Murire mutakambe/Ibi nari naranze kubivuga mubyandike nibidasohora vuba muzabimbaze/akarengane kajee
Vložit
- čas přidán 6. 10. 2023
- Bakunzi bajye mbashimiye uburyo mukomeza gushyigikira ibikorwa byajye cyane cyane BAVAKURE !
Hari abakomeje kubwira muma comment ko babuze uko batugeraho , yaba kubifuza kuduha ibitekerezo cg ubundi bufasha...
Niba ufite igitekerezo cg ubundi bufasha watwandikira kuri +250788469364
MURAKOZE!
ahaa. mwa bantu mwe mwige ibyanditswe byera. kandi mugire ibyiringiro muri Kristo Yesu. rero mvuze nahuranya ibi ni ibinyoma.. mutasobanukirwa mu Ijambo rimwe.
Mukoziw'lmana ndagirankwibuste uzirinde kongeraho cyangwa ngo ugabanye kuko bazabona ishyano abavugango ,lmana yavuze itavuze mwirinde business mubyimana wamugabowe
yg uko niko kuri nkuko kuko icyatumye abana basohoka murugo kizaba cyavuyeho
Mbega umuhanuzi weee!! I ibinyoma gusa gusa pe! Ntago ibyo wavuze bihura ni ukuri kwa bibilia pe! Ijuru wagiyemo si iry'lmana pe! Na Malia uvuga wabonye wakishe rwose
Teo ndakwemela mungu akubariki nauzidi kusimamia ukweli niko Tz ila nimekupenda
Imana yaguhaye ubwenjye kdi utarize uwiteka wee urakomeyekoko
Ivyo uvuze ndabishigikiye vrt mutama komeza,ndavuze amen
Iyo ninyenga wagiyemo sijuru.
Amashitani yose yirirwa ayobya abana b'Imana ndayarimbuye mu izina rya Kristu Mwami
Wiriwe
yesu kirisito agukomereze amaboko imbaraga namavuta rata muhanuzi w,Imana gumamo rwose
Ahubwo nkubaze umubiri ndamaraso ugira.murakoze
Imana ikongerere imbaraga numugisha mubyukora
Nshima Yesu kuko atakiba mw'isi atari yarakivuze mw'ijambo ryiwe. Cyakora, Imana irihangana iyabantu nkamwe muyitinyuka aka kageni! Yamara Yesu azabatituza ukuza kwiwe, igihe ururimi ruzoborera mukanwa kumwe yabatuma
Maria na pastor Kamuzinzi yaramubonye mw'ijuru, abamwiyambaza bamenyeko yasinziriye nkabakiranutsi bose ntabyinshi
Pu beshera hirya abanyagwAnda co mukora murabapfunga kiwani,😊😊😊😊
Twakanyweyeho twahawe yezu
Nakumiro uhanura mwizina rya yesu cyagwa nirya satani uvuge bicye umenyeko inkoni y'Imana igutegereje
Nawe banza uriguashyiramo ibikabyo Wenda wagiye mwi juru ariko wagiyeyo usinziye urikurota ,nonese wari wavuye kwisi
Amen 🙏 kd Uwiteka atwambike imbaraga,tubashe kwihangana
Amen komerezaho ukore ugushaka kw Imana isi irimubiba Ari nibimenya
abantu dukunda ibitwururutsa umutima ariko ibikakaye nimubyumva mureke dukunde Imana numuti wacu wose duharanire gukiranuka dusabira isi guhiduka Amen
Niba uvuga ukuri Imana igukomeze nib uvuga ibinyom uzarimbuk
Komereza ho Kandi imana igukomeze kandi ikurinde
Mfite ikimenyetso cyimwe cyamaraso ya Yesu😊
Muraho ni amahoro,
Sura urubuga'UBUCAKARA BW'IBANGA'
Hari ibihavugirwa bidakunze kuvugwa
Bavandimwe mukurikiye uyu Muvandimwe mwirinde mutayoba kuko aravuganabi Bibiriya akagaruka ayishingiraho
Imana igukomereze mumavuta teo uvuga ukuri. Pe
Muri ibyo bihe hazaduka abahanura binyoma benshi. Malayika Mikayire Mutagatifu adutabare
Urumuhanuzi mwiza.naragushimye🙏👍.uvuga ukuri.
