Rev Dr Antoine RUTAYISIRE & Pr Hortense M- Basubije Ibibazo byabashakanye/SEX /DIVORCE /ABANA/INKEKE
Vložit
- čas přidán 28. 11. 2019
- Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha ibitekerezo ku makuru tubagezaho, ukaba ufite UBUHAMYA bwasubizamo abandi ibyiringiro, Inkuru, Igitaramo, Répétition cg Gushyigikira uyu murimo. Duhamagare, Twandikire kuri Whats'App: +250 788 56 26 10
Kanda S U B S C R I B E ntugacikwe n'amashusho akurikira. #HimbazaTV
Subscribe For More: goo.gl/Ht5bK5
Murakoze kubaka no gusanura ingo zacu. Muzokomeze mutwigishe gusohora satani n'ukwimika Yesu mu ngo zacu. Yesu abah'imigisha yose. Amen.
Wamugabowe uzi ubwenge. I like the way you respond to questions.......linking everything into the logical flow up to convincing prospects.
V
Ndabikunda cyane, mu Rwanda Imana yahagurukije abakozi bayo bakunze abantu bayo bakabahugura , kandi bakunze n'igihugu bakakireberera.
Bakozi b'Imana muhabwe umugisha, muhagurutse mu gihe gikwiriye pe,wenda hari icyo muzaramira.
Ndabaramukije. Jewe ndi i burundi ariko ndijijwe cane no gukurikira iki kiganiro kandi ndi umusore. Ngeze kumyaka 31 ndakijiwe ariko sinaribwumve abakozi b Imana bitayeho igikorwa nkamwe. Imana ikomeze abakozi bayo nubwo bitoroshe kuzobabona i burundi ndizerako izongabire zibarimwo ko zoboneka i burundi. Murakoze cane.
Imana ibahe umugisha bakozi bImana
Murasobanutse kd nibyo muduhaye birasobanutse pe
Rv Dr AR ndetse namwe Pst.H ndabashimiye cyanee rwose peee ,natwe aha turi Zambia tunejejwe nuko mwitangira kugira Abantu inama
Pastor Rutayisire ndamukunda Imana ikomeze imugwize imbaraga
God bless you at all. Aho bucyera dukomeje dutya, Ingo ziraba Paradizo. Agatabo Pastor yavuze mukatubwire neza n'aho kaboneka.
merci beaucoup
Ndabona Hortence na Rutayisire nk'abamalayika Imana yizaniye ibatumye kurokora ubugingo bwacu
Yemwe bantu b'Imana mwe mumenye neza ko mudufasha cyaanee. Ingo zacu murimo kuzubaka neza. Uwiteka abishimire rwose pee.
Amen
Pastor RUTAYISIRE azubwenge pe, inyigisho atanze kungo bijyanye nuko umugore atatandukana n'umugabo ahubwo yamusengera.
Amen. Amen. Inyigisho nkizi zirakenewe cyane.
Mubyeyi Hortense uramfasha inyigisho zawe ziranyubaka.icyampa ukazambonera umwanya turi kumwe jye nawe hari byinshi nakwigiraho.Imana ijye ikongerera imbaraga zo gufasha abababaye
Imana ni nziza yabaduhaye 🛐
Asante sana Mr Rutayisire kumagambo yubwenge uduhaye....
Imana ibahezagire cane inyigisho muduha ziratwubaka zikanaduhindura 👏👏👏
Wow!!! Thanks bashumba beza. We're blessed to have you.
Merci beaucoup ndumva ndonse inyishu kubibazo nanj bindaba
Ese umuntu ashaka Pastor Rutayisire yamubona gute komushaka ngagire inama kubibazo bingoye
Nyagasani akomeze kubarinda turabemera🙏🙏
Ibyibintu ni byiza muri kunduha urujyero rwiza imana ibahe umugisha👏👏👏👏
Be blessed!
Thank you for your teachings pastors ,it has built my heart...blessings
My two favourite preachers😍😍😍😍😍😍
Thank you so much
Bakozi bimana muvuga ibintu byublenge gusa hariho uwubaha ibyukunda akana byitwararika ariko mwagera murugo ugatungurwa nokubona uwomurikumwe atari wawundi kandi akabishiramo nimbaraga cyane ukihangana ukabina uramena amazi kurutare
Gusa Imana ibongere amavuta ibibiganiro biradufasha cyaneee kandi nizerako Imana ishoborabyose abobantu bafite ibyobibazo mungo Bizere Imana izabigenza neza mugihe gikwiriye.
