Maman w' uwera be rekandaaaa batandukanyijwe n' intambara naho Papa mugabo berekane ko atariwe bishe ahubwo ko harundi wamugiriye mukimbo ahubwo Papa mugabo ndashaka kumva ajya gutanga amakuru y' abaringaniye kumwica kuri Police
ikindi mbona uriyamugabo bita telesphore muri papa sava akinanye na ngenzi arabapolice bari ku field byaba arisawa cyane bose bafite ukuntu iyobibaye ngombwa hahita bisanisha nakazi barimo ,bari serious bien, baramutse banacakiranye nuriyamusore ninkumi bitwa impanga ebana ahobahurira scene yaba arubumara kabisa ,haca uwambaye
Ahandi.mugombagushaka.uburyo.nyuma.sewamugabo.aboneka.nyuma.samahta akabayaramuhishe.ahoyamazekunvamabuja.ashakakobamukurikirana.ngonawebamurangize.ahubwokontamurangije.yahic.arangiza.uwobamutumyeho.papamugabo.agahijwa.ndunvaribwoyameraneza I love you days💋💋💋
Mugabo ntiwihorere sibyiza
Umwari azakorere nyina igihuye nimpamvu yatumye amuta ashobora kuba ari impamvu zitamuturutseho akamubabarira ❤️❤️👍
Oyaaa.yaba mugabo cg umwari Bose nibareke kwihorera. Imana niyo ihora kdi ikaruhura umutima
Kkkkkkkkkkkkk mugabo and umwari..mwayicyinye cyane ndabashima and nice couple
Muri kubikora neza sana ariko harigihe mukoresha udu terme twigifaransa muvyica mumivugire merci mukomeze
Umwari caurage kbs....komerezaho
Mugabo,uzihorere kbs..
Ndimubambere nimba ukunda mugabo MPA iyo like kbs
Ndabakunda
Cyne umwali Namugabo
Kwihorera sibyiza
Ndumwari namubabarira ansobanuriye icyatumye anta
Nukuri ndabakunda cane ngabo nagupenda sana
Ndabakunda cyanee Film Gitera ninziza mutugezeho ikindi gice cya 4.kubijyanye ninama 1)umwari nabona mama we azamubaze impamvu yamuteye kumubabarira kuko wabona numuta ataruko yaramwanze. Kandi nubwo yaba yaramutaye abishaka azamubabarire atamubabariye ntacyo yaba amurushije. 2)mugabo ntuzihorere imana niyo ihora kwihorera sibyiza ntakiza cyokwihorere.
Murakoze mudufashije Corona. Mugabo ntiyihorere aliko amujyane muli Justice ahanwe byintanga rugero! Umwali forgive but don't forget! Sonia uli brave! Brave! Uli a real story! Team muli abambere!
ikindi papamugabo muzagaragaze yuko atigeze apfa ahubwo muzerekane ko yashimuswee gusa yongere agaragare muri season yindi naho mugabo we agomba kwihorera ofcourse
Mugabo kwihorera sibyiza ahubwo abamwiciye umubyeyi azabageze mubutabera babakanire urubakwiye murakoze ndabakunda cyaneee
Oya rwose mukwiriye kutwereka mugabo akoresheje ubwenge akageza kuri Rip abishe papa we ndetse akazabana numwari rwose situzabone mugabo nawe apfuye
Nashatse kuvuga RIB not Rip
Ndashakako mugabo akundana n umwari bakazabana, Mugabo ntabwo agomba kwihorera kuko nawe ashobora kubingwamo, Umwarii nabonana na Maman we bazanjyerageze biyunge, umwana nanyina ni ikintu gikomeye cyane, Umwarii ndamukunda cyane akina neza kdi akina ibintu bimurimo ntabwo ashakisha, Umwari Lv
Basore rwose mwaberwa no kuririmbura Imana kuko mufite amajwi meza
1.Umwari yamenyeshwa ko nyina ariho
2.mugabo yihorere
3.abishe papa wa mugabo batahurwe
4.police nayo ntacyo iratwereka ishoboye.
