Uko yarokotse|Gatenga habaga interahamwe|Imiryango nta rufatiro|Gukira ibikomere|HubertSugira yavuze

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 17. 04. 2024
  • Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, yatwaye ubuzima bw'inzirakarengane zisaga miliyoni, isenya igihugu ndetse isigira ibikomere byo ku mutima n'ibyo ku mubiri abayirokotse.
    Mu kiganiro kirambuye yagiranye na InyaRwanda, Hubert Sugira usanzwe kuri ubu ari umuhanga akaba n'umujyanama mu bijyanye n'imibanire, yagarutse ku kuntu yarokotse Jenoside ndetse n'urugendo rutoroshye rwo gukira ibikomere. #kwibuka30
    Video: Jean Nshimiyimana
    Follow us
    Facebook: / inyarwandadotcom
    CZcams: / @inyarwandatv
    Instagram: / inyarwanda
    Twitter: / inyarwandacom
  • Zábava

Komentáře • 4

  • @user-cm3nd7um3l
    @user-cm3nd7um3l Před 3 měsíci +2

    Abarenga miliyoni, ahubwo ni abarenga miliyoni 3, imana izadutize ubizima tumenye umubare nyawo

  • @user-cm3nd7um3l
    @user-cm3nd7um3l Před 3 měsíci +1

    Komera sugira, kubaho nyuma y'uriya mwaka ni ubutwari. Leta irwana n'abaturage bayo, leta yica abaturage bayo, ni aho yabuze.

  • @jmbwanandeke7995
    @jmbwanandeke7995 Před 3 měsíci

    Merci Hubert, kandi mpore

  • @epiphaniemukasine1184
    @epiphaniemukasine1184 Před 3 měsíci +1

    Uwayoboraga ishyaka CDR yitwaga Bucyana yari uw'i Cyangugu amaze gupfa abatutsi bamwe barishwe