Ibyica indoto z'abantu | 10 Dream-killers | Abarota bakazikabya nibo bateje isi imbere
Vložit
- čas přidán 18. 05. 2022
- Akajagari muri salon y'umuntu kakwereka akajagari kari mu mutwe we!!
Uyu we ngo nta nzozi ye n'imwe isohora, uretse kurota anyara ku buriri
#Ubukire_Nyabwo_TV #_0790697003
Kuyi iyi channel tunyuzaho ibiganiro bishishikariza abantu kwiteza imbere, inyigisho n'impanuro z'abahanga mu byo kwiteza imbere. Twibanda cyane ku gukira ukiranuka. Indangagaciro tuvana muri Bibiliya nk'Ijambo ry'Imana nizo ziyobora ibiganiro byacu, tukongeraho n'impanuro ziturutse mu bunararibonye bw'abategura ikiganiro bayobowe na Pastor Aimable Nkuranga, umaze imyaka myinshi ayobora ibigo by'imali. Iyi channel yitwa UBUKIRE NYABWO TV kuko twemerako UBUKIRE NYABWO bugira agaciro muri ubu buzima bwo kw'isi ariko umuntu akazanabwambukana no mu buzima bw'iteka. Ntugende udakoze SUBSCRIBE / @ubukirenyabwotv Kandi nugira ibyo ukundamo ukande LIKE ndetse na SHARE kugirango n'inshuti zawe bizigereho. WIBYIHERERANA
Iki kiganiro nikiza cyane ❤❤
Turabashimiye cyane kubwo guhora muduha ubumenyi bukomeye. Njyewe ninshwe na indispline.
Thank you so much. Nkunda ibyo mutugezaho
So inspiring
U are good mentors
I wish ko young generation twakumva izi nyigisho
Twatsinda Kandi tukagira success
Aya masomo ntamuntu wapfa kuyumvana
Murakabaho , mukomeze kuramba
Be blessed in all
Bisangize abasore uzi
Mutubwire ikintu cyafasha umntu gushyigikira inzozi
Dear Pastor, nshima Imana yatumye menya iki kiganiro. Hari umurongo maze gufata mpereye ku nama zanyu.
4.GUCIKA INTEGE VUBA,kwihutira gusezera
Ndabemeye barimu beza courage rwose. Dreams, no kuzikabya
Komerezaho ndabikunda ❤
Ndabemera muri abarimu beza pe mbambona hari minister mukwiye murikigihugu rwose
Mwangiriyihenama nasomye motivational speakers ariko dreams ntabwo nzibona muzamfashe nukuri
Murakoze cyane ndumvise pe
Pastor wanjye nkuranga aimable ndagukunda cyane ibiganiro mukora ndabikunda from kenya uwomugabo afite decision making muriwe nawe ndamukunda cyane
Urakoze cyane natwe turagukunda
Turabashimira cyane
Nsubiye mukazi turasubira.be blessed
5.KUBA WARAGERAGEJE BIKANGA ugaheranwa n amateka y'ibyakubayeho ,inkovu z"imiringa,kera habayeho nimukore Sha natwe twarakoze biranga hhh
BAGIRE INAMA ZAWE ZIRATWUBAKA KOMEREZAHO!
3.IMYITWARIRE MIBI(indiscpline)
inama zanyu ziratwubaka cyane❤❤❤
6.UBANA NANDE UGENDANA NANDE?ese afite ibitekerezo biganisha he?(Sociation) gukatira abafite ibitekerezo birihasi ukamenya uko ubatwara
Murakoze cyane mubyo muvuze byose numvise arukuri pe tugiramahirwe kuba dufite abarimu nkamwe iyaba urubyiruko rwose rwabumvaga byadufasha njye ntakiganiro cyanyu kimincika kuba nakora subscrib
Byaba byiza izi ngingo mugiye muzishyira muri description nk'inshamake:
Kutagira indoto.....Gutinda gushyira mu bikorwa... Kubura Discipline (akajagari)... Past success (kwirata inkovu z'imiringa)...Past failure (guhera mu kuganya ibyakunaniye aho gushaka igisubizo) Umuco...Kwigereranya n'abandi...10 Kugendera ku buryo abandi bakubona
Fear
Turabumva rwose
2.GUTINDA GUFATA UMWANZURO,gushyira mu bikorwa
1.UBWOBA
Association abo tugendana abo twirirwana
7.UMUCO ex:iwacu ibi ntibihaba😂iwacu nta mukobwa ukora muri garage ,iyo ushatse kwizirika kubya kera hari byinshi bipfa,umwenda w"akazi ...
Eugene Imana yampuje niyi Channel to push me .
You build my vision.
A D-day we shall meet and I will remind you what u have done to awake me🇧🇮
Thank you Pascal.... keep moving
Ok jw ndabashimire cn cn vyimazeyo kuk mumbery abahanuzi beza can
Umutumirwa ati "Ntukigereranye n'abandi, abakuruta cyangwa abo uruta, uri wowe. Hanga amaso iyo ujya wireba ibigukikije. Wireba kwemezwa (approval) n'abandi, wigendera ku cyo abantu/abandi uko babibona (people's opinions are not your business), sanga inzozi zawe."
Murakoze ku mpanuro zanyu zubaka. Babimenye se disi ngo barebe izi video ko bibereye mu birangaza byo gutwika?
Plz mwiihangane niba bishoboka muze kuduha number za Bagire akoresha ku WhatsApp dukeneye inama ze
Kwigereranya n abandi muri make sibyiza abo uruta cg abakuruta
9.KUTAGENDERA KUBITEKEREZO BY"ABANDI
8.KWIGERERANYA N"ABANDI
Icya 10 ntacyo numvise niba ntibeshye
Turabashimira ibyiza mutujyezaho, turabinginze mutwingingire BAGIRE azadusesengurire crypto yitwa TRON.MUZABA MUKOZE
ariko bagire ibyo wadukoze 2016 ubu iyo nkubonye ndababara kuko waraduhemukiye Kandi nawe urabyibuka
Ese mwarimu wawe Ninde?
INTAMBWE YA MBERE MU NZIRA JYABUKIRE, UBUSHAKE BUDASUBIZWA INYUMA!
czcams.com/video/BfxCJyM5-5A/video.html
So inspiring you are good teacher
Thank you very much pastor and thank you my Coach Eugene
I like you so.much