Twarize twese ikiganiro kirahagarara | Ntibari baziko hakibaho abantu | Biberaga munzu nuburwayi
Vložit
- čas přidán 22. 02. 2020
- Afrimax TV twasuye wamwana ufite uburwayi bwa kanseri yubwonko amarira yari meshi kubera kumara igihe kinini batarya bimaze kubagiraho ingaruka zikomeye ndetse na mama wabana avuga ko amaze gukurizamo uburwayi bukomeye kubera ibisubizo ahabwa nabaganga bidatanga ikizere
#Ubufasha_0788247871 #AfrimaxTV
Hamagara 0788247871 niba hari ubufasha nawe wamuha.
Iby'imiti idashobora gukiza,Umwami Yesu arabikiza,humura Mama,Jya imbere y'Imana ,uyisukire ayo marira yose!Ni Imana yumva Kandi Ni Imana itabara abarushye n'abababaye,Ni muganga mukuru w'abaganga,ibyananiye abaganga Bose we arabishobora!!!Ihangane bigerageze Nshuti muvandimwe!
😭😭😭😭😭😭😭😭
Mana ujyuhumugisha abitakubababayebose
Kandururengere ikikibondo nukuri ugikize kukontakijyakikunaniranakimwe mwizina rya Yesu🙏
Mukama ni wewe ukiza ingwara zose, ndaguhereje ikibondo cawe ugikize🙏🙏
Afrimax tv mpora mbashimira cane kubwakazi ketche mukora Imana ibongere imigisha myichi itagabanijwe. And i also thank Reverend for such loving Golden heart longe live sir.
Bac-t komerezaho kbs ukomeje gukora akazi gakomeye kd afrimax ntimuryama kbs Imana ibahe umugisha kubwo gukorera ubuvugizi abanyarwanda
Muhindo TV, na Family Muhindo, Bac-t Imana ibahe umugisha! Kandi Afrimax tv yo nabuze icyo nayivugaho!!! Gusa nyifuriza guterimbere, muri abakozi b'Imana pe!!!
Nukuri abantu batuma abandi bishima lmana ibahaze uburame kd imbabazi zimana zibahoreho iteka ryose amen
Yesu abahe umugisha urukundo ruracyariho
Afrimax Tv ndabashimiye cyane kubwakazi keza mukora,lmana ibahe umugisha cyane,kdi mukomereze aho.
Ndababaye cyane kubwuyu mwana😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭
Yeeeesuuu we afrimax tv imana ibahe umugisha ❤❤❤❤❤😀
Ukuntu ari mwiza nukuri ark Mana wamukijije koko turakwinginze ushobora byose kdi twiringiye Impuhwe zawe🙏🙏🙏🙏
Imana ibahe imigisha
Geraldine Imana umuhe umugisha, se wuyu mwana afungwe kuko ni umubyeyi gito, buri wese uko ubushobozi bwe bungana agire icyo yohereza kuri phone yuyu mubyeyi, abantu Imana yahaye impano yo gusengera abarwayi musengere uyu mwana
Azakira Imana irihejuru yabyose!uwo muziranenge mama ukuntu ari mwiza!bantu b'Imana ibi bintu birandenze pe abantu ugasanga turirirwa turyana gusa dukora ibibi bidahesheje Imana icyubahiro ariko kandi dufite byinshi byo gukora Imana yaduheramo umugisha!nukuri twe tudafite icyo twashinja Uwiteka mureke twubake isi mubyiza!Aba papa nukuri ntimugakomeretse ababyeyi ku magambo mabi mubibazo muba mwahuye nabyo muba mugomba gufatanya muri byose.
