Abavuga ko yesu atabayeho ni ant-christ, illuminate..... Twe abera b'iyera,twemera ko yahozeho,nyuma akaza kwigira umuntu,ubu akaba ari mu ijuru iburyo bwa se.. Kristo ni muzima,ariho kandi azahoraho. Izina rye rihimbazwe iteka ryose
Yesu kristo ni muzima,yabayeho kdi azahoraho,mwanafunzi uri umusilam,nguhaye 1/💯,niryo 1 niryumwuka watakaje uyobya abantu,iyi sujet itumye ubona echec mu bunyamakuru bwawe,kdi twakwemeraga,jya wivugira ibindi ibya yesu kristo ubireke,kuko ibya Yesu birabagusha
Yezu ni Umwami w abami Umwana w Imana nzima ndabihamya ni Umucunguzi w abamwemera n abatamwemera
yesu ni mana yabanyamahanga si uwi rwanda ni yo mpamvu abazungu batumye tumarana
warasaze
Abavuga ko yesu atabayeho ni ant-christ, illuminate.....
Twe abera b'iyera,twemera ko yahozeho,nyuma akaza kwigira umuntu,ubu akaba ari mu ijuru iburyo bwa se..
Kristo ni muzima,ariho kandi azahoraho.
Izina rye rihimbazwe iteka ryose
Yesu yabayeho,arihokd azahoraho
Noneho waramubonye 🌚😁
Amen amen
Are weee! wasobanuye se uburyo bubihamya, ukareka kwita amazina abatabyemera nkawe?
@@ntambarajeanbosco2514 uko kutavyemera guhagazeh ga ncut yanj ??
Ubwo wowe nureaye uvuga ko yesu atabayeho yes numwana wimana yagiye mu ijuru natwe abamwizera azaza kutujyana abatamwemera gehenomu irabategereje abo twemera kimwe mu vugengo amen
Yezu yabayeho abavugako atabayeho sinzi ibyabo
Ibaze nibavugako Ismael Mwanafunzi atabayeho!
Ibaze koko
Rekareka nago byabaho egoko mwami🙏🙏🙏🙏
Yabayeh njye ndabihamya!
Ega nuko abayahudi batari batahuye😊 😊
Mbere na mbere hariho jambo kd jambo uwo yahoranye n Imana is itaraho yesu yarariho kuko yahozeho kd azahoraho iteka ryose
Amahirwe masa🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Yesu kristo n umwami w abami ninyiri butware 💪💪💪
Mwanafunziwe nakwemeraga nkumu nyabwenjye ariko nsanze naribeshye kbsa tubyaranye abo nuba utarubizi Yesu nta shidikankwaho ntajyererankwa numwami wabami 💪💪💪
Ngaho nyumvira nkawe ubwose wowe Uzi ubwenge? Ibya Yesu ubyemera ubizi ute? Nange mpamya neza ntashidikanya ko nta Yezu wabayeho ntanuzabaho na rimwe
Mwanafunzi ko noneho ibi biri kuvuguruzanya ra! Hari ikiganiro cya 2019 uvuga ivuka ryisi namadini...
Kuri yesu mpise ntakara
Urakoze cyane mwanafunzi kbsa wasoma.
yezu yabayeho kandi azahoraho none n ibihe bidashira amen
jye nfite ikimenyetso kirenze kimwe kemeza ko yezu yabayeho apfa akazuka yatwoherereje umuhoza roho mutagatifu uwampa nkagera aho yezu yavugiye
Yesu numwamiwacu naweudahweko atawe urumujawisi naweazokwihakanira mumaso yuwiteka
Imana ikubabarire kubwibi ukoze!! Ariko usabe Imana imbabazi kubw'icyaha ukoze wivuye inyuma.bitihise aka kazi ukora kazakugeza aho utazikura Kandi uzicuza
Hhhhhh nihatari kueri
Rachel hari umuvandimwe wizera UkorA ibibiganiro neza adahakana lmana! Jya kur channel yitwa Guhamya Tv bizagugasha
Ko umuciriye iteka wowe uri umu kristo nyabaki!??
