ALINE Ararize cyane😭 UMWANA WANJYE Bamuroze Kugira Uruhu rw'UMUKECURU😭 Afite igikeri kimwonka Mu Nda
Vložit
- čas přidán 28. 12. 2023
- #PART_17
#SHYIGIKIRA_BIBILIYA_0788304142
#Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha - Zábava
Ariko kweli mwaje tugapanga amasengesho tugahuza ibiganza, amavi hasi, nkuko Queen Ester yasabye ubwoko bwe, n'abaja be kwiyiriza ubusa 3days, tugasabira Aline n'umuryango we, ko ahari icyatumye ubu buhamya butangwa arukugirangi abakunda Imana byukuri nibasenga hagaragare imbaraga z'Umuneshi nyakuri,
Igihe Petero intumwa yari bwicwe, yarokowe n'isengesho yasabiwe n'abandi we ASINZIRIYE, malayika aramukangura,
Mana yanjye sinzi ikindi TWAKORA😢
Humura humura linda wacyu ntacyuba, Kandi
Imana, Iratanga ingabo nyishyi
Zizapfa kubera mwebwe
Komera turabakunda
Murarinzwe, Nadata watwese
Womeijuru!!
AMEEEEENEN ❤
Nukuri tubikore
Mureke dusengere aba Bantu twambare ibigunira , I'mana izatwumva😊
Bivuge neza muvuge isaha turi buhurireho
Hagire uzatanga nimero tuje murigroup hama dusengere bose
Arikose plaisir kunziko urumukozi wimana uziranye nabanyamasengesho bahamagawe washakiye mama Linda abantu mugafata umwanya mukanya gusengera iwe apana kujyayo ukeneye ikiganiro ukabikora nkumutwaro
Plaisir mukozi w'Imana,ko nzi neza ko uli incuti ya Chris Ndikumana,koko wamuhuje na groupe Kanguka rwose ko natwe yadufashije cyane,urakoze cyane.
Chris na we abivuga neza ko atari we ukiza kdi Aline arasenga ikindi Imana yagendanye na we iyi myaka yose kdi Imana chris abwira ni imwe n'iyo Aline abwira.
Humura mubyeyi Imana irimo kukuremera ubuhamya ngewe ndizera neza ko muzakira Yesu arashoboye turakomeza no kugusengera ibitangaza bizakoreka abantu bose bamenye ko Imana ifite imbaraga kdi ntibizatinda
Humura Aline, wizere Yesu cane. Linda azokira 100/100 kuber'Imana. Iyo ngwara izohinduka amateka, uzikomeza banshi. Abagize agahinda bazogira umunezero mwinshi bahimbaze Imana. Imana yaravuze ngo nabeho, ariho kandi azobaho. Vuba cane Yesu aramukiza muvuge ubuhamya bwuzuye.
Umwaka mushya muhire wo kubohorwa izo mbaga z'umwanzi satani mu rugo rwanyu "Aline"
Nubabere uw'amashimwe❤
Turikumwe namwe mu masengesho abohora umuryango wose ❤
Kandi ubuhamya bwawe burimo buratwigisha byinshi Imana ikomeze iguhe umugisha kdi igukomeze .
Yesu abane namwe Plaisir.
Kandi mukomeze kwihanganisha aba babyeyi pe.
Yesu abasange abahishe umubisha sekibi.
Narimbakumbuye cyane kuko mwatumye nsubira kumusaraba
Mama Linda urandiza neza ngahohogora. Ndwaza umwana nkarara nkanuye nakwibaza ibyo ubamo bikandenga nkibaza icyo nagufasha nkakibura. Imana isigaye imbyutse saa kenda ngasenga nukuri ndagusengera kandi Imana yacu iziyerekana!!
