Batangiye kundongora mfite imyaka 7 | Mama niwe wangize indaya | Yatangiye kuncuruza nkiri muto
Vložit
- čas přidán 28. 03. 2021
- Twasuye wamukobwa Neema batangiye kuromgora akiri umwana muto, INKURU YUBUZIMA BWE TWESE YATURIJIJE, Mama we yashakaga ko azaba indaya burya yamurongozaga intoki.
#Neema_0784802752
Niba wivuza kumuvugisha hamagara 0784802752.
Afrimax muli abantu beza kuko mukunda imbabare, mukabatabaliza. Ntawabona ibi ngo afunge amatwi n’amaso, muli imfura pe!
0784802752
Muraho neza amakuru nifuza gufasha uyu mubyeyi mwampuza nawe murakoze I’m Freddy from USA 🇺🇸
@@anne-mariematthiesen1325 uvuze ukuri cyane tantine wanjye sinarinziko ufite CZcams 😍 ni Thierry denmark
Yegoko.
Abemerako iyinkuru itheye agahinda nampe link
Sinzongera kurira ngondi imfubyi , ndashima Imana ko ndinjye
Hoya nampamvu
Komera cyane
Ibi birababaje cyane, rwose Ima izagukize icyo gikomere. Ariko mwabanyamakuru mwe, ntakuntu mwajya muhishira isura y'umuntu ufite abana, kuko umunsi abana bazabona ibi bintu nyamara bagira ikibazo, njye niko mbyumva. Ngirango, mwarebera kuri Aline ukuntu ahishira abo abaza. kdi nawe utanga ubuhamya sinkubuza rwose, ariko iyo ufite abana wabyitondera, ukagisha inama, mbere yo kujya kukarubanda, kuko abana ahaa.. noneho kuri maman wabo, bashobora gusenyagurika ukumirwa,. Aha Nyagasani aaturengere
Uvuze ukuri pe.
Nibyo pe abana bazasenyuka bagire ikimwaro mu bandi pe
razima abana babibone ivyomubahisha ninavyo bibakomeretsa nyuma
Ihangane ntacyitagira iherezo
Mbega akababaro abana b'abakobwa bahura nako muri iyi si dutuye!! Mana mubyeyi w'impuhwe ujye wita Ku bana bawe!
Ntacyo nabona mvuga kuko iyi nkuru irababaje cyane🙆🏼♂️
Ariko mfite ikibazo cy’ibikomere bazavira bamaze gukura bakabasha kwiyumvira ibyo umubyeyi wabo yanyuzemo😭
Yoo wihangane disi ipfuvyi twahuye navyishi ariko nema ansubjemwo inguvu kubuhamya bwiwe Imana ikubehafi Nema
Neema aritonze nubwo yahuye n'ibigeragezo! Azi n'ikinyarwanda cyiza disi! Warihanganye uzakomeze wihangane! Destin ni urwandiko. Ntawurukwepa!
Impore mama warababaye pe gusa Imana izaguhoza amarira yose warize,, story ye iteye agahinda gusa kuva ufite ubuzima byose uzabigeraho.
Wow, what a warrior. Much respect ✊ ubuhamya bwawe buramfashije kandi burankomeje 👌🏾👌🏾
Abana batatu (3) mu bukene n'imibereho igoye barahagije. Uzaboneze urubyaro ibintu ni ibishakwa ubuzima ni kwihangana Neema!
Wahora n'iki wamugabo we ko banyagupfa batagira n'urwara rwo kwishima ari bo babyara mu gitondo saa sita na nimugoroba
Yooooo!!! Sha pole sana! Sha warahuritse kweli gusa Imana ninziza Knd izakwelika ubwiza bwayo. Bibilia iti tuzazahozwa amarira twarize yose
HUMURA MAMA IMANA IZAKOMORA IGIKOMERE
Ukomere madame Nema urwo rukundo wifuza Imana izorukuronse waciye muri vyinshi. Afrmax tv ndabashimiye cane
Pole disi ,mana izagufashe kndi iguhumurize
Komera cyane rwose IMANA ihabwe icyubahiro
Yesuwe mbega inkuru imbabaje cyane weeee
Mana weeeeee!!!!!!! Neema ihangane imana ikube hafi kd iguhindurir ubuzima! Amen!