Yesu ni umwami iteka ryose
Izi nanga mujye muzigabanya zituma tutumva neza mwanafu
Yesu yabayeho niba ubihakana cg ubushidikanyaho ibyi Mana uzabireke ukore ibiganiro bindi ibyi Mana ubizi ukire🙏
Mwanafunzi muzamumenya sha
none x waramubonye woe hhhh
Ubuze ubwege abusabe Imana
Nukolero esmmusomyi wibitabo nkundira ndagukebure uzusoma ibitabo vyinshi ariko ivyimana uvyihoze ntibizogukwegere kuko. Imana ntaco woyigako kuko ntiwobumbinkono ngigaruke yibaze ubuzima bwawe ariwe wayibumvye
Ndakund ibiganiro vyawe ndumurundi nitwa NIYONSABA RAJABU komez utwigishe mwarimu mwiza wamateka
Yezu yabaho🙏🙏🙏🙏
Kuki utajya uvuga kuri Muhammad na Islam! You are Ismael, I can see!
Nicujije igihe namaranye nawe! Umaze guhembuka.
Yesu yubahwe mwisi ndetse nomwijuru
Mwanafunzi ivya YESU ubirabiye muri history no mubwenge bwawe ubwawe ntuzigera ubitahura niyo mpamvu naho wofata imyaka yose usigaje udusobanurira ko atabayeho ntituzigera tukumva twe Yesu twaramubonye yadukoreye ibikomeye kumva ko atabayeho twumva kuba uriko urikinira ahubwo Imana ikugirire Ubuntu nawe akwiyereke.
Uransubirije nange.
Komutamumenyese ababiligi bataraza iwanyu HHhH iyumuzungu atamukwigisha warikumumenya
@@Abdourkalim_knowless umve nimba ari nabo batanguye kumwigisha baragize neza ariko nagira ndakubwire ko niyo bataza n amabuye yari kumumbwira nkamumenya icompa akakugurura amaso ukamenya ko kubaho utamufise urumuhombe wambere
Nukuri niwe mwami nakunze
Yohana yarimwenende harya raaa! Yaba urumuhungu WA Ersabeth
Mwene Maliamu Cg Malia
Ibyu mwukawera yaduhishuriye nibyashu nuru byaro rwashu naho ibihishe birimu bwiro bwi mana kwicyijyihe buriwese yivujyira ibyo ashatse Kandi ntiwabuza umuntukuvuga barahimba bakavuga ibijyajye Ni byo baba bararicyiye ibyo birabare ba YESU nu mwanawi MANA numwami aka banumu shu nguzi Wu bujyingo bwanjye nu bwabandibose kubabishaka ariko
Yezu numwami ✊✊
Nabony yandits ko yesu atabayeho numvirij ivyavuga sanga avuga ko yabayeho nukuvuga k ivyo yakoz harimwo ivyo yihenzeko Imana imufashe imutahuz neza ivyakora
Igihe wasoma ntakabaza ko gutangara wabonyeho?
Yesu yabayeho pe
Yesu ahimbazwe
Ntiyabayeho ?kdi ahubwo ariho ,yahozeho azahoraho niba ku myaka yawe utarahura na Yezu ngo umwumve mu buzima bwawe ku buryo ukeneye abamukubwira umenyeko ukomerewe cyane
Hhhh yahozeho ariho azahoraho nimanase imana niyo yahozeho iriho kamd izahoraho ntabwo yesu yahozeho kuko yararemwe
@@Abdourkalim_knowless yaremwe nande nihe herekanako yaremwe? Soma muri Yohani 1:1-4 urasobanukirwa neza
Uzasesengure ma mhamadi bene wanyu bazakubamba
Niba utamwemera ubireke ariko ntukajye ubeshya abantu ku bintu by'ukuri
Abeshye ikise ko asoma ibyanditse nkuko nawe usoma ibyandi ntacyo avumbuye nawe ntamakuru afatika ufite just nukubyizera ujyendeye kubyo usoma wisara rero naee tuza tejyereza
Arko ubwo nturinjiji nones ko arinyandiko zakera abasoma niwe ubihimba ahubwo ubundise agukuye munyemerere yaw
Salute Bro komeza ukangure intekerezo zabantu cya abany'Africa kuko twabeshywe cyane
Uvugako atabayeho numurwanashyaka wa satani nagatsindwe nImana yomwijuru
Nuko abayahudi batari batahuye yesu Yari imana yihayumubiri niwabuhariye uzusome Muri yesaya 43 titregusa. Canke 44 nahonyene titre canke 9 umurongo wa6 kubandanya uzoca utahura ko yarimana yihayumubiri
Ndumiwe Yes yabayeho atarabayeho ntiyari kuvugwa
Natwe dufite abahanga bakoze ibyinshi byiza ahubwo nuko bitamamajwe na yesu yabayeho ahubwo Ismael niba murabahanga mwamamaze abahanga natwe twagize😇😇
Ako muziko nabize bajya bavangirwa nagukundaga Ako ndakwanze nawe ibyo uvuga nabyo Uzi ihane utazisanga wabaye ikiragi ura gastindwa nanyagasani
Ahahontabwo twunvikana ahubwo ufite icyibazo wowe
ubutaha uzakore ikiganiro cyerekeye kuba malayika, ugereranya abamalayika bavugwa muri bibiliya ndetse namashusho twerekwa yabamalayika !
