PEREZIDA KAGAME YAKEMUYE IBIBAZO BY'ABATURAGE UBWO YASURAGA KARONGI

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 18. 05. 2016
  • Ku munsi wa kabili w'uruzinduko rw'Umukuru w'Igihugu Paul Kagame mu Ntara y'Iburengerazuba, nk'uko bisanzwe, yahaye ijambo abaturage bamugezaho ibibazo, bimwe bihita bikemurirwa aho.
    Ibyinshi muri byo ni ibibazo bishingiye ku mitungo itimukanwa (inzu n'amasambu).
    Produced By Sesonga Junior Derrick
  • Hudba

Komentáře • 64