Dr Rusa - ASUBIJE ABIBAZA UKO ASENGA KANDI NTA DINI ABARIZWAMO - UMVA UKO AFATA ABO BITA ABATAGATIFU
Vložit
- čas přidán 17. 11. 2023
- #rwanda #kigali #kagame #congo #m23 #intsinzi
Abanyarwanda n'Abarundi bahase ibibazo Dr RUSA ku bijyanye n'ikiganiro kivuga ku madini yaduhaye - IBISUBIZO NGIBI
Kora Like, Share, na Comment
Dr imana izaguhaze uburame gusa kuko ukomeje kuvuga ubutumwa buhumura abanyafrica babeshywe cyera
Ubwo nibwo butumwa bwiza, bwabundi wumva ugatangara!
Atari vyabindi numwana aba yumva aribisanzwe bitugumiza mubujiji bukabije
Dr RUSA arakaramba hamwe nabandi banyafrika bavuga nkawe
@kanamugirerober kakuku , ni WAJINGA ???
Murakoze knd turabashimiye cyane. Muzakomeze mudukorere ibiganiro nkibi.
Uzohuze Dr rusa & Antoine rutayisire mukiganiro
Dr. Rusa ni Umupagani. Isengesho rya Dawe uri mu ijuru, ..." ni isengesho Yesu yahaye abigishwa be kandi adusaba kujya turisenga.
Gusengera mu mwiherzro ni byiza, ariko guhurira hamwe muri babiri cyangwa batatu cyangwa umukumbi mugari bituma Imana iba hagati y'abasengera hamwe.
Rusa yahuzaguritse cyane ku birebana na Divinité.
Imana ikurinde cyane Dr Rusa uri umunyabwenge, kandi udufitiye akamaro ❤❤
Ikiganiro cyiza cyane ariko cyumvwa n'umuntu utarayobejwe n'amadini
Uyu musaza urasobanutse pe, nkunda ibiganiro bye numuhanga kab5.
O
Dr RUSA notre pere mugifransa mu rulimi rwacu ni Data wa twese uli mw'ijuru. QUE TON NOM SOIT SANCTIFIER. IZINA RYAWE RYUBAHWE.
Dr RUSA, ndakumva neza cyane!!! wagira ngo uri muri njye cyangwa ndi muri wowe tu!!!!
MURATUBARIZA DR RUSA KUGITABO CA ENOK YAGIYE MWIJURU
Uzatubarize Dr niba yemera destin
Sinarinziko igitoki giterubugwayi ! Murakoze cyane .
Mwaramutse Amahoro, Dr nagaruka muzamutubarize kubyitwa, black magie noire na magie blanche, abihuze nubuhanuzi , maze abitandukanye n'Imbaraga z'Imana. Murakoze
Bsr Dr uri umunyabwenge uradufasha
Kera mu rwanda abazungu bataraza nibaribazi gutandikanya ikiza nikibi ubufpura numuco indahemuka inyyanga mugayo byariho kubitakaza nicyokyaha kiruta ibindi Imana yariho murwanda ikigisha abahanga nabahanuzi mugihugu muhumuke dr bagirishya komeza wigishe abumva bazumva
Nanjye ndakumva ,numva ivugabutumwa ryakatwigishije Imana,Yezu Kristo na Mwuka wera,uburyo baducunguye ngo tubeho ubuzima bwiza,ariko ari ahantu duhuriye tudafite abapasteur ni abapadiri ahubwo dufite abayobozi ariko nta bihembo ,nta bindi ,idini nicyo kintu kitumarira amafranga,nicyo kintu kiduhahamura,tukabaho aho gusenga Imana tugasenga ahubwo abantu,aho gukora ngo dukire tuzizera ko bizizana,bikadutera gusabiriza no kurakarira abataduhaye,ahubwo tugatanga ni amaturo yo kugura ubwo buhanuzi,hh tugakena kuruta
Uzatumire Antoine Rutayisire na Dr. Rusa bose ndabemera batubwire ku madini n' imyemerere.