Chr uwo Muntu umwitondere ukubwira kujya kunyanja nanjye uwanzengereje n'umupfumu wo muri Tanzania knd untwarayo nawe aba murusengero bamaso cyane imana zabaye nyinshii ariko zibigirwa mana
INAMA NABABWIRE , barandoze Cyanee ariko ikuntu yakira , najye narasenze ndiyiriza ndaririmba , ARIKO ICYANYIJIJE NUGUSOMA BIBIRIYA , MAZE GUSOMA BIBILIYA CYANE NKI YIRIZA NKASENGA , ASABE MWUKAWERA ABANE NAWE UMUBATIZE , NUKURI NAHISE NKIRA ARIKO IYO NTASOMYE IJAMBO RY'AMANA NTAJYIRA KUBONA BIGARUKA NUKURI IJAMBO RY' IMANA RINESHA AMADAYIMONI BOSE
Bantu mwitonde cyane umuntu uzakubwira ngo tujye ku nyanja,ku mazi!!noneho nogukoresha amagi nikindi mujye muhita mumenyako nta Mana ibirimoo mube maso satani n'abakozi be barakataje!!!!😢😢😢
Ahubwo bashakaga kubajyana nabana ikuzimu.
ALINE komera Imana Iremze abapfumu. Reka kurira hubwo izere imana senga, mujye gushaka Apostor Gitwaza. Abasengere kandi namwe mwisengere. Reka kumvira ama tél. Yose qguhamagara.
Imana izi byose ndizera ko umugabo wahoze aru wamama linda lmana izamubohora izongoyi maze nawe akazahagarara hano kuri zaburi nshya agatanga ubuhamya twese dufatanye kumusengera ngo abohoke ndavuga uwo mugabo naho mama rinda lmana imurimbere
Imana ifite imbaraga ziri hejuru y,ibindi biremwa byose byo munsi y,ijuru Twizeye ko izakomeza kurinda umuryango wa Aline natwe dukomeje kubazamura uko dushobojwe Imana ibarengere iturengere cyane rwose
Linda humura wowe nabavandimwe na mama Imana irabakunda cyane niyopamvu nubu mukiriho nyamara mu byagaragaraga biba byarangiye
Imana ishimwe ko iri muruhande rwacu umubisha wacu ntacyo yadukoraho
Abarozi baratubabaza cyane😭😭😭 nanjye bankozeho pe! Imana ingarurire naranyazwe nukuri🙏
Mw'izina rya Yesu kristo w'i Nazareti
Aline n'abana bazabaho mw'izina rya Yesu ntibazapfa bazarama bavuge imilimo ikomeye y'Imana
Mana we icyi gice cyirambabaje cyaneee suko ibindi bitambabaje ariko ubundi wabaga ukomeye aha you broke down mama hagarara ukomere imana nyirimpuhwe nitabare yesu we.
Mama linda mamie ,mporeeeee,maman Marie agutwikire mu mutamana wiwe muvyeyi ,yezu arashoboye,abazimu bashe niyo shetani itsindwe au nom de Jesus
Aline abakubwira ivyimiti barakubesha nabakozi basekibi komeza wizere imbaraga z, Imana Umuremyi wavyose niwe azobirangiza
rwose abime amatwi ni igikundi kimwe n'uwamuteje ibibazo kuva na mbere. bose barakorana ni ukugira ngo akomeze mu mihangayiko nyuma bamwishimeho ngo ntimureba ko ariwe nyirabayazana. Izere Imana n'abaganga azakira. Abo bapfumu nta mbaraga bafite, nta bubasha bagira ku mwana w'imana lynda. komeza ube umunyembaraga.
