Polisi iguye gitumo byabisambo byibisha imihoro | bari bamaze kwiba arenga Miliyoni 10
Vložit
- čas přidán 7. 10. 2020
- Polisi yu Rwanda yerekanye abagabo bakekwaho kwiba kuma station atandukanye amafaranga arenga millioni 10 ndetse n’ibindi bikoresho.
Aba bakekwaho ibyaha bavuga ko bateraga abarinzi nabakozi ba sitasiyo saa saba zijoro bafite inkoni, amabuye nimihoro, abantu bamara kwiruka, abajura bagahita binjira mu nzu bagakuramo amafaranga nibindi bikoresho bagahita bigendera.
#AfrimaxTV #RwandaPolice
Police yurwanda niyubahwe🇷🇼🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Police y’u Rwanda ndayemera pe! Ukuntu bose babafatira icyarimwe nibyo biba bintangaje. Coup de chapeau à RNP 💪
Police umugenzo wayo nukubafata gusa naho ubundi barahita babarekura bajye kwiba n'ahandi! Police ntacyo imaze ni iy'umugenzo gusa
Kubafata bimaze iki niba batabahana , nibashaka babihorere bigendere
Karyaburoko araburiye izina niryo muntu kbx hhhh😀😀😀😀😀
Mubakatire urubakwiye
Gisenyi Mbere havaga talents muri football none hasigaye hava ibisambo 🙆
Nubwo mubarekuye ejo basubirayo
Police yu Rwanda irakora pe,Imana ijye abaha imigisha nukuri, Murakabaho
Mwihangiye imirimo kbs!
Nkubu Ari Kenya bari kubatwika muribazima namicyino
Niiyo mpamvu abanura baho batinya kandi umenye ko ntabukene bafite nko murwanda
@@slhnsng3032 ubucyene burahaba
Ahubwo najyeso zubusambo borora nkomurwanda iyobagufashe bahita bagutwicyira mwipine
Ndahaba ariko ibyo ntabyo ndabona kd mubahibiwe nage ndimo banyibye mbareba kbs
Rwanda nimufashe abaturage banyu bana bariba ku berainzara
Thank u Bact
Babafunge rwose yewe banabakatire
Kuko murahemuka cyanee,
Aba biba bakoresheje intwaro bari hose no muri Kigali Hari Aho abaturage batemerewe kunyura babomora amazu bagakubita abanyerondo bakwiriye kujya barasirwa muri operation yo kubafata kugira ngo nabandi bahabuke
Umva ukuntu asubiramo story wallah 😜😂😂😂😂😂😂😜😜😜
Mujye mugera na Bannyahe basenyeye abaturage nabo mubatunge mikoro.
Ahaho murahurura nka sebeya
Mwabera mutangaje inkuru itari igihuha/icyuka
Bazajye kwiba uganda na kenya barebe mu Rwanda hari amahoro koko
Ariko reta ishireho ibihano bikakaye abajura baraturembeje irikubatwicisha ejo bazabarekura bimukire aho batabazi bivuze iki ibi?
Ati unyuze ahantu akahabona akazi ahita atubwira🤣🤣🤣🤣🤣
Narabivuze ko izi nkeragutabara arizo zitwiba.
Nimba bashaka amafaranga yavuba kuki batajya Ikuzimu haha ko numva ngo abayo menshi.. Ibicucu bibuza abantu amahoro nokwica abandi di..
Kuki badashobora Gukoresha Prepare.. Udafite Debit card cyangwa visa card ntabone essence 🤔🤔🤔
*DORE ICYO ABAGABO BATAJYA BAMENYA KU KUNYARA KW'ABAGORE N'ABAKOBWA*
Ubundi Umugabo unyaza yirinda ko igitsina cye kigwa, (niba utangira kunyaza ugahita urangiza reba ku musozo wiyi nkuru ubufasha)
Ikindi ugomba kumenya neza igihe umugore wawe arangiriza kuko bifasha kumenya nawe ukuntu uri bugenzure umuvuduko wawe ndetse ukaza no kumenya niba agiye kurangiza mbere y’umugore bityo ukaba washaka uburyo uba ukuyemo igitsina cyawe gahoro gahoro ugasa n’ukorera inyuma mu rwego rwo kwirinda ko wahita urangiza vuba.
Mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina hajya habaho kunyara,(Niba uri umugore bikaba bitakubaho hari inama bisobanuye ko ufite ikibazo)
Kunyara biba ku ruhande rw’umugore cyangwa umukobwa igihe asohora amavangingo ashyushye aturutse mu myanya myibarukiro ye bitewe n’uburyohe budasanzwe aba atewe n’uwo bakorana imibonano mpuzabitsina.
Ibi umugabo akaba abigiramo uruhare rukomeye ndetse abagabo bakaba bagomba kumenya neza uburyo bakwitwara muri iki gikorwa n’icyo bakora kugirango abagore babo bazane aya mavangingo.
Ese waba uri umudamu ariko ukaba nta bubobere ugira mu gihe cy'imibonano?
Ese waba uri umugabo ukaba urangiza vuba muri iki gikorwa?