Turabakunda cane bisaba gusa muze mugabanya ingoma burya umwari ariko amushakira amahoro
Muraho neza luck luck ndakobona nnex ko utajy'uvuga bte
Nanje kubera ko nkunda umuntu yihorera,ndashaka ko Mugabo yihorera abamwiciye se ariko ntafatwe ngo bimigirire ingarukambi kugira bazorangize ubuzima babanye neza na Umwari! Bazotere imbere cane.Hama,Umwari aze yumvirize impamvu nyina yamutaye hama amugirire imbabazi.
Njye uko mbibona can inkonizamba Mugabo ibabarire kuko birakuzonze cyane gusa ihangane pe! Kdi kunda umwari ikindi umwari azababarire umubyeyi njye namubabarira pe!
Ikindi uwomukobwa Pascaline akina neza cyanee ndamukunda byahatati ukina uri serious cyanee nagukunze sanaa muru Film Samantha courage cyaneeee
Ndakako mugabo areka gukunda kunda abakobwa
Maman w' uwera be rekandaaaa batandukanyijwe n' intambara naho Papa mugabo berekane ko atariwe bishe ahubwo ko harundi wamugiriye mukimbo ahubwo Papa mugabo ndashaka kumva ajya gutanga amakuru y' abaringaniye kumwica kuri Police
Papa mugabo azagaruke mo bizaryoha umwari akomeze akundane na mugabo babivuganeho neza
Kbs rwose iyi film ni sawa ikbz nuko mutari kuduha part 7
Umwari azabane na mugabo umwarini mwiza❤
mugabo ntagapfe plz!
waiting for the next part
1uriya mu maman wareze umwali yamugirira inama uko yakagombye kubabarira nyina wamujugunye ubwo mama zw umwali azamusobanurira impamvu yamuteye kumujugunya ubwo umwali azahita ababarira mama we
2MUGABO yakagombye kutihorera ntago ari byiza ariko abishe se bagahita babaho ubuzima bubi bisobanuye ko naho utakagombye kwihorera ukoze amaraso ugumana umuvumo murakoze cyane
Mwafungura igice cyakane se ni cyagatanu
Mugabo agomba kwihorera
Kubera bamubabaje cane
Bishe papa we ndabona aza bishobora kwihorera niho film izaryoha cane
OMG! None nazahura n'a sheilla naje Kigali weee! Sheilla wambabaje sha! Umwali elle great! Nawe nimpura nawe muli holidays zanjye uwo munsi nzalira!
Umwari nabona mama we azamubabarire kuko ashobora kuba yarafite ikibazo cyatumwe amuta
Turabakunda rwose mukomerezeho pe film gitera turayikunda rwose
Mukomereze aho
Gitera irakunzwe kbs ahantu hose part 4 irashakishwa muyiduhe Ganza courage kbs!
1mwari nubona mama
Wawe uzamukubite urushyi
Mwari Na mubona azamuha akabizu mamma we. Na mugabo aziharere. Kandi we love you so much.
Natwe turayiteze muduhe pe , irigisha gose courage.
Ngewe ikintu ntakunda Mugabo muri scene zawe urarondogora cyane ukaturambira kuburyo film ihinduka nka serie bishoboka wajya uminimisa! Xawa Mukomerezaho👌👌👌
1. Mugabo mumureke yihorere
2. Umwali mumwereke mamawe azamwumve amababarire arko bitinze yarabanje gufasha mugabo kwihorera
Ariko c mama wamugabo nawe yarapfuye ? Muzatubwire niba yarapfuye cg yaratandukanye n umuhunguwe
Dore uko jye mbyumva bariya bahemukiye mugabo mazamenye ko yabimenye babure uko nabigenza bibacange uwera azagumye yereke nyinabntacyo azi
Mugabo oya ntiwihorere ariko wew abobantu bamwishe papa wawe ubwanje berekeko wamenye abamwishe kuko yabagiriye neza akabahaakazi ariko bamwituye kumwica ubakure mukazi
I like gitera film
Ndashaka kubona urukundo rwamugabo numwar iyobizoherera kuko mbona abakeneye mugabo aribesh
Mugabo ntakihorere rwose imana ihora ihoze kandi namwari azababarire maman we
Icipfuzo canke carico murakoze turabakunda cane nawe mugabo ntuzomuhemukire umwari
Mugabo kwihorera nibibi! Hubwo icombona bandanya wikundira umwari wawe! Mwihanganire ibibagerageza!
