Sinzababarira Umugabo wanjye burundu kubera ibyo yankoreye : NIBA UGIRA AMARIRA HAFI NTUYIREBE
Vložit
- čas přidán 26. 12. 2021
- Mu kiganiro kirambuye na Angelique yatubwiye uko umugabo babanaga ndetse banabyaranye abana batanu bose yamuhemukiye bikaza kumuviramo guhurwa abagabo bose.
#Angelique_0789885521
Niba hari ciyo wafasha uyu muryango hamagara 0789885521 numero ya Angelique
Wowe umuhamagare arakurangira Aho batuye gusa tujye twirinda guhemuka rwose
Ariko nge nibaza umutima abagabo bamwe bagira bikanyobera pe, iyo myaka yose atareba abana be biteye agahinda, Komera Maman Imana izabarera
Nonese uwo mugabo nyakuberabera yagushatse atakubona! Cyakoze yaranakoze kuko wamukuyeho abana beza rwose. Imana yabaguhaye izanabakuza rwose maze uwo mugabo azakorwe nisoni rwose
Yooo Mana ibuka uyumuryago
Abagabo nabagome peee
Kuvyaza umuntu abana batanu
Ugakamuta kandi afite nubumuga
IMANA ITAKIRANIGWA IBIBUKE😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭
Yewe iyi family ndayizi mumugi uyu mudamu afite Abana bezacyane
Nawe nimwiza ❤
Yoooo mana wee Nukuri hagire icyo twakora kd Imana noyo izadufasha mubikomeye
Ayiga manaaaa😭😭😭disi aba bana narabigishije Josiane na Liliane. Mana tabara uyu muryango💔
Nk'umurezi x wambabariye ukabwire directeur w'ikigo wigishzho mugzkorera ubuvugizi aba bana bagahabwa ubufasha na l'ETA y'uRwanda kd ko n'abandi l'ETA ibabafasha
Nk'umurezi x wambabariye ukabwire directeur w'ikigo wigishzho mugzkorera ubuvugizi aba bana bagahabwa ubufasha na l'ETA y'uRwanda kd ko n'abandi l'ETA ibabafasha
@@batamurizasandrine8143 sinkihigisha nshuti. Nahavuye tutabyumva kimwe n'ubundi
Imana izahana abagabo bata abana nkaba beza gutya
😥😥😥😥 baba haganahe ngo umuntu anabagereho?? This is a heartbreaking kdi Allah Azi byose, 😭😭😭😭
Yaremye umuntu Azi ikizamutunga
Akomana abana beza basa na maman wabo yooooo! Nahumure shn shn Imana yabakujuje muriyo myaka8 bazanakura babone ikibatunga rwose kd babeho neza😭😭😭😭
Komera indushi tuli menchi yehova Imana izakwitaho
Yooooo
Mbega inkuru ibabaje,
Umugabo uta abana bangana gutya Koko akabatana umu mama umeze gutya aba yumva ameze ate koko?!
Bana muhumure muzabaho kandi muzakura neza, Ubuzima bwanyu buzahinduka ubundi mube abo kwifuzwa.
IMANA ntijya ibura ukwigenza nukuri ibasha kuduhishira ndebera disi ukuntu abana basa neza muhumure izabikora
Ariko mama afite abana beza
Nukuri nizeye ko hari Icyo Imana igiye gukorera uyu muryango.
Njya mbona Afrimax TV mwaratumwe n' Imana pe!
Imana ibahe Umugisha.
Gusa Ndababaye kubw' uburyo Papa w' abana yarabataye rwose.
Aribeshya ark bazabaho.
Komera mubyeyi Imana Ikomeze Igufashe n'umuryango wawe.
Uwo mugabo wataye abana azicuza ?
Nukuri abagabo nkabo bakwiye kwikebuka , guta abana nkabo ukagenda abana nagakura azobifuza bizomugora.
Imana nigitangaza Umva Imana yaguhaye abana bishimye kandi icyambere ni ukwiyakira
Gusa araryohewe n, ubwo ari mu bibazo .Kandi Allahu arikumwe n, abihangana nk,uyo mubyeyi kandi Afrimax TV Allahu abanzigamire ku byiza mukorera Abaturage mutitay uko bameze . Na wapenda sana Muhigwa wa Muringa Allahu akulinde
Disi akwiye nkakagare ko kwicaramo shenge!
Manaweeeeeee😭😭😭😭🙏🙏
Yooooo KORAKURINOFOTO YANJYE UNKORERE SUBSCRIBE NDAKWINGINZEPE 😭😭😭😭😭
Hanyuma bifashe iki uyumuryango?
@@nadineuwizeyenana1314 mumbarize
Arko Mana ufite abana neza cyane
Ukuntu ufite abana bezaa😥
Yoooo imana ibaregere
Abana be baranasa disi
Abagabo we!!!
Imana ibatabare disi
Humura ubwami bwa yehova burihafi kuza
Ayiwe mana tabara uyu muryango
ibi nibiki koko!! nyabuneka mufashe uyu muryango ,uyu mwana asubire mu ishuli!! imana izabibuka kbsa
Nyagasani akoroherez
Akwiriye akagare yogenderamwo nukuri kuko araruha cane kandi afise abana beza
Imana irabazi knd nukuri irabazirikana
Abanabeza mamawe ariko uyomungabo afise mumutwe guta abana baganagutyo nacengaho atuge abana nukuri ndarize.
Gufasha nibyo bya 1 mberera ko ubujajwa mutabujamo
Uwiteka abane namwe
Ikibabaje nuko nihaboneka ubufasha umugabo azagaruka
Ariko afise abana beza
Isara tiv
Yooooo KORAKURINOFOTO YANJYE UNKORERE SUBSCRIBE NDAKWINGINZEPE 😭😭😭😭😭
Yewe Ni mwihangane . Kuko papa wabo nawe ntariho yapfuye ahagaze. Abamuzi nawe ntabuzima afiteu