😢😢😢😢😢😢😢Ububuhamya bwa Bazina Aline burandiza Tujour😢😢Ayiiiii, Uwiteka Yitamurure muruyumwaka, abahe gukira, kdi Ifate uwomugabo imufate mpiri😢😢😢😢Akizwe cg apfe, Ibintu ni 2 kuko birarenze pee😢😢😢😢😢😢
Uwiteka akurinde abarangi ni imbaraga zabo,nkubujije abazagusengera baturutse ,Byumba,gisaka ahahoze ari kibungo,ruhengeri,uganda ,na Tanzania udasanzwe uzi kuko niho abarangi benshi bari kandi ubu biteguye kubahuza ni imyuka ,ugomba kwisengera rwose ni ukuri ,noneho inyanja inteye ubwoba ,bakorana ni mazi cyane kandi abagirwa ba nyabingi bamwe bimikirwa ku nyanja ya tanzania.Uwiteka azabarinda
Abarokore natwe turatongera mwizina Rya Yesu christo kdi birakora pe ndakwingize muvandi turangana twashakiye rimwe iyo uvuze linda mubonamo Queen wajye ngira umubabaro uteye ubwoba ariko tangira utongere uroge uvume mwizina rya Yesu kdi wizere Imana yo mwijuru birakora 😢
Kandi Imana Iguhe ubwenge kubantu baguhamagara, kuko bashobora kwihishamwo abobarozi, wewe guma m umwanya wawe. Nibagende. Ntuhagire ahuzanjyana abana bawe ndakubujije, Imana murikumwe, tugiye kugusengera, Turire turirire Imana Irashirako iherezo. Muzarama muhumure kugira muzobuge imirimo y’Imana.👏
Icyo kintu cyama franga rwose nanjye mbona atarayumugisha rwose Aline ibyo ufuga ndabyumva cyane
Aline mwiza, uraho neza?
Ndagukunda pe! Ariko Imana igukunda cyane humura.
Ndababaye cyane kubw'ibintu byose bibi byakubayeho . Ariko mu ntege nke zanjye zo gusenga ,nizeye Imana data wa twese ko hari icyo izagukorera n'abana bawe, kdi igihe kizagera nawe umere neza n'abana , Imana iziheshe icyubahiro. Komera mubyeyi.
Yesu Mwiza nyirimpuhwe abatwikirize amaboko ye amen 🙏🙏🏽 ❤❤❤❤❤
Nukuri uyu mwaka wa 2024 turategetse ngo imbaragazabarozi zifashe ubuzima bwa Aline n'abanabe zibarekure mw'ina rya Yesu Amaraso ya Yesu ababohore abakure ikuzimu.mw'Izina rya Yesu
Chère Maman Linda urandengera ukuntu umeze nivyo wanyuzemwo .unyigisha vyishi surtout kuba uremye nanje urandema gose
Biba byiza iyo ukoze ikiganiro live muri hamwe, atari kuri call phone, kuko ugira uko ukiyobora! Imana irengere uyu muryango mu izina rya Kristo Yesu
Ndagukunda cyaneeee mama rinda Kandi humura urugamba urimo uzarutsinda kubera imana tugumye kugusejyera yesu azabijyenzaneza
Komera Aline, Komera mubyeyi Kandi mwana w’Imana! Yez’aracyari kungoma!! IYURUGAMBA RUKOMEYE RUBARUGIYE KURANGIRA!❤❤❤
Yesu weeeeeee Uwiteka nukuri nkwiyereke abana bawe bakire pe
Twibaze ko ibi ari akajogo satani ari gushyira ku itorero rwose. Niba iki kibazo kinaniranye tubaye nka zantumwa zananiwe gukura abadaimoni mu muntu bakagaruka bamutakira. Yesu yabasubije ko akurwamwo no kwiyiriza ubusa no gusenga. Niba rero itorero ry Imana turi umubiri umwe reka nsabe Plaisir ategure gahuunda y amasengesho akorerwe hamwe. Singombwa ko tuba turi hamwe icyangomwa ni ukumenya gahunda uko iteye. Amasaha iminsi ababishoboye banayakorera hamwe ariko these tugakora turi mu mujyo umwe. Satani arimo kutujoga rwose birakabije😊
Mama Lynda ikomeze k'urutare ahandi hose ni umusenyi
Humura Yesu yakijije umuntu warumaze imyaka38 abana n'ubumuga
Yesu araje arahuruye ngo agutabare
Yesu nizera ni umukozi w'umuhanga arakora
Ariko plaisir koko nkawe umukozi w’Imana koko washakiye iyo famille abakozi b’Imana bakabasengera bakabajyana mumazi ibyumba 🙏🏻🙏🏻 hejuru yimbaraga zabarozi hari imbaraga z’Imana
Ngiye kwinginga Imana, yigaragaze nki Imana, icyize Linda mwizina rya Yesu 🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽🙏🏽
Byarangiye abarozi banyimutse barampunga pe. Erega nanjye abarokore bajyaga banyimvisha ko basengera imiti, ariko ndabahamiriza nti nizeye Yesu Kristo gusa nimpfa nzagwa mu maboko ye. Gusa mbere Yuko witaba telephone utazi jya ubanza wiyaturireho Amaraso ya Yesu Kristo ubwire imbaraga z'Imana zikugote uvuge uti niba iyi tel.atari iyumugisha, umuriro w'Imana uyitwike mu Izina rya Yesu Kristo.
