Alain Numa wo muri MTN n'abandi 4 bimikiwe kuba Aba Pasiteri/Byari agahebuzo muri Shiloh P. Mountain

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 28. 08. 2024
  • Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi,kudutera inkunga y'ibitekerezo ndetse n'iyuburyo bufatika kugirango uyu murimo w'ivugabutumwa dukora urusheho kugenda neza cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza abadukurikira waduhamagara kuri +250783103298 iri no kuri whatsaap .Imana ibahe umugisha .
    KORA LIKE NA SUBSCRIBE UBASHE KUBONA IBINDI BIGANIRO,INDIRIMBO ZA GOSPEL N'INYIGISHO Z'ABAKOZI B'IMANA NDETSE N'INKURU ZITANDUKANYE MURI GOSPEL

Komentáře • 36

  • @Muyorangabo
    @Muyorangabo Před 4 lety +2

    Mama Jacky i love u. Mwuka wera agutuyemo ndabizi uri umugwaneza. Courage Uwiteka agushyigikire na bagenzi bawe

  • @jahbless4997
    @jahbless4997 Před 4 lety +1

    Uwiteka niwe Mana irondora imitima iturinde guca imanza
    Gusa tugeze mubihe bibi Pawulo yavuze byabindi biruhije.
    Uwiteka adukomereze amaboko kd atwambike imbaraga kuko hasigaye hariho amayobera gusa hahirwa abayoborwa n'Ijambo ry'Isumba byose Mwuka Wera akababera umuyobozi kuko ariwe utayobya.
    Byose byarumviswe hasigaye ijambo rimwe gusa ngo:BIRARANGIYE uwera nagumye yere uwanduye nagume yandure.
    Turi mu minsi y'inyongezo wamugani.
    Sinshiye urubanza kuko Uwiteka niwe mucamanza.

  • @nshimiyimanatresor1015
    @nshimiyimanatresor1015 Před 4 lety +1

    Amabandi kabombo sha baraje babacucure nutwo mwari musigaranye. Mwoye gufungura amaso ngo mubatere umugongo

  • @Iwacu54321
    @Iwacu54321 Před 4 lety +1

    Imana izabarimburira iyi mihango ya Gipagani mwirirwamo, muzaba mureba

  • @franciscontaco9116
    @franciscontaco9116 Před 4 lety +2

    Mbega imitwe mbega imitwe rurya ruti ruri hambavu zabo nurwiki ubundi nta pasteur wumugore iyo nimitwe

  • @dusabeassumpta4450
    @dusabeassumpta4450 Před 4 lety

    @Rose Marie peace Ntaho navuzeko Imana atarurukundo ark kuba idukunda ntibiduha uburenganzira bwo kutubahiriza ibyidusaba soma 1samweli 26_9
    Kuko utazi ahumuntu n'Imana bahurira ntugacimanza nakubwiyeko abiyuzurisha mwuka wera nkuko wahoze abahanuzi bibinyoma nabigisha binyoma bariho ariko ntibikuyeho ko nabayoborwa namwukawera bahari niyompamvu nakubwiye ntukavugenabi abuzuramwu kawera ngo wumveko bose babyikoresha nkuko wabyikoreshaga kuko abaye arumwuka wera nyakuri wabukosheje gusabya umukozi wimana namwukawera knd kuvuganabi uwasizwe Imana irabyanga
    Shalom

  • @voila60
    @voila60 Před 4 lety

    Ni emotions nyine!ndi umukristo haribyo MBA ntemeye rwose

  • @kezabooomutinta3177
    @kezabooomutinta3177 Před 4 lety +1

    oliva urandangije ibi nibiryabarezi nakwambiya

  • @mukeshimanaemerithe5168
    @mukeshimanaemerithe5168 Před 4 lety +2

    Ngo tugirwengo wuzuye umwuka ahwiiiiiiiii narumiwe koko ahaaaaaaa

  • @odytego3410
    @odytego3410 Před 4 lety +3

    Aba baba bali mu bintu byo guteka imitwe babeshya bibereye muli bisinesi. Amabandi!!!!

  • @uwitekaniwemana3427
    @uwitekaniwemana3427 Před 4 lety

    Uhuuuuu

  • @salimaahmed4078
    @salimaahmed4078 Před 4 lety +2

    Ngayonguko ibise kandi nibiki

  • @jovialebatamuriza2990
    @jovialebatamuriza2990 Před 4 lety +2

    Ibise nibi kowagira niyamihango yaba nijeriya ihembe yezu wacu tubabari re ibyaha byacu kandi uturinde umuriro witeka mbega gutigita aha mana tabara ubwoko bwawe

    • @jovialebatamuriza2990
      @jovialebatamuriza2990 Před 4 lety

      Ubuse uyu numwukawera koko wagira ngo nicyagihe paridi obaridi iyo asenga akagera aharumuntu ufite imyuka mibi nuku bamera amazi yo mwihembe 🤔🤔

  • @uwurukundoemmanuel7417

    Umushumba wumugore abaho harya cg impamvu arize nukobamushyize mubintu bitaribye

  • @mrugwizalaur2315
    @mrugwizalaur2315 Před 4 lety

    Imana izabashyigikire

  • @bernardsinzo6690
    @bernardsinzo6690 Před 4 lety +1

    ariko kwinosi abantu muzoreka kubeshabandiryari ntawase ijamboryimana mugabo ntimugashiremwo ububeshi

  • @bernardsinzo6690
    @bernardsinzo6690 Před 4 lety +2

    none uwomugabo kwadashakuje ntamwuka amwuzuye ?

