UBUHAMYA BWA LIZA KAMIKAZI WAMAMAMAYE MU MUZIKI NYARWANDA (VIDEO)

SdĂ­let
VloĆŸit
  • čas pƙidĂĄn 20. 08. 2024
  • Kanda Subscribe ujye uba uwambere kubona Video tubagezaho
    ~-~~-~~~-~~-~
    Please watch: "FRANK Yakije Umuroro đŸ”„đŸ”„ IGITARAMO KIDASANZWR I huye (BUTARE)"
    ‱ FRANK NA ABAYUMBE Baki...
    ~-~~-~~~-~~-~

Komentáƙe • 54

  • @kazareakimanamargueritemar1231

    Icyubahiro n'amashimwe bibe iby'Imana kubwo yabakoreye...ndafashijwe cyaneee merciiii

  • @semutochristine688
    @semutochristine688 Pƙed 5 lety +1

    Imana iguhe umugisha Lisa ndagukunda cyane ubu buhamya mbureba kenshi kuko ubona harimwo sincerité.Uri umudanu mwiza Imana yaguhaye byinshi byiza ariko ufite cyane cyane ijui ryiza.Bene data mureke tujye yuvuga ibyo Imana yadukoreye lov uuuuu

  • @mariedianemarie650
    @mariedianemarie650 Pƙed 4 lety

    LIZA ndagukunda cyane kd indirimbo zawe ziramfasha cyane

  • @el-elyon2008
    @el-elyon2008 Pƙed 5 lety +1

    Be blessed Woman of God and your beautiful family ...We love you.... Turagukunda hano ibwotamasimbi uzaze kudusura...Ubuhamya bwiza cyane...Imana ihabwe icyubahiro Muri byose....đŸ‡·đŸ‡ŒđŸ‡šđŸ‡Š đŸŒčđŸ’ŽđŸ’œâ€ïžđŸŒˆđŸ€—đŸ˜

  • @DaughterofaKing20275
    @DaughterofaKing20275 Pƙed 5 lety +1

    Thank you for your testimony it has helped me to desire again

  • @mariejoseeniyonteze8091
    @mariejoseeniyonteze8091 Pƙed 5 lety +1

    Jyewe ndabizi ibyo uri kuvuga byose kuko uri promotion yanjye twiga muri GSOB n'I Butare.Courage mama twese niyo nzira,icyo dushaka ni Imana kuruta byose.

  • @beatanyiramfamahoro6678
    @beatanyiramfamahoro6678 Pƙed 5 lety

    Imana iguhe umugisha Madam. Gusenga niyo mibereho ibihe byose.

  • @mutaG250
    @mutaG250 Pƙed 5 lety +3

    you really become a strong woman ariko sinzi niba mu buzima bwawe icyakugize icyo uricyo ntekereza ari ugusenga not idini RIGHT?

  • @usanaseeugene13
    @usanaseeugene13 Pƙed 5 lety +4

    Liza ndagukunda cynee

  • @EdmanEntertainment
    @EdmanEntertainment Pƙed 5 lety +3

    Oooh My God nogeye gutinya Imana cyane pe

  • @mariejoseeniyonteze8091
    @mariejoseeniyonteze8091 Pƙed 5 lety +1

    Courage solange.Imana niyo ihamagara umuntu kdi ibikorera igihe ishakiye bityo ukanasengera aho wumva hakunyuze hagufasha kwegera Imana.

  • @mukagatareseraphine8290
    @mukagatareseraphine8290 Pƙed 5 lety

    Yoooo disi bambe!!

  • @gloriosentakirutimana7499
    @gloriosentakirutimana7499 Pƙed 5 lety +4

    Imana ishimwe yarakoze,urafise ingabirano nziza yikoreshe mu Mana birahimbaye.courage Liza

    • @uwiduhayemerci1950
      @uwiduhayemerci1950 Pƙed 5 lety +1

      Ese abavugako yasebeje idini nihe mwabyumvise koburiwese agira ahamufasha ntaho yasebeje idini peeee

    • @uwiduhayemerci1950
      @uwiduhayemerci1950 Pƙed 5 lety +2

      Liza ndakwibuka peeee ndibuka nineza yawe ubuhamya bwawe bunkoze ahantu Imana igume ikwagure peeee.

  • @fabiolamahoro9870
    @fabiolamahoro9870 Pƙed 5 lety +1

    Bless you liza you just inspired me. Bless you sooo

  • @christineteganeza7447
    @christineteganeza7447 Pƙed 5 lety

    Amen 🙏

  • @sonofnok2153
    @sonofnok2153 Pƙed 5 lety

    Basically you were having a poor self esteem. I love your song "Ngukunda nte". I hope poor self image did not make you marry a white man. I still love you as an African no matter what. But please keep it solidly African. I found your song searching for trip destination to East Africa. Tanzania and Rwanda is amazing. Please Bros, and Sis, be African first, then secondly you may be Muslim, Christian, Budhist, traditional African belief or whatever. Never separate from an African based on religion or ethnicity, Just be Black African First before anything else.