naho ibya "YESU" we ntabwo twamusobanukirwa tukiri kwisi. He is beyond our thoughts.
czcams.com/video/M0_Of3GSt08/video.html reba hano
Ariko hari ikindi kiganiro wavuzemo ko yesu yavutse mumiryango yibwami (mivuka ryamadini nimana)
Nayobewe uko mbihuza nibyo nanjye narinziko yavukiye mumivure
Nshuti yange nta muntu numwe ufite kwiringira! Keretse bibiria yonyine! Niyo lhishura kristo ibindi byose ntaho byakugeza
Turabakunda
Turagukunda. Chanemusaza uwampa imbano nkiyawe twakoreshabangaki?
Sure se Buriya cg nibitekerezo byanyu
Yegoko
For you as researcher,the evidence of Jesus is a science history?
Mwitondere abantu nkaba ni abakozi ba Anti-christ
njyendamwe merankumwami
numukiza
hhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhh ,,,,,,,,,,,,nanjye ndi umubudiste nkawe kbs
Umutwe wa ijambo wonyine urahagije gutuma nguha 0
Sawa.
Bazamwihakana
Ùrakishe n'ubwo uri umunyamakuru w'umwuga, imyemerere yawe igukubise hasi kuri iyi nkuru. Nk'uko witwa Ismaël, uzanategure ikindi kiganiro kivuga ko Muhamadi atabayeho...naho Yesu/Yezu mumurwanya kuko mutiyumvisha impamvu abumvise ibimwerekeyeho byose, bahita bashiguka. Akora ku mitima y'abamwemera n'abamuhakana!
Guy come on plz twebwe nkaba islaam Yesu tumwemera cyane birenze nk'intumwa y'Imana yatumwe Kuba Islahel ubwo rero wikwitiranya ibintu 🙏
@@Rwandanshygirl Nta bintu nitiranyije! Ikitari ukuri ni ukumugereranya ngo n'abandi bantu babayeho b'ibyamamare, ngo bakanandikwa mu nkuru z'ibya kera. Ikibazo nifuza ko munsubiza, ni ukubera iki abo bandi bose bazimye burundu bakibagirana, we agakomeza kwamamara kabone n'iyo abamurwanya bakikuba inshuro zitabarika...
Syridio rwose ujye kur Guhamya Tv! Uranezerwa cyanee
@@bamporikijeanmarie1945 Nta muntu ujya ampitiramo ibyo nkwiriye kumva cyane cyane ibijyanye n'imyemerere kuko abenshi bahanzweho cg bagahahamuka bifuza ko umuntu wese yamera nka bo
Ark ntukajye uhagarara muruhande rumwe kd narwo radafite facts! Ibintu wowe urikuvuga wabona ibibihamya?
We love you
Eeeee eeeee nibyose koko
Ese rekambabaze Abanya Rwanda na Barundi iyo Tutaza gukoronizwa nabakorone Situba tugisenga ba rwabugiriri nibindi none kuki abazu gu bababwiye ibintu mutazi mutabonye mukabyemera?? Gusa burumwe nabe Uwo ariwe
Yego ra
@@Abdourkalim_knowless nokokuri da🥰🥰🥰🥰
Hahah,...
cobikoze mtibigurako documentaire yama ivug ukuri ahubwo iravuga uko bamwe bibaza
Ese wamunyamakuruwe kugira ububeshi bwishyi?