Definitely hari aho tuvuye kugera inyigisho hari naho tugiye kubera iyo wisdom. God bless you both abundantly.
nukuri iyi nyigisho uramfashije pe muhabwe umugisha gutegura igikorwa nkiki.
Ndagushimiye cyane nakifuje konsezeranya
Muhabwe umugisha bakozi b,Imana
Ndafashijweeee
Pasteur Hortense ndamukunda cyane aranyubaka ariko noneho ndabona isoni zamurembeje.
May God bless our both pastors and the Mc plus the audience at large
Wonderful time, God bless u
Imana ibahezagire cane kudusangiza inyigisho nziza,
Amen amen, murabagaciro kenshi .
God bless you pastor
Imana ibahe umugisha kubwo gutegura inyigisho nk'izi zubaka umuryango
Nkunze iki kiganiro ni cyiza cyane. Uwahuza mu kiganiro cyu rubyiruko Pasteur Antoine Na Ntezimana Laurien wo muli Ami Butare
Messages ninziza mwakoze
Byiza cyane. Umuryango wanjye nkukomeyeho!
Alexis NZEYIMANA yego rwose
Imana ibahe imigisha myishyi kuko muratwubakira peeeeee
Murakoze caane,imana ibahezagire
Amen ikiganiro cyiza
I can't wait for part 2. I Just learnt a lot? God bless 🙏
6uuk .kjjijjkjnmmmjjkp09p
Amiina Bless you too
Bien-aimés, je ne te connais pas en personne mais Dieu te connaît. Dieu m'a administré dans une révélation quand j'étais sur votre profil pour voir des choses autour de vous, j'ai vu des bénédictions mais des attaques spirituelles les retenant, dans les prières, j'ai vu une femme dans le domaine de l'esprit surveillant et complotant le retard dans votre vie, avec un miroir maléfique, et avec un motif de détruire. Mais alors que je vous parle, son temps est écoulé, rendez la main de la faveur avec tout ce que vous pouvez vous permettre ou donner à ces fondations sans mère (Godstime MOTHERLESS FOUNDATION) dans l'état de kebbi au Nigeria avant 2 jours avec foi, alors que je lève les mains vers le ciel et prie pour vous ils serviront de point de contact où que vous soyez, vous recevrez une double portion de grâce pour exceller et une restauration totale de percée dans votre vie et dans la vie de votre famille. Demandez leurs détails de compte et aidez-les à appeler le directeur général de l'orphelinat pour obtenir leurs coordonnées (WhatsApp ou appelez-les au +2348157303636), dites-lui que je vous ai envoyé. Car ce n'est ni par la force ni par la puissance, mais par l'esprit, dit le seigneur (Zacharie 4: 6). Vous témoignerez de la Gloire de Dieu dans votre vie. Dieu te bénisse..........
Very meaningful
Wabonye iyo Pastor Senga iyo nawe aza kuhaba
God bless y’all
Za mubabwira Paster guko Imana yavyze turondoke ariko ntagitigiri yavuze
Ibiganiro byanyu biranyubaka. Thank you!
Murakoze cyane yesu abahe umugisha
Good thx u
Amen and amen i learn a lot
Mutegure n'iby'urubyiruko kdi mwongere amasaha
Yees
True
God bless you I have two daughters and I would like them how to grow up and be women mu mugambi w’Imana
Bnsr , Ndakunda uko mwigisha nukuri Mwarahezagiwe Na Ndiho ndi Umurundi ndabakurikirana caaane
Erega urugo ni urwa babiri,haba ubwo ugerageza ukaba wagera ku 90% ariko mugenzi wawe akaguma muri minus,urumva urugo ruguma muri echec malgré les efforts z'umuntu umwe,kandi umukristu uri mu rugo rubi aba arisqua kugwa pee
Uvuze ukuri biragoye cyane ko wakeihanganira umuntu udahinduka kabone nubwo waba ukiranuka bingana gute, erega hari n'ihohoterwa rikorwa mucece ntirigaragarire amaso y'abantu Kandi bikarangira byishe ubikorerwa.