Mbega umukobwa mwiza maman ujusengimana izamukiza niyo yonyene itananirwa
Birababaje nakomeze kwishyira mu biganza bya nyagasani azakira in shaa Allah Mungu atamfanyia wepesi japo inauma wawe na subira alafu akina baba wengi huwa wakiona hayo wanakimbia ila wakumbuke kama wako kwenye Dunia na Dunia wajue kama ina mwisho Afrimax TV na wapenda sana kwa jinsi mnatafuta habari tofauti za mitaani na usaidizi Allah awajazie kila la kheiri na baraka na mma wa watoto hawo awe na subira kubwa Allah yupo in shaa Allah
Imana iguhe umugisha cyane Rev. Muhindo and wife.Nibyiza ko iyo Imana ikwibutse,ubera umugisha abandi
Mana wumva gusenga wumve nuyu Muryango ukize uno muziranenge 🙏🏻
Imana ibahe umugisha president wa choir nayoti
Imana ishimwe cyane kandi Ihe Muhindo numuryangowe nabobakorana ibikorwa byiza nkibi umugisha nubuzima bwiza kandi ibingerere mumusaruro wabo 📖🙇🙇🙇🙇🙇
AFRIMAX murakoze cyane imana ikomeze kujyendana namwe 📖🙇🙇🙇🙇
Ihangane bambi, Nyagasani agukomeze niwe bugingo niwe mukiza, Courage mama Allah azakwishyuramo ibyiza ,Allah uyu means turamukweretse umukize ni wowe muganga wa baganga , kandi ni wowe muti ukiza, courage, we stand with your 😭😭😭🙏🙏🙏
Imana niyo nkuru izabikora ntakiyinanira🙏
Yooo mana tabara abantu bawe nukur naho twe abantu ntacyotwakora nukur
Nukuripe Imana izabahe imigisha kandi muzakomeze kandi izabongerere pepe cyane
Uwiteka weeee, tabara umwana wawe. Urakoze mana ko umukijije. Amen.
Uwo mu mama niyizere Imana cane ataravye hirya no hino,Imana ikiza indwara zose.Imana niyo ifise ubuzima bw'uwo mwana nayizere izomutabara.
Afrimax Tv turabakund cyneee Imana ibah umugish
imana izagufasha izamucyiza niyobyose
Amen.urakozeyesu
Yoo imana nimukize 🙏🙏
Oh my God 😭masikini ni hatari Koko ibintu ntivyoroshe aksanti Papa Muhindo
Yooooooooo Imana izamucyiza mama nukuri izere
Uyu mwana tumwaturiye ho gukira mw,izina rya yesu
MUHINDO TV murabona video za Reverend Muhindo nibiganiro byiza akora kubashaka kujya gutura muri CANADA
Hhhh ariko mana we atanga passport zaho?
Duhe link dukurikire ibiganiro bye
Imana izabikora nukwihangana
Iman.irantabara.mubyey
Backt ndakwemera men iyi niyo tv
Ukuntu uyu mwana ari mwiza disi ,nyagasani amworohereze nukuri ,Imana niyo yonyine yakora kubwonko
Muhindo Desire disi muzi nkiri umwana aba ahantu bitaga kwa Paruku Imana ikomeze ibagure ibakoreshe iby'ubutwari kandi Umuhati wanyu si uw'ubusa k'Umwami.
Muhezagirwe.
Ariko amatorero n'amadini tubarizwamo koko buriya urukundo rurihe??
Njye mbona ntazi ibyayo muri discipline z'amatorero n'amadini bagakwiye gukuramo ibidafite umumaro bakabisimbuza urukundo rutari urwo ku munwa gusa ahubwo ibikorwa kuko niryo vuga butumwa rya mbere Yesu ntiyigishaga gusa ahubwo yaranahagurukaga akagenda agakora imirimo n'ibitangaza.
Uwiteka adukomereze amaboko
Uwiteka adukomereze amaboko
Amen
Ya ALLAH
😭😭😭😭 Imana ukize uwo mwana mwizina rya Yesu
Imana ibahe gukira mwizina rya yesu
Mubyeyi Komeza Kwihangana
Imana imukize Mana kiza uyumuziranenge
Imana igbongerere aho mukuye ihasubize
Ntakinanira imana ntibaguhebuze
Wow that's good thank you so much Afrimax TV
Muhindo uhezagirwe gose
Ukomere muvyeyi namukobwa wawe nabamusuye muhezagigwe cane!
😭😭😭😭😭🙏🏼
EWE ALLAH KUMPUHWE ZAWE FASHA UYUMWANA NUYUMURYANGO UWOROHEREZE UVE MWIZINGORANE UFISE TURAKWINGIZE MANA YACU
Allahuma Ameen yarab
😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭
Nyarwaya Donald Ubwo se koko uri kurira? Ngaho Gira icyo ukora aho gushaka like👍🏿
Fata🖕
"aneye"!?iyo Ni "ntibavuga"
Like c ziratuma intimba yuyu munyeyi zishira Nyarwaya we
Incwiii ariko mana ni keza !!!