Humura Aline imana yabarinze iyo myaka yose irahari ntaho yagiye izabatabara igihe mutazi.Gusa uwo mwana amazi agiye koga ajy’ayaturamo amaraso ya yesu umusige elayo nayo wayisengeye ndetse buri mugoroba n’igitondo jyunyanyagiza amazi wasengeye ahantu hose.Amaraso ya yesu abatwikire 🙏
Yesu ashimwe, Aline uwo muntu wanyanyagije amafaranga mubukwe nanjye nagize ihishurirwa kuruyu mugabo wiyita Prophet Joshua umaze iminsi anyanyagiza amafaranga kuba star. Nanjye namubonye nk'umukozi wa satani...
Mana watabaye umuryango wa Aline koko 🤲🏻🤲🏻🤲🏻🤲🏻
Yesu ashimwe bene Data nanjye ndasaba ko mwashyira muri groupe yo gusengera uyu muryango wa Aline ngiye gufata igihe cyo kubasengera Ayiweeee Imana ishoboye ibidashoboka murakoze.
Rega bantu bumva Zaburi shya mwunve ko iyo umuntu bamuroze abarozi baramuhumurirwa iyo myuka irakururana rero uretse kusenga ukizera Uwiteka ikaguha ijwi ryayo 🙏 ntakindi
Yesu Kristo nashimwe bakozi b'Imana. Imana ibahe umugisha kubw'umurimo ukomeye ibakoresha. Aline rero nakomeze kwikomeza ku Uwiteka kurusha mbere, kuko ntabushobozi nabuke bukorera mu byatsi, mu magi n'ibindi.
Yooo!! Komera mubyeyi mwiza Aline, ahari kurira kwararira umuntu byacya impundu zikavuga, Nahoraga ndeba kuri Zaburi nshya,
YESU akomeze akurinde mama nabawe mwese satani yagize umujinya kubera wamenye amabanga ariko humura YESU arikungoma
Ngizagahinda kenshi kubwisengesho rya Linda ryumubabaro 😢 nziko imana yumva isengesho ryumwana nsabye imana ngo inkirize linda kugirango azavuge imana abumugabi wo guhamya imbaraga zayo amina
Aline komeza ugire kwihangana urugamba iyo rukomeye rubarugiye kurangira kndi Imana rwose ikugirire imbabazi ishireho iherezo kuko yo yakurindiye muri ibyobyo se pe igire icyo ikora ntakiyinanira nikurengere pe nanjye ngize umubabaro
Aline, komeza wihangane nubwo bitoroshye ariko humura nta kitagira iherezo, komera turakomeza kugusengera kuko Imana Ishoborabuose.
Ariko Imana y' amahoro yakohereje umwuka wear kuri papa Linda akihana koko ,uyu mubyeyi akaruhuka koko😢😢😢😢
Ariko hari n’umwana wo kurimbuka, niba aruwo kurimbuka nave munzira uyu muryango ubohoke! Niba kandi aruwo gukizwa nabwo Imana ni mudufatire mpiri, umusumire n’amaboko yayo akizwe vuba Linda akire umubabaro arimo
Muraho neza mukozi wimana maman Linda nukuri ubuhamwa bwawe bwatumwe tumenya byinshi mubyukuri maman Linda ihangane gusa ikinshimisha nuko uzi imana kndi ndizera neza iyakurinze ukaba ukiriho si iyosekibi ahubwo ni imana irikukunyuza mwishuri komera ushikame uzambikwa amakamba menshi mubwami bwadata nukuri
Humura cyane Aline. Imbaraga z' Imana zizagutabara. Sending my love and prayers your way. Be strong!
