IBYO NABONYE KUZIMU BITEYE UBWOBA😭IMIRYANGO 37 y'INKIKO ZICIRWAMO ABAKOZE IBYAHA💔IKIYOKA MURUSENGERO
Vložit
- čas přidán 31. 07. 2023
- #Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
Email:beulahministry2012@gmail.com - Hudba
Yesu nashimwe mbabwize ukuri ibiganiro yanyu byaranyubatse kuburyo Hari byishi bahindutse muri njye mubugingo no kumubiri ibiganiro byahano nibyo wumva ukumva mubugingo uri gukura Imana ige ikomeze kubandindira bakozi b'Imana
Ubundi uyu mugabo naramukunze pe cyanee kandi. Imbaraga namavuta rata. Uwiteka nakomeze agutume ariko urasekeje ukuntu wabohoye lmana
Ibyo byaha ndabyanditse ,nsanze ntarenga umutaru.
Imana imbabarire pe
Imana ikubabarire muvandimwe wanjye
Nukuri IMANA ikumve ikubabarire
Muraya mezi ashije imana yaransanze irambwira iti .nanga Agasuzuguro urunuka, 2.Nanga Kubeshya ,3.irambwira iti Nanga ubusambanyi . Imana ishimwe kuko imana yiyongeye kubivugaho
Impamu yamungu ndiriwe sindaye
IMANA, buri gihe yandikwa mu NYUGUTI NINI
imana: ubwo uba wanditse ikigirwamana
Imana: Uwiteka, Imana Rurema
INTAHE IKOMEYE CAAANEE GOOOSEEE!!!! YESU CHRISTO AHEZAGIRE CAANEE GOOSEEE ABAKOZI BIWE HALLELUA HALLELUA HALLELUA HALLELUA HALLELUA HALLELUAAAAAAA URAKOZE GOOOSEEE YESU CHRISTO 👏👏👏👏👏👏👏📢📢📢📢📢📢📢📢📢
Urakoze wamugabo we ,Pamfil wowe Imana ikongerer inkweto nziza nshyashya
YESU ASHIMWE CANE. NASABA KO UYO MUKOZI W'IMANA KO YODUSIGURIRA IKI CAHA YAVUZE CO KWAMBARA INKOFERO
😂😂😂ego pe
Yoooo Imana imbabarire nukuri ntago narenga umutaru ntafite Yesu,Yesu gumana nukuri.
Yezu weee none udufashe guheba ivyovyose ukubi kumutwe nakabera Imana ikonge umwuka
N'ukuri mwanyubatse cane Yesu Kristo abampere umugisha cane!
Ibyo ni bimwe byo gucyaha dayimoni by'akamenyero k'umunwa gusa umutima uli mu bindi.
Uzi gusaba umuntu gusenga na we agasa iteraniro gusengana na we, kuko nt'amavuta by'ukuli yifitiye, bikaba urusaku gusa! Usengera m'umwuka, arayoborwa agakomoza ku byo umwuka amenyesha abali aho.
Ni ibyo kwitonderwa.
Uwiteka Imana Data wa twese Se w'Umwami wacu Yesu Kristo adutabare, aturengere, adushoboje kuzasoza neza kugira ngo tube amaso kandi iduhe imbaraga zinesha ibyaha n'ibigeragezo
Amen!.
Pamphile umukozi w'Imana yibagiwe icyaha cya 7 ,avuga icyaha 6 agahita asimbuka akajya ku icyaha cya 8
Murakoze cyane kandi nkeneye inkunka y'amasengesho Murakoze!.
17 yakivuz kabiri ufata kimw ugishyire aho
Mana nyagasani , Mwami Yesu, Mwuka wera, nsavye imbaraga zo gutera intabwe Imwe.
Ndatsinzwe uwiteka umbabarire kubyo nakoraga ntaziko aricyaha 🙏🙏
Imana imbabarire amagambo yose natutse satani sinarinzi ibyo mvuga
Ntabwo malayika mikayire Ari yesu, ahubwo abamarayika ni imyuka itumwa gukorera Imana/Yesu.
Abaheb 1:7.
Bwana pamphile ntukarogoye umtumirwa werekana ko ibyo avuga ubizi kuko uba nyine wamutumiye.
Kd ubikora kenshi harubwo twagufata nka jorokone.
Mrc
Nunva bikomeye Imana idushoboze kwezwa
Amaraso yawe Ambeko Yesu wanje Nakoze vyishi vyontsinda Imabaz zaw zimbeko muvyo Nakoze Vyose Imp guhinduka Murakoze namwe Bakozi Bayo Amen
Yesu Kristo aragahora kungoma aduharira na ntaryo,ubundi kuja mwijuru sicoroshe🙏🙏🙏 ,muhezagirwe bakozi b'Imana
Uwiteka we ndagusabye umbabarire ibyaha byanjye unyeze untunga nye kuko ndabizi neza ko ndi umunyabyaha imbere yawe unyobore inzira yawe yo gukiranuka umpe kuyoborwa n'Umwuka wera hanyuma kuri wamunsi uzampe iherezo ryiza, ikindi kandi nsabiye abatugejejeho ubu buhanuzi umugisha utagabanyije utangwa n'Imana kando ubongerere imbaraga.