Yezu yabayeho ntagushidikanya kuko gihamya irahari
Sibitabo gusa
Genda ntawabayeho
Nange mfite gihamya ko ntawabayeho
Chicago muri Illinois, not Illinois muri Chicago
Title mwahaye ikiganiro na content yaco biri different
Jesus yarabayeho kabisa
Muzatubwire amateka ya papa we yozefu ese yozofu yarafite undi mugore ko numva ngo hari bashiki be
Joseph yabyaranye na Marie abane benshi , barimo. Yuda. Na yakobo. Tubona inzandiko zabo muri bibiria! Ntitubona. Abakobwa mumazina, kuko batabarwaga, ark nabo barahar! Jya kur channel yitwa Guhamya Tv uzajya uhungukira byinshi byagugasha. Kumenya lmana
u
Jesus is number one for today until last day Jesus is alpha and Omega Please don't it enough Jesus is King for ever and ever
*Ibyamamare na Muzika* with Emery Fasta Fasta.
czcams.com/video/8O9q_YSUNr0/video.html
Ariko mwafunzi wowe waba warize amahame ya islam kurusha anicet,uzamwegere agusobanurire uretse ko wowe Yesu atakwisangiye ngo akwimenyeshe ,ariko nawe akunda kwimenyesha abazi kuvuga nkawe kugirango agukoreshe ibyo wavuze umusobanuraho ibitaribyo umusobanukirwe neza ubone ubisobanure neza.
😄😄😄😄😄😂😂😂😂😂👍🤣
Uyo ngira ari mwidini ryabayahudi niryo rigwanya Yezu na tous les Romains.
Hahahahahaha GGO twese twarizariko ntitwitangaza ntawosigura kubuzima bwuwapfuy Ari muzima vuga kubindi ntucamahera mukugwanya KRISTO YESU
🙄
Ni ko byanditswe : Azaba ikimenyetso bazagiraho impaka n'ibuye ry'urutsitariro, abere bamwe impamvu yo korama, abandi ababere agakiza
Yewe mwene data,mureke Nawe siwe ahubwo Umwami Yesu azamwibwira ajye amuhamya nkabandi Bose.
Uzakore icyegeranyo kuri Islam ,uvuge nigihe yatangirijwe kd Islam ivugako ari idin yatangijwe kintangiriro y'ikiremwamuntu
Murikubeshya yaba atabaho kandi baramubyaye
Waruhari biba harigihamya ufite ?usibye kubyumva gutyo nkabandi
Hhhhhhh ndumiwe koko ariko wanasanga aribyo tuu kuko twiga ibyo batubwiye
@@MrNdanguza yesu yabayeho, ariho ,Kandi azahoraho,ibihebyose ,niwemwami wisi nijuru Kandi utarenganya 🛐. Yesu ndakwizeye: Amen
Hhhhhha
Nibyiza ugira ibiganiro bicukumbuye, ariko nibaza impamvu wihata ibyerekeye ukwemera kw'abandi, ko utatubwira iby'idini ya Islam, ?????????????
