Coach Gaël, first of all warakoze kuma videos yawe ubu hari investment impa cash flow every month ihagije. Icyakabiri, I want to advise you ntuzagume muri Rwandan showbiz/music igihe kinini kuko amashyari yabantu simeza kuko nsigaye nirirwa numva bakuvuga nabi social media. Take care
Gaël , ndagushimiye ku nama utanga, ariko njyewe ndagushaka ngo nanjye ngupropoze business nziza twakorana kandi iri ku rwego rwawe. Ndi Michigan/USA. Merci.
Urakoze Coach Gaël utumbwiye ,ukuri pe tugomba kumenya koko impano ziturimo kugira ngo dutere imbere ,kuko iyo ukoze ibintu bitari mu mpano zawe ushobora guhomba pe ,kumbwu rukundo ufite gwogufata umwanya wawe ukatwigishya Imana ijye iguha umugisha
Uratwijyisha tukannyurwa pp❤❤
Asante sana kaka yangu! Mvanyemo ubumenyi bukomeye! Komeza utugezeho ibintu by,ubwenge nkibi!!! Barikiwa sana
Thank u coach Gael menye iyi channel vuba ndikunguka byinshi cyane God bless this channel❤❤❤
Urakoze cyan coach Gael umfashije kwimenya kbx niyo mpamv kuba ndimo kwisanga mumuryango wabasanamu ntabyicuz nibyagaciro kubagir🙏🙏🙏
Great
Coach Gaël, first of all warakoze kuma videos yawe ubu hari investment impa cash flow every month ihagije. Icyakabiri, I want to advise you ntuzagume muri Rwandan showbiz/music igihe kinini kuko amashyari yabantu simeza kuko nsigaye nirirwa numva bakuvuga nabi social media. Take care
Ngese wandangiye muvandi
Ngese wandangiye muvandi
Ngese wandangiye muvandi
Gaël , ndagushimiye ku nama utanga, ariko njyewe ndagushaka ngo nanjye ngupropoze business nziza twakorana kandi iri ku rwego rwawe. Ndi Michigan/USA.
Merci.
U have explained well types of knowledge, so how can I get the best out of that knowledge of mine in other words how can I invest in my knowledge?
Nukuri ndagushimira gusa sinzi uburyo nakubona ngo nkubwire aho ngeze k'ubwibiganiro byawe
wauuuu urakoze cyane Coach
keep up mhn
Umukire 🙏🏿🙏🏿🐐🚀🐐🔥
Thank you coach
💵✔️
physical intelligence or good genes ?
Thx big man🤝💯
Kbx inama uba utugira ni sawa gusa ndifuza kuza kuba bring man income kuriyi channel yawe
Umva ngewe kuririmba nibintu byange no guhimba indirimbo ariko amakayi mijei ryiza ndabyicaranye Brother. Byose bisaba cash kugirango utangire kubyaza umusaruro ibikirimo .
Ivone Baloi,iyo uvuga gutyo nkumva cyane,gusa nk'uko ufite iyo mpano,hari n'ibindi uzasobanukirwa,Ku mpamvu udatera imbere,nubimenya uzahindura umuvuno kandi bizakunda.
Ibi wagiye kubyigisha uwanyu I burundi ko nabo babikeneye cyane musazae
Cyore Re!
Aha se abyigishiriza ni muri salon y'iwanyu
Ariko magiye mureka ubugoryi
gabanya ishyari 😅 musore
Wowe urwaye mu mutwe bakujyane indera.
Jya wubaha ibikorwa by'abandi nawe uzakore ibyawe mbere yo gusuzugura abandi.
Ibi wagiye kubyigisha uwanyu I burundi ko nabo babikeneye cyane musazae