Aline ma chr uge usengera muri Kanguka nukuri bizagenda neza muri Kanguka hari Imana
Aline komera aho ujeze uhangayika yanatosha imana iraje uguhe ibyishimo nabana bawe mukire mube bazima kandi nyuma yibi byose ujekuna ikitejyerezo cyaburi wese kuburyo umwanzi wawe aje kwishimwa heju tumumwaze azabura ahakwirwa bitewe nibyimana ije kugukorere linda uti komere yesu agahinda kawe arakazi kajyeze kumusozo wishime nkabandi bana ibitotsi ibyishimo biraje mwizina rya yesu amen
Komela chane Arine Nyagasani akwiyereke wowe nabana bawe Mana barambureho ukuboko kwawewogeshe Rinda umubiriwe amaraso yu mwana wawe Yesu kristo nibazakila tuzagushima Dada ububugamya narabukurikiye gusa nanje nazaanzemubyanje buke nkohuterwambazwa amazina yanyuma
Aline,genda muri youtube ,uterecharge application yitwa kanguka ,ya chriss Ndikumana,usengane nawe,muzokira vyooose,cane cane Linda
Uwera wa Isirael, Imana ishoboye byose ndakwinginze rengera uyu mulyango ndakwinginginze wokabyarawe..
Mana ko ushobora byose watubabariye tukumva ubutsinzi bwawe ku buzima bw’uyu muryango mw’izina rya Yezu watsinze uwo satani🙏🏻 Twarakumvise ku burinzi bukomeye kuribo nukuri🙌🏼
Amen ,nukuri Yesu arakora kandi satani yaratsinzwe Igihe kimwe Uwiteka azigaragaza
Imana itabare.Imana yarindiye saduraka,meshaki na Bedenego mw'itanura ry'umuriro ibasha gukiza Linda ikamusubiza umubiri we.
Imana iriho knd irakora cyane harumurunzi usengera abarwayi knd atuye muruyumugi wakigali nukuri yagufasha arasenga pee! Nibirenze ibyo arabisengera bikanjyenda numwa Adpr ariko asengera abarwayi kuwa3 nokuwa6 ntawakuragira akabasengera?
Komera nshuti ya Kristo arakunda afasha abashavuye
Imana Iguhe imbaraga gusa ntacyindi navuga
Kd uhumure Yesu ni Umwami Azabitsinda rwose
Yesu Agwize imbaraga muri wowe cyane ukomere
Humura ururugamba ruzarangira reka dutegereze isaha yi Imana
Mwokabyara mwe, mureke dusengere Lindah nukuri araremerewe. Ark insinzi niya Yesu. Mana twizeye kuzabona icyubahiro cya Data kigaragaza
Yesu ashimwe cane kandi abahezagire
Uko biri kwose Yesu aracari ku NGOMA kandi ari kumwe namwe
Turabasengera caaaaaane gushika Yesu asoje amasezerano
Ararinda ararinda ararinda nyahunyiza kandi ntasinzira
Amina
Mu izina rya yesu, umukozi w'IMANA ntatera ubwoba humura aline we muzakira na bana Bose kdi byose bizaba uwo mugabo ariho kko IMANA ibarusha imbaraga.
I have been following you on Aline story from uganda, ever since the first part up to part 16.
I have been checking my phone for part 17 almost every minute, anxiously!
I was beginning to worry that something bad had happened to the family.
We thank God Aline is back and continue to pray that her family gets total deliverance ❤
😊😊😊😊😊😊😊l😊lllllllllll
Ariko satani adutwaje igitugu peee ! Bana b,Imana duhaguruke me,Izina rya Yesu
Maman Linda ndakwinginze uzajye kwa Yezu Nyirimpuhwe mu ruhango kandi ntuzatinda kubona ukuboko kw Imana
Maman rinda humura urugamba urwana ruzarangira, hejuru yizo mbaragambi hari imbaraga z'lmana ishobora byose, amaraso ya yesu kristo abatwikire.