Ubwo buhanuzi ni amarangamutima y'umuntu kuko binyuranye n'ijambo ry'Imana
Ibyo uvuga ndabitegereje😮
Yoo isi irarimbutse ese Koko papa yarabivuze ahaaaa
Nyamara uyumugabo aravuga ukuri gusahano Iburayi byose barasangira bitandukanye nomuri Africa
wamusazi we uri kutubeshya lmana ntiyakwereka ubwo busa bw'amagambo vuga kubikureba wowe ibyapadiri ubireke ubucucu nkubwo kiliziya ntibushigikira uziko wagira warasaze ahubwo urumwanzi wabantu bakijijwe Bose woe uri .....
Iwiteka akwangure mumurimawayo🙏🙏🙏
Uraberewe mukozi w,Imana !
Mbega umuhanuzi twarakumenye !!!.Ubwo sijuru rya Musanze.
Iby'umwuka byumvwa n'abanyamwuka. Mana iduhe Umwuka w'ubwenge.
Mwiyo nzu. dawid nionzu. Yayuda. ntavwo halavuka. munru I'm yitwa. yesu
Iyo mpwemu ikuvugisha ndayivumye mwizina rya Yesu kuko ntabwo iva mu ijyuru
Amen nagutereje cyane buriya tuzakora PE please prey about it usibye ko ngewe na mwana fise ariko bawe bashobora kuba abange
yoooo mamubuyobewee murambabaje kuza kuvuga ibinyoma gusa icyo nkundira Imana yacu nuko iyonzira izitwa iyo kwera nogukiranuka ngumugenzi naho yoba umuswa ntazayiyoba urumupagani ngumuhanuzi beshya abapagani bene wanyu
Gusa urimbwa pe. Iyi .mibare nayumvise ndumwana ,ni muri coral ,mubadive nae tuzajyana kuko wayigiyemo.
Yeweeeee biteyagahinda pe bibiliya niwe muyobozi wacu utuyobora mukurikose uzasome ibyahishuwe13:1 usome igice cyose wekujya ubeshyabantu ngo urahanura
Witubeshya ijuruwowe urarizi uraba utazi nurugo rwawe ngo uramenya ijuru barakubeshye
Imana ntiyakwiteza kuvugana cg gusurwa numwibone,umwiyemezi nkawe pe!!! Reba ukoyiyogoshesha ubwanwa birakwereka ubwibone bumwizuyemo umva imvugo ye yonyine irakwereka ubwiyemezi bumurimo urindyarya urindaya puuuuu ntukabeshye abantu toka satani mwizina rya Yezu christo
Imana ikugirireneza umenye kuvuga ubutumwa butarimwo ubuswaganyi bible yanditsemo abahanuye beshi Kandi barapfuye ariko ntabwo bagarutse kubwira abicogihe kobabonye numwe mwabo uvugango warabonye yewe kora uzahembwepeee
Mn suri umuhanuzi ahubwo sinzi icyuricyo!kdi Imana izabandagaza!mwagiye mushakira umugati ahandi mukareka kuza kubeshya koko!erega ntanisoni ufite!ubwo uhanuriye isi yeeeeee bazagufungire mubasazi gatsindwe
OK mbega ukwemera kwawe nukugaya uko abandi bemera kristu mbe ko wavuze BIKIRAMARIYA katorika ikamuha ikibaza gikwiye c'umuvyeyi les protestants ntimumwerekwa. UMWAMI YEZU ntabucamanza yaguhaye kandi nakazima nzi ko Ariwe nzira nukuri nu buzima.
Ibyo muvuga kuri Papa nukubeshya .
Ibyo nibihuha.