Ibyo byaha byose narabikoze Imana imbabarire nabo nabikoreye bambabarire
Imana
Imbabarirekwikinishaubusamba n
Yikwamburanaguyemubyahabyinshiimanaimbabarirensabyimanaimbabazi 53:37
Imana itwambike Imbaraga kdi Imana idushoboze kwihana neza kuko udukoresha ibyaha ninawe uturega kdi akazana dushinja
Uvuze neza cyaaaaane, sinzi impamvu abantu bagikorera ugamije kubateranya n'Imana
Mwigishije neza ariko abo bashyira Umusaraba mu nzu zabo n Amazi y Umugisha mwibacira imanza kuko bijyanye n ukwemera kwabo. Ntabwo takwemeza ko idini iri niri ko ariryo risenga byukuri . Turitonde tutagwa bavandi!
Yesu weeee imana imbabarire ibyobyaha byose nakoze ntabizi
IMANA imbabarire ndatsizwe pe mwukawera nyoborewe
Ndafashijwe pe. Yesu azobahe iherezo ryiza tuzahurire mwijuru❤
Imana imbabarire kwifuza bimvemo
Ndashaka kubaza icyaha cyi ngofero nikimeze gite utubarize
Icyaha kingofero rero reka ljambo ryimana nararisomye ngo abagore banjye batwikira imitwe yabo abagabo nibakayitwikire
Icyaha cyo kwiganyira no kurya icyacumi umujinya agahinda ko mumutima birantsinze Imana inshoboze mbireke😢😢
Abantu bose bandika (i)mana: bivuga ikigirwamana.
N'ubwo haba mu nteruro hagati utangiza inyuguti nkuru (I) mana.
Cg izina bwite iryo ariryo ryose.
Imana ijye iturinda
Imana inyeze intunganye pe, ndumva ndimo rwose 😭😭😭
Komera nshuti, Yesu umukiza wacu arakicaye ku ntebe y'imbabazi🙏
Uyu uhakana ok Mikayile Atari Yesu we yigishijwe na nde?
Murantabara cane mumbwire uko icaha co kwambara ikofero kimeze. Kuko ikofero ziturinda imyokere y'izuba, mbere no mu gihe c'imvura canke umuyaga. turazambara.
Birababaje gusenga abazimu bagukoba ugaterana nabo Imana itwambike imbaraga
Imana izakurinde abapagani nabafarisayo bomumadini
Kandi nukuri turinginga Imana ikomeze ikwuzuze ibyayo
Uhezagirwe
Yesu atubabarire kuko is igeze kumusozo
Imana imbabarire ibyanjye byose inyezeho ikibi cyose. Murakoze kudukangura
Mpise mbonako urubanza tuzarucirwa nuwadukoresheje ibyaha
Uwiteka ambabarire ibyaha byanjye byose mbashe kumurangamira ntabwandu mfite Mana ungirire impuhwe zibicumuro byanjye nzakubone kumunsi wanyuma
Mana yanjye MBAbarira ibyaha byanjye byose umwuka wera azamburanire ningera murukiko kuko ndumva bitoroshye ngize ubwoba
Yesu ashimwe nukuri Imana nidutabare tumenye uko tugomba kwihana neza nukuri kuko biragoye cyaneee
*UMWUKA WERA=YESU KRISTO.❤🙏*
Pafiri yajyiye arogoya umutumirwa akamutesha umurogo Aho kujyirago akomeze gutaga ubuhamya bwibyo yabonye mwiyerekwa pafiri akazana ibye nkaho nawe yarari gutaga ubuhamya bwibyo yeretswe,
Nukuri diburundi ndasizwe
Aho hokwambara inkofero naho ho kuraba Ama film niho twifuza ko muzotubwire neza tubimenye turasavye
Ahaa😂😂 ibaze agasobanuye ingene kadutwaye?
Murakoze cyeneee ariko muduhe icyindi gice
Imana Itubabarire pe.
Zirakurya pe iyuhagaze , gahunda nuguhunga udapfa.twarumiwe unjyize Amahirwe muka arakwereka ugasohoka wiruka
Icyo kiganiro muzagitegure kumwuka wubwoba muzaba mukoze.
Iyo ubatwa nubwoba biba biterwa nuko nta kwizera nkintwaro yo kuzimya imyambi ya satani (abefeso 6:14).
Iyo nta kwizera nkimpamvubwoba biterwa nuko haba Hari ikitaragenda neza mu bugingo bwawe.
Nta cyaha, nta nubwoba nabucye.
Gusa uhura nibishaka kugutera ubwoba ariko ubinesha vuba kubera Ijambo ry'Imana nyakuri muri wowe.
Amahoro Yesu kristo aha abantu be ntagira akagero kd ntarondoreka, ajya ahumuriza abatayafite kd utayata ntashobora kutamburwa nicya aricyo cyose.
Ndatsinzwe pe imana imbabarire
Imana imbabarrire p harigihe mbyutswa ngo nsenge bikanga nkunva Imana impohoteye😢
Imana ntihohotore abantu
Egooooooo
UTI Imana iguhohoteye?
