Velikost videa: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Zobrazit ovladače přehrávání
Automatické přehrávání
Přehrát
Abanu mukunda darida mume like
Umukobwa ugifite umuco nkuwa soleye ashyire ukuboko hejuru ndamutwara kbsa
czcams.com/video/GXAmGUAXw4A/video.html&si=QI2zmS0-OVwhdir6
🙋
Ndayamam23:41
@@MUTUYIMANARebecca urawufite? Mbwiza ukuri
@@user-rw4zu8fe3z bimeze bite uri tayari
Ariko nario arateretawe muziko lore zose akina atereta gusa ganza film ndabakunda ❤❤❤❤
Sole ndishimye kuba uhavuye ntakibaye Sha uhagaze kwijamo Good 🙏🙏🙏
Iyi film ndayikunze bya hatari
Alpha Soleil kanimba ntimukabure muri frime mwembi kuo mukina neza peeeee kumutima burundu ❤❤❤❤❤
GANZA FILM REKA MBAMBWIRE NI UKURI NIMWE MBONA MUYOBOYE MURI FILM NZAKOMEZA MBIVUGI NJYEWE NKUNDA UMWIHARIKO WANYU MUGIRA KANDI MUDUHA IBINTU BYINGIRAKAMARO ,, MBEGA WEEE MUHORA UDUSHYA
King of product 😂😂😂😂❤❤❤
Waouh my movie ❤ mbakunda cyaneeee
Darida akina neza cyane na maman Darida rwose inama zawe mu bana ni idashyikirwa. Mukomereze aho kwigisha ingo z'iki gihe.
Nanjye nkunda soleye na kanimba !!!
Trust and obedience should be the main pillar in family
am so happy and i was to see ganza flms. I love u gys❤❤
Soleye Sha mbona Uzi ubwenge wagirango umaze imyaka icumi ushatse😂😂😂 ❤❤❤❤
Mbanahajyeze mubambere ndabakunda cyane ntababeshye icyatumye nkunda iyi frimey nisoreye na kanimba mbakunda birenze ukwemera
Ganza films the best movie ever, guyz ndabakunda cyane especially Soleil and alpha(king of product)😂❤
❤❤❤❤😂😂😂🎉🎉🎉
King of product jtm troo❤ hahahaha hose ukina ndajayo❤😂😂😂😂
Ndabakunda cyaneeee pe mwazampaye amahirwe komfite impano yogukina film
Cyakoze ndikumva ntangiye kongera kujya murukundo na films zinyarwanda kubera mwe narinarazivuyeho
Feel like falling in love again bcs of kanimba na soleye🥰❤️❤️❤️
Love❤ from mr dossi official 🇧🇮
Mama Tessy, you're a good actor
Uyu Mudamu afite impanuro Niwumva ibyo akubwiye❤❤❤❤
Wawuuuuu,kubamwazanyemo alpha mwakoze cyane muramfatishije pe ,kuko nkunda alpha cyaneee
Ndabakunda my dear friend ❤
Darida amaze gukura ashake pe!gusa ndamukunda❤
Haruwa bigucyurira, umwaka wose. NB: ndabakunda cyn❤❤❤❤❤
Kuriya kwinjira mu cyumba ubwabyo ni ikosa. Ubwo se iyo agufata ku ngufu? Ubwo se iyo aza kuba yapanze Camera Cache' akazagutamo? N' umugabo wawe yaguhamagaye kenshi ntiwamwitaba. Ubwo yabifashe ate?
Woe urabyumva nkanjye rwose
Ark mbega umuhungu aranapfukamye kubwigihango pe
Nimwe ubundi bambere ku mutima ❤❤
Number 1 I do ❤ these guys
Munyihanganire maze igihe nabakurikirana gusa icyambere nuko mbakunda gusa mbakunda mubukene bwange ndabakunda ndabakunda cyane
Ndabakunda cyane najye nashaka Gina firime aluf ndamwemera cyanepe
Ntukamubwire bariya ba ex ninkazamayibobo😂😂 murabantu beza kabisa
Hamza films ❤❤❤❤
Ndabakunda cyaneeeee!!!! Ndi irusizi gukina flm ndabikunda cyaneeeeeee!!!! Kdi mfite impano muzamfashepe!!!!!!!
