🚨 UMUKADA Ariteretse:Amabanga ya Meddy the BEN na DIAMOND uraza gutungurwa,The Ben Yakoze Ibara 🔥🔥🔥
Vložit
- čas přidán 20. 05. 2024
- #Umukada_+250783092163 # oasistvone?... #Isimbi tv #Chita magic #The choice live 2 #Jalas official tv #Max tv #Gasaro tv #The dynamic show #3dtv rwanda #Urukiko rwubujurire #Radio tv 10 #Radio Tv1 #Isibo radar #MIE Empire #Gérard mbabazi #Bamenya series #Umuturanyi series #Nyaxo comedy #Bigmind empire #Mitsutsu comedy #1:55am #Bruce melody #The Ben #Meddy #Press one #Lick lick #Kamichi #Ally soudy #Mike karangwa #Rwanda updates #Rocky entertainment
- Zábava
Gusebanya byo murabishoboye the Ben ntuzigera uwigezaho Kandi umugisha ni nkumuyaga niyo wafunga urugi umuyaga wishakira inzira ndagusetse
Uduza amazuru hejuru ngo Meddy sha uzokwicuza ivyo uriko uvugaguzwa ku mfura zurwanda wa nkendewe
😂😂😂😂ariko kucyi umwanya the Ben sha naho ibyo byuwo Angelique wihisha munsengero arindaya ruharwa izwi ahantu hose
Umukada wacu Sha. Uba urekura ukegeta hagashya. Jya uduha breaking news nishaka zikamwe ayo zitahanye
Hhhhhhh murasara kbs muravuga abandi binjize😅😂😂
Umukada ndakwemera cyane 🤝🤝🤝 Jean D'Amour from bugoyi Rubavu gx uzajye udusuhiza msz
The BEN atungishije aba youtubers benshi kweli , uko birikose birabungukira kuko ntakiganiro kitamuvugaho.
Sha the Ben aramutse aretse umuziki shaaa bamwe mwasubira kwisuka
Umukade hejuru cyaneee nabari mukizuru ubavuge
Umukada ntabwo tuzamusinzirana,uzadutwika nimi 🔥🔥 yawe
Ese umukada kusigaye utanga amakuru atwerekako nawe watamiye?
Sha bari kugucamo bakagutuma, ubwo ubona ubusa, ubwo ugira ngo baragukunze?
Wowe ntakuri ugira kbs iyo uvuga Ben nabi Ninde ugutuma ko Ben niyo wagira gute tuzamugwa inyuma vuga uvuye aho
Ese ko mutagisuhuzanya mwibuka ko turi ba boss banyu?😜🔥
Ubwo nawe uru boss komeza wikirigite 😂
Baba bashaka kuvugwa neza gusaaaa nkaho bo nta bibi bagira! Arko iyo bigeze kuri bruce musya mutanzitse mbese mumugaragaza nkaho wagira ngo ntakiza na kimwe agira
Yaduhe cyane
Nawe uri injajwa umunsi 1 ati the Ben ni umukire afite amapartement abantu batazi, none ubu ngo ni umukene?ibiganiro uziko tubikurikira, uri umuginga jya kwa Gael.
Ziba ho The Ben atuma murya kbsa nawe Gael yagutayemo ark mirabeshya ntimuzamushyira hasi tooo num
Ben numukire wa kintu we ujyuvuga ibyuzi
Umukada mbaniteretse ni Innocent Rubavu munywanyi wawe cyegeta cyegeta
Umukada ngo uba ukegeta
Ben sumukene bro! Ahubwo ntamukire urekura ipinda uko abonye
Ntiwumva se noneho ko bibaye byiza code ni sawa umukada wangye ubikoze neza ngaho komeza witereke wa mfura we mucambuzi nawe nagusuhuje bro
Ibyuvuga nukuri ngo afite amadeni ahantu hose,
Ibyo nibyo bajijije fata kumavuta kuko yajyaga avuga uburyo abayeho muri America tom close yinginga fata kumavuta ngo yihangane abiceceke!
Ase ubwo woe nta soni ufite zo gusebya THE BEN ntabwo muzamushira hasi ngo bikunde uwa kubaza fact wazikurahe mukore kinyamwuga
Ibintu uvuga nubujajwa gusa kbs
Ubusanzwe uvuga inkuru wabanje gutohoza neza.ariko watangiye gutanaa kuko kuvuga ibintu watumwe sibyo "Umukada" wisubireho ugume kwijambo ryawe .
Niyo baba barakwemereye akazi ntabwo byaba arisawa ko ubanza gusebanya uvuga ibintu bitaribyo
Kki c wumva ko atatohoje neza kko bavuze ibyo udashaka kumva
Cyegeta wa mfura we
Urarekura wagakadawe
Topic zose ni the ben nonese niba ataramushimye ko bakoranye ? ikindi kandi the ben afite amafaranga nawe ubwe yakwi managinga
Ariko kuki wirirwa ubeshya ngo ntubogama!Kandi wagera kuri The Ben ukavuga inkuru zo kumusebya gusa!? Ese Hari inkuru ye nziza ujya uvuga ? Iyo uyivuze se bwo birangira utamusebeje? Wisubireho!?kuko ibyo nukuvuga ibihuha ntago ari ugutangaza inkuru
Ariko mukunda gusebanya ibya Meddy bikurebaho iki?nimba yaragiye mu gospel woe ufite ikihe kibazo nawe barebye ibyawe basanga urenze abo urimo gucira urubanza menya ibyawe ibyandi ubureke.
Uba wakoze musore
Meddy mwari mwahura?
😂😂😂❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤😂😂😂
Ariko the Ben mumushaka hiki Kandi murinfube kbs cyokoza sha bakwiye kubigaho
Ntugasebye the Ben kuko ntuzapfa umwigejejeho kuko ibyo wavuga byose Ben ararenze ahubwo ishyali rizabamara muziyahura
Nawe uri injajwa umunsi 1 ati the Ben ni umukire afite amapartement abantu batazi, none ubu ngo ni umukene?ibiganiro uziko tubikurikira, uri umuginga jya kwa Gael.