ISHYA:Mbyaye 10 mbashoboye hari ikibazo?||Impaka ku kuboneza imbyaro||Wowe ubyumva ute?

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 9. 05. 2024

Komentáře • 10

  • @Blessing-xv5ds
    @Blessing-xv5ds Před měsícem +1

    Oya ushoboye kubarera wakwibyarira njye niko mbyumva kumukene numwe arabananire umukire 10akabashobora

  • @Blessing-xv5ds
    @Blessing-xv5ds Před měsícem

    Ese kombona mwabaye ibikara🤔

  • @arianerutagengwa9408
    @arianerutagengwa9408 Před 2 měsíci +1

    Christella, nakunze intervention yawe👍

  • @ManziChrispe
    @ManziChrispe Před 2 měsíci

    ❤❤❤

  • @user-ny6qi8jh8g
    @user-ny6qi8jh8g Před měsícem

    Reka turebe kumubyeyi ubyara uko ubyara benshi ninako gukurikirana byegeranye kwabana kwiganza aha habaho kubyara indahekana,urukundo ruke mubana no kutabasha kurera neza abana bawe
    Umubyeyi ubyara indahekana Aba yiyongerera ibyago byo gusaza imburagihe,nabana bakahagirira deviation santaine
    Umugore wabyaye arabyumva neza
    Tuboneze urubyaro

  • @l2sunshine173
    @l2sunshine173 Před 2 měsíci

    Nta kintu giteye agahinda nko kubona umubyeyi ubuzima bwanze akavuga ngo afite abana 8!!! Kandi iyo ajyira nka 2 ashoboye, ubuzima bwari kuba bwiza. N'umukire abana benshi baramucika. Nta mwanya abaha maze bakarerwa na TV na social media.

    • @Blessing-xv5ds
      @Blessing-xv5ds Před měsícem

      Uwobyananiye iba yiyita umukire kdi atariwe kuko umukire ntibyamucanga

  • @user-cm3nd7um3l
    @user-cm3nd7um3l Před měsícem

    10 se wabashobora? n'umwe ntumushoboye ngo ngw'iki? nurenza babiri nzakibwira cg nawr uzambwire.

  • @NteziryayoPrisca
    @NteziryayoPrisca Před měsícem

    Mwa bantu mwe kunanirana kwabana si impamvu zuko wababyaye ari benshi ahubwo biterwa nuko utaboneye umwanya ngo abereke umurongo ngenderwaho niyo wabyara umwe ntumuhe uburere yananirana.kera ababyeyi babagore baboneraga abana babo umwanya ariko ubu inshingano zabaye nyinshi abana baba ababakozi.

  • @picho8156
    @picho8156 Před 2 měsíci +2

    Gutukana bibi Hari izindi termes wakoresha utise abo bantu injiji kuko si wowe ufite ibitekerezo birenze abantu bagenderaho Hari nubwo waba uvuga ukuri ariko language yawe igahita ikugaragaza nkumuntu w'injiji ahubwo ari wowe ubwose wowe umuntu wize uza kuri kamera ugatukana😂ngo warize koko.ikindi kuba ikirara suko umwana aba atabonye ibyo akeneye byose uzabaze neza abana babakire nibo babaswe nibiyobyabwenge
    Yes kubyara bake nibyo kuko mugani wa ntuza ntuzubaka hôpital yawe,amashuri,.........ariko se wemerako abana benshi babuze uburere kubera ukuntu ababyeyi batababonera umwanya ugasanga umwana nuwumukozi kurera no kubyara biratandukanye