Ninkunda this movie
Nisawa cyane kbs muri abarimu beza bo kubaka urugo mukomereze aho
Yooo nukuri murakoze peee ntagonarinzi iyi movie ark ninziza peee irimo inama zubaka ❤
Wauuu aba kobwa mwese imitima yacu si simcard
Ibibintu murikudukora sibyo nkaba kunzi banyu twajyaga tuyi danirodinga tukayire twitonze nonex koko mudukoziki koko
True love never fail though there is time a man run for the shines rather than looking back for the crucial history
Ase Sole wakwitabye umugabo wawe koko😭😭😭😭
Please ganza mwazampaye role nange nkabakinira
Hello Ganza film nukuri nifuza gukina film basi mwazangerageje koko ndabakunda cyaneee
Christian and Darda, I ❤ them when Christian is Darda's partner.
Yess
Ndabakunda cyanee ❤❤❤❤
Usibyeko Ari film ntamuntu nario yatereta ngo amucike uyumu tipe azigupfusha narumiwe
Mwakuyeho download option ngiye gukora unsubscribe kabisa
Kuki babikoze koko???
Yego sha ibyo nisawa kbs
Gukosa ,bibaho , mubuzima, kd ,umuntu, ukunda ,abagomba, nokubabarira ,kk harigihe, ugwamwikosa ,utariteguye cg ,weho, wumvagako, nabirenze , nyamara, mubuzima, buriwese,agira, ukoyakira ,ibintu.
Arikose komfite icyindi fixe cya 48 byasohotse ati 2
Christia reka kurakara kuko ugize amahirwe akubwije ukuri kwaho yari yagiye ❤❤none urisajije,urimo kumusunikira kubikora rero mubabarire bibaho nawe ntazongera
Ndabikunze cyane kuba mwazanye alpha
Ndabemera cyane, much love from Uganda.
Ubu Ex buraryoha gusumba kwita mu rukundo 🙈🙈. Nciye numva nkumbuye umu Ex wanjye naho twavanye atampaye🙄😏
Ndagagaye usanga yagiy ataguhaye koko? Uri sur ntiwarikumukumbur koko
Ubundi solei niwe Wange kumutima💋💋💋
Woe turikumwe burundu mukunda urwindani kweri
Nimwandike mongo ntakure urebe akaririmbo gatwik😅🎉🎉🎉
Kabasa soley urintwari kbx nang muzamfash mfite impano yogukina frime
Niba, urimurugo cg ,usohotse , igihe,uvira mukazi. Kumurongo , kuvugisha, ukuri nibyiza, ark ,kukuvuga kose ahhh
Barutwitsi tuzi nimwe kunior avuga cyakoze ndabakunda cyane ❤❤
Turabakunda cyane❤
Darda ndagkund cane uzgkin noguhanura❤❤❤❤❤ Christian naw muraberany cn ndabkund mwese
Mujye mukoresha ka Kananga kambere Niko Keza twari tumaze kukamenyera.Turabakunda😍
Ndabakunda murandenze❤🇧🇮🇷🇼
Uyumutipe nibandi hhhhh, azigukina
Ukuntu amubajije ngo usigaje ibyumweru bingana Iki, akagasubiza ngo Yego! Imbogo kabisa
woow darida MUrakoze
Ndumva nshaka kujya murukundo kbx
Darida ❤
Members bose ba ganza film ndabakunda cyane nkunda uko mwita kuba fanny banyu mukanabibereka pe❤❤❤❤❤❤
Imbere kyane dariah, nkunda ukuntu ukina neza utugira inama
Thanks l love you❤❤❤❤❤❤
Wawooo ndabakunze abadamu mwwese madamucristia nababere urugero❤❤
I love watching Ganza films. You guys you rock big tym!
soleilleeee wee niceee
AlphaEwanNakwemer
Isomo kabisa ryumuste😂😂😂😂😂
Ganza film turabakuna cyn❤
Alpha wacu🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Soleil ndagukunda cyaneee❤
Ndabakunda cyae ❤❤
Mama Darida urakoze kutwereka urugero rwiza rwokurera Abana nokubahugura.
