NA RIB NDAYINENGA MBABAYE|Immaculée avuze amakosa y’ABAPOLISI😳Na Perezida ibi YARABIVUZE.. (Part 2)
Vložit
- čas přidán 6. 01. 2023
- Niba wifuza kuvugana natwe cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe wifuza gusangiza abadukurikira waduhamagara kuri #0739200401 ushobora ndetse no kuduha inyunganizi
#chitamagicTV - Zábava
REBA PART 1 y'ikiganiro Twagiranye na Immaculee: czcams.com/video/qnuygCn_FqQ/video.html
Uyu muvyeyi nkunda ko adaca kuruhande nukuri ,Chita merci bcp
Chita rwose niwongera gutumira uyu mubyeyi uge umuha akanya ko kuvuga iramuturaho ibibazo gusaaaaa bikurikiranye nibyambere atarabirangiza!ariko ikiganiro nikiza thx
Mama Immaculé ntuzi ibintu Police yankoreye mukwezi kwa gatanu 2022: Twari mumurenge was Huye turimo kwibuka nicaye muri Tent nayicayemo kuba mugitondo imodoka iri muri Parking muma saa 16h... Mbona contrevention ya Violetion of road signs, Ubukurikiye njya muri control bandega amakosa njya muri Garage ngarutse nsanga mfite contrevention ya Sans control Technique nta numuntu twahuye nyobera ubyanditse Ari inde noneho mbajije Ako karengane bati uzajye kucyicaro i Kigali, ndeba kurega Rwabugiri kwa Musinga ndekera aho nishyura amande agera mubihunbi 100,000Fr ariko bituma nta muntu ushobora kwiyimvamo Police muburyo buziguye tubabonamo abanzi bacu pe. Immaculé turakwemera.
Iyo sans controlle wasanga iminsi wari wahawe ngo ugarure imodoka wenda yaragufashe.
Icyo gihe bandikira umuntu pe.
Ariko iyo atari uko byagenze urabegera ukabigaragaza bakagufasha.
Ariko Mana weeeee wamubyeyiwe nagukundaga none ngukunze kurushaho pe Imana ikumpere umugisha mwinshi nukuri Imana izamfashe nkubone nukuri pe
Immaculee turagukunda rwose ugira ukuri rwose ark uzajye wibuka n abaganga
Mama immaculle ndamukunda pe ntaruhande abogamiraho🙅🤝💯
Abantu bakora kinyamwuga nemera RDF. Gusa Police iracyafite byinshi byogukosora ndetse na RiB nayo ifite byinshi byogukosora
Much respect Mama ushyira mugaciro ndabigukundira
Ngo kurega musinga kuri rwabugiri hhhhhhh
Lovely talk
We love you so much man Imaculee
Ingabire rwose,my role model ramba kbs
Imaculee,may GOD bless you,police nibyose kumuturajye,twarumiwe ibyo umu police avuze bigomba kuba ihame abaturajye twabaye igishoro
Noneho harijyihe bakwandikira agatara ka plaque kumanywa yihangu ukibaza kumanywa karabonesha iki???
Cyakoza uravuze traffic police idufiteho ububasha burenzurugero uwabikosora kuko dusigaye twibaza NGO Niki wakora kugirango ube wemye mumuhanda w urwanda udafite ubwoba
Uwacu wow apfunzw amezi 8 ngonikubera accident yamara ngira nukwo Arumurundi apfungiy Murwanda nukuri birababaje cane umuntu wopfuma umukura mukazi kawe ariko ukamureka akidegemvya
Ibyuvuga nukuri Maman Immacule ahandi hose iyo umu police akwandikiye wishyurira kurukiko ntabwo byose bikwiriye kurangirira muri police gusa ndetse umu police anakurikiranwa muma penalties atanga kugira ngo harebwe niba atakugize exption kuko iyo icyo cyaha bigaragaye ko ntabantu nka 3 aracyandikira kd amaze igihe muri iyo service bihita bigaragara ko yaguhohoteye.
