mbe nigendeye
Muhoza tekereza kabiri kuko niwowe wateye intambwe usaba urukundo kaganga kd ntakosa ritababarirwa .byibura girira umwana mufitanye pe.
ariko Muhoza urumva Koko Kaganga yaza wibuka musaza wawe murukundo rwawe na kaganga bamurwanya bashaka kumukubita bamutesha agaciro Sha muhoza famille yawe urabizi igira amahane wowe ubwawe egera umugabo wawe muganire mushake umuti wikibazo cyanyu mureke amatwi yabantu nimbakoko ushaka kubaka ntacyaha kitababarirwa
Urimo gura igihe ikikiganiro kirafunze cyane
Ariko ubundi, basaza nawe huu babwira gute muramu wabo ko bazamuca amaguri???????.
Urugo ni urwambere. Urwakari ni ugushakisha ayandi mahirwe. Uyu mugore ni umugomee cyaneee. Natwe ariko uyu mukobwa ni umugomee peee.
Muhoza ndumubyeyi ntawishimira gusenya gs ihangane ujyemurugorwawe nyumva
Amazi 11, Sandri ijoro rimwe ribaga imbyeyi wimuhatira gusubirayo , wabahuza utari kuri camera ukabaganiriza.
Gutandukana kwabo harikibyihishe inyuma Niko mbibona njye.ariko mujye mubwira muhoza ajye agiribanga,kubaka kwawe biragoye igihe ukivuga ngo undi mugabo yaguterese ubwira uwagushatse ntibibaho,niyo washaka undi utari kaganga ntuzongera kuko ntiwarumaramo kabiri.
Garuka wumve ibyabaye uziko wari warebye kure 😂 Umwana Umugore yamubyaye kuwundi mugabo si uwa kaganga😂hatari
Wamugore Imana izagufashe kuko urumugome ukabije
Gasaro simwiza aba yenda kwiriza
Ahaaaaaa reka mbe nsubiye mu kazi nzaba nubaka😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭
🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣twigire mukazi rata
Nukuri nukuvyihoza ariko muhoza afinse indimi nyishi
🤣🤣🤣🤣🤣🤣 uzaba wubaka urugo ntamikino
Nukuri 😂😂😂
🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Wa munyamakuru we umeze nkugira amazimwe, ntureka abatumirwa bawe bavuge, ubavugiramo
Urukundo rwatagiye rushyushye ukuntu wamwirutse inyuma none biragiye gutya koko ni mwizubireho pe tubone kaganga true love
Yooooo nukuri ihangane Muhoza,
Hahigwa abagira imbabazi kuko aribo bazozigirigwa ntakindi mbona norenzako
Sha umuntu utagira imbabazi ndagutinye
None waje kuri camera gukoriki kudashaka kuvuga impamvu udatanga imbabazi !ubwose ntuzashaka tena?nuwuzashaka uzasanga arinkaka Ganga.
Ngo gukubitwa ni ibisanzwe Mana yanjye ubujiji buragwira iwanyu se ntashyamba ryabagayo kuburyo wahaguruka ujya gushaka izindi nkoni? Umugabo mbwa akubita umugore kandi azi ko amugaburira akamusasira
Mega bite zanjye nakoreshaga ndeba urukundo rwaba baba amazi 11 gusa kweli?!! Birambabaje pe
R.i.p Muhoza, ni wibeshya ugasubirayo uzamenye KO icyo kirara kizakwica!!
This is a toxic relationship! Uri muto jyenda urere umwana wawe, ibindi bizaza!
Vuga make. Ejo bitazakubaho iyisi ni gatebe gatoki.
Nabasabye ikintu kimwe cyakwicaza Ababyeyi bombi kuko cyane cyane niho bipfira Ababyeyi banyu bahuje namwe mwasubirana kd bigakunda Gusa Kaganga sishyashya Ahaaaaa
Nibagende bubake ababyeyi sibo babubakira babubahe nk,ababyeyi ariko nanone bifatire icyemezo
Ubwo se wamenya uvugisha ukuri arinde
Uwo ni muhoza wanze kubaka agakurikira umugabo ufite urugo?ubwo urumva nta soni ufite?