Soleye hejuruuuu cyneeeNdamukunda cyn❤❤❤❤❤
Muraho neza nitwa Dusengimana Sam hano nyagatare tabagwe Gishuro gusa mbakurikiye ndi Kampala Uganda ndabakunda cyane
Episodi yiyongiye 49 niyo dushaka nuko nabonye zinjyiye zitandukanye episode yiyi 49 murakoze
Kwifatanya ,namwe bisabiki? Talent zo turinazo.
Yewe umugore wanjye ngo kujya gusura exwe sicyaha?? Nicyaha cyane kuko naho bihera. Niba baratandukanye nkamugira uwanjye nigute yatangira kuba akimufitiye feelings koko?? Oya wapi pe. Mine & mine alone!
Ok,tanks very much!
Mana abobanyakwigendera ngo ni aba ex barancumuza pe
Solee nkundukuntu ukinda bikurimo mumaraso pee❤❤
Ndagukunda cyane ❤
Uyu mu mama asa na soleil
Alpha you are king of product
Soleil ajadutuburira muri films zose kuko abagore bintwari nkuku akina films, mbiherutse kera nkisoma amateka arimubitabo😮
Iyo nyigisho ni nziza cane. Umukobwa wawe yavyifashemwo neza cane igihe Yari kuramutsa son exe , kuko atagiye mumutego ngo yemera KO baryamana.❤
Daridari 💋💋 ururungero rwizapee kd love you ♥️
Courage kbx
Dalida Nyagasani mwemera kubiii
Ndabakunda
Nukurip ,ibyomukina, abaribyo ,abagabo benshi baba bashakako, utanga ,raporo yaburikimwe .
Abanu mukunda darida mume like
Umukobwa ugifite umuco nkuwa soleye ashyire ukuboko hejuru ndamutwara kbsa
czcams.com/video/GXAmGUAXw4A/video.html&si=QI2zmS0-OVwhdir6
🙋
Ndayamam
23:41
@@MUTUYIMANARebecca urawufite? Mbwiza ukuri
@@user-rw4zu8fe3z bimeze bite uri tayari
Ariko nario arateretawe muziko lore zose akina atereta gusa ganza film ndabakunda ❤❤❤❤
Sole ndishimye kuba uhavuye ntakibaye Sha uhagaze kwijamo Good 🙏🙏🙏
Iyi film ndayikunze bya hatari
Alpha Soleil kanimba ntimukabure muri frime mwembi kuo mukina neza peeeee kumutima burundu ❤❤❤❤❤
GANZA FILM REKA MBAMBWIRE NI UKURI NIMWE MBONA MUYOBOYE MURI FILM NZAKOMEZA MBIVUGI NJYEWE NKUNDA UMWIHARIKO WANYU MUGIRA KANDI MUDUHA IBINTU BYINGIRAKAMARO ,, MBEGA WEEE MUHORA UDUSHYA
czcams.com/video/GXAmGUAXw4A/video.html&si=QI2zmS0-OVwhdir6
King of product 😂😂😂😂❤❤❤
Waouh my movie ❤ mbakunda cyaneeee
Darida akina neza cyane na maman Darida rwose inama zawe mu bana ni idashyikirwa. Mukomereze aho kwigisha ingo z'iki gihe.
Nanjye nkunda soleye na kanimba !!!
