MUBWITONDERE💔KUBONEZA URUBYARO SI ICYAHA😭ABANA BOSE NTIBATANGWA N'IMANA😭NIBA WARAKOZE IBI AMASEZERAN
Vložit
- čas přidán 31. 03. 2024
- #Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
Email:beulahministry2012@gmail.com - Zábava
Uko umuntu yavutse kose ntacyo bitwaye igifite agaciro nicyo Imana yamuremeye uwavutse murubwo buryo muvuga bw'ubunyendaro Yesu yabemereye kuba abana murugo kuko twinjjwe ahera n'amaraso ye suko twavutse kubagabo n'abagore yohana yarabuze ngo abamwemeye Bose bakizera izina rye yabahaye ubushobozi bwo kuba abana b'Imana hashimwe uwatwinjije natwe turi abana murugo
Imana ikunda ibinyendaro mbonako arinayo mpamvu na yesu yemeye nawe kuvuka mubyuryo budasobanutse kugirango nabo bazamwemere nkumwami wabo
Ntabwo Yesu yavutse mu buryo budasobanutse kandi rwose inda zose zitera ntabwo aba ari mu mugambi w’Imana kuko Imana irera!
Abana bavula mu buryo bw’ubusambanyi ( ntabwo n arwanya abamaze kuvuka ariko nanjye ndabyanga cyane ) !
Ariko ntabwo bisigura KO uwo mwana avutse gutyo lmana itamukunda twes lmana iradukunda
Rata Yesu yaje guhesha agaciro abo Isi itari kugahesha aca bugufi cyane kugira ngo tumwigireho. Rero waba ikinyendaro nkuko babivuze waba uwo mu isezerano ntanahamwe Imana idafite abana kandi ntanahamwe Satani atabonamo ibikoresho. Dutumbere Yesu Kristo muri byose niyo ibizi.
Rwose, nibareke guca intege abana mu gakiza ,ibyo twita abana b'isezerano,n'abana b'ibinyendaro harimo ihishurirwa ridasanzwe, Ngaho ,noneho Yefuta yahiguriye Uwiteka ikivumye? Tuvuge ubusambanyi ko ari icyaha,ibindi tubirekere Uwiteka pe.twicire bugufi,ibyo twamenye byiza tubikomeze ,ubundi tuzigire mu ijuru
Umva pamphile ninshuti yawe muranshimishije muvuze Imana ukwiri numva nuzuye umwuka wera nanone mukomerezaho muyivuge kugeza kwiherezo kandi ibahe numugisha ❤❤
Pamphile mukomere,narinyotewe cyane kumenya ukwibibintu biteye nubudyo turi bubyitwaremo,mukomere pe,
Ikibyarwa n'ikinyandaro ntibikajye mu iteraniro ry'Uwiteka, ntihakagire uwo mu rubyaro rwabo ujya mu iteraniro ry'Uwiteka, kugeza ku buzukuruza babo b'ibihe cumi.
(Gutegeka Kwa Kabiri 23:3)
Ariko abarokore bo baranyobeye ,nonese wowe pamphile ibyo binyendaro uvuga buriya Tamari igihe yasamaga inda baranze kumuhungura akigira maraya,sebukww Yuda akamutera inda ,uwo mwana yavutse atakitwa nk' ikinyendaro,ntibanashatse no kumwica ko yasmabanye ikimenyetso bamuhaye kikagaragara? Uyu peresi se,ntago yabaye sekuruza wa Yesu kristo,nubwo nta fact bavuga ko Dawidi yari ikinyendaro! Ese ukeka ni ubu nta bantu Imana igiha amasezerano y' abana 10 ! Kandi bakabaho neza.