Ihangane usubire murugo gusenya ntakiza cyabyo wanga uguguna ugufa ukazana urimira bunguri ntuzifuze gushaka kabiri ntakiza cyabyo pe iyubakire mugore mwiza
Urabura guha umugabo wae imbbazi shn yishakiye undi mugore wamwiruka inyuma uko nogufunga umutwe bya feke ntakosa utababarira umuntu umugabo wae cg umugore wae shn kereka utamukunda ibyobyose nibyo wigira
Muhoza nashaka asenge cyane asengere za karande zimiryango zitazamukurikirana
Hi
Yanabyibushe da. Urumva ntiyaratuje muruho
Ibyumwana
Ariko Kandi kuki mutifashishije imiryango yanyu yose kubafasha kuruta gufata ugataha mutabikemuye. Umwana niwe urushe mana girira imbabazi abana barikuvuka.
muhoza arikuba keza shahu
Ubwo ntumushuka koko yaba mwiza ate koko!!!!!!!! Uta umugabo ukaba.....??
Ntakuri ugira na gato ntakuntu woririra umuhungu umjbwira ko umukunda munyuma ukamukora amabwa washaka kumukomeretsa gusa . Mucamake ww muhoza winyegejemwo vyinshi atari vyiza bibi cane. Kaganga ararushe
Muhoza waramubrotse basi mubabarire mujehamwe musabanimbabaz
Uwiteka agusange akugirire neza
Muhoza, wibuke ingene wirutse inyuma ya Kaganga none Raba ingene uriko umubabaza. Babarira . Wibuke isengesho Umwami Yesu yatwigishije. " Utubabarire nk'uko natwe tubabarira abatugiriye nabi".
Wakunze Kaganga cane akugejeje murugo aragusuzugura Kuko warameishiraho cane .
Reka Kaganga asare kuko afite umugore mwiza cyane,noneho aseka neza cyane azi n’ubwnge bwinshi,gusa afunga umutwe cyane.
Mbona akwiye kuvuga icyo bapfa ntaguhishira noneho bakagirwa inama Kaganga akihana by’ukuri maze bagasubirana bakubaka birambye
Uyu se ubwiza afite budasanzwe n'ubuhe?😅🤭🤭
Narabicyetse.
Mugitagira gukundana
Ntacyintu Shaka kuvuga rero nimumureke
Mwibahatira gusubirana kko mutabahatiye kubana, ejo batazicina ugasanga muvuga ngo bicanye we.
Nababwira iki?nimuzisenye mwarazibonye muba murenzwe we?utararara mubitecyerzo byuko ntamugabo kd imyaka igiye yabuzwa niki kurengwa
Muhoza urakagome .uribagiy kwari wewe wamureheje ukamwihomako bikarangira akwemerey none warangiza ukamuhemukira kugera naho asara' Imana izobikubaza yuzoja hose ntamahoro uzoronka. Ntacaha kitaba arirwa. Basi mubabarire umuhe amahirwe yanyuma
Mureke imikino musubirane kuko uru go nurwa 2 ababyeyi mubareke
Sha mujye mureka buriya urugo rubamo byinshi,harigihe wibwira ngo mugiye kubaka muri 2,ariko umugabo ukagira kubaka abyigishwa numuryango we bikagucanga kugezaho usigara ubona ntagaciro ufite murugo iwawe.uretse kumusengera Nyagasani akabasanga bombi,ariko burya nigacye umugore ava murugo,burya iyahagurutse haba hari impamvu ifatika.