Trust and obedience should be the main pillar in family
am so happy and i was to see ganza flms. I love u gys❤❤
Soleye Sha mbona Uzi ubwenge wagirango umaze imyaka icumi ushatse😂😂😂 ❤❤❤❤
Mbanahajyeze mubambere ndabakunda cyane ntababeshye icyatumye nkunda iyi frimey nisoreye na kanimba mbakunda birenze ukwemera
Ganza films the best movie ever, guyz ndabakunda cyane especially Soleil and alpha(king of product)😂❤
❤❤❤❤😂😂😂🎉🎉🎉
czcams.com/video/GXAmGUAXw4A/video.html&si=QI2zmS0-OVwhdir6
King of product jtm troo❤ hahahaha hose ukina ndajayo❤😂😂😂😂
Ndabakunda cyaneeee pe mwazampaye amahirwe komfite impano yogukina film
Cyakoze ndikumva ntangiye kongera kujya murukundo na films zinyarwanda kubera mwe narinarazivuyeho
czcams.com/video/GXAmGUAXw4A/video.html&si=QI2zmS0-OVwhdir6
Feel like falling in love again bcs of kanimba na soleye🥰❤️❤️❤️
Love❤ from mr dossi official 🇧🇮
Mama Tessy, you're a good actor
Uyu Mudamu afite impanuro
Niwumva ibyo akubwiye❤❤❤❤
Wawuuuuu,kubamwazanyemo alpha mwakoze cyane muramfatishije pe ,kuko nkunda alpha cyaneee
Ndabakunda my dear friend ❤
Darida amaze gukura ashake pe!gusa ndamukunda❤
Haruwa bigucyurira, umwaka wose. NB: ndabakunda cyn❤❤❤❤❤
Kuriya kwinjira mu cyumba ubwabyo ni ikosa. Ubwo se iyo agufata ku ngufu? Ubwo se iyo aza kuba yapanze Camera Cache' akazagutamo? N' umugabo wawe yaguhamagaye kenshi ntiwamwitaba. Ubwo yabifashe ate?
Woe urabyumva nkanjye rwose
Ark mbega umuhungu aranapfukamye kubwigihango pe
Nimwe ubundi bambere ku mutima ❤❤
Number 1 I do ❤ these guys
Munyihanganire maze igihe nabakurikirana gusa icyambere nuko mbakunda gusa mbakunda mubukene bwange ndabakunda ndabakunda cyane
Ndabakunda cyane najye nashaka Gina firime aluf ndamwemera cyanepe
Ntukamubwire bariya ba ex ninkazamayibobo😂😂 murabantu beza kabisa
Hamza films ❤❤❤❤
Ndabakunda cyaneeeee!!!! Ndi irusizi gukina flm ndabikunda cyaneeeeeee!!!! Kdi mfite impano muzamfashepe!!!!!!!
Ninkunda this movie
Nisawa cyane kbs muri abarimu beza bo kubaka urugo mukomereze aho
czcams.com/video/GXAmGUAXw4A/video.html&si=QI2zmS0-OVwhdir6
Yooo nukuri murakoze peee ntagonarinzi iyi movie ark ninziza peee irimo inama zubaka ❤
Wauuu aba kobwa mwese imitima yacu si simcard
Ibibintu murikudukora sibyo nkaba kunzi banyu twajyaga tuyi danirodinga tukayire twitonze nonex koko mudukoziki koko
True love never fail though there is time a man run for the shines rather than looking back for the crucial history
Ase Sole wakwitabye umugabo wawe koko😭😭😭😭
Please ganza mwazampaye role nange nkabakinira
Hello Ganza film nukuri nifuza gukina film basi mwazangerageje koko ndabakunda cyaneee
Christian and Darda, I ❤ them when Christian is Darda's partner.
Yess
Ndabakunda cyanee ❤❤❤❤
Usibyeko Ari film ntamuntu nario yatereta ngo amucike uyumu tipe azigupfusha narumiwe
Mwakuyeho download option ngiye gukora unsubscribe kabisa
Kuki babikoze koko???
Yego sha ibyo nisawa kbs
Gukosa ,bibaho , mubuzima, kd ,umuntu, ukunda ,abagomba, nokubabarira ,kk harigihe, ugwamwikosa ,utariteguye cg ,weho, wumvagako, nabirenze , nyamara, mubuzima, buriwese,agira, ukoyakira ,ibintu.
Arikose komfite icyindi fixe cya 48 byasohotse ati 2
Christia reka kurakara kuko ugize amahirwe akubwije ukuri kwaho yari yagiye ❤❤none urisajije,urimo kumusunikira kubikora rero mubabarire bibaho nawe ntazongera
Ndabikunze cyane kuba mwazanye alpha
Ndabemera cyane, much love from Uganda.
