GANZA FILMS UKENEYE KUTUGEZAHO IGITEKEREZO DUHAMAGARE CYANGWA UTWOHEREREZE UBUTUMWA KURI #0798479414 WADUSANGA NO KURI WHATSAPP NDETSE NA INSTAGRAM : ganza_films
Soleil uri mwiza Naturelement,ibyo bintu washyize mumenyo ntibyari ngombwa kuko biragaragara ko biri no kukubangamira.Ubwiza bwawe Kabisa burihagije singombwa kubuvanga n,ibindi bintu please!!!!We love you 💞
Love from Australia,,ni abantu nkabandi ,ntukazize umuntu uko yaremwe !!!oooohhhh ganza film ni ishuri ryiza. ,, ahubwo tugiye ujya dutangira kwishyura school fees ,,turabemera ,
Reka mbahe aka episode sasa rero, niba mufite gahunda yo gukina uyumusore akomeza murukundo, muzashyireho uyu doctor abyaza cg amusanze kwamuganga akamuha service atagendeye ko yamwise nyamweru. Kbs ni sawa
Ahaho sinajyenda ntavuze mubyukuri mbikuye kumutima ndabashimiye kuba mwazanye karabo muri film mubyukuri ababana nubumuga bwuruhu nabo barashoboye ntacyo batakora karasira nawe ndamushimiye bakoranye indirimbo nziza cyane nshimiye nabanyamakuru bamuha interview lmanibamperumugisha ndanezerewe karabo iki nigihe cyawe
Wouuuuuuuuu Mbega Byiza Abantu Bajyebasobanukirwako Umuntu Wese Arinkundi ❤
Cyakozee sanyu uri best actress ✨✨✨
Wooow ,, mbega agahinda?GANZA IS the best content creator muduha film zubwenge??ariko ndakwibuka sha burya waruri umwarimu mwiza , nibuka cyera ushaka Kuba umupadiri none byarangiye ubivuyemo sha??ariko ikivamo ntikikuvamo nubundi uratwigisha ntabu Padiri burenze ubu#my brother abakuzi turakuzi kbs ibyo ukora ntabwo byantungura..komerezaho
Wow aka ndagakunze cyane pe karimo ubumuntu Kandi buriwese akwiye guha agaciro mugenzi we kuko disability isn't inability please nundi wese akwiye guha agaciro abafite ubumuga ❤❤❤
Ubund jyew mwakinye mutashyizemo Shalom na sanyu bari murukund sinayirebaa kuko ndabakund bombii harimo nawawu ndii rukasii eban Abo bombii ndabakunda cnee❤❤
Woow , mbega ?so emotional and educational! Ariko uwo GANZA NINDE MURI MWE???TURASHAKA KUMUNYA PLEASE? !
Nibaza kubikubwira uhite unyaruka nanjye umbwire😂
Nibaza ari uyu mu papa wumu Musilman
Kanimba hejuru Cane urumuntu w'umugabo
Patrick courage tukurinyuma respect ❤❤❤
Hello❤🎉
Dalda ahora avuga point we give her like
Ndamushimiye cyane ukuntu azi gusa bugufi agasaba imbabazi . Gusaba imbabazi ni ikintu cyananiye benshi .
Nge ndi Kanimba nahita ndeka iyi mukobwa rwose
Turabakunda cyane kubwa masomo muduha nukuri
Byiza cyane rwose mukomeje gutanga impanuro nziza muba mwacukumbuye kbs. Courage kuri mwese .
Iyi flm inteye emotion 😢😢😢
❤❤🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮 imbuto mubiba mubantu zibameremwo pe kndi zame ivyamwa vyiza komerezaho mukwigisha abanyarwanda n'a barundi twumva ikikirimi tugatahurana
Abakobwa bafite ikibuno kinini kubasangana ubwenge nigake
😂😂😂😂😂😂
🤣🤣🤣🤣🤣
Erega baba baremerewe sha ariko nivyo kwel
😂😂😂😂😂😂😂😂😂
😂😂😂
Uyu mukobwa wakinanye na kanimba ni mwiza pe akina neza cyane
Najya ndamukunda ❤ utuma ndeba film zabo
❤gusaba imbabazi ni byiza,Kwa doctor ❤ nirusagamba,abafite ubumuga turashoboye
Nyagasani we simbabeshye bisaba umutima ukomeye pe naho ubundi birashisha rwose 😊
Soleil agira amagambo y, ubwenge umuntu aba ashaka kumva inama ze
Aliko Dalida Soreil uri mwiza cyane pe.! Nkunda gukurikirana fim ukinamo nibiganiro ukora sha uri mwiza pe.
Ndumva warize uzatubarize inama yabaminisitiri kuko akarengane kabaho 😊
Wow that's awesome script!