Ibi bibazo ahanini usanga biterwa nibyo twabayemo, harimo nk'ingaruka zo kwikinisha, kugira imisemburo idahagije mu mubiri, uburwayi butandukanye bufata imyanya myibarukiro, umubyibuho ukabije n'ibindi bitandukanye.
Ariko hari amahirwe ku mpande zombi ku bashaka kugirwa inama, baba abagabo bagira ibibazo byo kurangiza vuba no gucika intege batera akabariro ndetse n'abadamu bagira ibibazo bitandukanye birimo kubura ubushake n'amavangingo, kubura urubyaro 'ibindi kuko hari umuganga ukugira inama zicyo wakora kandi niba hari n'uburwayi ufite akagufasha kubukuvura.
Dufasha abarwaye:
- igifu
- umugongo
- umwijima
- impyiko
- imitsi
- ubugumba n'uburemba
- amibe
- terekomonasi
- indwara z'uruhu
- umuvuduko w'amaraso
Wifuza kumuvugisha wahamagara kuri:
+250784855220
Hari imiti y'umwimerere akoresha itunganyije mu bimera kandi bikaba nta ngaruka bigira ku buzima.
Byemewe n'ikigo cy'ubuziranenge ISO ndetse na FDA.
Wabagana aho bakorera Nyarugenge kigali.
Mugire ingo nziza zizira umwiryane.
Wabafunge kweli awo niwaharibifu sana😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭
Nyunvira pe harimo ni inkeragutabara kandi ngo dutanga amafaranga yo kuzihemba
Ni danger kabisa sola.
Hahhhh
Ndabemera cyane kabisa ntamabeshyo mugira yo gushyiraho ama thumbnail atabaho
Courtage kuri police yacu
Mana
Leta nigire ukwigenza abantu bayo
Ark ubundi Leta yasubijeho igihano cyo kurasa abaginga nkaba umuntu aririrwa avunika ngo yiteze imbere izibwa nazo zikarera amaboko ngo zitegereje kwambura abantu njyewe uwabampa nabashyira kugasozi nkarasibwa.
Nigiriye ubwoba😖😖
Kwiba nubugoryi budahwitse umunsi yumujura ni 40 nibabakanire ikibakwiye
Nibashake babafuge Burundu mwa bigoryimwe nimwebwe usaga mwishe nabanu 😕
Mbega mbega, nibo banyibye pe
ubushomeri nibwo bibitera.kubura akazi birababaje.ahubwo mwitegure ibindi birenze
Nanjye barankomerekeje abobahamba bamvunye ukuboko babakanire urubakwiye kdi njye hari sambiri yumugoroba
Musabiri rwose ndamuzi
Mubarase
Abakaritasi ubu bagiye kujya Gereza barye impungure batanavunukiye Mwabahaye visa bakajya Uganda bakabakira urwabajura system yipine kweliiii
mujye muba abanyempuhwe nkuko so wo mu ijuru ari umunyampuhwe.
@@spot9044 sigaho nawe urabona bariya arabo kujyirira imihwe kweli
@@juliannewambui3059 buriya kuva bemera icyaha, ntacyibazo babahane ariko ibyo kubifuriza ngo babatwike ntabwo aribyo cyane ko nabo babyivugiye ko ntawe bigeze bakomeretsa cg ngo bice
Hahhhhhhhh,abaye umustar ,mbega micoro zimuhundagajehowe! Ukuntu arabasore beza gusa
iyo bafashwe babeshyera abandi
Hhhh ngo muri operation
Polisi yacu irashobeye rwose
Nkibi bijye byicwa kuko birya ibyo bitaruhiye bigasiga byishe nabantu nabyo bijye bibabazwa
Ibisambo biracaba murwanda koko?
Uburoko buzabika ibisambo nkibi burakenewe pe.urumvako baturuka ahantu hamwe kweri .police ikaze ingamba birakomeye ariko imyanzuro kdi amategeko akavugururwa cyane kubijyanye nubujura
Murumvako ahari bussnes hose hakenewe ufite imbunda umwe kabisa.aba Securite harimo abasilikare batashye, babahe imbunda. Ibyo bisambo birakabije
Bansanze munzu banyiba terevizio banankubita amabuye mubahane mwihanukiriye
Urigicucu uti imana ibirebe
Erega arabisubiramo ntanubwoba ark narumiwe
Baratujengereje
Ariko bagiye babarasa koko.
Nimubahe imbabaze nukuri, cyane cyane abo banyerondo nabajura Cyn peeee.
Icecekere
Ukuntu ari abasore bingufu mwabuze icyomukora?
Akazi karabuze, uko biri kwose suko ubujura babukunze. Nubwo ari igikorwa kitari cyiza
Muduukuriremo agapfukamunwa tubabone neza
nya muri gereza wagicucuwe
Iyi ninzara ituma abantu bagoka,ubuse 35000 mwayagabanye gute koko
Aba inda yabo irangaye nki imva ntiyuzura basahuye 1994 barya inka ntibahaga bazahazwa ni imvungure muli gereza. Basa ninzige.ukennye wese niyiba isi izahinduka ibisambo
@@mubangakoko hhhhh
Bihangiye umulimo bashinze. Ntugakire wenyinecom
Ngizo ingaruka z' ubushomeri
Nibaba kubite neza neza kuberako murikubesha mwabijuramwe ziba mwabitwamwe
Kucyi mutababaza rogement bareyemo miyake? Niyande??