Very good
Mwari muzi ko hari nigihe ukoresha uburyo bwose bushoboka bwo kugabanya urubyaro bikanga ugasama? Ukagera nigihe usama nigihe cyarenze icyo tuzi twize? IbyImana nabanyabwenge ntibihura, YO, ikora nk'Imana. Dusenge tubaze icyo idushakaho. Naho ibyo muvuze nubwenge gusa, spiritually ndemeranya na Pr. Hortense
Mbega mwarimuzi yuko kubonez uruvyaro bigir ingaruka 1umubyibuho imihango idahera
Iby'umwuka bisobanurwa n'umwuka w'Imana ,iby'umubiri bigasobanurwa mu mu biri cg nu bwenge bw'abantu
Nukuri murakoze pe
Ni felide from burundi murakoze be blessed bakozimana
Imana ibahe umugisha izi nyigisho nizakamaro Ku muryango nyarwanda
Pastor ndakwemera ariko kubeshya ntabwo byitwa kuba smart
Pasiteri rwose ongeraho ko kureba prono ari icyaha
yooooo inyigishoweeeee
Amen
Burya rero bashumba, ikinyugunyugu kiva mukinyabwoya, aliko ntamuserebanya wava mumbeba. Iyo washatse mwembi mudakijijwe ngo mubaze Imana, hari igihe uzana urwembe rukagukeba pee. Imana idufashe kuko muriki gihe ndashima Imana ko abantu bariho bakizwa.
Kabisa pst uzibintu pe
Woow
Thanks pastor
🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Amen
Ariko mujye mufata amasaha ahagije na senga mukamutumira kugirango tubabaze ibibazo biri kutuvuna
Murakoze cane,gusa ikibzo kuri Antoine yaravuze ati"umukokwa ntamukunda naho hoza iki sinokwemera ko tubana"rero nagize ikibazo ko gukundana atarivyo wihingamwo isanga amarangamutima yawe yakunze umuntu utagendeye kumadini,kumyemerere n'ibindi,arongera ati"nushaka umukobwa wa satani(turavuga adakijijwe)ati sobukwe nakugendera ntuzogire ibibazo,ati nakujana iyo ashaka uzokwemere,none wakunze umuntu wamureka ugashakana n'uwudakunda kuko akijijwe canke washaka uwo ukunda ugasaba Imana ikamuhindura???
Icyibazo cyo muburiri ,kirahari pe ,njyewe ,uwanjye yumvako kunezeza,arukunkorera sexes, niyo twaba twaburaye ,icyindi kumubwira ngwabana barumva ,yumvako ,arukubyanga ,kandi njyewe ntinya kumwana yakumva,ibyo bintu pe ,nimumbwire namwe !!!!!!!!!!!!
Amiina👏👏👏👏👏
Nkunda ko mwigishany ubwenge.Kimwe mbisabira,iyo mutang inyigisho zo gufash ingo muze mubwira buri mugabo na buri mugore inshingano ziwe kugira urugo rube koko ijuru rito.Bref nta rukundo ata RESPECT kandi nta respect ata LOVE,vyose ni réciproques.lkibwirwa n icumva.
Yoooo mana we ndishimye bitagira uko nabisobanura Nakundaga Hortence birenze ariko none birushijeho cyane sinarinzi ko arumufasha wa Colonel TUMWINE Jacob warokoye abatutsi bicwaga kuri Saint Paul le 16 z'ukwa Gatandatu 1994.
Ndabakunda !!!!
Ndagukunda. Pasteur. Rutayisire. Wazamanuka mumutara yuburengerazuba
Karongi munkambi yimpunzi
Murakoze.ese Hari igice cya kabiri?