Yefuta se we yahiguriye Uwiteka ikivumye koko, musigeho mwe kwiyanduriza ubusa 😂
Nishimiye kukubona mukozi w'Imana nkunda ukuntu uvuga Imana neza
Buriya se Yefuta we yari iki ko yari umwana wa maraya ubwo si ikinyendaro? Ariko niba mwaravutse ku bagore ni abagabo basezeranye nanjye ni uko navutse ,hari abanadi bavuka bitwa ibinyendaro kandi ari ubushake bw' Imana ndetsw bakazanagira ,umumaro ku Uwiteka bakanabona ubugingo ,ikindi kubonzeza urubyaro byashoboka ko utabifata nk' icyaha ariko rwose menya neza ko iyo ubanye ni Imana neza iguha abana yabakubwiye ntago wiyobora igihe kigezw iguha umwana kandi utayandurishije kuboneza kuko habaho ni uburyo kamere ,itorero muyobya ,rimwe rizavajyana mu rubanza
Urushyize kera ruhinyuza intwari pe
Yeweweeee !! Imana ishimwe pe nonjyeye kunguka ubwenge pe! Imana numufatanyabikorwa mwiza pe! Arikose iyo utayibiyemo ugahomba biba byagenze gute?
Eeeh iki kiganiro cyuzuye Imbaraga z'Imana idushoboze ngo ijwi ryayo ritugumeho kugira tudakomeza kwibeshya amasezerano Kandi twaramaze kubivanga vanga maze ikigendera😞natwe tugakomeza kwizera ibitazasohora😢
You are right👍be blessed
Ujye ukomeza udutumirire abantu bafite umwuka w'Imana nkaba
Yooooooo muhabwe umugishaaaaaa ukuri kuzavurweeeee ❤
Ubwo ibinyendaro ni ibya satani?
Imana ibababarire😮😮
Ego baba rero!!!
Ubwo rero ko bavuga ngo abana ni abaziranenge sibyo noneho
Imana ibahe umugishaaaaa mwinshi kandi isubize ahomukuye
Nibwo nakumva ikiganiro cyawe kikanyura jyitumye shakisha muribibiriya
I’ mana idutabare.Amen amen
Murakoze kutuburira
Ikiganiro kirimo inyigisho nzima 👌
Imana ibahe umugisha peeee
Muhabwe umugisha
Icyokiganiro cyiranryoheye cyane
Amen Amen 👍👍
Sha urabesha uko umwana yavutse ivyo lmana yabimuhora kiretse uwavtirutse kubapfumu
Nonese nubuhe buryo bwemewe
Nshuti za Beulah uwashyingiwe ndabasuhuje ariko nabasabaga ngo byibura tujye dukora kuri like twereke pamfhile ko umurimo akora tuwuha agaciro kuko IMANA imukoresha mukugaburira ubugingo bwacu , IMANA yomwijuru ibahe imigisha Amen ❤
Pamfilo Uhoraho amukomeze amwongere amavuta pe!
Iyi subject ko ikomeye pamphil ?
Ni akasamutwe 😂😂😂
Ni akasamutwe ndakurahiye ark mbona ahubwo akenshi biterwa no kuba abantu batazi Imana byuzuye
Njya nsetswa n’iryo jambo ngo akasamutwe ( ndi umuntu ukuze ariko iryo jambo nndyumvise vuba cyane muri commets kandi maze kubibona nka 4 times , rero riransetsa cyane !
@@bravekis9095😂😂😂😂😂😂😂😂😂
I'mana idutabare
Babyita kurinda
Nukurinimukomerezahongaho muradufasha
Abigira intwari zo kubyara nibo baremerera benese babambura, basabiriza cyangwa bahemukira abo bashakanye kubwo kunanirwa kwita kubana barenze ubushobozi bwabo. Benshi tubaziho uburiganya, kubeshya, kwambura n'ibindi byaha biterwa no kunanirwa kwita kubana benshi babyaye ntagahunda. Niba uri umwambuzi nubundi uzarimbuka nutihana ngo ubireke.
Ntimutubeshye niba mwarayobye ntimukayobye abari mubujiji
Mwiriwe nakurikiye ikiganiro ariko Ibyo kuboneza pamfili ntamwanzuro yashyizeho.
Wavuze udatekreje ?ufitibazocyokutamenya kandi uzi kujijutse?pole