Hahahahaa uransekej kabisaa 😂😂😂,akubwira ko yitwa Paul ukamara igih Uzi ko yitwa Paul atari byo.birasekej ariko kandi birababaj ndetse bibaho,sister ufite impano yubwenge God yaguhaye niyo mpamvu ngukunda cane.ndipfuza kukubona one day nkakuramutsa Imana nibikunda tizahura Kandi nzishima.may God bless you and keep you safe.ndagukunda sister wanje🧡
Ndikumwe nawe kbsa 100% ariko gitsina gore cyumva cyaba mumitungo bataruhiye barangiza bagasaba ubutane ntakintu yazanye we so, let's looking on both sides, why the girls like to ask a boyfriend such as question, but you asking about a salary how much of money are you saving?,
Boi sinjyampfakwemera arko ibibibazo biri mature kbsa.
Merci
Ndagukundaa nukur mwubahwe
Urakoze cyane ma chr
Tasha nukuri umaze kumpa impuguro nyishi pe urakara cyane umute
Niyompamvu tukwemera turibenshi kbs uba warebye kure👍
None se udafite conte ibyibushye ntago wa tereta cg ntago wa kubaka
Nice
Mer6 cane
COURAGE NAT.INYIGISHO NZIZA CYANE
Thanks dear
Natasha,murakoze cyane,izi nama nizo, benshi tugendera kumarangamutima,kandi kurundi ruhande umuntu ni umuntu,nibyiza kugira igihe cyo kuganira,ukaba open ukabaza ibyo ushaka kumenya.inama zose utugira njye sinzazipfusha ubusa.uradufasha cyane.merci.
My pleasure ma 😘
@@natashakiza3488 Thank you so much.
urakoze kunamazawe
Natasha ibi bibazo byose birakarishyi biragoye kubona umuntu wujuje conditions zose 100%. Nyeka ko haribyo. Umuntu yakwihaganira kugira ngo uwo mubano ukomeze. Gusa haribyo umuntu atakwihaganira urugero:kubeshya, kugira reaction itari nziza.
Michel Onasaka mubwir umukunzi nyakur numukunzi atarimukur umubon gute ?
Yego tasha wange
Hahahahaa uransekej kabisaa 😂😂😂,akubwira ko yitwa Paul ukamara igih Uzi ko yitwa Paul atari byo.birasekej ariko kandi birababaj ndetse bibaho,sister ufite impano yubwenge God yaguhaye niyo mpamvu ngukunda cane.ndipfuza kukubona one day nkakuramutsa Imana nibikunda tizahura Kandi nzishima.may God bless you and keep you safe.ndagukunda sister wanje🧡
🤗🤗🤗😍😍😍@ndihokubwayo Innocent
Bt nisaw
nta urakora cyane kbs kuri ubhu bushakashatsi kdi biranyubatse
bient entendre.
Urakonze cyane dear 😍😍😍
ndagukunda inama zawe ziramfasha
Ilove you so much
Nishimiye kumva ko bigufasha ma.thanks for sharing that
Mammy mwiza urakoze nukuri nibindi bize love you
My pleasure ma🤗
Ugomba kuba wiyubashye. Kubr ibitekeeezo byawe byiza!
Murakoze cyane
Ntabwo byoroshye
Niba akora muri ZONE51 urumva yakubarira ngo yego nkora muri zone 51?
Inama zawe ziranyubaka kbxa Kdi ibyo uvuga nibyoooooo
Inyigisho zaw ziratwubaka kiza nukur bandanya utwigishya
Ibyo utubwira nukuri pe. Ariko kubimenya biragoye kuko yanakubeshya. Gusa icyo nakongeraho kumenyana nincuti ze nabyo byatuma umumenyaho byinci.
slt,nukuri inama zawe zirubuka gusa biragor kugirango abe ya kubera honnête, biterwa ni myumvire ,cg milieu,
Inama zawe ziradufasha cyane njyewe nkunda ukuntu utuzanira topic ifasha impande zombi courage kbs arko number yawe irakenewe plz
Whatsap group👌
Urakoze cyaneee Domitien.Sincobora kunjya kuruhande rumwe kuko urugo cg relationship igizwe nabantu 2 niyo mpamvu twibanda kuri bombi.Ndimo ndashaka whatspp Shya group soon nzayibagezaho.Thanks for your comment
Ndakunda cyane ibiganiro byawe!! Koko waduhaye iyo groupe Whatsapp
Ako kbxa hari abakobwa iyo batisize udasobanukirwa nimba aribo waruzi kbxa
Natasha beshi ntambo bavugidha ukuri. Harigihe yakubesha....tubimenye ukazabimenya nyuma ....wararagijye nokubyara
Uko Nukuri Alice Kandi birababaza sanaaaa ukicuza Kandi Atari amakosa yawe.Nukushishoza cyaneee 🙏 🙏
Benshi bakubaza ibyakazi akurikiye ayo ahembwa bitari Urukundo
Maze kumva ibi bibazo utubwiye Hano. Nakongeraho yuko umuntu ukubaza ibi byose mbere yo kubibaza abanze arebe niba nawe abifite cyangwa abyujuje kuko nawe harigihe yaba ariwe ubibazwa. Ubundi duce umuco wabaziko bazashingira kubo basanze... Kandi aribyo bisenya umubano akenshi.
