MPINGA AVUZE KUMWANA AZABYARA!! NGWINONDEBE ATUBWIYE ICYATUMA AVA MURUGO# MUZE MWUMVE INAMA
Vložit
- čas přidán 7. 09. 2024
- #kigali #Rwanda #claratvshow
Muraho neza hari inyunganizi cyangwa igitekerezo ushaka kutugezaho watwandikira kuri Nimero yacu ya Telefone ariyo +250788618343
Ngwino ndebe ndagukunda cyaneeee ufite ubwenjye uratuje ❤❤
Ariko we kariya kantu ko kurara wenyine ufite umugabo/umugore nanjye nagakunda. Kurinjye numva mfite agafrw nakubaka 2 rooms ziteganye harino urugi, ukeneye undi akamutelefona akamutereta akamutumira mucyumba cye basoza agasubira iwe
Hhhhhhhhhhh noneho woe urarenzee
@@danciennemusabyemariya8713:58 😂😂😂😂 arihariye pe mbega imbavu zihangirikiye
😂😂😂😂😂
😂😂😂😂😂
Awww mwakoze ikiganiro cyiza Clari😊 ubundi Inama mutanga+ vibes zanyu👌❤
Ngwinondebe urimwiza nkunda ukuntu ubutuje
Ndabakunda mwembi,Clara wakoze gutumira impanga,lmana ibahereze imigisha 🙏
Ago mpinga ari hose ndamukurikira KBS lv uu more Mpinganzima wacu❤
Clara ufite impano yokuvuga kbsa, uryoshya ibiganiro. Impanga ndumva zitinya igiti😂
Jo Twins ndabakundape igihe cyose mba mbakurikirana. ❤❤❤❤❤
Muribeza❤❤❤❤
Clara ntamutima mubi agira rwose habaye twakandaho kenshi twakabikoze ariko courage kd uzanjye ukomeza gutumira abo badamu kd nawe Sabin ku Isimbi uzamwegere aguhuze nabantu biwe twekunjya tureba ibyiza utugezaho twenyine ahubwo nabamukurikira baragukeneye kuko content zawe ziratandukanye nize bizabashimisha kukumenya kd Sabin numuntu dukunda azakwakira benshi bakumenya
Clara you got a new subscriber kubera ukuntu uba usa neza😘
Nanjye carala ndamukunda afite no mukanwa heza nakanyinya ka fresh
Sha umva Mpinga ndagukunda but urukondo shahu abantu bagufitiye uri pregnant si shasha. Gusa Clari ndagukunda nawe pee
Impanga 🥰 thank you clara ❤️❤️
aho muzoja hose nzobasangayo Impanga zacuu hoyeeeeeee😊❤lov from🇧🇮
Ndabakunda cyane nkunda ibiganiro byanyupe, ndabinginze muzatubwire kubintu bijyanye no kuba umugabo agutonganyiriza kuba ngo wavuganye kuri phone numuntu atazi cg ngo umwanya munini, ese birakwiyeko umuntu uwariwe wese mwaba murikuvugana umugabo cg umukunzi wawe yaguhamagara ugomba guhita ukupa ukamwitaba
Ntabwo muba mwizerana kuko haruko aba agufata
Ntabyara imanga❤❤
Ark muri bo ninde w incuti yawe cyne ko mbambona udahuza na ngwino
Ndabakunda cyanee inamazanyu ninyamibwa
Murasa neza ❤❤❤❤
Ibyo bintu byaba musaza wanjye birahari biranakabije akinjira mucyumba ngo sicyamusaza wanjye kdi bikorwa nabitwa ngo nabasirimu bisenye ingo nyinshi kdi umugore yagirango arabibwira umugabo bakamuvukaniraho
Ndabakunda abachou
Mpinganzima uzaze utegereza ngwino ndebe nawe avuge please . Uzumucamo ijambo kdi sibyiza. Turabakunda
Ndabakunda cyane
Unkomye nanjye nagukoma nacunga wasinziriye nkagukubita umwuko nkiruka sinzarugarukemo
😂😂😂😂😂
Mbega woe😂 ukamukubita unwuko ntuzarugarukemo
❤
Nubwambere mbarebye ariko disi ndabakunze pe.
