Uko Maman Dieme yajyanywe mu ijuru na Malayika ufite Umuhoro, Yazutse ku isi avuga igiheburayo gusa
Vložit
- čas přidán 11. 03. 2020
- #Numero_ze_0783145479
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha - Zábava
igice cya 3 cy'ubuhamya bwa MAMAN DIEME czcams.com/video/jPp1aYw2Jsk/video.html
Mbega uwihanye ivyaha kumpfiro ntamirimo yaribwakore none we ntazojabukinyaja rupfu
Muzorabe ingene ubu butumwa mwobuhindura mu ndimi nyinshi kugira bushikire isi yose.Amen Alléluia.
Imana yo mwijuru iguhe umugisha ukomeye Kandi izakurinde muminsi yo kubaho kwawe yose uzatabaruke amahoro natwe turize umwami adushoboze mubuzima bwaburimunsi
Imana indengere pe gusa ndatsizwe pe kdi ndifuza kwegerwa n'lmana.
Vraiment ngewe ndafashijwe cyane, nongeye kwisubiramo neza kandi imana ihe umugisha uyu muja w'Imana, Zaburi shya namwe Imana ikomeze ibagure.
Imana yigeze kumbwira NGO bwire abantu ko umuntu abaho none agapfa none kdi ngo nimbwire abantu ngo yesu araje kdi ni ukuri azanwe nibintu 2 1) GUHEMBA no 2) GUHANA!!!! Tubemaso umukwe araje.
Manawee uzaturengere turastizwe
Menyeko ijuru turirimba atari amagambo imana izadushoboze urakoze cyane
Imana yacu ishimwe cyane Kandi idushoboze tuzagere mw'ijuru. Amen
Murakoze cyane maman Dieme Uwiteka Imana ibahe umugisha cyane kuri ubu butumwa ,imbaraga ni amavuta 🔥 💪
Mana we intego nanjye niyo kujya mu ijuru nshoboza mwami wanjye nzagereye yo amahoro
Urakoze mukozi w'Imana .. birateye ubwoba...ni twihane duhindukirire Yesu Kristo
Imana indengere ndatsinzwe imbabarire
Imana idushoboze kandi itugirire imbabazi ,iduhe ninkomezi zokunesha icaha tubashe kurongorwa na mpemu yera.
Imana iguhe umugisha mwinshi
Ndize kd Imana imbabarire kubyo ntatunganije
Nko gukora imirimo
Kd impe imbaraga zo gukora ubu nsobanukiwe
Icyo Imana inshakaho
Impe ubuhamya bwiza
Mubo tubana abaturanyi bange ndetse no mwi torero ryange
Amen🙏🙏🙏
Imana imbabarire ubugungu urakoze cyane 🙏👏
Imana iguhe umugisha Maman yikorere yaraguteguye. Kandi yaguteguriye kuyikorera. ijoro n'amasaha ane yose wari mu ikosi rizagufasha kuyikorera uvuga ibyo Uzi Kandi wabonye Ku mpande Zombi. Ijuru na Gihenomu. Icyo nakuyemo nuko izina rya Yesu rifite imbaraga nyinshi. Kandi niryo ridutsindishiriza. Imana ishimwe cyane yarakoze kudutumaho.
Halleruya halleruya Imana ishimwe nukuri
Imana inyeze kandi imbikire imbabazi zanyuma❤
Imana imbabarire rwose kandi inyejeshe Amaraso Yesu yamenye ku Musaraba.
God bless you 🙏
Amen🙏🙏🙏
Ayo mafaranga ushobora kuyamwereka akayajyana muri beeting ukaburiramo,erega Imana nayo iba ibireba,
Ntakinanira Imana hallelujah .
Urakoze cyane kumutubariza nanjye narinibajije nibarumurundi presir nawe urigikoresho cyImana
cyakora Mana ndakwinginze ngo umbabarire nukuri sanze ndumupagani wuzuye rwose
Nukuri nanje nimbabarire cane kuko nsanze naruwo kurimbuka
Imana igushyire hejuru mubyeyi. Turagushyigikiye nukuri.
God bless u mama🙏🙏
Urakoze cyane kunyigisho nubuhamya bwiza, Imana Iguhe umugisha mwinshi.
Imana iguhe umugisha
Udusengere
Mana uzambikire imbabazi zanyuma
munyamakuru wa zaburi nsha IMANA iguhezagire nacagikogwa wakorera wamuntu yashonje ugahaguruka ukamuvugira IMANA Izabiguhembere ububutumwe YESU KRISTO atwambikimbaraga zogutunganya mpemu WIMANA adushoboze
Nibyo rwose icyacumi ni ngobwa
Kumushahara wae cg. Mubundi buryo lmana yaguhayemo umugisha.
Gufasha abacyene, kugaburira abashonje na byo ni byiza!
Kuko n lmirimo nayo izibukwa
Iby lmana bikorwa ukobiri
Sibikorwa uko Ubuntu abyumva.