Cyakora ndabakunda nkabura icyo mvuga ,you guys murenze uko mbitekereza ,,best films ever ,, Ganza films ,ni Ikosora
Uyu mukobwa ndabona adasazwe
Christia God bless you 🙏🙏with your golden heart
Soleil urumunyabwenge bwinshi utanga inama nziza chana mukobwa mwiza❤❤❤❤❤❤
Mukinaneza cyane ndabakunda❤😢😮😢😮😮😮😮😮😅😅
Soleil uri mwiza Naturelement,ibyo bintu washyize mumenyo ntibyari ngombwa kuko biragaragara ko biri no kukubangamira.Ubwiza bwawe Kabisa burihagije singombwa kubuvanga n,ibindi bintu please!!!!We love you 💞
Nukuri turakwinginze ubikuzeko inama utugira, nubwenge ugira ntago bihuye nivyo wagize
Sha nanj vyambihiy kweri vyamugize mubi kandi aricyuki
Biriya byo mu menyo mwibyitiranya nibirungo byubwiza nibyuma bikosora amenyo kuko adateye uko ubyifuza.amenyo atagaranye.ntacyo bitwaye rwose.uzi kubona amenyo nkayikigoli ubu byaracyemutse iyo ufite ayawe
Harivyuma bashira mumenyo kubwo gukingira amenyo atarukugira ngwapendeze so mumwihanganire cane
Wow darida urumunyabwenge cyane pee ndagukunda❤❤❤❤
Keep going abajye mbakunda kwiza kbx
Haji Manara bamurebe ukuntu yashatse zaylissa wicyuki😅ngo nyamweru? Kereka agafaranga kadahari iyo nkumi yamwiruka inyuma😅😅😅
Waw ndabakunda cyane Chris yakinye meza
Love from Australia,,ni abantu nkabandi ,ntukazize umuntu uko yaremwe !!!oooohhhh ganza film ni ishuri ryiza. ,, ahubwo tugiye ujya dutangira kwishyura school fees ,,turabemera ,
Mwambwiye iyindirimbo irimuri firim niyande Koko?? Ndayikunda cyane p
Ese ababakobwa mubakurahe ba di! Nomubuzima busanzwex nuku bababasa mwazandemeye
Good film ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Mukomeze mwigishe nabandi muri society bareke kunena abantu
Oooooooh mbega flim nziza yigisha .
Patrick ❤❤❤❤❤ Disability is not inability. Du courage brother
Love ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤ from Denis-King Angley Official 🇲🇼
Please mujye mugerageza mukibe few minutes byadufasha niba byabakundira
Gud movie
Ubanza ukunda gusohoka pe ukuntu ubyishimira iyo bavuze gusohoka
❤❤❤❤❤ bimeze neza mukomereze aho
Burigihe mutugezaho inyigisho nziza kdi zifasha. So muri abahanga pe ndetse cyane !
Ubumuntu umutima nurukundo nibyo bikwiye kuturanga banyarwanda abantu nkaba nabacu nabavandimwe barashoboye imyumvire nkiyi ya sanyu simyiza tuyireke ntawiremye buriwese yisanze kwisi ntawahisemo uko azavuka ameze
Sanyu and christian darda mukomereze Aho kbs
Arabo abyitwayemó nezaaa 👌😍♥️
Film nziza cyane. Hari mo isomo.
Mukinnye ibintu byiza, message nziza kubantu twese!
Rwose twese turi abantu .
Yoooooo mbega😢
Darda ndagukunda cyane nkunda ukuntu ugira umuco yibaye abakobwa bose bakwigiragaho
Soreye warakoze gukoresha amenyo pe ubunoneho niwowe wanjye reka ntere agatebe
Wow ibyomuvuze nukuri
Films zanyu ndazikunda peee,ariko akokantu kanyamweru muri title niko kabi
Keep it up karabo❤
Good izonyigisho ni nzacyane
Ngewe iyi flm nkunda inyigisho baduha
Je vous encourage beaucoup Robert
Mbega umuryango mwiza
Christian courage n'a Équipe yanyu murakina neza CNE nabavyeyi batanga impanuro nziza
Patrick hejuru cyane rwose yurabantu nkabandi
Courage❤❤❤❤
Umuntu uhita yirukira muri comment nka nge nindex???
Ndabakunda cyane ❤
Kbs courage bimeze neza
Ndabakunda
Reka mbahe aka episode sasa rero, niba mufite gahunda yo gukina uyumusore akomeza murukundo, muzashyireho uyu doctor abyaza cg amusanze kwamuganga akamuha service atagendeye ko yamwise nyamweru. Kbs ni sawa
Ndabakunda cyane!!!!!!!!!!❤
Good ndagakunze
Ndabakunda chane❤❤❤❤❤
Uyu mumama (mama darida) ndamukunda cane. Akina neza gose
Mukomerezaho
Nawapenda sana♥️❤️
Pp BB iwacumumutara turakwemera
Kanimba nagwa christian na sagesses nyinchi peeee aha urimo umugabo pee
❤
Dalda ayomenyo warayononye vrt gusa ukinaneza nda❤❤❤
Nawe wabibonye nkanjye, ubusirimu nyine ntakuntu Atari kubikora kubera abo bakobwa bo muri ganza abenshi barabikoze, nanjye ndamukunda we na christian ariko akantu kamenyo nange sinagakunze
Murakinye neza cane
❤❤❤
Darda♥️♥️♥️
Soleil ndakwemera too ❤❤❤❤❤❤
🔥🔥
Mbega inkumi yivuyemoo Sha ntago uzamushobora brother ikanzu guturuka chine na itali
Ahisamwiye reka hakirikare
❤❤❤❤❤
Uwomusoree arasa neza kabs 👍💪🔥🥃
Caurage kbx ❤❤❤❤
Kanimba weeeee ahohantu ntugwamo ra navuka mbonye akakwisi tu
Nukuri muranshimisha kbx
Wawoooo
Ko mperuka yavuze ko ashaka citron ikonje se wine ije ite?
Murakoze cyanee inyigisho zanyu ningirakamaro
Nampamvu yivangura kuko nabanyamweru nabanu🎉
Uwo mu 66ter womur new species reo arekeraho kujya areba mur camera ,azigukina ark akunda kureba mur camera
Umva ndabakundacn deric ww ndamubuze ncambabarandamukunda birenze
Ndakunze ino muve
Sha sukubeshya uyumkobwa ni mwiza peeeeeee
Nonese si nyamweru ? Rero ngontanamoko abaho twarangizango abasigajwe inyuma namateka
Basore murebereho ushaka wazabikora chr wae nkumushuti wae akamumenaho icyokunywa ukareba kwihangana kwe
Nari nkunbuye mama kbs munkandire ku ifoto pls