Jesus Christ 😭🙆 thank every day
Bambi she's beautiful, mi God help her
Mama komeza wihangane imana igufitiye imigambi mwiza kuriwoe ark mana uyumwana wazamuhinduriye ubuzima koko
Yego naje binteye agahida namarira nibaduhenimeroyawe😭😭
Yoooo, mwihangane nubwo bitoroshye, ariko nta kiba Yezu atakizi, mugire ukwizera gukomeye Mw‘Izina rya Yezu byose arabishoboye.
Hari casque mwamugurira cg mukamudodeshereza irimo Ama éponges bigabanya ububabare mu kwisenura hasi.
Ese cancer ye ijyeze kuyihe stage?why they can’t operate her(open head surgery bagakakuramo those demaged cells?)ese iyo miti ko kuyikoresha igihe side effects ishobora kwajyiza kidney, and some other organs,Gusa nafwashwe abone further treatment ,kdi Imana ikomeze uwo muman
MUHINDO TV actually ntabwo ndaba specialist even though am currently medical student,numva bakwegera neza umuganga uri kumukurikirana,bakamubaza niba birashoboka, kumukorera surgery,nibwo buryo bwiza bwabashaka kumukiza,naho iyo miti after sometimes izazana ibindi bibazo especially kidney failure and some other related diseases,abonye ubufasha akajyera nkomubitaro bindi bikomeye byaba byiza,ikindi hakwiye kumenwa in which stage cancer afite igezeho?ese ni benign or malignant (mumbabarire sinzi term yibi mukinyarwanda )kuko nimurenga izakora icyo bita metastasis (kwimukira ahandi jyenekereje mukinyarwanda?)ariko twizereko azaba yaravuwe agakira,ese iyo aguye azanzamuka bijyenze bite or hashize igihe kingana iki?ese angwira amasaha amwe?ese ntawundi muntu womuri family ya papa or ya maman we waba yararwaye gutya?ese arasinzira neza?or ntayindi ndwar yindi afite?Imana igume ibakomeze!
@@TCN250 ntabwo ari casque y'igitangaza rwose. N'a ba badozi b'iwacu i rwanda babikora. Ukozee neza nk'izi z'abanyamagare et doit couvrir le crâne surtout le front. Aha mûri France tuziha les personnes épileptiques bisenura iyo bagiye mûri crise. Byibuze bigabanya choc umuntu yari kugira atayifite.
@@TCN250 ukoresheje amazina yange wambona Kuri Facebook. Ntabwo ndi igitangaza nge. Je ne suis qu'un simple psychologue dans un centre psychothérapeutique service d'accueil médicalisé. Nk'aba nkora précisément analyse de la pratique.
@@TCN250 hano murwanda sinzi impanvu abagira ikibazo cyokwitura hasi batajya bakorerwa izo casque hanze nziko zihaba kuko nokwikubita hasi byateza izindi rwara atararwaye iyo casque jyewe nyizi kumwana wumumama uba suisse nawe umwana arwaye ibyokwitura hasi imyaka myishi rero ahora ayambaye nukuri arayikwiye numuryango uteye agahinda pe
Afrimax mwamenyera nimba uwo mumama aba kuri what’up, if so let me know the number she uses on it because this one is not on what’s up. I need to talk to her privately. ASAP
Mubigaragara nta whtsapp agira arwose hubwo wowe wazashaka uko wamugeraho utari utari hafi watuma umuntu akakugirayo mukavugana nibwo buryo bworoshye
😭😭
Maskini bambiiii......cyokoze imana ibakubire ibyomwahaye uwomubyeyi
Ihangane uwiteka arabizi byose humura
Yooo manawe 😰😰😰nukwihangana disi
Mpise ndira
Omg 😭😭😭😭😭😭
😭😭😭😭
Mana wee nanjy mbuze icyo narenzaho bury iyisi irimwo ibibaz byishii.pole maman imana irajy iguhoze amarira
Bact nibaza ko uwo mwana niba ari igicuri koko kwa muganga barabyemeje, uzampe uwo mubyeyi murangire umuvuzi.