Ooc
Ndetse n'a débat yabahuza n'abiyita abayobokamana
Icyo kiganiro turagitegereje
Umva Docteur ni umuhanga PE!Afite capacité d'analyse Iri hejuru!Yaba umugishwa nama mwiza!
Dr. Rusa ibyo u uvuga ni ukuri pe
Mwaramutse neza..Ndi Dr Emile NDIZEYE mba Bujumbura mu Burundi.
Dr Rusa c'est un phénomène wallah. Nari nifuza kubasaba ibishoboka vyose mumpuze na Dr Rusa nfise ibintu vyinshi maze kwigira kuri we. Hari na vyinshi numva nshaka kumubaza . Ndafise project de révolution des croyances Burundaise pour retourner à nos racines. Mon projet vient du fait que j'ai déjà réalisé que nos vivons dans l'escroquerie totale et je me dis que nous n'avons pas une raison fondé pour continuer ces croyances importés alors que ce que nos ancêtres avaient be causaient aucun problème. Par contre à mon avis nous avons perdu complètement le sens de l'humanité.
Ibiganiro vyawe bikwiye kuza bica kumaradiyo kuko réseaux sociaux zikwirikirwa na bake cane
Dr arakoze cyane, uzamutubarize niba yarasezeranye ikindi avuga kuki kubyo gusezerana mwidini kusanga harabanze gusezeranya umuntu ngo aratwite kd abantu bamwe nabamwe harabavugako kubyara arumugisha dr woe ubifata gute, nawe ubona aricyaha gusama ugiye gukora ubukwe thx
Très fort ce vieux...ndamwemera cyane!
Doctor Aho wihenze kuko Imana iriho ninayo yaturemye niwaba uyihaka biguharugweko wew wenyene uruvyaro gwawe rutarimwo kubindi ndagutahura ndanagushigikira gose ariko ivya mungu oya ntiturikumwe
Sure,
Muhuje Dr Rusa na Rutayisire byadufasha turi benshii
Hhhhhhj Imana ikunda inyama koko uri umugisha wacu
Rusa mon griot. Nukuri ndagukunda.❤
Adam na Eva bamaz gukora icaha Imana yaciye ibwira Adam kwazorya arushe
Ibi Dr. Rusa, harimo kutamenya cg kutagira imyemerere nyakuri. Idahagaze ku Mana n’ imigambi y’Imana. Hari politic ya empire Roman, ariko hari n’Ubwenge bw’Imana. ok, it’s hard to explain it in Kinyarwanda. But my point is that there is a knowledge of the world which is part of what he is saying and there is a knowledge of God.
Furthermore, I agree with him in mixing political Roman Empire, because the word of God said, the disciples of Jesus are all called saints witch means people who are sanctified through Jesus Christ, as Dr Rusa explains, it seems he needs to be born again. We know God personally when we speak about him and shares what He is doing in your life. The same ways he shares all others of his knowledge. God lives, outside times. Dr Rusa, I am praying for you to encounter God, your Creator, as Your personal Father. 🙏
Dr nawe n'aho uvuga ko wasomye Bible har'ivyo utasomye peut-être. impamvu ikimazi ca Abel cemewe kurusha ica Kayini biri muri Hébreux 11:4-5. Ni ukwizera Mr le Dr
Kukijyanye namasengesho Dr Rusa ibyo avuga uruhande rumwe nibyo kuko ntamuntu ugomba gusenga asubiramo isengesho ry'abandi ariko nkuko yavuze ubushize ko yemera ko yesu kristo ari umukiza wabatuye isi (amaraso ya yesu) agomba no kwemera ko isengesho rya data wa twese uri mwijuru kuko si umuntu warisenze ni yesu watwigishije kujya turisenga.
Afrika izokizwa no kwakira ivyiyumviro nkivyo vy'ubwenge.
Dr RUSA arakaramba!
Uri umuhanga papa turemeranya
Ariko abantu basigaye basenga yesu aho gusenga Imana kandi na Yesu yasengaga Imana
Salut doctor
Ndumva nokubaza vyishi moi aussi j'ai fait le petit seminaire kuva 7eme mpaka mpeze secondaire livre des prières du temps naragikoresheje
Hari ibintu na jewe nubu ntatahura!
