Kuva ryari Muhammad asomera Quran kumarimbi uretseko muba mwishakira kwirira imiceri yo kukiriyo mukakigira kirekire kugira ngo bishye mugihari ,, ahubwo sheikh Ally zaadakallahu barka wa ilmu,kukuvugira intumwa y'Imana MUHAMMAD Imana imuhe amahoro n'imigisha nta maranga mutima ushyizemo kandi Allah akongerere ibyiza mu bindi akurinde ishyari ni nabi yabanyabihimbano mwidini ya Allah
@@muslim-co1st wowe ko wise pepe ngo numuwahabi uyobeweko ari umusalafi rekana nibihimbano ugaruke kumuronko wi ntumwa Yi mana nabasangirangendo be ariyo manhaj salafiyya...va kugiti ujye kumurongo. Ureke ubu hizbiyyiina
Mbesenjye kugiticyange ntanimpamvu yokwigisha Asekera Abanyabihimbano.
ikibazo mwigisha murakaye nkabahanganye
Igisenyi baruzu hari nkabasheikh bagera muri 6 cg 7 igisenyi kbs bida zoretse
Asalam alaikum warahimaturullah wabarakatuh Abantu bavugango shekhe icyibazo yigisha Arakaye tutabeshye koko bavandi murabona Aricyicyatuma yigisha Aseka bidat zabaye nyishi ibintubibabaje kubyigisha Asekase nibyo bigaragazako yabari kwigishaneza? Natwihere inyigisho Ahubundi ntawuneza rubanda rwose Allah Akomeze atworohereze.
Allah akwishimire muvandimwe
Allah ajye akwishimira sheikh ally pepe kuko ntabwo ukunda gushyiramo amaranga mutima muhintu byibinyoma
Nibintu byarangije kuba umuco iwacu gisenyi kbs gsa mbona ikibazo kiri mubuyobozi cyane cyane kuko nibwo bubahereza inebe kbs
Hari igisaza cy ibikanzu n ibishapo gihorana ishapure muntoki cy igisenyi nigipfa harahantu henshi cyahemutse bazakoresha iduwa kuko nicyo gikora ibyo byose gusa gifitanye imanza myinshi n abantu imbere y uwiteka
Asalam alaikum warahmatullah wabarakat barakallah fikum sheikh Allah anjye akwagura akurinde ibibi byose ahobiva bikagera nkukunda cyane ❤❤❤
Wa alaikum salaam warahmatullah wabarakaatuh
Sheikh Yaba mumigi yose yurwanda ituye abaslam hari hatuye abatabrighi ubusilamu murwanda bwatungana !! Rubavu musanze barikumurongo mwiza kubera tabrigri!! Muhammad iriass ntabwo wagera kubugenge bwe nubumenyi bwe !! Sheikh فلاتزكو أنفسكم هواعلم بمن تقا
Gisenyi abayobozi bose nibyo byabo uhereye kuri imaamu wintara niwe ubihagarariye numwungirije urumva babicikirahe c
Assalaamu alaikumu warahmatullah wa barakaatuh. Ndagukunda kubera Allah
Wa alaikum salaam warahmatullah wabarakaatuh
Hhh ikinyobera kweri urumushehk ariko nuko ukirimurwanda kutavugaga ibi ubunibwo ubonyeko Ko idin ifite ibihinbano mubamushaka viyusi sha twarabamenye
Pepe Ushobora Kuba Umumenye Uyumunsi Kbs!
Wigeze Wigishwa Nawe? Cg Nibyabindi Byanyu Byokuvuga Gusa!
Reka Nkuhe Amakuru Muvandi!
Pepe Ntamunsi Numwe Yigeze Aceceka Mukuvuga Ukuri Kdi Akoresheje Dalili🙏
Ibibintu kubyumvikanaho bizagorana kko ubwabyo bisa nkibidashoboka...
*Harabasaza bakubwira uti ibi nutya twamye tubikora kuburyo uba wumva nta Plan B ihari😅
*Ubu Islam yafashwe bugwate Uyoboye niwe utanga umurongo wuko ibintu bikorwa, byaba ari Qor 'an, cg byaba atariyo, byaba ari Hadith byaba, atarizo.
*Aba Shkh bahari bigiye ahantu hatandukanye biga nibintu bitanduka munsi y'injyenga bitecyerezo itandukanye ...
Rero ibibyose ubyonjyeyeho n'inyungu bwite, haba izifaranga cg ibyubahiro, ntibiteze kuzatuma abantu muri Islam haricyo bahurizaho...
Impaka nkizi zizahoraho cyane muribibihe byanyuma Allah Wenyine ni We Wokutujyirira impuhwe kucyakorwa muburyo Atishimiye abantu tutabizi.
Asalamualayikum warahmatullah wabarakatuh none xxx sheikh ibi byo kujya muri dawa za siku 3 iminsi 40 ese idini ibivugaho iki ?? Yeah mudusobanurire
Wa alaikum salaam warahmatullah wabarakaatuh uze gukurikira mubiganiro twatanze mbere byose birimo
Ariko ugomba kumenya ko abaislam bose atari abawahabi rero murasabwa kubaha imyemerere yabandi kuko nabo wasanga batemeranya nibyo abawahahi mukora
Wowe uri injiji,nta nisoni uri gushyigikira ubeshyera intumwa y'Imana MUHAMMAD Imana imuhe amahoro n'imigisha, tinya imana wanjijiwe
Kuva ryari Muhammad asomera Quran kumarimbi uretseko muba mwishakira kwirira imiceri yo kukiriyo mukakigira kirekire kugira ngo bishye mugihari ,, ahubwo sheikh Ally zaadakallahu barka wa ilmu,kukuvugira intumwa y'Imana MUHAMMAD Imana imuhe amahoro n'imigisha nta maranga mutima ushyizemo kandi Allah akongerere ibyiza mu bindi akurinde ishyari ni nabi yabanyabihimbano mwidini ya Allah
@@nzeyimanaHudeieddy ubu c utanyise injiji ntago ibyo uvuga byakumvikana ko utanzi nanjye ntakuzi koko ubwo c kunyita injiji nicyo gisubizo koko ???
byo kuriya siko bakosora agusubije akoresheje amaranga mutima menshi
@@muslim-co1st wowe ko wise pepe ngo numuwahabi uyobeweko ari umusalafi rekana nibihimbano ugaruke kumuronko wi ntumwa Yi mana nabasangirangendo be ariyo manhaj salafiyya...va kugiti ujye kumurongo. Ureke ubu hizbiyyiina