Ariko se kumena amabanga yanyu kuri youtube nibyo
Umugorewe wese yihaganira 🎉 urugorw
Muhoza murasubira mubihenane usanga yarisubiyeko kubera mbona aguma avuga musubirane ariko kowagusavye imbabazi urazimuha umuhe amahirwe urabe
Muhoza agirumujinya ntimwabonyuburyosunika umwewarishuti numugabowe? Ark muhoza urimubiki ? Wunatse imyakingahe ? Vamumikino ujyemurwawe
Pole sana
Uyu mugore ngo ya byaye umwana w'umuzungu ngo nicyo ba pfuye
Ariko mubona aribyiza kubaza imiryango ibibazo byabo ku karubanda
Aba keza yaranze umugabo najyende gusa sumwana mwiza
Subira murugo rwawe ugerageze andi mahirwe ya kabiri
Ubundi uyumugore asanugara peee ndabona atoroshye
Sando wibaza ibibazo kaganga yarisariye diiiii indezo nazo na kaganga arazikyeneye
Muhoza wajye nukuri nkuko nabikubwiye twakoreye ubukwe rimwe ariko niba mugirana ikibazo woe nawe gusa hativanzemo fmy yumugabo woe nawe mugomba kibikemura byakwanga ukabireka rata nukagire uwubwira ibyurugo
Jewe ivyo muhoza avuga ntavyo nemeye yamubesheye ngo amuhora umwana munyuma arigarura nubu ahaye arondera ivyo avuga kugira abantu tibamutuke kubera yase kuja kuraba umugabo abanyamakuru murarushe ubu muramuhanura akanka muminsi azobiruka inyuma mumusabire imbabazi kaganga kubinyuma ntiyokubwira usanga amufinse nibutse ukuntu yafukama asaba urukundo ngo ntazomubabaza naho umuntu yokubabaza gutanga imbabazi birakenewe ubu kaganga agomba apfire munzu yawenyene ahari ntagende kumuraba ubu muhoza abona ko aryohewe arumwe harigihe azorondera kaganga
Nukuri uvuzukuri muvandi
Gusa jew icombona yabyibushe kbs kandi muhoza koko umenga numuntu aguma mubibazo
Kwicuza no gusaba imbabazi bikora umuntu uzi ubwenge kandi yikunda. Niba ari ukobwa yakuze adasambana azemera gucyurwa , ariko niba ari twadukobwa twamenyereye abagabo ntazemera ahubwo bene bariya bicuza bamaze gukura hamwe ubwenge bwagikuru buje niho yicuza ariko byararenze igaruriro. Nyuma ugasanga babwira abana babo ngo kubera ubuto bwanshutse nicyo gituma ntihanganiye so. Mwanawa uzihanganire umugabo wewe muri byose kugira ngo muzasazane kuko ubuto burashuka. None se yibaza ko azabona uvuye mw'ijuru ra?
Subira kumugabo muracyari bato cyane.ntanumwaka vraiment!!! Genda bizatungana twese ababyeyi bacu badukujije kubera kwihangana kandi cyaneee.
Wowe urakina nurushako sha ubanza ntaso wakuze ufite. Jya kumugabo vuba sinkwinga jyewe ndagutegetse nkakumwe abasaza bakera bavugaga nyuma yuko bamaze kukwinginga ukigira surivu🤣
Muhoza garukamurugo ntazibanazidakoma amahembe
Urabonako Muhoza ashira isoni rwose
Rwose ntubeshye abazi gushishoza nanjye Niko mbibona
Ubundi njesinkunda umukobwa wihoma kumuhungu cane,biraryoshe umuhungu ariwe akunze umukobwa .
Uwomuhungu ubabaza gutyo imana izamugirira neza muzajya muhura wicuze
Ko Kaganga avuga ko umwana wanyu afite ba se babiri c wumva uri serieux
Pole
Sha urumwana mubiiiiiiii 😭😭😭😭
Abantu murimo kumusunikira kungufu gusubirayo murimo kunsesta😂😂ntamuntu usenya abishaka, ukuntu bakundanaga se murabyiyibagije?buriya hari impamvu pe.ikindi kubana nta mahoro nta rukundo NGO nukugira batabona ko mwasenye sibyo pe,niho haviramo ibibazo bikomeye.