Mumbarize doctor ibi bibazo:
1.Regrète-tu d'avoir été baptisé dans l'Eglise?
2.Regrète-tu de d'être confessé(kwirega) chez le prêtre?
3.Doctor umuriro w-imperuka ntuwemera?
Loua Faisal yari umwami wa Saudi Arabia, Amadini ntaho ahurira n'imana iyo biba bifite ahi bihurira tuba dufite idini rimwe nkuko imana ari imwe.
Rwose muzaduhurize Dr Rusa na Dr Rutayisire
Ntabihanga bibiri munkono imwe, ubwo se uwakumva imyumvire yundi n’inde? Bose barakuze bihagije , bize amashuri menshi kandi bafite imyemerere itandukanye
Rutayisire ubuhanga bwe bwubakiye cyane ku myemerere y'idini.Kandi ni na Pasiteri.Urumva yavuga ukuri guhabanye n'idini abereye umuyobozi?Uyu Russa ukuri kwe ni universaire,ntago yabogama
I agree with Dr Bagirishya, where he says that he hides himself when he prays. It is correct because that is what Jesus taught his disciplines that they should behave like the Pharisees and hypocrites who like to stand on the street corners so they will be seen by people. However, I disagree with Dr Bagishya when he does not understand the importance of the Lord’s Prayer-Our Father in Heaven (Data uri mw’ijuru). Jesus gave this prayer to us as model of prayer to keep in mind when we pray. Nimba yemera Kristo Yesu ko ari umwana w”Imana waje kuducungura, bimusaba kwemera Ibyo yavuze nkuko yabivuze. Kwizera Imana nukwemera ibyo yavuze kandi ukabikurikiza. Que ton Nom sois sanctifie, bivuga Hallowed be your name. Izina ry’Imana rirezwa Iyo uyubahishije mu byo ukora Hano kw’isi. Kandi niyo iguha ubushobozi byo kunesha ibyaha kugirango ubone ubunyangamugayo kandi abantu bakabibona. Ni byinshi dukora bituma dutukisha Imana abantu bakayibonako ari unjust, igira ubugome. Ariko siko bimeze. Ibyo biva kubugome bwacu. Que ton Nom sois sanctifie abuhwo yanareba icyo bivuga muri Latin or Greek. Kuko numvise ko yize muri seminary. Ubundi bibiliya ntabwo ukeneye ibindi bitabo ngo uyisobanure. Iruzuye kubwayo. Sini igitabo wumva kuberako wize theology. Usaba Imana ubuntu bwayo kugirango uyisobanukirwe kandi Imana itwumva aruko duciye bugufi imbere yayo kuko idakorana nabafite ubwibone. Nta buhanga dufite bwo kuburanya Imana. Ese Dr Bagirishya yemera ko Yesu yaje hano kw’isi? Nimba aribyo yavuzeko ari umukristo, Yabaye umukristo gute Kandi bahuriyehe? Yabisomye he? Icyabimwemeje ko yabaye umukristo n’igiki? Igitabo yasomye akakizera akizera golgotha n’ikihe?
Asubije iki ikibazo biradufasha cyane
Dr Rusa ndagushimiye cane vyukuri uranyigisha vyishi. Gusa ndafise ikibazo nipfuje kukubaza Aho waza Bujumbura kuri source du Nil kijanye na economie. Gusa kicandika vyongora umusi norose number yumu journalist ya watsap noca ndakikubaza nkoreshej audio
Mwaramutse, ndakurikirana ibi biganiro ni vyiza cane : ndipfuzako Dr Rusa yotwereka ibintu vyukuri biri muri bible, nibindi bikwiye guhinduka abazungu boba barashizemwo munyungu zabo.