  • @muhimuziahadi7779
    @muhimuziahadi7779 Pƙed 4 lety

    Umungu c ko mbona ar'umwirabura ?

  • @bellatatianaphilipe4455
    @bellatatianaphilipe4455 Pƙed 3 lety

    Ese ADPR uwambaye ipantalo yaba iki ?

  • @ihirwekayinamura6581
    @ihirwekayinamura6581 Pƙed 5 lety +19

    Ariko murasetsa koko nimuhindura amadini mujye mureka gusebya aho muvuye kuko naho ugiye ushobora nanone kuhava nabwo ukagenda ubasebya kdi wahashimaga mbere ukihaba. Rero rwose ntimukibeshye catholique turasenga ntabwo turi abapagani nkuko muba mushaka kubigaragaza.

    • @aminan777
      @aminan777 Pƙed 5 lety +7

      Ndebe video yose nabuze ahantu asebya Catholique... uko nukwanduranya pe !

    • @ihirwekayinamura6581
      @ihirwekayinamura6581 Pƙed 5 lety +1

      Ntabwo nanduranyije ariko mvuze uko nabyumvise. Ahubwo ntukitiranye ibintu Amina we.

    • @marieaugustineumutoni406
      @marieaugustineumutoni406 Pƙed 5 lety +6

      Ntabwo iy'umuntu avuze ko yahinduye idini abavuze ko aho avuye batasengaga oya,ahubwo abavuze ko yahinduye imisengere!kuko twese ntidusenga kimwe ntitunagira amabwiriza amwe nubwo uwo dusenga arumwe nuwo dukurikiye twese arumwe!

    • @foodandfriendship5162
      @foodandfriendship5162 Pƙed 5 lety +4

      Ntaho atutse catholique rwose ahubwo keretse niba ufite ibyo wikekeho gituma uvuga ko asebeje eglise catholique. Nta dini ritagira umugeni wa christo .Eglise catholique impamvu abantu bavamo nuko uburwo yigishamo ijambo ry'Imana budatuma umuntu akura mu buryo bw'umwuka .ibyo sinjye wabishyizeho uzabaze nabandi bavuyemo batari njye.

    • @Sangwa-o6m
      @Sangwa-o6m Pƙed 5 lety +3

      Sha ndi umucatholique ariko ntahantu numvishe ayisebya. Tujye twirinda guhanganisha amadini kuko ntaririshyashya.

  • @Queen-ze1tm
    @Queen-ze1tm Pƙed 4 lety

    Ko mbona umwana mukuru arumwirabura wuzuye? Nuwo yabyaye mbere yo gushaka umuzungu?

  • @uwimpayesarah8061
    @uwimpayesarah8061 Pƙed 5 lety +2

    IMANA YARAKOZE

    • @maroliaimma893
      @maroliaimma893 Pƙed 5 lety

      kutaririmbye se ko natwe tukunve?????????????

  • @gasanajacques2247
    @gasanajacques2247 Pƙed 5 lety +2

    Interprétation yamafuti ntuzicyongereza wamukobwawe

  • @KA-hc7fb
    @KA-hc7fb Pƙed 5 lety +2

    So weird u changed ur names to L.K.đŸ€ŁđŸ€ŁđŸ€Ł

  • @dududurly2721
    @dududurly2721 Pƙed 5 lety +1

    hhhhhh aba catholique rwose baragowe mwese,ntamuntu uba utarahasengeye hhhhh ark urebye catholique ni umuntu wese ark protestant bivuga abahakanyi hhhh

  • @dududurly2721
    @dududurly2721 Pƙed 5 lety

    mwagiye mwemera abo muribo mukarek kwitwaba ibindi

  • @ngomanyirinkwaya3043
    @ngomanyirinkwaya3043 Pƙed 5 lety

    Eeeehhh uuuhhh so what are try to say, to tell our youth spending all day in church requesting for a white man, why you didn’t marry for your people!!! Colonial mind!