Murakoze journaliste mujye mubakosora icyo Kinyarwanda! Arambwiranti! Bavuga arambwira "ati"!
Pôle Sana kweri birumvikanako utorohewe wahuye nintambara Nyishi kandizikomeye mubuzima wamugorewe gusa mwijuru har'Imana itabara idatabajwe kandikagutabara ahatamuntunumwe yahagutabara ugume wizigira Iyomana wabonye
Neema twariganye disi ,gusa Imana ishoboye byose neema humura
Birababaje caaaane ariko imana irahari kweri akomeze gusenga
pole sana kwer buriya ntakitagira iherezo
Wow imana ikomeze imukomeze
Nibawumva agahinda nkanje Kora like Na comment .
To
Wa mubyeyi we Wabaye intwari Imana iguhe umugisha mwinshi
Oooh God this really breaks my heart this brought tears into my eyes
uwomuhungu yaragukunda cane pe.yooh mbegurukundo yagukunz baranaguteyinda wanavyay uzomukunde uzomurwe inyuma pe.urukundo rurabaho pe
Mu kirundi barayamaze bati"burya uwurose nabi burinda buca arota nabi"🙄💔🇧🇮🙏
Sha Imana ikomeze ikurinde
Uranteye agahinda mukobwa mwiza.IMANA izaguhoze amarira warize kuko ntiwaremewe gucobogora .
Sizosubira kwiganyira kwisiharimeshi ✋✋🇧🇮🇧🇮
Nukur pe
mbega amateka ababaje, nema ihangane Imana irakuzi kandi haracyari ibyiringiro
Mbega inkuru ibabaje! Mbega umubyeyi gito!!!
Umubyeyi gito
Si umubyeyi we gusa ahubwo abanyarwanda twese muri rusange twabaye gito, kuko iyo tutaba gito ntabwo twagombye kugira ubuhamya bw'abantu babayeho gucya
Imana ikomeze ibacire inzira ibagurire
Strong woman naho abandi barabeshya
Murakoze. Kuntaheyawe. turubatswe
Mana we! Niyo nkibona iyi nkuru! Ubu nyobewe icyo gukora.😢😭😭
Mana we mbega inzira weeee komera mama ibyiza birimbere Imana izakunezeze mubuzima usigaje
Komera komera kandi Imana igukomereze amaboko
Love from Australia 🇦🇺
From São Miguel Quixeramobim Ceará Brazil
Hello
Ihangane mama kandi ukomere ushikame usenge Imana irikumwe nawe
São Miguel do Quixeramobim Ceará
Yooo ihangane maama
Ariko MANAAAA !!!! Ngaho renganya uyu mwana wumukobwa !!
Pole cyane Neema
Yampayinka🤔ko numva bitoroshye🤷
Ndumva aragahinda peeee
Ababyeyi gito baragwira !
😭😭😭😭😭😢😢😥😥Mana uratabara kd izakube hafi ibihe byose.
Aka nakumiro🤔😭uburyo nkunda abakubwabajye binterakwibaza niba koko hari umubyeyi wakoribi numva ntabyumvaneza😭😭😭😭💔
Ni inyamaswa uwo ndumiwe nanjye .mbega umugore hari ababa badakwiye kubyara pe.
Pôle Sana mukobwa . Waciye mubihe bitoroshe
Ubuzima bwawe numva aari inzira y'umusarraba
Yoooo disi warababaye bambee komera
Impore ma .. Nukuri warakubitse peee
Yebabawe ababyeyi baragwira kbsa ihangane sister
Omg ndumiwe koko satani arakora koko arikose ababyeyi bikigihe nigitangaza uwo mugore ntago yari gusa yarafite satan wamworetsemo, yari intumbi igenda kabisa biteye ubwoba
Yoo birababaje cyane ariko uzaje kwimpimisha urebe kuri muzima dear
Mu Rwanda iyo ugiye kuri hospital kubyara nicyo kintu cyambere bakora niba yakubwiye ko nta bwandu mean ko ari sure
Strong woman
Abantu bafite ibikomeree yesuuu😭😭💔💔
Ihangane cyane imana iza kurejyera izaguhoza amarira
Komera ma chr.