Imyaka babatira nimikeya ahubwo baribakwiriye ninkoni nyici
Aba mubafunge kabisa, bakatirwe
Ivyo biva kukworohereza ibisuma kbsa. Kubafunga gusa ntibihagije iyoba babaca nkukuboko basi
Ingaruka zubushomeri
Nta ngaruka ziraho ni ubugome gusa
@@hitayezuanselme9112 ningeso,ubuse ziriyambaraga ntakindi zakora ngobatere imbere!!
Ibi byose ningaruka zokutumvikana kwibihugu kuko aho bahahiraga haravunze
Niba ushaka CZcams channel ya business cg ushaka kuzamura iyo ufite hamagara n whatsapp kuri 0786128106
Babakanire urubakwiye
Njyewe rwose hashyirweho system yo gukoresha card mukugura essance .ibyo kwakira amafaranga biveho
Iyo mipanga niyo gukora iki nyakubahwa muyobozi wa police? Mwahannye izo nkozi z'ibibi koko.
Wibuke ko nkabano iyo barashwe biruka cg bashaka kurwana hari bamwe birirwa basakuza gusa ngo uburenganzira bwa muntu! Barase izi mbwa
Barabeshyera shitani kdi ntambabazi bakwiye kuko aba mugihe kiri imbere ndabona bazakora ibirenze ibi.nibafungwe burundu ibyamezi atandatu rwose wapi.amategeko asubirwemo
Wamugani wawe shetani nawe yaragoye
Ubundi ibisambo bibaye byiza bakagiye babirasa kbs kuko baba bafite ubugome bukabije uzukuntu muminsi yashize byaje muri hood bigatera umwana ibyuma yapfiriye mumaboko mujyanye kwa muganga rero ntagisambo nyigirira impuhwe pe
😳😳😳😳😳😳😳🤔🤔🤔🤔🤔😭😭😭😔😔😔
izimbwa zikubitwe ....bareke guta umwanya
Cyereka bashyizeho itejyeko ryokujya babarasa yenda ubujura bwacika murwanda
@@juliannewambui3059 cyane rwose
Hhhh
Ikibazo urubyiruko rwubu nabanebwe bashaka gukira batavunitse unababwiy ngubarangire akazi komurugo cg guhingira umuntu cg kumusera umuntu ntabyo bakora rero ubwo reta ijye ibahana yihanukiriy
Abantu barashonje!urubyiruko nta mirimo none murumva byagenda gute??! C normal🤷🏻♀️
Nonese wumva byarangirira mukwiba
Sukose
@@karangwaelysee2727 imitsi yibisambo 40
Guzu amakuru muvandi
Kobadafata abajura bica abantu Mugatsata bambura abantu aterefone nibikapu
Namatakira goye
Urubyiruko!!!! Ninzara
a
Kdi ntibigombera kuba uhari nubwo waba uri kure tuguhuriza computer cg phone yawe ukabona uko byifashe kuri business yawe cg murugo cameras zizewe turaziguha 0788952934
Baratuyogoje
Dore nguyuwobita ruferedi yarumuna mba biramunanira kantiwabo ntakintu babuze namba ningeso yage nte yemo kabisa polic Niko meze ikorakazi kayo murakozecyane
Dore nguyuwobita ruferedi yarumuna mba biramunanira kantiwabo ntakintu babuze namba ningeso yage nte yemo kabisa polic Niko meze ikorakazi kayo murakozecyane
U Rwanda rufite ibibazo pee
Njyewe ndabona barabajenjekera rwose aba ubu bamariye iki igihugu kweri.kubabyaza umusaruro se bisaba iki reba iboko bafite reba ibitugu .leta ikwiye kubabyaza umusaruro pe.kuko dufite ahantu hakwiye Jardin bamukera rugendo bakajya baza kuhasuba bakinjiza amafaranga .abagomba gutegura izo Jardin ninkaba kbs
Kenya bo ntibakina nibisambo barabatwika
Mubahashye
Hahaaaaaa
Abasore beza nkaba koko kuki badakuramaboko mumufuka ngobakore mbegisebo birababaje rwose
Izombwabazifunge
X
Il o
Hahaa
Sha muri abacinyape bajye babica namwe
Umva abobatipe banakwica jyewe baranyibye bankubita ibuye jyanokwivuza nibababeshye ngonibica
Babakanire urubakwiye
Wibarenganya ubushomeri bwatuma umuntu yiba nukuri ubukene butuma ukora nibyakunjyana mucyaha
Nukuri ubuzima bumeze nabi 😭😭
Ukuntu ari abasore bato basha
Biba kubera ubushomeri bwinshi kdi ninzara