Ibintu byo kugenda ugaruka wapiii,jyenda Burundu cg wihangane kvs
Ariko mpinga yagiye areka na Ngwino akavuga?ikiganiro yakihariye wenyine
❤❤
Love from #Jotweenshow
Nibyo muzamutungure yarabyanze kuhatwrreke
Ngwino numu introvert aba akeneye me time. nibisanzwe.
Clara iyoshati wambaye ntijyanye niyo pantaloons ,ijyana na gatop😮
@jtkroblox1315 UMUSHYANUTSEHO CYANE PEE.BURI WESE ARIKO AGIRA UKO AKUNDA IBINTU ARIKO.NYAMARA BIRAJYANYE.AHUBWO NIWE MUTURAGE,BURIYA SE AHO BITAJYANYE NIHE?NIHE HANDITSEKO IRIYA JEANS BAYAMBAZA TOP.VILLAGEOIS(E).
ARIKO IYI CHANER NIYUYU MPINGA WENYINE.UZIKO ATAJYA ATUMA NGWINO UVUGA.
NIYO ATANGIYE INKURU NIWE UYIKOMEZA.
NABO BATUMIRWA NTATUMA BAVUGA.
SINDUMVA NARIMWE NGWINO AVUGA NA RIMWE UMUGABO WE .NYIRANDABIZI RERO.AGOMBA KUVA AHO AVUZE UMUGABO WANJYE RERO..... RUSAGARA RERO.......
MBEGA UMUGORE UVUGAAAA WEEEE.USE UBU NTABONA KO AKABYA KURI NGWINO KOKO.
NGWINO ABIKORA NEZA YITONZE.NUBWO NAJUWA ADATUMA AVUGA.EEEEE.MBEGA KUVUGA.....
@@kamikazi477 sha urakabije nawee umuntu nuko ateye nuko ari proud yu Mugabo wee
@Kamikazi477 kombona nawe uvuze mencira hari abakunda uko avuga niba ubikikunze ubirebera iki? 😏😏😏😏😏
Njye nabonaga yajyana na black ariko byose Ntacyo bitwaye Clarisse wacu ahora ari kumicyo
9:23 GUPFA KUGIRA NGO UZABEHO NEZA.WAPI .WENDA YARINDA UBUGINGO IKAMUJYANA.
On phone plz mwicecekere kuko ingo zibitse byinshi
Nimujya kubonana numugabo mujye mukura umwana kuburiri si byiza
Yegose kobiba bigoye buriya bintu ntibigira gahunda kd mbanumva ntarara ukubirinumwana
Rwino ndebe arigirisha ngo niyo yomukubita rimwe gsa ntiyogaruka ivyingo biragoye ndazi ntihabuze narimwe
shahu ndi murukundo namwe
Umutumburi 😂😂😂😂😂😂
Ngwiiiii 😂😂😂😂
Arko rero nubwo mubyita igisirimu arko umuntu wumubyeyi wokwambara kora ndumva Atari sawa
Mbanumva kubera anatwite bibangamye😢
Biterwa nawe.njye ndabona ntakibazo
Woe ntuzayambare reka uyishaka ayambare 😂😂 gute ubangamirwa nikintu kitabangamiye nyiracyo!!!
Birasanzwe aba mma bafite 45ans duturanye barabyambara why not me of 20s??
@@Motivation2023-mb3zs njye ubanza ndi umunyacyaro
Ahubwo ko mbona ibiganiro byose byabaye mpinga no kubyara hhhhh
@aliceharerimana NAWE WARABIBONYE ,,UBUNDI SE WABONYE HE UMUNTU WIRIRWA ARIRIMBA INDA ITARANABONEKA.
URI VUGA RYE WENYINE SE.ADATUMA NGWINO ATAVUGA.IBI NJYE MBONA URI UKWIGIRA NYIRANDABIZI.
ARAKABYAAA.