"IBYIZA TUJYE TUBISHIMA HANO RAYON SPORTS IKOZE DEAL IKOMEYE KUZANA UYU MUKINNYI" SAM KARENZI

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 5. 07. 2024
  • Kurikira TV8 RWANDA umenye amakuru agezweho y'imikino
  • Sport

Komentáře • 19

  • @schadrackbyiringiro5393
    @schadrackbyiringiro5393 Před 17 dny +5

    Dufite ikizere ko igihe kizagera hakamenyekana imvano y'urwango n'ubugome, Karenzi na Regis bafitiye Jean Fidèle kuko ibi si itangazamakuru birakabije pe!! Jean Fidèle Aho abera imfura yarabaretse barivovooooooooota aka rya tungo risakuriza mu rupangu nyamara ntacyo rifite guhindura 😂😂😂

    • @johngashaijabugingo1897
      @johngashaijabugingo1897 Před 16 dny +1

      @@schadrackbyiringiro5393 erega nibyo baba bashaka ngo agire icyo abasubiza ubundi babone aho bahera

  • @mucanzigodeogratias3804
    @mucanzigodeogratias3804 Před 17 dny +4

    Regis, uratinyuka ukavuga ngo Kevin ntashoboye!? Mugihe twatakaje abakinnyi 6 bagenderwaho bose, aba coach 3 bagahinduranya byose mumwaka umwe, KEVIN AHAHEKA IKIPE WENYINE TUKABA ABA 2 MURI CHAMPIONAT, 3MURI PEACE CUP., NONE NGO Kevin ntatanga passes??? Icyanyu ni ugusebya gusa gusa pe!

  • @mucanzigodeogratias3804
    @mucanzigodeogratias3804 Před 17 dny +4

    Erega wowe Karenzi washima utashima, ntacyo bitwara aba Rayons, kuko turabizi ko icyawe ari ukutunenga gusa!!

  • @kigugejeanmarie752
    @kigugejeanmarie752 Před 17 dny +2

    Ubundi mushinzwe kwemera cg kwanga nka nde?
    Itangazamakuru ryanyu ryo kunenga RS ntaryo mumaze igihe ntimurambirwa kandi mukiyita abanyamakuru ba hatari!
    Ahubwo ibiganiro byanyu byo kunenga RS gusa nararihinyuye.
    Muri mu bantu bangiza Ibintu kubera kwibasira ikipe imwe izindi ni ukwirirwa mwogeza no kuvuga ibitangaza bidahari no guhanura bishingiye ku bufana naho kunenga umuntu J Fidele ndamwemera yarabihoreye abashyira ku rwego muriho.

  • @mucanzigodeogratias3804
    @mucanzigodeogratias3804 Před 17 dny +3

    Ariko REGIS na Karenzi kuki muri kwibanda kunenga ibyo Rayons yakoze kubera ubuswa mufite mu itangazamakuru ndetse n' urwango rw' umuzi murira Aba Rayons, ariko mukirengagiza ikibazo cya ruswa cyabaye i Dakar? Umwe agurwe 21k$ naho Ntampika FC (APR) igatanga 75k$?

  • @mucanzigodeogratias3804
    @mucanzigodeogratias3804 Před 17 dny +1

    Karenzi rwose, ujye ubeshya gake, ayo makuru kuki murai mwarayavuze kubwa Kadhim Ndiayaye? Urabeshya kuko Omar ararenze!!!

  • @mirembesumayah
    @mirembesumayah Před 16 dny

    sha karenzi urwango wanga Rayon ariko nubundi uzayikomera amashyi tuu kdi nzabikwibutsa haba hano mugihugu haba hanze icyonzicyo uzayakoma kdi uyakome ataruko ubishaka usigare ucuruza Rayon uyivuge kuko igutunze

  • @gakwenzirejeanbaptiste998

    Oooooooo reyo

  • @ntabanarichard
    @ntabanarichard Před 16 dny

    UNENGA IKI SE WAMUSAZI WE NGO NI KALENZI, UMUNTU ANANIRWA IBINTU BYOSE AKAZA GUTUKA RAYON NGO MUKEBA AMUHE UDUFARANGA.

  • @user-mv6ww1wk6s
    @user-mv6ww1wk6s Před 17 dny

    Karenzi njyewe ndakwemera ibintu uvuga biba aribyo

  • @mucanzigodeogratias3804

    Ntimubeshye muvuga izindi mpamvu mutazi, ahubwo abantu bagurira Ntampika FC (APR) barayirya cyane. Bayiryamo injyawuro ( ntakindi)

  • @NahimanaAppolinaire
    @NahimanaAppolinaire Před 17 dny

    Ese ntambika fc ninde Sha wakibwawe

  • @johngashaijabugingo1897

    Karenzi abaye iki ra? Konumva arubwambere atatse murera? Wowe igisha abantu wagumuye kwiyubakira equipe bakandagura akanyenyeri

    • @mirembesumayah
      @mirembesumayah Před 16 dny

      nikimwaro

    • @mirembesumayah
      @mirembesumayah Před 16 dny

      burya harukuntu umuntu agira ikimwaro kivanze nikiniga maze ugatangira gushimagiza umuntu kdi ushira

    • @johngashaijabugingo1897
      @johngashaijabugingo1897 Před 16 dny

      @@mirembesumayah 🫡😂😂😂😂 ngo iyunyweye amazi birashira ariko?

    • @mirembesumayah
      @mirembesumayah Před 16 dny

      @@johngashaijabugingo1897 nawe nanywe amazi nyine