    • @ngomanyirinkwaya3043
      @ngomanyirinkwaya3043 Pƙed 5 lety

      Olitantine Tantine so niki yavuze! Haters of what! Am just criticizing I don’t hate anyone, nkunda nindirimbo ze cyane that’s how I found this video, so niwowe wumviranye rero, am sorry... let’s not continue debating on this

    • @JesusChrist-sq5qq
      @JesusChrist-sq5qq Pƙed 5 lety +2

      Ya ni ukwiyanga no kwirimbura,kuko ubyaranye n umuzungu uba wirimbuye ku isi,ntuzagira uwo musa,ibaze guterwa ishema no kwirimbura ariko? Imana yabwiye abisiraheli igihe bajya babuloni iti muramenye ntimuzabyarane nabo mutazatuba,kandi bose bari abirabura ariko Imana irababuza,ibaze noneho ku muzungu bwo yakubuza inshuro ibihumbi iti uramenye kuko utazabyara abo musa. Ba sogokuruza bari bazi ubwenge ntibapfaga gushakana n abandi batari bene wabo kandi nicyo cyatumye bakora umuryango Nyarwanda kuko iyo bivanga bari kwirimbura ku isi ikintu batashoboraga gukora ari nayo mpamvu bagombaga gufata ibisekuruza byabo mu mutwe bityo ngo banamenyeko bagomba kwibyara aribyo byo gushakana bo ubwabo nyibemerera uwo hanze gupfa kubameneramo,uziko ababyeyi batajyaga banashyingira abana babo ku banyarwanda bagenzi babo batuye kure kuko bashakaga uwo bazi uko yakuze n imyifatire ye kandi bashaka ko bazatura hafi yabo bikajya biborohera gusurana ,ari nayo mpamvu usanga abakera umuryango hafi ya wose ukomoka hamwe,bakaba Abanyakibuye bose,Abanyagitarama bose ,Abanyabutare bose,.....
      None ibaze uyu munsi umunyarwanda muzima ashakana n umuzungu cg undi badahuje n uruhu koko?uko ni ukwiyanga kuko burya wikunda ntushobora na rimwe kwihanganira kutagira abana basa nawe,ntushobora kwihanganira kudashaka mwene wanyu uwo muhuje uruhu,umuco,ururimi ,igihugu mbese ishusho yawe;kandi abitwa ko bemera bibiliya barobanuramo ibyo badakunze kuko bihabanye n ibyo bo bishakira ubwabo maze erega bakagumya kubeshya ko bagendera ku birimo kandi hari ibyo barwanya.
      Urugero:Imana yaremye adamu Iramusinziriza Imukuramo umugore we bisobanuye ko umugore n umugabo bagomba kuba bahuje umubiri n umwuka,adamu w umwirabura mu rubavu rwe havamo umugore w umwirabura,rero muri bene wanyu niho harimo uwawe,umumenyera ko ari mwene wanyu kandi ukongera kumumenyera ko muhuje umwuka aribyo bisobanuye ko mugira umurongo umwe mugenderaho mutabusanya noneho ku mubiri aba asa ari mwene wanyu bityo mukibyara ariko kubyara abo musa.
      Nyamara ugasanga abitwa ba padiri cg pasiteri basezeranya abazungu n abirabura ubwose ibyo sibyo baba bihimbiye!kuko mu rubavu rw umwirabura haturutse umwiraburakazi ntihashobora guturuka umuzungukazi kuko nawe afite aho yavuye niyo mpamvu buri bwoko bugira abagabo n abagore babo basa,rero muntu uzi ubwenge ntukirimbure ku isi kuko nta mwiza nk uw iwanyu,upfa gusa gushishoza ukabaza Imana uwo yagukuyemo kuko niwe muhuje byose,kandi nta na rimwe yaguha umuzungu kandi uri umwirabura kuko Imana yaturemeye kororoka siyo rero yashyigikira irimbuka ku isi ry ubwoko bwayo oya rwose ntibishoboka,abazajya bashakana n abanyamahanga badasa ayo ni amahitamo yabo ntibakabeshyere Imana kuko idakora ibyo,yagiye gusobanura uko yaremye umugabo n umugore we ngo baze basa imbere n inyuma rero siyo yajyaho ngo Ikore cg ishyigikire ibinyuranye n ibyo yishyiriyeho Irema muntu.

    • @JesusChrist-sq5qq
      @JesusChrist-sq5qq Pƙed 5 lety

      @@ngomanyirinkwaya3043 ibyo uvuga n ibyo,kandi rwose abo ubukoroni buri mu mitwe bazagutuka bakubwire nabi kuko ukuri kubarya nta kindi,rero jya ukuvuga kuko ibiriho biravugwa. Uzi kuburana n uwambaye imisatsi y abazungu akubwira ko ariyo myiza kurusha iye narumiwe pe,kuburyo yenda no kukurya iyo umubwiyeko ari mibi kandi uko ari ukwiyanga,birababaje ko inaha bitangiye kuza kuko ubundi abanyarwandakazi bisokorezaga imisatsi yabo ariko na za kudefiriza byose ni nk ibyo byose byo kwiyanga nyine,kuko iyo wumva ko gusa neza ari ukudefiriza uba usobanuye ko uwawe karemano atari mwiza kandi sibyo kuko ntawawuruta.