Islam
yesu turamwizera wangu widusubiza inyuma
Yesu yabayeho ariko ibyo bamuvugaho hafi 95% nibinyoma, ntabitangaza yigeze akora, yari umuntu usanzwe nk abandi gusa yashoboraga kuba yaba umu revolutionary, kuzana impinduramatwara, ariko bitewe nurugo yavukiyemo, ubwoko bw abayahudi yavukiyemo bari hasi rwose mu isi, bari ingaruzwamuheto, niyo mpamvu yajyaga kuba ikirangirire ariko yabuze ingufu haba mumuryango cg mubari bamushagaye, abonye abuze byose nk ingata imennye ahitamo kugira abo yigisha philosophy ye, kandi ahitamo gusa nkukura amaso kubutegetsi bwisi kuko yabonye ntangufu maze ati ubwami bwanjye si ubwiyi isi
gusa byose ntamakuru nyayo azwi niba nibi ari ukuri, birababaje kuba ntankuru nyayo dufite kuri uyumugabo abahimbye iyobokamana bakoresheje nk umwana w imana ( nayo itabaho kuko ari igihimbano cya muntu)
Ubuse nkugaye ngushime gs ntashidikanyije ndakugaye byihutirwa
Ntukwiriye guhabwa intebe, ntukwiriye kumvwa, ntukwiriyegushimwa,ntukwiriye icyubahiro,nutizera yesu ibyo uzakorabyose uzamenyeko uri inyuma ya (o)
@@mbabaziepimaque1152 Imana, shitani, abadayimoni, imyuka mibi byose nibihimbano bya muntu kugira ngo abone ibisubizo by ibibazo byinshi yibaza. kuba wowe ubona ibisubizo muri yesu, imana, shitani ntakibazo, utabibona gutyo na we ntakibazo. igihe cyo se umuntu ariho nibihangano bye bizahoraho ariko ntibivuze ko biriho rwose, ibya yesu ninko wavuga ko Ruganzu azongera kuzuka agafata ubwami bw u Rwanda aribwo abanyarwanda bose bazanererwa bagahurira kumwami umwe, neza neza ninkibyo abakristu bizere.
Ijiro nibitekerezo by abantu ntaho riba, ijuru ni ukuntu si ahantu
Yebaba we ko najyaga nkunda interventions zawe none ntiwemera IMANA ???
@@berwacom8787 Nabaye umunyedini igihe kirekire, nza kumenya ukuri kandi mbona ibisubizo byinshi kubibazo nibazaga
Nanjye ndi umukristo ariko ubu njya nibaza nti kuki abazungu bafite ibintu byose ndetse niyobokamana bakaba batwigisha iryabo!? Abarabu urebye nabo ahanini nibo banyirislamu! Abayuda bafite Judaism ariko n’ubukristo ugasanga bubashingiyeho ndetse n’ubuyislamu! Kuko twese usanga twiraga basekuruza wabo ba Aburahamu,Yakobo, David, n’abandi naho basogokuru bakitwabapagani mbese ibintu bibi! Abahinde bafite Buddhism ! Abo bose urebye arubukungu bafite umurongo wabo bahagazemo, ari science bafite imirongo yabo bahagazemo, ari igisirikare bafite aho bahagaze, ari umuco n’iyobokamana bafite aho bahagaze naho twebwe nugohora tubirukinyuma mubyabo twarataye ibyacu tudashaka no kugira n’icyo tubikoraho ba rukurikirizindi mubyabo gusa! Birababaje kwizera ntikuvanaho gutekereza .
bya nyagasani ntamuntu numwe abizi?????????????????????????!???
Uwo murezi ntiyabayeho ni fictional character
Yabayeho kandi ninawe yaducunguye yapfuye kubwacu kugira turonke ubugingo budashira kubamwera nabamwizera
Abo yiyereka nabo?
Yaba umwami atavuka ibwami?
Umwami se wo kwande? Nagende Yesu n,uwo Abantu biremeye baza kumutwigisha
Noneho ubaye antichristo? Twakwemeraga ariko...
Arko se kurinjiji kwaricyegeranyo yasomye mubitabo niwe urikubihimba
Umupfapfa arya yibwira ngo nta Mana iriho niko bible ivuga
Ubwo aha niho ushakira views koko? Yesu ntiyabayeho se nicyi cyakuremye?
AZAMWIYEREKA
Hhhh yesu siwe waremye muntu
Yesu nawe yaremwe siyaremye mujye musoma ibyanditswe
Hhhhsha iyobigeze kumyemerere ndisekera nones yesuyatemye abantu
Yesu yabayeho kandi ahoraho
Turabakunda
Yesu kristo ni muzima,yabayeho kdi azahoraho,mwanafunzi uri umusilam,nguhaye 1/💯,niryo 1 niryumwuka watakaje uyobya abantu,iyi sujet itumye ubona echec mu bunyamakuru bwawe,kdi twakwemeraga,jya wivugira ibindi ibya yesu kristo ubireke,kuko ibya Yesu birabagusha
Nuko abayahudi batari batahuye yesu Yari imana yihayumubiri niwabuhariye uzusome Muri yesaya 43 titregusa. Canke 44 nahonyene titre canke 9 umurongo wa6 kubandanya uzoca utahura ko yarimana yihayumubiri