Velikost videa: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Zobrazit ovladače přehrávání
Automatické přehrávání
Přehrát
Asante sana kabsa, uri umuhanga pe
Mudusobanurire ururenda rusamirwamo
Yego nibadusobanurire
Ese ushobora gusamira mumihango cg ninyuma yayo
ESE iyo ureranda rusa nkururimo amaraso ariko ataramaraso mbese rwanduye rujyakuba nkaho urimumihango
kbs azatubwire
Murakoze cane ark ndafise akabazo iyo ururabiy kwikareso ukabibon rwamaz kuma ruba rusa gute ?
nonex kubutadusobanurira ururenda wasamiraho nurwo utasamiraho iyo rukweduka nibwo uba watwita,cg iyo rudakweduka nibwo uba watwita,
Aaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaa
iyo utwite ruza rumez gt
Ese umuntu utagira urwo rurenda mwamufasha iki murakoze
Murakoze ariko kubimenya biragoye jye biba bivangavanze kuburyo binera imujyejye murakoze
Ibi bintu rwose kubikora ntabwo byoroshye ahubwo watwigisho ukoresheje kubara iminsi naho ibyo biragoranye
Mbabazi Happy bimera nk’ibigoye iyo ugitangira! Ariko uko ugenda ubimenyera, bimera nk’ubuzima busanzwe! Kubera ugenda ureba umunsi ku munsi, bikurinda kuzigera utungurwa ngo utwite utabiteguye! Naho kubara iminsi mu mutwe birashoboka iyo iminsi y’ukwezi kwawe idahinduka, ariko ubuzima n’ibyo tunyuramo buri munsi bishobora gutuma ukwezi guhinduka bigutunguye! Bityo ukaba wasama bigutunguye!
Mbabazi Happy Nyuma ya video (EP4) izasohoka ejo, uzaba wamaze kumenya iby’ibanze ku kureba ururenda no kubikoresha wirinda gutwita cyangwa ushaka gusama!
nshaka gusama nagigze ibyago inda ivamo
Es komaze inyaka 3 nabyar
Uyo waraye uvuye mumihango wasama
Cyane pe byihuse
Iyo hashize icyumweru uvuyemumihango wasama
ese wakibarira gute nyuma yogukuraminda
Nonese iyo utwite ruba rumeze gute? Ruracika cyagwa ruroroha
Hello Janvier,Rugenda ruhindagurika! Ariko ntabwo ntibiba biri ku murongo ku buryo hari amakuru y’uburumbuke byaguha!
Nonese mujyanama Igihe cyose uri mugihe cyuburumbucye ushobora gukora Umibonano mpuzatsina ugasama Like uri umukobwaUshaka kubikora rimwe waba ufite amahirwe angana gute yokuba wasama ubukoze just ngusame?
Yego nadusobanurire
Wambaye number yawe
Nonese numugabo ururenda rumara imisi ingahe
Ese umuntu utwite nawe ararugira
Hello Damas,Yego! Umuntu utwite ararugira! Ariko nta makuru y’uburumbuke yakuramo kuko ntibiba biri ku murongo!
Ndakwingunze unsubize. ese umuntu ashobora kujya mumihango atagize uburunbuke? imihango ndayibona Ari uburumbuke ntabimenyetso mbona
Asante sana kabsa, uri umuhanga pe
Mudusobanurire ururenda rusamirwamo
Yego nibadusobanurire
Ese ushobora gusamira mumihango cg ninyuma yayo
ESE iyo ureranda rusa nkururimo amaraso ariko ataramaraso mbese rwanduye rujyakuba nkaho urimumihango
kbs azatubwire
Murakoze cane ark ndafise akabazo iyo ururabiy kwikareso ukabibon rwamaz kuma ruba rusa gute ?
nonex kubutadusobanurira ururenda wasamiraho nurwo utasamiraho iyo rukweduka nibwo uba watwita,cg iyo rudakweduka nibwo uba watwita,
Aaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaa
iyo utwite ruza rumez gt
Ese umuntu utagira urwo rurenda mwamufasha iki murakoze
Murakoze ariko kubimenya biragoye jye biba bivangavanze kuburyo binera imujyejye murakoze
Ibi bintu rwose kubikora ntabwo byoroshye ahubwo watwigisho ukoresheje kubara iminsi naho ibyo biragoranye
Mbabazi Happy bimera nk’ibigoye iyo ugitangira! Ariko uko ugenda ubimenyera, bimera nk’ubuzima busanzwe! Kubera ugenda ureba umunsi ku munsi, bikurinda kuzigera utungurwa ngo utwite utabiteguye!
Naho kubara iminsi mu mutwe birashoboka iyo iminsi y’ukwezi kwawe idahinduka, ariko ubuzima n’ibyo tunyuramo buri munsi bishobora gutuma ukwezi guhinduka bigutunguye! Bityo ukaba wasama bigutunguye!
Mbabazi Happy Nyuma ya video (EP4) izasohoka ejo, uzaba wamaze kumenya iby’ibanze ku kureba ururenda no kubikoresha wirinda gutwita cyangwa ushaka gusama!
nshaka gusama nagigze ibyago inda ivamo
Es komaze inyaka 3 nabyar
Uyo waraye uvuye mumihango wasama
Cyane pe byihuse
Iyo hashize icyumweru uvuyemumihango wasama
ese wakibarira gute nyuma yogukuraminda
Nonese iyo utwite ruba rumeze gute? Ruracika cyagwa ruroroha
Hello Janvier,
Rugenda ruhindagurika! Ariko ntabwo ntibiba biri ku murongo ku buryo hari amakuru y’uburumbuke byaguha!
Nonese mujyanama Igihe cyose uri mugihe cyuburumbucye ushobora gukora Umibonano mpuzatsina ugasama Like uri umukobwa
Ushaka kubikora rimwe waba ufite amahirwe angana gute yokuba wasama ubukoze just ngusame?
Yego nadusobanurire
Wambaye number yawe
Nonese numugabo ururenda rumara imisi ingahe
Ese umuntu utwite nawe ararugira
Hello Damas,
Yego! Umuntu utwite ararugira! Ariko nta makuru y’uburumbuke yakuramo kuko ntibiba biri ku murongo!
Ndakwingunze unsubize. ese umuntu ashobora kujya mumihango atagize uburunbuke? imihango ndayibona Ari uburumbuke ntabimenyetso mbona