NEW MELODY - Neema abanje amashimwe ye ati Ndakwiringiye Mana ntacyo nguhisha imbere n'inyuma
Vložit
- čas přidán 27. 10. 2019
- Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha ibitekerezo ku makuru tubagezaho, ukaba ufite UBUHAMYA bwasubizamo abandi ibyiringiro, Inkuru, Igitaramo, Répétition cg Gushyigikira uyu murimo. Duhamagare, Twandikire kuri Whats'App: +250 788 56 26 10
Kanda S U B S C R I B E ntugacikwe n'amashusho akurikira. #HimbazaTV
Subscribe For More: goo.gl/Ht5bK5
Nabakundaaaaa yesu abahaze ibyiza
Neema ndagukunda Imana ihaze ukwifuza kwawe uri kwisi na nyuma yayo uzahabwe ubugingo bwiteka. Uri umugisha kuri benshi, uca bugufi @uwampuza nawe
Hallelujah hallelujah hallelujah 🙏🙏🙏. Kuko ari wowe mugaba wingabo nyobora ndakwiringira. God bless you 🙏🎤🎸🥁🎺.
Imana ishimwe cyane ndabakunda kd yesu Christ ntantambara yigeze atsindwa nukuri!!!
Nukuri imana ibarebane. Amaso yayo yimbabazi ikomeze ibagure Kandi icyo muyisabye ijye ikibaha nicyo mbasabiye muranezeza🤹🏼♀️🙏🙏
Munsuhurize josue simubonye ariko ndamukunda cyane aho muheruka yarimo Imana
Muri icyitegererezo kuri njyewe. Ndabakunda cyane New mélodie
Yesu weee mbuze icyo mvuga gs be blessed 😭😭😭😭ndafashijwe
Ni ukuri ndabakunda, Imana ikomeze ibazamure kugeza ku rwego rukomeye!
Nkunda umuntu uramya Imana n'umutima wose! God bless you New Melody!
Imana ibahe umugisha , kandi ibagwirize ubutunzi bwayo bw'umwuka mukomeze kuduhesha umugisha. Mwambaye ubwiza bw'Imana.
ndabakundacyane
ni ukuri pee kuva cyera abakwiringiye babayeho mu mahoro ,halleluiaaa christu mahoro yacu nta ntambara wigeze utsindwa
Iyiyo nyikunda kubi.Neema I really love you nukuri Imana ibahe Umugisha
Better 😊
Yoooo!!!. Uwiteka azabijyanire mu ijuru gusa
Glory be to God for your a blessing to your Nation your worship is received in heaven👏❤🙋🙆🙌
Imana ibahe imigisha
Neema ndagukunda lmana izakumere ijuru abiringiye uwiteka bameze nkumusozi wa sioni zaburi125
Humura Rwanda by New Melodi
Nta ntambara yesu yigeze atsindwa
Ndabakunda nitwa augustin ndimubufaransa
Ndabakunda vyindani nkabareba nkicecekera neza
Amen
ntaco pee kuko izi byose dukora ndetse nibyo twibwira
Byiza cyane
Nkunda kuririmba ibintu ,bikurimo
Ndabemera
So wonderful
Amen.
Murashoboyepee!
very good
Amen
Amen
Amen