Menya impamvu igiciro cy'ibirayi gikomeje gutumbagira ku isoko
Vložit
- čas přidán 15. 02. 2023
- Hari abahinzi b'ibirayi bo mu karere ka Rubavu mu murenge wa Busasamana bavuga ko bagabanyije ubuso bahingagaho ibirayi, abandi bahinga ibyo kurya gusa , hari n'ababiretse bihingira ibitunguru n'ibigori.
Babitewe n'iki?
Ese nibyo byatumye igiciro cy'ibirayi kizamuka?
Nukongera mo imbaraga tubone ibirayi byo kurya
Umujyojyo investment group PLC mukomerezaho, mukugaragaza imbogamizi, zihari mubuhinzi n'ubworozi, maze nujya kugura ibiribwa ugasanga byazamutse ntikiyamire, icyambere ni amakuru, abaturage bacu Dukeneye kwihaza mubiribwa kdi turya ibidufitiye umumaro ibiri yacu,
Muzadusurire nabakora, ubuhinzi bwimboga, ubworozi bw'inkoko, n'inka, naho batunganyiriza Amata, Made in Rwanda,kuko Dukeneye kwigira.
Hakwiye kugira igikorwa ku izamuka ry'imbuto y'ibirayi peee!
Umuhinzi najya ataka nyabuneka tujye tubyumva kabiri kuko adufatiye runini.
Turasabwa kongera imbara mubuhinzi kdi leta ikagira ikora kwifata ryibyemezo kubiciro kumasoko bigendeye,kubishoro biba byatanzweho.