    • @ngomanyirinkwaya3043
      @ngomanyirinkwaya3043 Pƙed 5 lety +1

      Olitantine Tantine hhhh urimo kunsetsa, Mose uwo se we yari iki?

    • @hamadharerimana8187
      @hamadharerimana8187 Pƙed 5 lety +1

      stop spreading negative energy... she is just sharing her past ,nothing much.. so chill

  • @JesusChrist-sq5qq
    @JesusChrist-sq5qq Pƙed 5 lety +1

    Ndumiwe kweri ngo wasabye umugabo usa ute?ariko ubukoroni hari abo bwageze mu gihorihori yewe,ngo filimi z abaki?umva ko ari filim nyine,hanyuma abatandukana cyane kuri iyi si ni b bande si abo bazungu?ni bande bafite ubutinganyi burenze ndetse babusunikiramo n abandi si abo bazungu?ubukoroni mu mitwe ya bamwe butuma babonamo umuzungu cyiza gusa akaba aricyo bamwitirira hanyuma ibibi bijoga inyo bye ntibabitekerezaho ariko ugasanga bene wabo bo barabagerekaho ibibi gusa ibi rero nibyo bita kwiyanga,ibaze ariko umuntu uterwa ishema no kubyara abana badasa nawe?ngirango niyo mpamvu yazanye kariya ka gahungu kugirango byibura agire uwo basa mu nzu ,ibaze pe!hejuru y iki se washakanye na bene wanyu ukibyara?sha naragenze ndabona nta mwiza uba ku isi nk umwirabura kandi njye kuko ndi umunyarwanda sinanapima gushakana n undi utari we kuko nshaka kwibyara ,sinshaka ko abana banjye bagira igice na kimwe kitari icyanjye ariyo mpamvu ngomba kubyarana na mwene wacu w umunyarwanda bityo abana bakavuka ari abanyarwanda duhuje byose.
    Burya ntawe ukeza abami babiri cyo kimwe ntawibyara atabyaranye na mwene wabo,iyo ugiye mu banyamahanga uba wiyishe uba ukenyutse kuko utazigera wibyara,abo uzabyara bazaba bavanze n ubundi bwoko bw abanyamahanga abazabakomokaho ntibazigera bakwibuka kuko mudasa ikindi bitera ikibazo cyo kutagira aho ubarizwa nturi umunyarwanda nturi n uwo munyamahanga ahubwo uri imvange kuko nta munyarwanda w igice ubaho,uyu munsi twibuka Gihanga kuko ariwe mukurambere wacu,tukivuga ibisekuru byacu ,icyo tugezeho kikitwa icy abanyarwanda kuko niko turi,ngaho ibaze noneho abo bajya mu banyamahanga ntibazigera babona ubibuka kuko batibyaye ahubwo bikuye ku isi igihe batabyaranye na mwene wabo ngo ababakomokaho bafate ikirango cyabo(identitE),sha mu buzima sinshobora kwemera kugira abana tudasa niyo mpamvu ntashobora kwemera abanyamahanga hari benshi babyifuje ndabatsembera kandi nkababwiza ukuri ko ntashobora kwihanganira kugira abana tudasa.

    • @umutonifrancoise7321
      @umutonifrancoise7321 Pƙed 4 lety

      Imana ntikunda umuntu yitaye ku mu nyarwanda cg umunyamahanga kuko Bose niyo yabaremye kd Bose nibeza imbere yayo sinibaza bamwe bibwira ngo nti bakwivanga nabandi kd Bose baravuye mumukungugu. Nkunko imana yashizeho uburabyo butandukanyije amabara ark wabuhuza Bwose bukaba bwiza Niko ya remye abantu Bose kwishushoye kd ibakunda kimwe. Kubantu bakundimana ntamacakubiri ,ntamunyamahanga nta munyarwanda icyubaka nukwubahimana nurukundo.

    • @paccyofficial1632
      @paccyofficial1632 Pƙed 4 lety

      Uzasome itangiriro ryose muri Bible nubona Imana ivuga gushaka uwo muhuje uruhu uzampakanye banza wiyumvemo ubumuntu ureke ivangura ruhu ahubwo ntangajwe nuko wiyise Jusus Christ.Ubwo se uba wumva umeze neza?

    • @paccyofficial1632
      @paccyofficial1632 Pƙed 4 lety

      Yegoko