Biteye ubwoba pe Imana iturenyere
Uwomubare nikimenyetso cyinyamaswa ubupapa ikimenyetso cyayo isabato yikinyoma dimanche nawe urumuyoboke wappaa ninde mubahanuzi wasomye mwijambo ryImana utarumviraga Amategeko YUwiteka uragowe cyane kuko umuntu umbwirango mwamimwami siwe uzinjira mubwami bwImana keretse ukora ibyodata womwijuru ashaka icyashaka nukumvira Amategeko yImana 10 yesaya8;20 1yohana2;3
Narintangaye ngo wabonye Mariya kuki utabonye yese
Umwami YESU kristo nagushigikire
Nawura kabije uraju tubwire ko nimana mwahuye
😂
Abantu baragenda rwose ntago bitunguranye
Nonese mariya byanditse hehe ko yagiye Mwijuru?? Mukoreshe Ijambo ry'Imana bibiriya ,nimukabeshye rwose!
Mariya mwahuriyehh kwamateka avugako yaguye mwegiputab(Egypt)
Sha uri umurwayi pee. Nibaguhe wigendere. Ntawagutumye ahubwo waritumye. Ntuzanyitumeho.
Umukristo ashatse undi mugore uwo yashatse ubwa mbere akiriho, bibiliya ivuga KO aba asambanye. Rekeraho gushika umugire wa kabiri n'icyaha rwose
😅iyo aafite ibipapuro byerekana ko bavanye .araongora uwundi atakabuza
Ijamboryimana riravugango nzahagarara kubitugu byabapfapfa mburirubwoko bwange urakozerata uwokumvayumve!
Muvandimwe Theogene ibyo uvuga ntaho bihuriye n' ibyanditswe byera kuko ibyo uvuga ntaho bihuriye n' unukoreshwa na mwuka weru. Imico yawe n' imyifatire yawe n' umwuka ukoresha n' ibya Satani uhora urwanya ijambo ry' Uwiteka kuva isi yaremwa. Ahubwo ukwiye gufatirwa ibyemezo by' abantu batesha umutwe ikiremwa muntu.
Long way to the top
Nago abakiriatso Bose wabona divayi ubahaye ,kd iyo turiye ukarisitiya nikimenyetso cyumugati na divi ,aribyo umubiri na maraso
Wagiye ureka kuroga abantu Koko uzabonishyano
Umugati usobanuye umubiri wa kristo yesu , Kandi umubiri muzima ubamo namaraso
Yemwe yemwe papa Nawe se uramutinyuka Abo kubaha mubahe.
Uwiteka ahorane natwe nukur ubuhanuzi bwawe muranyigishije😢 hallelujah 🙏
Kweri uratwigishije abumva bumvise twagombaagasanga ataribanga dutegurire ikiganiro cerekeranye nivyijuru dufatiye kuri mariya uwa ba pantekoti bishi batemera ko yajanywe mwijuru kwarimwijuru kandi imana ibongere umwuka murakoze
Nawe urabizi ko divayi ihenze ntabusambo bagira rekera kwigisha uyobya abantu usebya irindi dini ibyo sibyo uge wirinda kwigisha gutyo kuko imana ntibikunda
Yewe Papa yabagoreweho kbxaaaaa, Imana Ikubabarire😢
Weho urumusazi watewe imana igufashe
Ijuru ntamuntu uhumeka warigezemo numwe ahubwo Imana Iguha ikigereranyo Ikurikije icyo ubasha kumva wabasha no gusobanura naho ibyo amaso yacu atabonye nibyo amatwi yacu atumvise nibyo tubikiwe mu ijuru
Umwami Yesu azogaruka aje gucira urubanza abazima n' abapfuye, abapfuye baciriwe urubanza ryari kugirango bashikirizwe Data mw' ijuru ?
Ushoje nabi😮
Gusenga nibyambere Imana ifite umugambi wayo
Ambara ikote nawe ndebe icyo bongera kuvuga gumamo wanjye gusa nzaguhamagara unsengere
Muraho ni amahoro,
Sura urubuga'UBUCAKARA BW'IBANGA'
Hari ibihavugirwa bidakunze kuvugwa
Jya wiyogoshesha ubwobwanwa ntago bigukwiye wiyogoshesha nkinjyejyera gusa umbabarire singututse
Tubashimiye ibyo mutugexaho gusa muzatubwire kubitwa abajezuwite
Sha sinkwishimye hejuru ariko nari narabikubwiye ko uzazira Umunwa wawe Kuba Mwuka yagize ibyo akwereka ntago ubura ubwenge Ibyo Imana ivuze byose ntago Bivugwa hari ibigirwa ubwiru ..