Umurimo ukoranye umwete $ gukiranuka niyo izaguherekeza
Amen
Ukuntu ari kuvuga nabyo n'Imana ibishaka mu gusobanurira abantu ko haribyo yatumwe.
Nibyo mwijuru havugwa urulimi rwo mwijuru. Gewe ntabwo nzi urulimi rwo mwijuru uko rwitwa, icyo nibuka cyane nuko naririmbanye nabaririmbyi bo mwijuru mu rulimi rwo mwijuru ntigeze numva narimwe hano kwisi.
Nagerageje mundimi zose naza Dictionary zose hano kwisi ntabwo ndigera mbona urulimi rwo mwijuru uko rwitwa cg nurusa narwo. Za Libraries zose narazizengurutse hano muri amerika ntabwo ndabona uko nabigerernya.
Njye mfite ikibazo,uwaba afite igisubizo yamfasha.Niba abavuga ko bajya ikuzimu,batubwira ko Ikuzimu nta mirimo n'imigambi bibayo,kdi bakongera bakatubwira ibibera ikuzimu, mbese ibyo bishatse kuvuga iki? Mbese baba bivuguruza ko nziko ukuri kutajya kwivuguruza? Ufite igisubizo amfashe gusobanukirwa n'ibyaribyo. Ndagushimiye kandi wowe ugiye kugira icyo umfasha.
Ese ko Yesu yavuze ko Isi Izahindurwa ko nta buye rizasigara rigeretse ku rindi kubaka ama églises Meza Dufite abantu mu matorero cg abaturanyi n abakene badafite amikoro barikuribwa n inzara, Hari n a babuze uko bivuza
Imana iguhe umugisha urakoze cane 🙏🙏❤️❤️❤️
YESU numuhanga cane .nahimbazwe uwo mwami wabami. Arazi abana biwe
Ameeeen
Imana iguhe umugisha , ariko ntago tworohewe kuko gukorera lmana nugukiranuka muri byose
Imana izodushoboze numvabitoroshe
Ubwo butumwa bwagomba kuba mu Congereza no mu Gifaransa bukumva benshi.
And English also
Yesu aguhe imigisha myinshi
Amen nukuri Imana igushyigikire
Imana iguhumugisha nkuyemo ibyanjye
Yesu weeeeee ndakugarukiye🙆🙉🙊
Amen IMANA izaduhe Gukorera iryo Juru
Ooh Yesu udutabare kandi udushoboze ibi byose.
Yesu mbabarira, dutabare twenyene ntidushoboye
jewe narengewe IMANA NIMANA YESU KRISTO agukomeze kandi natwe aduhimbaraga zokunesha iyisi nivyayo vyose
Murakoze kudushiriraho igice2
Very powerful message/testimony. May God energise and strength us to make it to heaven
Shaka number ziwe za WhatsApp Muzoba mukoze
May the Lord Jesus Christ give us power to over come this world 🙌
Yesu kristo niyamamare nukuri
Umwami aguheazagire urashikanye mubyeyi Imana idufashye
Plaisir .Murakoze pe. Imana ibashyigikire pe.
Data tubabariremwizinarya yesu christu.amen
Helelula .Yesu adufashe ntivyoroshe.
Yoo urakoze kutuzanira ikindi gice
Mbashimiye cyane ko mudatinze kuzana part2, Uwiteka abagirire neza nukuri
Amen. God bless you.
Glory be to the Lord Jesus Christ!
Amen muhezagirwe kuduha igice cya 2
Imana irahambayeeee Yesu aguhe imigisha zaburi shya namwe Yesu abahe imigisha.
Imana iguhe umugisha kubwo ubuhamya bwiza mutugejejeho
Namwe zabuli nshya imana yo mwijuru izabahembe kuko mutuma nkibi bitugeraho, kandi rwose imana ibashyigikire
Uyu mumama ntakuntu Imana itamukoresha kuko aciye bugufi mumutima kbs
Amen mama
Imana iturengere, kuko birababaje nibake bazaca kuri barrier, arko Manager dufashe utuyobore munzira yawe.
Mana unyeze untunganye kuko ndi umunyabyaha p
Imana ntabwo nzahinguka imbere yayo nukuri. ..
Mama chalilene
IMANA NISHIRWE HEJURU CANE IRAKOMEYE CAANEE!!
Nukuri lmana udutabare idushoboze
Imana iguhe umugisha.
Imana ishimwe kuko itumenyesheje ibyo ubwami bwayo.
Mubyeyi! izo nyandiko harimo n'urwo Yesu yakwandikiye uracyazifite? cyangwa wazisizeyo?
Imana ibandanye kukuzigama muvyeyi
Uwiteka nyiringabo atubabarire
Amen ubuhamya bukomeye chane
Amen🌟
Murakoze kubwayo makuru y iwacu mwijuru aliko mutubwire ko uwo mubyeyi yatereye umusozi amezi 6 yagarutse mu mubili nyuma y igihe kingana iki ?