Backt haribintu muzakora imana ibajyirire nezaza isiyose ubabone komwakaze neza backt urigukora ibyurukundo nange birandenze
Nangye nakubyira ko wagya mumasengesho yiba wabona aho abitwa aba Frère de JESU bamusengere shaka IMANA nturire twese ni IMANA idufasha kandi uza tubyira aba Frère de JESu nabafite umuhanuzi witwa BRANHAM baza musengera kandi azakira nangye barasengeye ndakira
Uyu mubyeyi ahuje ibibazo nunzi neza neza. Umwana we wimfura Afite ubumuga nkubu kd uwo mubyeyi numupfakazi wasigaranye abana 5 ntakazi agira atuye muri kigali arakodesha. Ndabinginze nawe muzamutabare Imana izabaha umugisha pe. Nomero ye niyi 0787381726 yitwa Peteronille. Murakoze
Nimwe bambere
😭😭😭😭😭
Ese umuntu wifuza kujya muri groups zifasha, mwabimufashamo mute?
abagabo ntibajyira kwihangana iyo babonye ikibazo cyije murugo bahita bahunga
mwaduhaye number yuyumu maman ko twamufasha.merci
Mwanduhaye numéro ya Muhindo tv
Ihangane imana izi byose kandi izabigufashamo
Nukuru imana injye ibaha umugisha mukorwa mukoro byaburimunsi
Akomana abana bomuri 2000 ubu nibikumi Nukuri uyu wagirango aracyari muto
pole mama ihangane
Bâti samahani nipe numéro yako 🙏
Afrimax ntimuryama
Yooo ndarize mana😢😢😢☹
Bac T wa mubyeyi wamushakira kuri 0787505233 nibwo twamenya amakuru ye yimbitse murakoze mfite ifoto ye nayiguha gute se??
B ct numva mbabajwe cane niyo mwana hamwe noza i Kigali nigira ico nkoze hamwe nomenya Adresse yabo bantu canke mukampa adresse ya Afrimax tv
Nukuri usibye imana yoninye ntakind kand byose birashoboka
Ariko uwomugabo wagusubijye gutyo afite ubwenge buke bubaho koko ngontibabyara ibigoryi?koko??ndamugaye kandi nimana iramugaye
IM GOING TO STOP WATCH IF YOU DON'T HAVE SUBTEXTS
Mume number zuyumumama
Nonese uyuniwamumama numwanawe mwigize guhurira i huye muri gare? Mulungu nimukali zoona palasite azabafoletsa.
Ngongwiki?
Munyihanganire narinibeshye nandika amakosa
@@umulinganicole2012 hhhhhhhhhh
Abagabo nabagome nukuri
Shamsa Tambwe si bose
Afrimax ndabashimiye cyane ku buryo mwitanga gufasha abababaye nanjye ndi muri Oman navukiye kabgayi Bacti na bagenzi bawe Imana izabahemba cyane
Nukuri imana ibahe umugisha kdi nukuri mama ntakidagira iherezo byose bizarangira .
Imana ihe umugisha family muhindo na babavandimwe kugoboka umuntu w'Imana yaremye
Akongera kubona ibyokurya byinjira munzuye.
Natanaël Nihorimbere
M
Bact uwo mumama muzasubreyo mugre uko mumufsh
😭😭😭😭😭😭😭😭
Bac-t abagabo sabantu.mwabana ntakibazo gihari ariko iyo hari akabazo ahita acaho,niyo mpamvu H.E yahaye abadamu ijambo yari yabibonye
Ariko kuki mutubeshya
Ubwo se nukuvuga ko batajyago guhaha. Cg nibindi umuntu abakeneya mubuzima bituma bagomba guhura nabndi.?? Iyi chanel yatangiye neza nonebu isigaye itubesha.??
Ariko wowe iyo bavuga ibigoye uvuga ibigori? Ubwo se icyo babeshye nikihe? Tanga ubufasha ibindi ubyihorere kandi nubona utabishoboye wicecekere
Murakoze cyane kubwibikorwa byuruku ndomufite turabakunda cyaneeeeee lmana lzabahe lmigisha myiship
😭😭
Satani numugome gusa ,ubu koko uyumuziranenge yamuhoye koko. ,gusa mama ihangane Imana y'amahoro irikumwe nawe
Ariko nawe BCT urihatari kuyatara
Abagabo bose si bamwe harimo abeza bashyira mugaciro hari nabandi nyine babi none se abo bagiye kugira neza ni abagore gusa