Bahanuzi mujye muba maso Social media Ntago ari ahantu jya uvuga wumvire Umwuka
Imana iduhagarareho kuko ibihe birakomeye
Uracyeye wamugabowe IMANA Ikongerere Amavuta
ikimenyetso k 'I mana n'Isabbato ,,itegeko ryakane mumutegeko cumi y'Imana,naho icyumweru nikimenyetso kinyamaswa,
true
Urabeshye ntahutaniye nuwomugabo wishakira indamu mumureke asohoze ibyanditwe nabahanuzibimana Ko muminsinsiyimperuka hazaduka abahanura ibijyanye nirariryabo
Nta kizira Kiri mu minsi Imana yaremye ahubwo nitwe dukorera ibizira mu minsi Imana yaremye
Uwi uahagarariye turamuzi banza kizwe Imana ivugane nawe kuko tito1:16hagusohoreyeho
Ahubwo Uwiteka Imana y'Abraham kdi yacu igushyigikire cyane
Uramenye ntukivugishe ibitajyanye n'ibihe Turimo. ntimukatubeshye ngo murerekwa ,hanyuma mukaza kutubeshya. Banza witegure wisuzume urebe nibyo uvuga naho woe ntumaze kabiri kuko ibyo wita umwumwuka biragutamaza. yego Wenda Maria we wamuvuzeho nukuri we arahari. ngaho reka kubeshya ubushyo wiragije kuko uramutse wibuka ko waragijwe imbaga y,lmana wahita uceceka
Komera twebwe twemerako hostiya irimo inyama namaraso kuko ntanyama itabamo amaraso.buri wesenimyemerereye iriya ni divayi bavanga namazi.
gs muhanuzi ntuzashinge itorero
Muzabonishyano ababeshyango imana yavuzr itavuze
Mukomere
Aho uradutuburiyep
Birababaje kubona logos y'Imana aliwo mukororombya abantu aliyo bahitamo kuba ibendera ly'abatinganyi😢kuki koko batashatse andi mabara?uku si ugukora mu mboni y'Umuremyi koko????
Uziko najye mpoze mbyibazaho???
Satani yigana ivyimana mwene data, Kandi afata birya vyiza nyene nanje bihora bimbabaza umukororomvya wari mwiza pee!!!!
Birababaje cyane kbsa🙏
Umuntunkuyu kuki inzengo zumitekano zitamukurikirana koko birababaje gusebanya nokubeshya
Umva kwishyira hejuru kuyumugabo
Nikokuri pe nabajura gusa pe urabambwiriye pe
Uwiteka si unjiji yari iyobewe kwandikisha abahanuzi bayo ko maria yagiye mu ijuru! Tureke gupfa ibyo dukiranuke ibindi tuzahurire mu ijuru! Kdi amagambo yose siko ava mu kanwa kuwiteka .imyuka yose si iyera
Nitwansegimanasamwel,imanigukomeze,nkundubuhanuzi
Imana iguhe umugisha uvuze ukuri
Murindushyi
Nsumba ukwiye gusaba ubgenge bwumwuka
Abantu bashakamibereho bitandukanye
Ntantumwa. Imana. Itwa. yesu 9:17
Imana igukomeze muri mpwemu😇
Iryo nitiku ubundi mwagiye muvuga uko imana yabatumye mukareka gusebanya ese abivuga mwari muhari yewe abavuga ngo imana iravuze kdi mubeshya mufite ibibazo courage gusebanya ngo papa ngoyatanze uburenganzira bwogushyingiranya abatinganyi mwarimuhari
Wabwiwe kusenga ima wewe. osenga. yesu. Ikyonicaha. Kininikyane