GANZA FILMS UKENEYE KUTUGEZAHO IGITEKEREZO DUHAMAGARE CYANGWA UTWOHEREREZE UBUTUMWA KURI #0798479414 WADUSANGA NO KURI WHATSAPP NDETSE NA INSTAGRAM : ganza_films
Soleil uri mwiza Naturelement,ibyo bintu washyize mumenyo ntibyari ngombwa kuko biragaragara ko biri no kukubangamira.Ubwiza bwawe Kabisa burihagije singombwa kubuvanga n,ibindi bintu please!!!!We love you 💞
Love from Australia,,ni abantu nkabandi ,ntukazize umuntu uko yaremwe !!!oooohhhh ganza film ni ishuri ryiza. ,, ahubwo tugiye ujya dutangira kwishyura school fees ,,turabemera ,
Reka mbahe aka episode sasa rero, niba mufite gahunda yo gukina uyumusore akomeza murukundo, muzashyireho uyu doctor abyaza cg amusanze kwamuganga akamuha service atagendeye ko yamwise nyamweru. Kbs ni sawa
Wouuuuuuuuu Mbega Byiza Abantu Bajyebasobanukirwako Umuntu Wese Arinkundi ❤
Ahaho sinajyenda ntavuze mubyukuri mbikuye kumutima ndabashimiye kuba mwazanye karabo muri film mubyukuri ababana nubumuga bwuruhu nabo barashoboye ntacyo batakora karasira nawe ndamushimiye bakoranye indirimbo nziza cyane nshimiye nabanyamakuru bamuha interview lmanibamperumugisha ndanezerewe karabo iki nigihe cyawe
Wooow ,, mbega agahinda?GANZA IS the best content creator muduha film zubwenge??ariko ndakwibuka sha burya waruri umwarimu mwiza , nibuka cyera ushaka Kuba umupadiri none byarangiye ubivuyemo sha??ariko ikivamo ntikikuvamo nubundi uratwigisha ntabu Padiri burenze ubu#my brother abakuzi turakuzi kbs ibyo ukora ntabwo byantungura..komerezaho
Wow aka ndagakunze cyane pe karimo ubumuntu Kandi buriwese akwiye guha agaciro mugenzi we kuko disability isn't inability please nundi wese akwiye guha agaciro abafite ubumuga ❤❤❤
Kanimba hejuru Cane urumuntu w'umugabo
Patrick courage tukurinyuma respect ❤❤❤
Hello❤🎉
Dalda ahora avuga point we give her like
❤❤🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮 imbuto mubiba mubantu zibameremwo pe kndi zame ivyamwa vyiza komerezaho mukwigisha abanyarwanda n'a barundi twumva ikikirimi tugatahurana
Ndamushimiye cyane ukuntu azi gusa bugufi agasaba imbabazi . Gusaba imbabazi ni ikintu cyananiye benshi .
Nge ndi Kanimba nahita ndeka iyi mukobwa rwose
Turabakunda cyane kubwa masomo muduha nukuri
Cyakozee sanyu uri best actress ✨✨✨
Woow , mbega ?so emotional and educational! Ariko uwo GANZA NINDE MURI MWE???TURASHAKA KUMUNYA PLEASE? !
Nibaza kubikubwira uhite unyaruka nanjye umbwire😂
Nibaza ari uyu mu papa wumu Musilman
❤gusaba imbabazi ni byiza,Kwa doctor ❤ nirusagamba,abafite ubumuga turashoboye
Aliko Dalida Soreil uri mwiza cyane pe.! Nkunda gukurikirana fim ukinamo nibiganiro ukora sha uri mwiza pe.
Uyu mukobwa wakinanye na kanimba ni mwiza pe akina neza cyane
Najya ndamukunda ❤ utuma ndeba film zabo
Byiza cyane rwose mukomeje gutanga impanuro nziza muba mwacukumbuye kbs. Courage kuri mwese .