Ubu Ex buraryoha gusumba kwita mu rukundo 🙈🙈. Nciye numva nkumbuye umu Ex wanjye naho twavanye atampaye🙄😏
Ndagagaye usanga yagiy ataguhaye koko? Uri sur ntiwarikumukumbur koko
Ubundi solei niwe Wange kumutima💋💋💋
Woe turikumwe burundu mukunda urwindani kweri
Nimwandike mongo ntakure urebe akaririmbo gatwik😅🎉🎉🎉
Kabasa soley urintwari kbx nang muzamfash mfite impano yogukina frime
Niba, urimurugo cg ,usohotse , igihe,uvira mukazi. Kumurongo , kuvugisha, ukuri nibyiza, ark ,kukuvuga kose ahhh
Barutwitsi tuzi nimwe kunior avuga cyakoze ndabakunda cyane ❤❤
Turabakunda cyane❤
Darda ndagkund cane uzgkin noguhanura❤❤❤❤❤ Christian naw muraberany cn ndabkund mwese
Mujye mukoresha ka Kananga kambere Niko Keza twari tumaze kukamenyera.Turabakunda😍
Ndabakunda murandenze❤🇧🇮🇷🇼
Uyumutipe nibandi hhhhh, azigukina
Ukuntu amubajije ngo usigaje ibyumweru bingana Iki, akagasubiza ngo Yego! Imbogo kabisa
woow darida MUrakoze
Ndumva nshaka kujya murukundo kbx
Darida ❤
Members bose ba ganza film ndabakunda cyane nkunda uko mwita kuba fanny banyu mukanabibereka pe❤❤❤❤❤❤
Imbere kyane dariah, nkunda ukuntu ukina neza utugira inama
Thanks l love you❤❤❤❤❤❤
Wawooo ndabakunze abadamu mwwese madamucristia nababere urugero❤❤
I love watching Ganza films. You guys you rock big tym!
soleilleeee wee niceee
Alpha
Ewan
Nakwemer
Isomo kabisa ryumuste😂😂😂😂😂
Ganza film turabakuna cyn❤
Alpha wacu🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Soleil ndagukunda cyaneee❤
Ndabakunda cyae ❤❤
Mama Darida urakoze kutwereka urugero rwiza rwokurera Abana nokubahugura.
Soleye hejuruuuu cyneee
Ndamukunda cyn❤❤❤❤❤
Muraho neza nitwa Dusengimana Sam hano nyagatare tabagwe Gishuro gusa mbakurikiye ndi Kampala Uganda ndabakunda cyane
Episodi yiyongiye 49 niyo dushaka nuko nabonye zinjyiye zitandukanye episode yiyi 49 murakoze
Kwifatanya ,namwe bisabiki? Talent zo turinazo.
Yewe umugore wanjye ngo kujya gusura exwe sicyaha?? Nicyaha cyane kuko naho bihera. Niba baratandukanye nkamugira uwanjye nigute yatangira kuba akimufitiye feelings koko?? Oya wapi pe. Mine & mine alone!
Ok,tanks very much!
Mana abobanyakwigendera ngo ni aba ex barancumuza pe
Solee nkundukuntu ukinda bikurimo mumaraso pee❤❤
Ndagukunda cyane ❤
Uyu mu mama asa na soleil
Alpha you are king of product
Soleil ajadutuburira muri films zose kuko abagore bintwari nkuku akina films, mbiherutse kera nkisoma amateka arimubitabo😮
Iyo nyigisho ni nziza cane. Umukobwa wawe yavyifashemwo neza cane igihe Yari kuramutsa son exe , kuko atagiye mumutego ngo yemera KO baryamana.❤
Daridari 💋💋 ururungero rwizapee kd love you ♥️
Courage kbx
Dalida Nyagasani mwemera kubiii
Ndabakunda
Nukurip ,ibyomukina, abaribyo ,abagabo benshi baba bashakako, utanga ,raporo yaburikimwe .