Ubu urakuze shaka icyo ukora unasenge bitazakubaho karande ukore ufashe mm kuko wasanga nawe atariwe inzaraaa iraryanaaaa
Nema we humura ibikomere twatewe uwiteka azaturengera
Aaaaaaa!mbega umubyeyi gito weeeeee
yooh warababajwe cane yoih yagushiz mwicara ufis inda?yooh warakomeretse cane pe.
Chn bibaho ark Iman izaduhoza😭😭😭😭
I love you mukobya mwiza
Mbeg ubuzima .ncuti yanjye warahuritse pe..gusa kwiyakira biruta byose
Sha ihangane kbsa warageragejwe 2
Ariko ibyiyisi we😪😪
Warahuye nibibazo kweli
🇺🇬🇺🇬😭😭💔💔Mana yanjye
Ubuse koko uwo n mam wawe cg yaguhets amez9 akugira kugise?
Ababyeyi bamwe ntanimpuwe bagirape?
Neema komera kandi Imana ikomeze ikube hafi numuryango wawe
Mbega isi weeee😭😭😭😭😭😭😭ariko Mana watabaye ko isi utubaga ntakinya koko
Ariko Mana.😳
Abana benshi bangirikira mumiryango yabo kubera gutereranwa nababyeyi
Yooo niyihangane kwihangana bitera kunesha
Ubuzima ni hatari kbs
Birababaje can
Warababayep pore🙏🙏
Komera cayne imana irakuzi
Harya sinakubonye kwa Bwenge Ra
Cyakoze
Sha nukuri abanyarwanda ninterahamwe gusa kabisa urumva ubwo bugome koko
Mbambona mwabuze ibyomuvuga
Nawe ntagaciro wihaye
Warabaryoheye mwana
Ingarukambi zintambara
Operation de @yaka
Ubuzima buraruhije
😭😭💔💔
Ihangane disi
👍👍
Yooo mwari w'iRwanda ihangane
Yewe warababay tu
Mama weeee Neema mwana mwiza wahuye n’akaga gakomeye kandi uli muto. Nta mubyeyi ukwiye kwanga umwana we ngo amujugunye kubera umugabo. Nyagasani kuki utererana abana bawe? Aliko uzi kwihangana ibi bidasanzwe, n’isomo kuli twese. Nkwifulije urukundo nk’urwo ufitiye utwo twana twawe shenge. Muli bato muzagera ku bintu. Wavuze neza uti naramukunze ndamusanga, s’amafranga ye nashakaga. N’ibintu muzabigeraho rwose.
Uyumwana yarabonabonnye pe kubura umubyeyi umureba nikibazo
Ukuntu arimwiza rwose
Nkunze ubu buhamya uri umwarimuu mwiza
E wArakubititse mwanawu
Muko
Mbega agahinda
inkuru nkizi muge mushyiraho ibirangako abana barimunsi y'imyaka 18 batemerewe gufungura izi videos.kuko urabonako biteye isoni kumwana muto
Yoooo birandenze! Jean pasteur nanjye uzaze umfashe gutanga ubuhamya nduhuke peee
Yoo uyu mwana yagize umuryango mubi pe mbega inyamaswa, ngirango ibi binaterwa n uburaya umuntu akabyara uko abonye abyarana n uwo abonye ,umwana ntavukire mu rugo rwa se na nyina , ndababaye rwose bene abo ntibaba bakwiye kubyara pe kuko ni abo gutera umwana agahinda.nonese nyina nawe ko ari ikivange yabaga amubwira ngo agiye mu nterahamwe bene wabo kandi nawe ari bene wabo na we koko arasekeje ,nibutse umuntu w ikivange ujya uba uwambere mu kuvuga bene aya magambo kugirango abantu bagirengo we si uwo mu bahutu kuko ari ikivange yibeshya ko ubundi bwoko bazamwitiranya nabwo kandi ahisha umuryango we kubi kuko bo biragaragara .
Nibyiza ariko mujye mutanga inkuru zubaka