Police Mumihanda iteye ubwoba pe
Nababyiye ibyo mama immaculée ingabire ni IGITABO cya Rwanda. Murakoze mzazi gutufasiriya . Ariko sabin, tu dois apprendre à te calmer quand mama parle diiiiii. Uri kugira ma zigzags na ma urizo zawe zabukene/ ki petit
Ndamukunda uyu mubyeyi pe. Naho police y'urwanda ibyabo nagahoma munwa
Wamubyeyi we ndumwe mubo wavuze ariko uvugisha ukuri gusa sorry kuri bimwe bitagenda neza munzego zimwe nazimwe kuko abakora ibinyuranye Bose soko baba batumwe nurwo rwego gusa urashoma ukana nenga you wos told true
Immaculate urakoze kbs, bumve rwose bikosore
Ark baba bahagarariye izo nzego
Oya wizanamo ubgenjye mubukwe bgawe nyoko yicaye imbere kuki mwosha abantu mbgira ubukwe bumwe wakoresheje nkuko wabivuze mukiganiro gishize wisaza wamukecuruwe usize usaziye kubgira abantu ibinyoma ndagukunda pee Ariko umugabo atandukanye numugore
Ngabi ndagukundaaaaa
Dufite ikibazo rwose, abapolise bamwe na bamwe rwose bafite ikibazo cyuburere bavuga nabi abayumva ko agufiteho ububasha, WA kwemera icyaha agashaka ngo agumye agutoteze namagambo aho kuguhana
Sabin please don't disturb man!
Erega ntabwo bagufanga gusa ngo banaguce amande, bongeraho kukwaka Permis, ese ubwo umuntu azakoresha iki mukazi mugihe watswe permis??
Mutuvuganire.
Icyakoze uyu mubyeyi. Avuga ukuri
Live longer #@Ingabire.
Sinzi impamvu bakwanga? Nuko uvuga ukuri kwinshi? Ikiganiro kiryoshye cyane.
Hakwiye guhinduka byinshi pe! Guhanirwa kudacana itara ku manywa izuba riva! Abatwara Moto twarumiwe!
Abaporisi abenhsi ningengera ziba zarananiranye zidafite uburere zarakuriye mubukene bubi yabona abaye umuporisi akumva yabayimana ntibubukako kuba umuporisi jewe mbona arico gihano gisumba ibindi bihanope
Mwiriwe neza ndabakunda pe nanjye barampagaritse banyaka ibyangombwa basanga mbifite kumanywa izuba riva barambwira ngo ndere amazi ikirahure biranga banyandikira 10k
Ndagukundawamubyeyiwe.
Uvugisha ukuripe
Uyu mumama ndamwemera pee!!
Aho nkosora naho kunywa kiriya gipimo gifite % zemewe guhanirwa nirwa iyo utazigejeje ntabwo uhanwa, kubijyanye no gufungwa, bashobora no gufunga umuntu wagombaga gukiza abanya gifugu benshi nk’umuganga nundi muntu wese imisi bafunga ikwiriye gutekerezwaho .
Oya itara rya Feri ryo ningenzi cyane nta discussion nange ni police nariguhanira ndetse nihanukiriye.
Oya sibyo. Imodoka ifite contrôle technique ntayandi makosa technique yagombye guhanirwa mu gihe iyo contrôle ikiri valide. Iba yemerewe n' urwego reayitanze kugenda mu muhanda. Andi makosa y' imodoka ni panne zisanzwe zikemurwa n'igaraje hapana ibihano. Ibihano bitesha agaciro contrôle technique.
@@zz6543 nonese woe nyirikiziga wabonye ko itara rya break ridakora ntiwakwibwiriza ukajya kurikoresha kugirango urinde impanuka wateza bagenzi bawe???jye numva nta busobanuro wabona mugihe urimo urwara imodoka udafite itara rya Feri nonese ubwo nuba uri muri amboutiage abinyuma yawe bazabwirwaniki ntatara rya break ribibereka??urumva batazakungonga??