Mana wo mw’ijuru, Tabara Aline n’ abaziranenge biwe🙏🙏🙏🙏
Ariko Man😭😭😭Mana rengera uyu muryango nukuri tabara ubwoko bwawe, tesha agaciro imigambi y'abadayimoni ndakwinginze
Humura komera ntukuke umutima Imana yacu yo mu ijuru irashoboye.imbaraga za Ndiho zirenze iz'umwanzi Satani.kugera kure siko gupfa
Mana ishobora byose we tabara uyu muryango wa Aline,ushyire iherezo kuri uyu muriro wa satani, nubagirire imbabazi wongere ubasubize umwimerere wawe Mana nkuru,tubisabye twizeye muzina rya Yesu Kristo,Amena.
M.linda humura mwijuru harimana kd humura ibibizagira iherezo kd mukwizera byose bizagenda neza ntamvura idahita kd ntajoro ridacya humura Imana irahari kd Yesu arikumwe nawe kd arakuzi humura
IMANA NIYO KWIRINGIRWA, nukuri nta na kimwe Ikorera guhomba, Izagaragaza Icyubahiro cyayo, kuko ntizagiha undi.
Mana turakwinginze kiza Linda mwizina rya yesu
Imana irumva mubyeyi humura nukuri uzabona ineza y' Imana kandi umwana wawe azishima !😢😢😢 Imana arabakunda ! Mbuze ikindi mbambwira gusa Imana ibahumurize! Nzajya mbasengera uko nisengeye disii❤
Uramenye ntihazagire umuntu ujya kwitaba ngo aragusengera, kuko ushobora kuzasanga afitanye gahunda na nyirabayazana w'ibibazo umwana afite ubu. Komeza usengere aho wasengeraga, turagufasha Kandi nizeye ko Imana itazakomeza kwihanganira ako gasuzuguro ka shitani. Humura, Yezu muri kumwe
Iyo uzaba ukomeye unyura mu bikomeye humura mubyeyi abo bana bawe bazaba abakomeye gusa inama nagira Aline ayo matelephone aguhamagara nabantu bakugira inama byibabarire amaso yawe uyahange Uwiteka kuko abavuga Yesu siko bose basenga Yesu wamenye abeshi bakorera satani humura Uwiteka azagutabara njye ndumva ubu buhamya butazarangira kuko ndumva iherezo rizaba ryiza Imana yakunyuzeho kugira ngo dusobanukirwe amabanga ya satani gusa dufite Imana ihindura ibihe
Mubyeyi Aline naragukurikiranye guhera kugice cya mbere kugera kuri iki cya 17 warakubititse bikomeye wowe nabana bawe byumwihariko Lynda ariko intambara ikomeye murwana ifite igihe izarangira gusa hara amagurupe azwi yabanyamasengesho yagufasha gusenga knd gusa komera bitewenuko nanjye mpanganye nimyuka bibi igihe kirekire mbanunva uwampa kuba hafi yanyu tukajya dufatikanya gusenga turi kumwe
Uwomurozi burya Imana iramubona nawe ivyagira vyose Imana iramubona kandi irihejuru kandivyarivugiyengo uguhoro ni ukwayo.
Uyu mupfumu yigira umukozi w'Imana arikugushuka ubu aba ranging barigukora live
Imana imbabarire numvise twasengera uriya mugabo agapfa
Uwo mwana uzamushyire umukozi w'Imana witwa Elyse amusengere.