Nihatari ivyurugendo rwo mwijuru
Imana yaremye isi ni juru ndetse na bantu nibiyirimo ihabwe icyubahiro
Utanze icyacumi cy umushahara wose, ugomba kwishyura imyenda, dettes, udafite ibyo kurya, ufite abaturanyi badafite ibyo kurya, Yesu ntabwo agira amananiza agezaho
Abakene wabaha mu mugabane wawe.
Icyacumi ni icy,Imana .Nta négociation zihari .Asigara ukayatera imirwi.
Uribuka ko Yesu yavuze ngo abakene muzahorana igihe cyose kubera ya parfum Mariya yamumennyeho Yudas akabinenga. C,EST L,ADORATION
Urivugira yeweeeee!
Utarakubitirwa mu rusengero agirango ni inzu nk'izindi.
Muzamutubairire ,atubwire igihe yari mururyo rugendo ese umubiriwe wari murugo iwe cyangwa warahandi?yagarutse mugihe kinganiki ?konumva yaratinzeyo .ese umuryangowe wamenyako arimurutsu.
Icyacumi n'itegeko ry'Imana ntampamvu n'imwe watanga ivuguruza iryo tegeko. Niba usoma bibiliya usome malaki 3:10 ukomeze.
Uzatanga icyacumi, uzafasha,....byose ni imirimo
Imana idufashe gukiranuka
Iyi si dutuye ndumva igoye.
Ibaze kuba chorale iterwa inkunga n,umuntu utunze iby,ikuzimu.
Ese ubwo abachoristes bakiranuka bigakunda, ayo mafranga ntaba arimo imbaraga zibarwanya??
Burya umuntu ni mugari koko🙆♀️🙆♀️🙆♀️
Tujye dusaba guhishurirwa buri wese.
Ivyo bintu ndumva ar'ukuri, agomba kuba yahenzwe nabacuti be bakajana kurondera imari z'ukuzimu bitewe n'ibibazo ariko akaba yikundira gusenga.
IMANA idushoboze nukuri
❤❤❤❤❤❤❤❤
Mbega inzira ijya mwijuru weee
Hezagirwa
Ko numva abatazahunyura aribenshi ra 🤔🤔🤔🤔🤔 Imana idutabare
Yesu adushoboze pe.
Yamenya amakuru ya wa mwana yafashije ikuzimu niba ari umunyarwanda?
🙏🙏🙏🙏IMANA yacu ihabwe icubahiro
Uwabitanze yazize iki Koko yaratanze itungo amaturo nicyacumi
ndumumama nkorakazi komunzu mubarabu arabia saudia mudusengere nudusubira iburundi nzakorerIMANA uko ntigeze kuyikorera
biragoye abantu twaje guhangayika mu barabu badusabire cane dusubire I burundi dukorerimana twajeyo kukutamenya.batuzirikane mu masengesho
IMANA ninyembabazi burya turikwishure
Nubu wagerageza muvandimwe wakora ako kazi usenga uhamya Yesu mu mitima wawe. Umwami Yesu akomange nawe ukingure azakuyobora uburyo bwo kumukorera. Azakugirira neza. Komera
Nuukur murakoze. Iyintahe irandenze. Nivyomurugo vyose. Nukuri idushoboze
yewee. Utubwiye byinshi pee. Uwiteka adufashe twubahirize ibya ashaka
Uhoraho aguhezagire Muvyeyi,Kandi adushoboze kuzogira iherezo ryiza
Ese Imana yodushoboza kwumva ubwo butumwa!!!!!!
Yesu weee ndafashijw pee
Cyane ubishatse yagushoboza.
Imana ishimwe kandi idushoboze tuze tubone ijuru
Imana idutabare sibyoroshe PE uretse imana yonyine izodufasha naho ubundi nihatari
Murakoze cane ariko turipfuza ko yotubwira ivyurya mwana ,nimba barasubiye kubonana nawe,hamwe kandi nabarya bagore bamutwaye.
Uwiteka ni mana yimbabazi izina ryu witeka rihabwe icyubahiro
Emeeeeeeeeeeen Emeeeeeeeeeeen Emeeeeeeeeeeen
Ndakwifurije kuzorigeramwo
Yamenye gute ko ari igiheburayo yavuganye na Yesu mwijuru?
Ese Idepo yanjye Niya Mathew na Mariko Yuzuyemo ibiryo kweri 😅 Mbega kuzakoresha party meijuru. Njewe nzugura idepo yanjye uzuyu ibiryo kabisa..🤣🤣😂😂😂
Ameeeeeeen!🙏
Mana utubabarire kuko ntitwakiranutse, sinziko haruwatambuka kuri barrier Imana iturengere
Ese Uri umugore ufite uburwayi cg ukora akazi kakunaniza udashoboye guterera ipasi Umugabo ibyo Yesu azabiguhora?
Keretse wanze nkana.
Niba ari uko mwumvikanye nta kibazo
Mana uzomp iherezo ryiza
Nanjye mana uzampe amahirwe yanyuma
Amahirwe yanyuma urayafite nanjye ndayafite ahubwo Imana itwambike imbaraga tuyakoreshe neza