Murakoze!
Ndikumwe nawe kbsa 100% ariko gitsina gore cyumva cyaba mumitungo bataruhiye barangiza bagasaba ubutane ntakintu yazanye we
N
Hezagirwa muvyiyi nitwashaka nabi ntituzidonge ngotwabuze impanuro
Urakoze cyaneee
urakoze kunama ukomeza kutugira
Ingo nukuri uwo uzabana nawe murugo rumwe ugomba kumumenya bihajyije.
Mama uvuga ukuri vrm nkatwebw tutarashaka nitwagendera impanuro muduha bizadufasha cane muhezagirwe cane
Murakoze cyaneee Patrick.Ugira amahirwe abona umubwiza ukuri.Nukwitegura neza mukazashaka muzi icyo mugiyemo.Ntakobisa nkokubona ukunyuze Kandi agukunda.Wish you the best
Kumenya neza uwo muzabana ni ingenzi rwose. Aha uvuze ko utahindura umuntu mumaze kubana kandi hari ibyo wabonaga mbere ntubivuge nibyo kbsa. Kuko nawe ashibora kubona ko urukundo rwawe rurimo kugabanuka kuva utarabimubwiye mbere. Ntahakagira uwibeshya rero ngo yahindura undi. Icyo guhindura kigomba gukorwa mbere mukabyumvikanaho. Urakoze cyane!!
Thanks dear
haruwo wobaza ivyo akabinako ukunda ibintu udakunda umuntu
Ndikumwe nawe kbsa 100% ariko gitsina gore cyumva cyaba mumitungo bataruhiye barangiza bagasaba ubutane ntakintu yazanye we so, let's looking on both sides, why the girls like to ask a boyfriend such as question, but you asking about a salary how much of money are you saving?,
Merci de vos conseils je dirais,
Mais j ai besoin de votre whatsapp number for more,
Har ico nashaka ko wangira inama,
À vous Natasha
Natasha izo nama nizo plz wampaye WhatsApp number ndashaka ubufasha bwawe!
Ese iyukunze umuntu
Kwihutiraho kumubwira nibyo byiza?? Or it’s better to go slowly
Better to go slowly.
Natasha Kiza niba ubimupropoje
Akakwangira canga akavugako bitamurimo
Ubwo gukomeza kumuhatiriza nibyo byiza?? Let’s say uramukunda cane
Uwomuntu wamureka??
Urukundo rugomba kuba kugaragarira impande zombi.Niba abikweretse kuntangiriro nibyiza guhita uhagarika guta umwanyawawe.Uwo uzakunda wundi akabikwereka akabikubahira arahari.
I appreciate
Kumpanuro zawe ariko wabituganiriraho muri detail byaba byiza ariko urakoze
( gusa biba bigoy kumureka iyumutima umuguhatira but thanks)
Whatsapp yawe nayibona ?
Cuz I have questions about love
I need your advice
There is stuff that I need to understand about it
Bivuzeko ko rero abakobwa nabo byamaze kugaragarako bagukundira ibyo ufite barangiza bagasaba ubutane ngo mugabane we ntacyo afite yazanye akarushya abaza salaries haaa ahubwo Njyewe Sinshobora kugumana nawe nahita nkuyoka kuri ikiryabarezi ugamije kuza mubintu wowe ntacyo wigirira ugamije ko muzagabana
Wibuke wamugani uvuga NGO aba umwe agatukisha Bose.Nkubwije ukuri abakobwa Bose sukobameza ushishoje neza wasanga Hari abishoboye icyo bakeneye nubakunda bizira uburyarya.
Ndagukuze pee es'ufisumugabo
Ndashaka whatspp yawe Natasha Plz
Lilian Ineza iyiminsi nta whatspp ndigukoresha ariko wanyandikira kuri Facebook cg IG
kizanatcy18@gmail.com
Sawa merci