Nge ndumukobwa sinajyagabntekereza kubintu byogusengera ibijyanye nazakarande ariko kiva nakumva ubuhamya nahinduye isengesho uziko ubuzima bwawe bwangirikiye murushakooo icyambabaje cne nukuntu byakurikiranye nabana😭😭mama Li mwihangane kdi Imana itubarire nukuri ikureho izombaraga za sekibi kdi izikuraneho nibisigisigi byazo mu izana rya Yesu🙏🙏🙏ndasenze ngo Imana irandurane izo karande nibisigisi byazo murugo rwanyu namwe mubeho muramahoro nkabandi mwizina rya Yesu
Mama Aline Komera cyane Imana irikugukoresha ibikomeye Izakurinda kdi ubutumwa utanga burakomeye niyompavu nintambara zikomeye ariko Yesu wacu arabitegeka byose, ikibazo cyababyeyi bikura ho abana babo uzagitindeho cyane kuko biri munzira satani arigukoreramo cyane kubantu benshi! Nabaye mumiryango itandukanye ariko niyo naba ndiguhumeka uwanyuma ntamuntu nakwizera kumwana wanjye!! Reka twige kuyoborwa ni Mana kdi turusheho gusengera mama Aline cyane murakoze
Amen Amen! Imana Ishimwe kandi Ihabwe icyubahiro cyayo.🙌
ALINE urakoze ku buhamya n’impuguro zawe.👏
ALINE urakoze cyane kubw’iryo sengesho usoresheje ikiganiro.😍
Imana Ikomeze Ikwiteho, kandi isaha yayo nigera Izakubohora hamwe n’abana bawe.🙏
Mu Izina rya Yesu Kristo. Amen Amen!❤
Yooooo pole Mubyeyi Imana y,amahoro izagutaba humura nisaha iragera
Muhumure imana yacu ishoboye byose
Aline nshuti y'Imana. Humura iyakuremye irakuzi rwose. Iyo bikomeye burya biba bigiye kurangira. Ahubwo komeza witangire ubuhamya utavuga amazina y'uwo mubisha, birashimishije, wahisemo neza. Naho ubundi uvuze uwo mugome ntiwarara, ndumva ari Kazungu nimero 2.
Imana ikomeze ikurinde n'umuryango wawe. Ibahishe mumababa yayo muryango mwiza ukunda Imana. Humura iyawutangiye igiye kuwusohoza shenge. Umwaka mushya muhire bavandimwe nshuti.
Muhumure yesu arikungoma Kandi yaranesheje stani ntabunasha nabuke abafiteho muzakira mwizina rya yesu
Imana data,Yesu,Mwuka wera mufasha twahawe, nukuri turatakambye muhamirize uyu muryango wa Aline n'isi yose ko abahisemo bagakurikira Yesu batayobye batabarwe mu Izina rya Yesu Amen
Aline uwo muntu ushaka kujyana umwana kunyanja ntuzamwemerere. Maman bamuvuye gutyo badutanga ikuzimu. Tumaze imyaka irenga Mirongo itanu. muntamara z'urudaca zikomeye cyane kubera iyompamvu.
Yesu na shimwe maman Linda.
Twari tubakumbuye cane. Tubandanya tubasengera. Imana yabakijije birya vyose dusaba Imana ikize Linda imusubize umubiriwe ,2024 niyibisubizo nogutabara kw,Imana. Araje abatare kandi ntatinze kandi satani wameneye ibanga irarakaye ariko hari uwiteka akomeye abarwanira. Mukomeri turi kumwe.
Kandi urakoze cyane Arine kutugira inama yo gusengera impano duhabwa twakoze ubukwe ukoze neza kuko benshi ntitubitecyerezaho
Mana we mama Linda uwo muntu ukubwira kukujyana ki inyanja ntumwemerere ndakwinginze
Wow, ubuhamya nkubu nibwo tuba dukeneye. Urabona ko Mama Linda arimo Gushyira Imana hejuru aho gykomeza avuga imbaraga za Satani.
Kandi Guhugura kwawe ni real ntabwo ari fake.Imana Igukomereze mu burindiro Mama mwiza weeee❤
Mama Linda,ndashimira Imana iguhaye imbaraga zo kumena amabanga ya sekibi ukayashyira hanze!!! Uzafate amazi uyasengere maze ujye uyatera iyo marijose na linda ajye ayakaraba. Umwami Imana akomeze aturinde abane nabana bawe n'umuryango wowe ,dusengeyeno ni miryango yose mwizina ry'umwami wacu Yezu Kristu Amen.
Shalom shalom.Nakurikiranye iki gishingantahe kuva mu ntango.Aline komera wihangane Yesu aracari Ku ngoma aracakora.Ali za urumviriza Kanguka hamwe n'abana Yesu azogutabara
Mwizina ry' a Yesu Kristo wa Nazareth Aline nabanabe ntibazapfa ahubwo bazarama kugirango imirimo y'Imana igaragarire muribo. Mukomere mwihsngane kuko Satani numurwanyi ariko nikibwa ntajya anesha. Amaraso ya Yesu abagote uhereye ubu niteka ryose.