Soleil agira amagambo y, ubwenge umuntu aba ashaka kumva inama ze
Nyagasani we simbabeshye bisaba umutima ukomeye pe naho ubundi birashisha rwose 😊
Soleil urumunyabwenge bwinshi utanga inama nziza chana mukobwa mwiza❤❤❤❤❤❤
Ndumva warize uzatubarize inama yabaminisitiri kuko akarengane kabaho 😊
Iyi flm inteye emotion 😢😢😢
Christia God bless you 🙏🙏with your golden heart
Mukomeze mwigishe nabandi muri society bareke kunena abantu
Cyakora ndabakunda nkabura icyo mvuga ,you guys murenze uko mbitekereza ,,best films ever ,, Ganza films ,ni Ikosora
Uyu mukobwa ndabona adasazwe
Soleil uri mwiza Naturelement,ibyo bintu washyize mumenyo ntibyari ngombwa kuko biragaragara ko biri no kukubangamira.Ubwiza bwawe Kabisa burihagije singombwa kubuvanga n,ibindi bintu please!!!!We love you 💞
Nukuri turakwinginze ubikuzeko inama utugira, nubwenge ugira ntago bihuye nivyo wagize
Sha nanj vyambihiy kweri vyamugize mubi kandi aricyuki
Biriya byo mu menyo mwibyitiranya nibirungo byubwiza nibyuma bikosora amenyo kuko adateye uko ubyifuza.amenyo atagaranye.ntacyo bitwaye rwose.uzi kubona amenyo nkayikigoli ubu byaracyemutse iyo ufite ayawe
Harivyuma bashira mumenyo kubwo gukingira amenyo atarukugira ngwapendeze so mumwihanganire cane
Waw ndabakunda cyane Chris yakinye meza
Haji Manara bamurebe ukuntu yashatse zaylissa wicyuki😅ngo nyamweru? Kereka agafaranga kadahari iyo nkumi yamwiruka inyuma😅😅😅
Mukinaneza cyane ndabakunda❤😢😮😢😮😮😮😮😮😅😅
Ese ababakobwa mubakurahe ba di! Nomubuzima busanzwex nuku bababasa mwazandemeye
Wow darida urumunyabwenge cyane pee ndagukunda❤❤❤❤
Keep going abajye mbakunda kwiza kbx
Wow that's awesome script!
Abakobwa bafite ikibuno kinini kubasangana ubwenge nigake
😂😂😂😂😂😂
🤣🤣🤣🤣🤣
Erega baba baremerewe sha ariko nivyo kwel
😂😂😂😂😂😂😂😂😂
😂😂😂
Sanyu and christian darda mukomereze Aho kbs
Love from Australia,,ni abantu nkabandi ,ntukazize umuntu uko yaremwe !!!oooohhhh ganza film ni ishuri ryiza. ,, ahubwo tugiye ujya dutangira kwishyura school fees ,,turabemera ,
Please mujye mugerageza mukibe few minutes byadufasha niba byabakundira
Mwambwiye iyindirimbo irimuri firim niyande Koko?? Ndayikunda cyane p
Darda ndagukunda cyane nkunda ukuntu ugira umuco yibaye abakobwa bose bakwigiragaho
Oooooooh mbega flim nziza yigisha .
Ubumuntu umutima nurukundo nibyo bikwiye kuturanga banyarwanda abantu nkaba nabacu nabavandimwe barashoboye imyumvire nkiyi ya sanyu simyiza tuyireke ntawiremye buriwese yisanze kwisi ntawahisemo uko azavuka ameze
Patrick ❤❤❤❤❤ Disability is not inability. Du courage brother
Christian courage n'a Équipe yanyu murakina neza CNE nabavyeyi batanga impanuro nziza
Arabo abyitwayemó nezaaa 👌😍♥️
Burigihe mutugezaho inyigisho nziza kdi zifasha. So muri abahanga pe ndetse cyane !