  • @kizigenzamanudi170
    @kizigenzamanudi170 Před 4 lety +1

    Ubundi iyi mihango ndabona irutwa noguterekera byacu bya kinyarwanda. Iyi mihango yo iri satanic more than guterekera bya banyarwanda.
    Christo utabare ubwoko bwawe kuko abantu bawe bibereye mubuyobe p.

  • @nzobonimpagervais1077
    @nzobonimpagervais1077 Před 4 lety

    😏😏😏

    • @muzatsindabarthazar2213
      @muzatsindabarthazar2213 Před 4 lety

      Njyewe narumiwe pe umenya iriryarindi samweri yimikishije dawidi nzabandora amadini yikigihe yesu yaravuze ngo muminsi yimperuka nibababwira ngo ndihano nimuzanjyeyo knd ngo abagore barindwi bazanjya kumugabo umwe abagore na madini

  • @callixtethacienne4755
    @callixtethacienne4755 Před 4 lety

    Hahhahahh, Uwo mwuka utagira ikinyabuphura mubanu ni uwahe?? Abanyarwanda barigukinisha Imana, Imana iraje ibakubiteeee, muzumirwaaa. Ubuse koko ibi ni ibiki? Nibuka niga muwambere, nuzura umwuka, mbeshya ngo babone ko nanjye nyijijwee, Yezu umbabarire, umbabarire yari amaco yumukunzi nishakiraga ko James ankunda, kdi nti yashoboraga kunkunda ndi umu catholic, batwitaga abadakijwijwe, bari banyise umunyabyaha, mbona ko ntayi'di nzira isigaye, ndahanura, mvuga indimi, ndatitira nuko James aronjyera arankunda, gusa natunguwe no kubona ko mubiyizurishaga umwuka wera ntawo bari bafite, kuko nta wandondoye. Yezu umbabarire, umbabarire, ni subiriye muri KILIZIYA IMWE ITUNGANYE. Ariko rwose aba Banu uze ubadukubitiree!

    • @sssnn9933
      @sssnn9933 Před 4 lety

      😂😂😂😂😂😂😂

    • @dusabeassumpta4450
      @dusabeassumpta4450 Před 4 lety

      Imana ikubabarire kuba warawiyizurishije kimwe nabandi babigenza nkuko wabigenje ariko ntibivuzeko harinabatawuzura byukuri kuko biranditswe mwijambo ry'Imana NGO bamwe bazerekwa abandi barote abandi bahanure abandi bavuge mundimi ndetse abandi bazivuge banazisobanure abishushanya barahari ariko nabakorera Imana mukuri barahari nitwe dukwiye kubamaso tukayoborwa numwuka ahukuri dukwiye kubarizwa ujyewitonda utazavuga nabi uwatoranijwe nimana ikakumerera nabi .

    • @callixtethacienne4755
      @callixtethacienne4755 Před 4 lety

      @@dusabeassumpta4450 Nshuti yanjye Imana ni Urukundo kdi yicaye kuntebe yi mbabazi;Nti mugaate Imana nkitera bwoba, Yezu Yuzuye imbabazi, ntago yaje kutugirira nabi. Ibyo nakoze yari amaco yurukundo, kdi twese turacumura, hari nibindi mbyaha nkora bitari ibyo, ariko Yezu arambabarira, kdi nawe ndirako utari umutagatiu, cyakora ngerageza gukora uko nshoboye ngo mbe urumuri, ariko bikanga, isi ikangora, hamwe nibiremwa bituye isi. Bibaye ngombwa ko Mpanura, nabikora kugirango ndamuke

    • @onesiphoreburuma3484
      @onesiphoreburuma3484 Před 4 lety +1

      @@callixtethacienne4755 bitavuze yuko nshigikiye ibyakozwe byose muri ibi birori, ariko reka Rose ngufashe. Kuba wariganye Umwuka wera, ntibabitahure, ntibivuze yuko batari bafite Umwuka wera, kuko abawufite ntibikoresha ibyo bashaka, ahubgo bakora ibyo uwo Mwuka ubgawo wabonye ko bikenewe ko bakora. Utandukanye n'uburagu cyane, kuko niwo ufite autorité ku muntu, hako umuntu awukoresha uko ashaka.
      Ntiwirate gukora ibyaha, cg gukora uburiganya nkubgo bgo kwigana Umwuka wera, kuko Imana ntiyihutira kurakara, kuko ni inyembabazi, ariko igeraho iyo wayimenyereye cyane, ukagezaho ubyirata yakwandarika ukiyanga. Rero, gira umutima wo kwihana hako ugira akamenyero ko kwishushanya.
      Naho abakora ibitaribyo ntibibavune, cg ngo bibabere ibisitaza, kuko ushaka gukurikira Yesu Kristo, bihera muku mwakira nk'Umwami n'Umukiza we, agakurikiza ibyo mw'Ijambo ry'Imana rivuga, ukihana, ugahinduka, etc. Murakoze

    • @callixtethacienne4755
      @callixtethacienne4755 Před 4 lety

      @@onesiphoreburuma3484 nshuti zanjye, I nyigisho nye, kuko ibyo mukora biruta uwahanuyee.twese dukora ibyahaaa, ariko hari I birenzeee. Ibyo dukora byose ni ibyaha, kdi Yezu yicaye kuntebe yi mbabazi. Hari igihe byaba ngombwa ko nako njyera ngahanura, koko ibyaha byo t ubikora buri munsi. Amasomo macyeee, bavandimweee. Nanjye niyo mpamvu nabivuyemo kuko bidafatika, cyakora gucumura nshimira buri munsi, Bishobora kuba ngombwa ko nonjyera ngacumuraaa. Simbigambiriye ariko umuntu ni umuntu, aho ava akageraaaa

  • @kizigenzamanudi170
    @kizigenzamanudi170 Před 4 lety +2

    Ariko nkibi nibiki koko banyarwanda.hhh