👍
❤❤❤❤
Kukijyanye ninzoga nibyo kurya impamvu Dr Rusa abyita ibyamadini nuko atemera ko bibiliya yavuye kumana naho yemeye bibiliya yahita amenya yuko atari ibyidini ahubwo ni lmana yifuza ko abantu bagira ubuzima bwiza.
ADUSIGURIRE NIGITABO CA ENOCK UB GIHERUKA GUTORWA MUR ETHIOPIE MURI 1773. MERCI
💯
Niba batisimu ikuraho icyaha cy'inkomoko ababyeyi bombi bakaba barabatijwe ariko babyara umwana akongera akakivukana ubwo yaba agikuye he?
Bakongera bati "Bikira Mariya ntiyasamanywe icyaha ariko Yezu avutse baramubatiza, bamubatirije iki?
Mbega igipindi cy'idini!!
Dr rusa imana iguhezagir urincabwenge
👍👍👍👍
Hhhhhhh NGO izina ry'Imana riranduye abantu babaye mugifurer benshi bakunda kugwa gutya
Dr Rusa iyoboka Mana ntacyo abizi ho kuko ayorera hamwe abanyamadini imisomere ye ya bibiriya siyo mbese byose abibonera muri kiliziya kandi ukuri nuko kiliziya catholic yangije ivuga butumwa ubwaryo bibiriya nukuri tutitaye ku makosa ya kiliziya
"amasengesho y'akazi"😂🤣😂😂
Dr, aho muvuzeko abasilamu batemera Yesu rwose ndaguhakanyije.
Islam yemera Yesu (Issa) nk'intumwa y'Imana. Imana itabyara cg ngo ibyarwe. Iramutse ibyara (yororoka) haba hariho Imana nyinshi. Ikibazo cy'abakristu nuko bavugako kuba utemera Yesu nkuko bamuwemera uba utamwemera. Islam yemerako Yesu yasamwe kubw'Ijambo Imana yahumekeye muri Bikira Mariya. Birashobokako impamvu ubivuga aruko warerewe mu bihayimana b'abagatolika ukaba nta nakimwe uzi kuri Islam. Gusa nagusaba kwihugura kuri Islam kuko ibyo uyiziho byinshi mbona ari ibinyoma wabwiwe.
Bon , c'est à dire urikuvuga ngo kiriziya ni bulitiki rusa??? Cyibyo, bifasiriye cyane cyane bitavugwa , no?
Rusa rwose turi mumurongo umwe kbsa, twabeshywe byinshi!
Dr Rusa hari aho atagera.
Dr RUSA BAGIRISHYA ni UMUHANGA. Akomeze atwungure ibitekerezo, tuzasubire ku muco wa KINYARWANDA dutekereza, tuganira, dushima kdi twubaha ABAKURAMBERE bacu.
Komera Dr ibiganiro vyanyu biratubaka caaane
Je suis convaincu rwose uhemutse ibihano byanze bikunze bikuheraho d'une manière ou d'une autre.Roi Fayçal ni Arabie saoudite
Dear bro go to greek text for "the prayer of the Lord..". There is no order, it is a proclamation we do to a fact which ia already exist! Bishop Eraste, theologian
Umwami Fayisal yar umwami wa Arabia saudite
Ushyize impumu yibagirwa icyamwirukankagaho.kiliziya irakureze umaze guhaga none urayigaramye.
Ngewekugiti cyange rusa ndamushyigikiyep kuko nange mporanibaza kuki twex tugendera kubitekerezo biri muri bibiriya nukuberiki byose nibyiza ibirimo nukuri?
Iyo aba slam babaga kuraidi suko baba batanga ibitambo nugumenzo wa ibrahim sekuru wabemera sibyo bindi mubatwerera ngo nuko batemera amaraso yayesu oya ntimukabihuze ntaho bihurira idea yo kubaga inyama kuraidi sukuvugako bababiiyeza nukwibuka ibrahim nokugir bishime kuruwo munsi nkuko niyo mwakoz ubukwe burya inyama cg kuma anniversary cg kuri pasika
nanjye ndi umufirozofe,Philosophy ya DR yose nayikunze
Roi faysal na Khaled bali abami ba Arabie saoudite
Dr Inama yoyo ninde yayise izina?