Good film ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Reka mbahe aka episode sasa rero, niba mufite gahunda yo gukina uyumusore akomeza murukundo, muzashyireho uyu doctor abyaza cg amusanze kwamuganga akamuha service atagendeye ko yamwise nyamweru. Kbs ni sawa
Soreye warakoze gukoresha amenyo pe ubunoneho niwowe wanjye reka ntere agatebe
Ngewe iyi flm nkunda inyigisho baduha
Wow ibyomuvuze nukuri
Love ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤ from Denis-King Angley Official 🇲🇼
Patrick hejuru cyane rwose yurabantu nkabandi
Film nziza cyane. Hari mo isomo.
Mukinnye ibintu byiza, message nziza kubantu twese!
Rwose twese turi abantu .
Good izonyigisho ni nzacyane
Yoooooo mbega😢
❤❤❤❤❤ bimeze neza mukomereze aho
Films zanyu ndazikunda peee,ariko akokantu kanyamweru muri title niko kabi
Je vous encourage beaucoup Robert
Uyu mumama (mama darida) ndamukunda cane. Akina neza gose
Keep it up karabo❤
Kbs courage bimeze neza
Courage❤❤❤❤
Dalda ayomenyo warayononye vrt gusa ukinaneza nda❤❤❤
Nawe wabibonye nkanjye, ubusirimu nyine ntakuntu Atari kubikora kubera abo bakobwa bo muri ganza abenshi barabikoze, nanjye ndamukunda we na christian ariko akantu kamenyo nange sinagakunze
Ndabakunda cyane!!!!!!!!!!❤
Ndabakunda chane❤❤❤❤❤
Ndabakunda
Kanimba nagwa christian na sagesses nyinchi peeee aha urimo umugabo pee
Nawapenda sana♥️❤️
Gud movie
Pp BB iwacumumutara turakwemera
Nagirango mbwire abantu bapfobya abandi ko bagomba kwisubiraho sura si Roho nyamweru n'umuntu nkabandi kandi arashoboye
Mukomerezaho
Muzashyireho system yokwandika amabarwa yibitekerezo kuko comment ntabwo muzisoma zose., hanyuma mugire igihe cyogusoma izo barwa,
Kanimba weeeee ahohantu ntugwamo ra navuka mbonye akakwisi tu
Basore murebereho ushaka wazabikora chr wae nkumushuti wae akamumenaho icyokunywa ukareba kwihangana kwe
Good ndagakunze
Caurage kbx ❤❤❤❤
Murakoze cyanee inyigisho zanyu ningirakamaro
Nampamvu yivangura kuko nabanyamweru nabanu🎉
Mbega umuryango mwiza
Nonese si nyamweru ? Rero ngontanamoko abaho twarangizango abasigajwe inyuma namateka
Uwomusoree arasa neza kabs 👍💪🔥🥃
Soleil ndakwemera too ❤❤❤❤❤❤
Umva ndabakundacn deric ww ndamubuze ncambabarandamukunda birenze
Ndakunze ino muve
🔥🔥
Nari nkunbuye mama kbs munkandire ku ifoto pls
Mbega inkumi yivuyemoo Sha ntago uzamushobora brother ikanzu guturuka chine na itali
Ahisamwiye reka hakirikare
Murakinye neza cane
Nukuri muranshimisha kbx
Uwo mu 66ter womur new species reo arekeraho kujya areba mur camera ,azigukina ark akunda kureba mur camera
❤
❤❤❤❤❤
Ubanza ukunda gusohoka pe ukuntu ubyishimira iyo bavuze gusohoka
Sha sukubeshya uyumkobwa ni mwiza peeeeeee
Sanyo uje guhinduka ute ko nziko warimo neza
Soleil ujye ugabanya logic nyinshi gusaba imbabazi biravuna kandi ubutwari
Ndashimiye Rebert numu fience wa Christian nabavyeyi burya wundi mu fience wa Robert
❤❤❤
Ko mperuka yavuze ko ashaka citron ikonje se wine ije ite?