AHUBWO iragukunda cyane
Imana ishobora byose iturinde
Mana unyeze untunganye, ko numva izo nkiko c, kuzicika bitoroshye 😭😭
Yesu mwami umbabarire unyeze ivyaha vyose
Muhabwe umugisha bakozi b, Imana
Imana ni mbabarire nukuru
Murakoze cyane
Imana ibahe umugisha muranyubatse Cyane 😊
Imana ibahe umugisha mwishi
Yesu abahumugisha
Imana
Imbabarireibyaha
Mbega ukuntu abadayimoni bashinja umuntu
Yesuwee izinkiko ko numva zitoroshye 🙆♂️
God bless you. Mushobora kutubwira icya 7. Nabyanditse uko mwabitugejejeho , habuzemo icya 7. Murakoze
Kurikira neza kuri 17 yayivuz ka biri
Imanimbabarire cane kuko mbona bigoye kuhajabuka
Nugusenga
Nonese pamphile ntiwibuka ubuhamya bwa Semajeri mugihe cyabacengezi bamaze kubarasa ko bavuye mumubiri bagahura kuruzi nabadayimoni utsinzwe agataba muruzi utsinze akambuka
Yooo, Yesu weee erega niharya satani akwosha gukora icaha wamarakukigwamo, birangiye akwihakanye.
Urakoze cyane pe.
Mana umbabarire kuko sinakwitsindishiriza urubanza
😢
Yesumbabarira kuko izonkiko nyishisinozinyuramwo
Imana imbabarire kuko ndumunyabyaha
Inkofero ibujijwe iba imeze gute? Ni zose?
Imana itweze!
Murakoze
Yesu ashimwe!
Ese agatuti ni uruhe rurimi???
❤❤❤❤❤❤❤❤❤😊
Ariko muntu w'Imana wadasiguriye ukuntu kwambara ingofero ari icyaha!?
Muzapange gahunda tubohoze abo satani yahinduye abakozibe Kandi barabakozi bi Imana
Waba umusobantuzi mwiza
Mana uhereye nonaha mpanaguraho gukiranirwa kose
Apu sinzongera kwiganyira,sinzongera kwifuza ibindenze
yesu aguhumugisha mukozi wimana uwushaka azumva uwudashaka areke murakoze
Izina bwite buri gihe ryandikwa ritanginjwe n'inyuguti nini (capital letter?) cyane noneho ko ari ugutangira interuro.
Ukongeraho ko izina wanditse ari izina ry'umwami usumba bose.
"Y"esu aguhe umugisha mukozi w'"I"mana, ushaka azumva udashaka azabireke.
imana: bivuga ikigirwamana
Yesu adutabare, ese kwambara inkofero bimeze gute ?
Umwamimana aturengere tutazarimbuka
Imana imbabarire
Ndafashijwe
Nyamara byarasohoye lmana itabare abera
Uwiteka we untabare rwose.
*Jean Marie, Oya Marayika MIKAYILE ntabwo ariwe YESU.*
*Iyo myizerere ni nkiy’Abadive nibo bavuga ko Mikayile ari Yesu.*
Ahari yibeshye kuko abamarayika ni imyuka ikorera Imana/Yesu.
Abaheb 1:7
Kwambara ingofero byicyaha niyihe ngofero iyo kwirinda izuba niyo kwirinda imvura niyo bararamo ooo niyihe yitwa gute
Indi part plz
Mukomer mumwami.turigufashwaa
Nibyo rwose abafashwe mpiri babohorwa nabakiri kurugamba bo muruhande rwabo. arikose uwishyize mumaboko yumwanzi kubushake ( uwifatanyije nmwanzi) uwo aba akiri uwo kubohorwa nabagenzi be?
Kandi ndabashimiyepe ntacyo umuntu azireguza
👂👂👂👂👂👂👂
Ngo kureba filme?🤔nacyo nicyaha se? Ko numva se ntawuzarokoka?
Imana itwambike imbaraga zokunesha icyaha
Ese mukoziwima ningombwako waturira ibyaha abantu cg niyo wapfukama ugasaba imbabazi lmana irakubabarira? Munsobanurire pe
Haribyaha watura wenyine
Harinibyaha bibangombwako bijya kukarubanda kujyirango
Satani adakomeza kuguterubwibako utababariwe
Nkubusambanyi ubwicanyi ubujura nibindibyinshi..
Ikibazo uyo mumalaika uvuze ko nahawe nza kw'isi.
Umuntu aba ingoro ya mpwemu RYARI ?
Warakiriye YESU NK:UMWAMI N'UMUKIZA, UKIHANA VYUKURI abuzwa niki kwuzuzwa MPWEMU YERA ?
Nihatari turashize
Bisobanuyeko iyumuntu agiye gunjya kuruhuka hamwe watubwiye wabonye baruhukiye bacaho Imana yakweretse?bitandukanye nurubanza cg imanza tuzacibwaho???
Amen ndafashijwe cane ESE hoba hariho number muvuganirah nabantu byihariye?