@@johndakar9598 itara, n'izindi pannes électriques erega zishobora kuba au cours de la route. Izo ntizihanirwa zigirwa inama yo gukoresha imodoka
Urukundo ntirureba imyaka ndusaziyemo
Kunda cyanee mm immacule💗
Uku niko kuri
RIB iravangiwe cyane
Suko se mama kugufunga bihuriyehe ninzoga 😢😢😢
Amatara yinyuma ningenzi Mubyeyi kuko iyo ufashe feri uwinyuma yawe biramufasha kuko ataka agirango uracyagenda akaba yakugonga.
Dada ww unajuwa ukwel sema mdaaa tuuuu ndio hujasema tuuuuu
Utwana two mu Rwanda twaragowe mudohore Ijoro baricamo 2 ngo bagiye kwiga sa mbiri nigice sa tatu niho umwana aba aruhutse bihagije Ubundi agataha sakumi nigice
Thx for your contribution Maman Immaculée in community
God bless you 👏👏
GOD'S ON OUR SIDE 🙏🙏🙏
👇
Gushushanya no kuririmba
RIB ifite bamwe bayivangira bazatungemo igitoroshi rwose mbona ntazi
Bro wamfashije ukampuza nawe ko mukunda bya hatari mba numva ni fuza kuganira nawe nka na mugisha Inama wumve ko maze igihe nifuza kuvugana nawe ark byanze kumpira
Ariko se wowe ibyo Ko utabivuga kdi wirirwa mumishyikirano
Kmunota wa 6 ngoninzoga bangwa mbega umukecuru gusa uyu nuburyo arora asanumusinzi jye narinziko yifatira agatabigusa kumbi nakamanyinya arebaho
Bigutwaye iki,nuburwnganzira ,ikibi nukwica amategeko ya Leta
@@agathemukarugwiza9429 nta burenganzira namwatse ntabizi abasinzi mugira urukundo
Hhhhhhhh,ahari urukundo numubano Imana iba ihari😂
@@agathemukarugwiza9429 igo pe
Mumbabarire gusubiza aha ikiganiro nabonye nijoro yavuzeko utandukanye numugabo byaba byiza ubiretse gushaka undi ntone mubaze icyonatekereje kindi uwabyaranye numukobwa ariko batarabanye akaba afite umwana kd uwo babyaranye akaba yarashatse nawe yabireka mutsobanurire murakoze
Nibagusubize niyumvire.
Ariko ntekereza uwabishobora byaba byiza kurushaho wirereye umwana da.
Murakoze icyo kiganiro nagikurikiranye, ikibazo ubajije Babyaranye batarasezeranye nyuma umwe akagenda bose bemerewe gushaka kuko ntabwo bigeze bakora divorce, icyabaye barabyaranye ntibasezeranye imbere y'amategeko. Ikibazo kiba igihe basezeranye imbere y'amategeko
Thenk you
@@kayondesempigaevan7245 gusezerana kwa mbere nimwe hagati yanyu ibyo murusengero no munkiko byajeho kubwicyaha.Adam n'a Eva cg abandi bible yabuze basezeranye nibande? Naho bavuze ubukwe KO nubwo Yesu yatashye nabwo kandi bararyaga haraho bigeze bavuga KO yabasezeranyije cg .yagiye muri réception yabo gusa ubwo yatuburaga amafi? niba l'ETA usinya ariwe unasinyura aba Bose bavuga uko babyumva ntawuzi ukuri kwabyo buri wese Ubu avuga iby'imana uko abitekereza niwumva wowe itandukanye numuntu ugashaka undi waba uhemutse ntuzabikore ni wumva ariyo mahoro uzabikore kuko Imana iba muri wowe kdi niwe mu jyanama wawe kurusha Bano Bose birirwa basakuza ibyo nabo batazi neza guhitamo gusezerana numuntu cg gutandukana nawe ni choix personnelle umuntu atagirwamo inama.ibyamategeko byose byaziyeho icyaha abantu basezerana d'eja bishakira ikizabarengera byanze.
Uyu mubyeyi ibyo avuga ni ukuri rwose
Ariko Mana weeeee wamubyeyiwe nagukundaga none ngukunze kurushaho pe Imana ikumpere umugisha mwinshi nukuri Imana izamfashe nkubone nukuri pe