Iyo nkuru Adam na Eve , gahine na aberi; niba uyishaka neza kundi bisonautse uzasome corani. Merci
Dawe uri mu ijuru ni isengesho Yezu yasize ategetse abagishwa be kujya basenga, none Dr Rusa arivuguruza nkande? Mbega kwishongora....
Ntawuri sure ko aribyo koko kuko ntawabyumvise abibigisha...utinye ikintu wigishijwe numuzungu uri umwirabura....ntaco gukiza yaguha
Oya bari bavuye muri Edeni ,bagombaga guhinga kuko barimo kubyara bari bakeneye guhunika ibyo kurya kuberako ibintu byose bigira season
Numva dr, ujye umubaza science gs ibindi ntabyo yibitseho.
Uyomutama nintwari y'Afrique. Komera mutama wanje turikumwe 5/5
Adam na Eva ntibabayeho ni image biblique
Ni nde ukiza ibyaha?
a) Uwagikorewe ubabarira?
b) Imana?
c) Abayobozi mu madini (ex: padiri)?
Prière du temps- gitabo 😂😂 , sha communauté pie x, irigushaka docteri igufashe mubya masengesho heeeee😂
Rusa ntarya ruswa kabisa!Avuga ibintu uko biri kuko guca kuruhande nta nyungu abifitemo!
Gusa uyumugabo ndamwemera ariko kukijyanye nibitambo bitangwa ku ilayi ntabwo bikuraho ibyaha nkuko yesu yamennye amaraso kugirango tubabarwe ibyaho ikintu muzagikoreho ubushakashatsi neza muzasanga ntaho gihuriye nubutumwa muduhaye
Kuki barikwita mu docteri?? Sogokuru yitwa docteri rusa !! Yabaye docteri??
Tuvugeko umwe yitaye kunyamaswa undi kubimera bibiriya ikabatandukanya umwe imwita umuhinzi undi umworozi Dr wituyobya umwami twizeye arakora
Amadini yabaye source of income niyo mpamvu uwuyavuzeho wese yitwa uwayobye.Ko Bibilia ari ijambo ry'Imana rigizwe n'ibitabo byahumetse, Enock murikumukurirako iki?
Umunsi umwe Dr Rusa,wazakoze ku isano riri hagati ya Horoscopes ni ukwemera kwa gikristo ,Ni uburaguzi by' inyenyeri,Bikira maria na Virgo,Yezu Kristo uvuka le 25/12 na capricorn , imiryango 12 ya yakobo ,israel na 12 horoscopes , ibimenyetso byagiye bivugwamo bisa nibya horoscopes,intama,inka,impanga,skoropio,amafi, amategeko,umukobwa wisugi,amazi ,... Ndakwinginze njyewe sinabivugaho nkamwe ,kuri title yanyu ntibabafata nk' umusazi..ubihuze na astrology ,ubuphumu ni ubuhanuzi bwabakristo
Ndabasuhuje cyane kndi nshimira Dr Rusa umwanya aduha atugezaho ubutumwa bwiza!
Azabivugeho rwose nanjye maze igihe mbyibazaho.
15:32 😅😅😅😅
Uzarebe ibiganiro bya chaîne yitwa Arcana les Mystères du Monde babiva imuzi, ibiganiro bimwe na bimwe bya Mwanafunzi. Cyakora izi ngingo uvuze ni nyinshi zasaba umuhanga nka Dr Rusa akabihuza.
Que ton nom soit sanctifié (en francais) twe mu rulimi rwacu turavuga ngo IZINA RYAWE RY'UBAHWE aho ngaho dr rusa watuvangiye cga wigishijwe nabi
Doctarusa harobintu bitatu numvaga nakibaza
Dawe uri mu ijuru, izina ryawe ryubahwe ndumva bidasobanura soit sanctifié ahubwo buriya mu gifaransa traduction hariya ntiyakozwe neza kuko Il est depuis toujours Saint. Dawe uri mu ijuru ni isengesho twigishijwe na Yezu Kristu kandi ririmo byinshi byiza. Riruzuye pe! Ni iryo kuzirikana ijambo ku rindi buri munsi.