PASTEUR ANTOINE RUTAYISIRE YIGISHA NEZA
Mwakoze cyane kubw'ibiganiro byanyu
🙏🏻🙏🏻🙏🏻😍
Praise the Lord Jesus Christ, pastors you have powerful content but this is not youtube content as servants of God, you have to write books and publish them because you continue advertise sex content young people will try to do what you are talking about kindly let every community and church plan their seminal not publishing on CZcams
Nyagasani ,abahumugisha ,azabibibukire ,kururya munsi ,ariko mutegure ,icyindi giterane ndabona bizajyira ,umumaro pe nanjye ndishimye
Kunda rutayisire uzubwenge bwishi kandi uvugishukuri . Ntakuza kurwara Ama Sida kandi abana baw bakigukeneye
Thank U so much esteemed Pastors
Imana ibahe umugisha bashumba, hari icyo mwubatse muri jye.
Iki kiganiro ni ciza cane!
Ico nagomba kongeraho, nuko umuntu ashobora gusengera ikibazo uwo bubakanye amuteza, Imana ntimuhe inyishu uko yayisavye, ariko igasubiza uko ataravyiteze. Ikiza kukumenyesha yuko Imana yakwishuye, wumva haje amahoro mu mutima. Burya tuze tumenya kumviriza umutima wacu
Mumfashe cyane Number zuyu Pasto plz
Wamugabo we Ubu abagabo bashobora kuboneza urubyaro. Niba umugore atabishaka wowe yoboka abaganga wifunge bizakunda. Kuko kuboneza urubyaro ntibireba umugore gusa
Kurongora se warangiza ugahitamo kutabyara byaba ari icyaha?
Niba se umugore akijijwe ariko umugabo ari umusiramu(islam).wamuherekeza mu musigiti?
Communication yo ni twese yarabuze kino gihe nkiwanje iragoyagoya ariko nkomeza gusenga ndazi bizohinduka
Amen Amen.beshi communication irabagora ark nugusenga Imana izoturengera nct
Everything will be okay
Rutayisire nahora mwemera ariko ibyavugiyaha bimwatse amanota yose.Ati kwifungisha urabyemera
ariko ntibyantangaza kuko usengera mwishengero rimwe na Desmon Tutu
Ese warashatse umugabo dukunda gufasha abakene kandi wowe ari umuhamagaro wawe wabigenza gute.wata umuhamagaro wawe kugirango umushimishe kandi umutungo ukoresha ari uwawe wakoreye n,ubwo mwasezeranya kuvanga umutungo?
Umugabo udakunda gufashs
Shn ndacari umwana wa 19 years old ark ngira Umutima wogufasha kandi njya nsaba Imana kuzampa a spouse that loves giving
Kubera iki mukomera amashi à bakozi b'Imana, abantu b'Inyama n'a maraso ? Ba muvuga muti Imana yo mw'ijuru ihabwe icubahiro mubone gukima amashi. Ubu ndi muzibatera ubwibone. Yesu adufashe.
Nkivyo wumva bigutwaye iki. ?mumuco Iyo wahaye ikiganiro umuntu umukomera amashi cane
Urintumwa ya sekibi
urimburamumaro sha
Ariko next time ibiganiro nkibi ntimukajye mubishyira kuri social media kuko biba bireba abari aho
Ikiganiro nta mwuka w'Imana urimo, barimo kwigisha nkabanyamubiri. Ugiye mumubiri urabumva neza ariko tugiye mu mwuka ni zéro kabisa. But congrats kubw'ubumenyi mufite.
Alain K ibyo uvuga sibyo ko basubiza nkaho ari bene. Muntu cg atari abapasitoro none se hari uburyo bwo gusubiza butandukanye nubundi. Ikibazo se ahubwo nuko bavuga mu kinyarwanda ibyo mutajya muvuga ahabona.
Nubundi ivyo mugitanda ni mumubiri ntabwo ari mumpwemu
Mana yajye murimumubiripe kuringaniza nicyaha nimingambi satani yazanye ikuraho umugambi wimana
@KENNY NKURUNZIZA wewe byara wororoke wuzire isi abakozi b'imana bareke ukore uko ubwenge bwawe bureshya
@@nyiramahorotuyisenge5720 sinibaza niba wowe Imana uyizi neza igumire mu mwuka ibyisi ubyihorere
Wow!!! Thanks bashumba beza. We're blessed to have you.
Ndabakunda cane cane rwooooose kuko muvuga ukuri kandi muranyubaka muramfasha mukubaka urugo; ngenda menya vyinshi bimfasha mu rugo
Ndifuza numéro y Hortense.ndi Burundi naronka akogatabo gute??
Amen