Mugabo nakomeze yiyegereze uriya muryango Kuko azahamenyera byinshi. Esperance rwose ndagukunda Sana. Mukomeze mushyiremo ubwenge bwinshi kuburyo team ya Espe bazayigwaho itazi uko bigenze. Ndetse yaba Didier, pascaline na Espe. Mugabo azabavumbure batarabutswe nabo. Nyine bibe ibintu byuwenge kbx.
Umwari azakure nyina nez kuko akabura ntikabonek ninyina wumunyu, mugabo agomba kwihorera buriwese wishese
Kbx mugabo iyo mbonye atunzweho imbunda ngira ubwoba bukaze arko sheila nkibisanzwe ni mama rutwitsi no mu mpanga arabikora
Hey Ndimbati se yazutse?Mana weee! Amen
Turabakunda muyizane vuba
Umwari nabona nyina nawe azamuhemukire kbs mugabo nawe azihorere iyo umuntu yihoreye arahumeka neza
czcams.com/video/EsGq4RbaH98/video.html
Mwiriwe Kandi muraho neza. Mukurikirane ubwo butumwa mucuti wanyu MUGABO abageneye. Mukore COMMENTS na Subscribe kuri iriha Channel iriho Ubutumwa kugira ngo tumenye abo turi kumwe.
Murakoze!
TALENTS CARE FILMS
TALENTS CARE FILMS Mugabo nazihorere kuko nibibicyane.2.Umwari azabanza yimve mama we icyamuteye kumuta nasanga aringombwa amubabarire
Umwari azababarira mama we mugabo azamenye abantu bagize uruhare mukwica papa we
Nkunda iyi film Gitera ariko ndifuza ko1 umwali azumve nyina impamvu yamutaye nubwo bitoroshye kubyumva
2 mugabo ntazihorere ahubwo aziyambaze inzego zishinzwe umutekano
Njyewe muratsrkeje kukaririmbo ark umwari azsbabarire nyinA Kandi namugabo azihorere kugirango film iryohe ark uzanakundane na mwari mugabowe ndagusabye uzambabarire
Bishobora kuzarangira uwera na mugabo ari abavandimwe papa wa ngabo akaba ariwe ise wa uwera
Muhindure police rwose ntirigukorakazi neza
ikindi mbona uriyamugabo bita telesphore muri papa sava akinanye na ngenzi arabapolice bari ku field byaba arisawa cyane bose bafite ukuntu iyobibaye ngombwa hahita bisanisha nakazi barimo ,bari serious bien, baramutse banacakiranye nuriyamusore ninkumi bitwa impanga ebana ahobahurira scene yaba arubumara kabisa ,haca uwambaye
Kwihorera sivyiza mugabo
Nyina wa Umwali naca bugufi Umwali azamubabarire.
Mugabo azihorere ni bwo filme yaryoha ariko azabigendemo gake abanza ashake izindi mbaraga(abamufasha bashoboye) batazahita bamwica.(Valens TC)
Turabakunda
Muvugurure bariya ba police ntago bagaragaza ubunyamwuga kbs
1 azamubabarire
OK kwihorer sivyiza knd umwari nababarir nyina kuko ataz impamv yabikoz ahubw namweger azomubz impamv knd umwari na Migabo bazobn bakundan cne
Njyewe nifuza kubona umwari namugabo bari murukundo
1. Ndifuza ko umwari yabona mama we ariko mama we atarabimenya amuganirize ashake uko amenya impamvu yamutaye ariko nyuma azamubabarire kugira ngo tuhakure iso.ariko ndanifuzako Umwari areka ibitabi akazabana na Mugabo
2. Ndifuza ko Mugabo arekera kwihorera kuko tuyireba turi benshi nareka kwihorera agatanga imbabazi tuzahakura isomo. Turayitegereje mutugirire vuba njye ndayikunda cya ni Sungura
1 Umwari rwose azababarire Mamawe
2 Mugabo akwiye kwihorera
Kandi we love ❤you guys mukina neza
Police mukoresha bariya batype ntibashoboye mwongeremo abafite igitsure cya police
1. Umwari azababarire nyina
2. Mugabo kwihorera adafatanyije n'umwari ntacyo yageraho gusa nabamenya byukuri azababarire
mujye mugaragaza umwari cyane
Mugabo bana numwari kd rekakwihorera
Ngewe ndumva mugabo yazakorana niriya groupe irimo aba twin mukwihorera kuri Cheira naho uwera akaba inshuti yamugabo nako James agakomeza gahunda yogutanga ukuri kubyo azi umwari nae agakomeza gahunda yogufasha mugabo naho irihe bouncer yamugabo agakomeza kumugambanira thx ndabakunda cyane
M ugabo abanye numwari vyoryoha Hama police ifate abagizi banabi
Umwali azihorere,Mugabo nawe azihorere akoresheje inzego zishinzwe umutekano
Jyewe ndashaka kubona umugore nyawe wa MUgabo
Umugore Nyawe umeze gute?