Muzadukorere ikiganiro kubiribwa nimiti iri entibiotique
Ibyo byo gutanga amaraso kuba slam nukubeshya noooooo
Abazungu bashatse kutwerekako ,ibyacu,byose ko aribikozasoni,ibyabo bikaba aribyo byiza bikwiye kwigishwa kubirabura maze babiveho bayoboke ibyabo twe tukitwa abashenzi ,abapagani,ntidukwiye kujya mwijulu,,
Icyaha ko hari abagikora ariko ntubone igihano. Hari abadahanwa.
Ushobora kuba uri kuvuga igihano gusanzwe, ark burya umuntu iyo akoze icyaha umutimanama we uramuhana ntabone amahoro. Rero ushobora kudafungwa ariko umutima ukakurya kurusha n'igifungo.
Wamugabowe reka kwigira umuhinga uriko urusha uwo mumenyeshamakuru none adamu amaze gucumura IMANA yamubwiye at kuvubu iritongo rizokwamira imikere uzorya urushe bivuze ko gahini yavutse asanga kurimwa vyaratanhuy kuko IMANA yari yaramaze gushinga ko umuntu azohora arya arushe
Ubundi se yacumuye Imana itabizi?Izi ni principe z'amadini ,
Wewe uri victime de l'éthnocide twakorewe ivyo vyokugora gutangura.uze ubanze ukutikirane ibiganiro vyiwe vyose uzoheza utahure.
Dr Russa warakoze caaane guhitamwo kudukangura kuvankumenye maze gucubwenge. Ariko ngusabe untabare ugire umuco uduha uko wemera Yesu(yezu) ese yesu yarabayeho konyina bigaragarako Maria atari kwibwa uko muri kariya karere?nimba twomwizera ivyo bakuze yavuzeko azoja kutujana mwijuru uravyemerako harijuru abantu bazojamwo?
Buri kintu cyose ubugingo bwacyo buba mu maraso niyo mpamvu mubitambo hazamo ibivamaraso
Nashaka mumbarize Docteur...1. Kubera iki yahisemwo kwizera Yesu Kristo? 2. Iyo atizera Yesu Kristo amaherezo yiwe yari kuzoba ayahe? 3. Mbega aremera ko Imana izohanisha Satani n'abayoboke bayo igihano c'umuriro???
Ibyo simbemera...d ailleur uwo satani ntanuhande rwe turumva ushobora nogusanga abesherwa,kuko ntanarimwe arandika canke nawe ahabwe akaryo yisobanure hose wumva bamuvuga nabi ntarabasha kwisobanura cange aburane ahamwe nicyaha😂😂😂😂😂😅
Catholic yuzuye ikinyoma gusa gusa
Turi mu synode dr .rusa . Le clericalisme est déjà menacé sha .
Karande z'inzoga zarabamaze disi
Dr koko ngo Imana ikunda agatabi?
Wumvise nabi
Yego kuko Imana yahaye itabi uburyo bwo kwirinda ubwaryo
Niba kubatizwa bikuraho icyaha murigereza ba kalori ba petero bakoramo iki icyaha gikurwaho na maraso ya Yesu gusa iyo umuntu yihanye byukuri
None c abemeye bakihana bagasaba nimbabazi uziko bo batakiriyo ?
Mureke kunsetsa ..none ko yesu yabacunguye ariko ibyaha bikaba bigihanwa
uyu mugabo numu deist. yizerera mur deism
Noneho mbega ko adam na eva bavyaye gahini na abel bo abo bavyaye babavyaranye na bande ko bari abagabo gusa
Mu ba israel ntago babara abakobwa
Adam na Eva ntago bari abisiraheli😅
😂😂😂😂😂😂
Batisimu ntacyo imaze
La fabrique du crétin, birababaje kubona umuntu Aja mwishure akiga muga ukamengo yagiye kwiga ubukoroni