Kagaaga aricuza kubera ko yabuze umukorera akazi komurugo
Hhhhhhh!!!uziko aribyo we 😂😂😂😂🤔🤔kuko haraho yavuze ngo abateho nabi ngugiye nkomunzu ukareba ukohasa.
Yesu we .akanya barashwanye nukuntu bakundanaga we
Muhoza, Kaganga ubwo asaba imbabazi subira mu rugo ntawe utandukana yahukqnye rimwe. Rwose ihangane niyongera uzabone kugenda burundu. Korera uwo mwana wawe.
Ese arihano gukora iki atavuga ikibazo afite!
Iyi eps narinyitegereje pe mperuk uvugan nakagang rek nter agateb numve2
Muho uribuka utuka diane ng yagutwaye umugabo?
Ntibishoboka! Kaganga aribuka ukuntu yamuhojeje amarira none Koko niyo nyiturano amuhaye ? Mbega abagabo reka nshake amafranga ibyabagabo mbivemo da! Na kaganga Koko? Gusa mumenye ko Ari satani wivanze muri marriage yanyu.
Manawe narinarakaye.none.ndabuzicomvuga.sando.nijenakuvugishije.ngusabako uhanura.muhoza.none😭😭
Uyumugore nimarine
Mbicyane😂😂
muhoza nibakureke uwomwana wawe azabisobanurirwa ahokujyenda ari mukuru wajyenda arimuto ntamugabo udakijijwe uhinduka gusa ariyoberanya kandi ukwakura ninako ingeso ikura muho. utekereze 2
Uyu muhoza anjya gutega
Jye bigitangira nabonaga
Ari Pranks
Jyenda mbona bifata indintera
Gus Sando uzahuze Muhoza na Kaganga
Ubutaha wongere ubahuze
Nababyeyibabo
Bacoce ubwobutiku bwose
Ark bazabikorere mumuhez cyaze azahuze muhoz na kagang hano arik ibind bizaber mumuhez
Nanjye nuko
Byose ntibivujyirwa aho iturize hisha Munda
Arikose kukimufatumwanya wokuza kubivugira kuyutubiwembi murigukina nanga
Muhoza reka nguhanure subira murugorwawe kuko umwaka suba uwamenya umuntubyanyabyo rwose subirayo wubake
Umutima wanje wuzuy agahinda ndakwinginze usubire murugo ustinde ishavu ahaturi ni kwisi ibitugerageza bizarangiratugiy mwijuru
Wimushuka azasibireyo bimurimo atari inama z,abantu bamugirq
Nkunze ukuntu ugira ibanga nukuri abantu bavuga ayabo ukuri nimwe mukuzi rata
Uyu mugore ni incakura azi ubwege,
Ariko mwabantumwe kombona mwese mwabogamiye kuruhande rwa kaganga murabona uyu mukobwa adafite agahinda ndetse gakabije ?
Isaka numwana mubi😢
Muhoza afite ibintu byinshi ahisha.hagataho kaganga ibyo amuvugaho bishobora kuba aribyo.ariko birashoboka ko hagati yabo bose bakomerekejanye,ariko muhoza,umva ibi.niba uziko wahemukiye umugabo wawe,musabe imbabazi.niba numugabo wawe yaraguhemukiye agusabe imbabazi abikuye kumutima.mumenye ko gusenya nibibi,buri wese amenye ko azahagarara imbere y'Uwiteka.muzabazwa urugo rwanyu.gusenya kwawe ntabe ariwowe ubigiramo uruhare.
Uyumugore nindyarya ngo gukubitwa nibintu basanzwe?
Oooo mumezi cumi narimwe unkubite rekareka uyo sumugabo reka agende pe ukubite abiwabo pupupu
Abatarubaka mube maso
Ibanga ryokubaka ni rimwe: ni ukwihangana. Utihangana wese ntiyubaka.
Diane yarabikubwiye ntiwumva ahubwo birangira umubirinduye none dore ibibaye
Burya urugo sagasho amahoro utaboner murukund ntaguhata abant mugum muvug ng muhoza basubiran nimuvyihoz ivyingo kk harah urengerwa bagabo