Mugabo ntuzihorere icyambere nukubabarira uwaguhemukiye gusa umwari muraberanye ntazagucike.
Azabanze amubaze impamvu
Kandi uwomwana nawe agize amahirwe yokumenya mamawe azamubabarire kuko iyutanzimbabazi uba wizigamiye mumuinsi yawe yanyuma
Ahubwo uwera azarekane nabarya bagome akorane n'a mugabo bizacya byoroha bikunde mugabo ko yihorera neza
Umwari nje icombona yakorera uwonubyeyi nuko yamwegera akamubaza icatumye amujugunya hama akabona gufa umwanzuro ubereye
Ahandi.mugombagushaka.uburyo.nyuma.sewamugabo.aboneka.nyuma.samahta akabayaramuhishe.ahoyamazekunvamabuja.ashakakobamukurikirana.ngonawebamurangize.ahubwokontamurangije.yahic.arangiza.uwobamutumyeho.papamugabo.agahijwa.ndunvaribwoyameraneza I love you days💋💋💋
Nge numva mugabo yakomeza agakundana n'umwari murakoze ndabakunda
Mugabo don't revenge ahubwo gira ikigogwe kbs
Icyambere 1.umwarinabona mamawe azabanze amutege amatwe amenye impamvu yamutaye
1.Umwari azobabarire nyina
2.mugabo natohoze neza uko urupfu rwa papa wiwe kwagenze azoce abimenyesha police.
Umva gitera turayikunda cyn ark nifuza k mugabo ymenya ukuri kose kubishe se
Mbaye uwakabiri
1 Umwari nabona maman wiwe azomubaze icamutumye amuta hanyuma amenye ukuri amubabarire 2 Mugabo ntaze yihorere ahubwo azorondere kumenya ukuri kubishe Papa wiwe hanyuma bansabe imbabazi Mugabo ababarire abamwiciye Papa wiwe
Njye sinshaka kuzabona mugabo yapfuye kko nababara ariko byaba byiza police ariyo ifashe abagizi banabi kd umwari azababarire nyina kko akabura nikaboneke ninyina wumuntu
Police hand ntago ishobora, ikindi papa Mugabo ko yapfuye akaba agarutse tutazi uko byagenze mugerageze mubidukorere
Umwari azamubabarire
oooooh uyu Jackson ntago ari mwiza kbs gsa kuri ibyo wabajije
1umwari agomba kumva nyina yasanga afite proof zifatika akamuha imbabazi
2.mugabo we agomba kwihorera byanga binoga
Ikindi mugabo n uwera ntibazapfe.Umwari naw turashakako bazabana na Mugabo
Gusa ubwo bukobwa mushira mwiyo film sivyiza kumushiramwo
Ngewe nukomuntindira nicyonanga
the change mugabo komereza aho turikumwe,gusa ongera advertsment
1. Umwari azaganire nanyina amu babarire
I WANT UMWARI AND MUGABO DE TO TOGETHER
Next part plz
Numva Mugabo atakwihorera ahubwo abishese bagomba gushikirizwa ubutabera
Mugobo kwihorera sibyiza
Umwari azamubabarira
Ndikuza ko umwari yazategamatwi mamawe hanyuma akababarira kuko nibwo azabaho atuge aboshotse
ni byiza ariko Mugabo ajye agira ubwihute muri role ye.aratinda akarambirana