Cyakoze! Killamani uri umugabo Ubundi baravuga ngo decisions make men Wafashe ikemezo cyanyacyo nku muntu wu mugabo Bruh uri umu Hustler wadanje Nabandi bakwigireho kbx Real Hustler peuh Uri umukomando burya ntago Ari role ya filme gusa No mubuzima busanzwe uri we! I love the way you respect your wife any way she deserves it!
Killman 🎉🎉kweli URI KANUMBA MU RWANDA kubwawe film ukora zose muri analyse nakoze is real story yivyo wakuze ubona nivyo wabayemwo wew ubwaw pe i wish one to come in rwanda just visit you only more love bro work hard nothing impossible
movie mube muyiretse ibi biganiro mukora nibyo sawa cyane kurusha filme abantu bararambirwa. CYANE KO mwayitubwiye tuzi byinshi. keep doing random videos
@@mwitenezasumayire3613Agusebya wowe nande?ninde wakubwiyeko shariya izakujyana mw'ijuru ntimuzambara mukazisambaniraho abandi bakajya mubapfumu bazambaye reka uwo mwana cyane ko utari n'umugabo we mind your businesa.
Yoo iyi story irandijije pee cyakora killerman urumuntu wumugabo nukuri warinze ijambo ryawe mudukomereze iyi story cg muduhemo movie kd Imana ikomeze ishyigikire family yanyu mutere imbere
Sha Madame wa Killerman ni mwiza, ndabona aruta babakobwa bakinana film. Tubifurije ko urugo rwakomera
Shemsa djuryoshya ikiganiro kand nukarebe muri camera cyane tagira witoze neza nawe killamani azagukinishe ❤️ngabakunda cyan
Nukuri nibyiza pe knd kille yabaye intwari cyane kuko bishobora bacye? Love y so much💕💯❤
Ahubwo iyi film muyihutishe aba CHOU ndabemera sana ❤❤❤❤
Cyakoze nimwe bange kabisa uyumuryango waba uwikitegererezo nukuri kuri buriwese❤❤❤❤❤❤❤
Killlaman ufit umugore witonda cyaneeee ❤❤
❤❤❤❤❤Ufite umugore warezwe nezape
Kdi na Killer man aramukunda
Cyakoze!
Killamani uri umugabo
Ubundi baravuga ngo decisions make men
Wafashe ikemezo cyanyacyo nku muntu wu mugabo
Bruh uri umu Hustler wadanje
Nabandi bakwigireho kbx
Real Hustler peuh
Uri umukomando burya ntago Ari role ya filme gusa
No mubuzima busanzwe uri we!
I love the way you respect your wife any way she deserves it!
Abakunda iyi kupure nampe like turebe ukunu mungana
Turabakunda caaane. Mwaciye muri vyinshi. Imana ishimwe caaane. Ihezagire urukundo rwanyu peeeh. Killaman niki beau gars. Umufasha we. Umengo ni akamalayika.
Ndabakunda cyaneeeee Ako ga film tukabonye ryari
Waww ndabakunda kandi ndabashigikiye💕💕❤️❤️ Amfrom amerca🙏🙏🙏🙏
Muzayikoremo film
Sha Killa waguye ahashashe pe ufite umugore mwiza cane kandi yitonda.Imana ibubakire mukomeze kubaho mwishimwe bantu banje 💕🇧🇮
Disi Killaman afite umudamu witonze ❤❤
Sha ni byiza cyane ahubwo nawe wibuke aho wavuye ufashe nabandi
Killer jyewe ndi kuri Muhoza ufite umugore mwiza pe❤
Uzès wirinde kubabaza umugore wawe ,Imana ibakomeze mu Rukundo rwanyu
Muradukiniramwo film🎉🎉mbega urukundo uwiteka abakomez❤ndabknda❤
Ewana ndabakunda cyane film muzayikore pe ark niyo part 2 irakenewe kbc kuko harimo inyigisho zafasha cyane cyane abasore batinya gufata inshingano bitewe ko ubushobozi ntabwo bafite murakoze cyane
Ariko mwarasaze killa😂😂😂ndabakunda gooose❤❤
Shaaa umugore umwiza pee nizereko tamukaira nkuko ubigenza muri film kuri babakobwa ubutereta
Walh ahubwo mudutemwo cyanee kuko numva niyo film yoryoha Ari serie
Killman 🎉🎉kweli URI KANUMBA MU RWANDA kubwawe film ukora zose muri analyse nakoze is real story yivyo wakuze ubona nivyo wabayemwo wew ubwaw pe i wish one to come in rwanda just visit you only more love bro work hard nothing impossible
madame yanick yihangan azajye avuga cyane avuga gahoro rwose biratuvuna
Wallah muratwika✌️😍
Cyabikoze killer duhe part 2 kd uzayikorere filme ❤❤❤❤❤❤ ndi umufana ukomeye cyane
Muzakoremo film
Urukundo rwanyu imana izakomeze kuruhumugisha ibashoboza gukomezagu kundana .
ndabakunda cyane courage💞💞💞💞
part2 plz
Team family maliki mbakunda ntabunebwe gs iyistory isa niyanjye ntaho bitaniye ariko ndashimimana ko ubu ndikumwe numutware wanjye kd bimeze neza nubwo byaribikomeye twabiciyemo urukundo niruganze ndabakunda ❣️ son dutegereje iyo movie 🙏
Muhoza mazina nukuri ntabeshye nanje kugira byare ibyo mwanyuzemo byose niko byambayeho hageze kumyenda twambaraga kimwe ubwoba ariko nticatumye ntayitwara kandi nanje twari tumaranye umwaka umwe inkuru yanyu yakozeho yose ariko njewe ntitwabanye ikibabaje arafuzwe se wumwana wanje muze mushima imana kuba murikumwe
Mbakunda birenze ♥️💕💕
Your love story is a true indicator that love really exists and money isn't really the sole driver to a successful relationship.
Mbanrye kugu shyimira ufite umugore windero afite kubwaha ikindi nukomwaciye mubuzima bubi ariko ntimwangana abandibagabo sukobaba bameze Yego wenda niwe mbonye urumuntu wumugabo❤❤ shemsa ndamushimiye ko atabuhungu bwamutobanze ubundi abagore ni Abo unva yanik iyo story yaryoha muri film
Ahubwo iyifirimi muyikore ❤❤❤❤
nukuri peeeeeeeee ndabakunda cyane
Ahubwo iyo film turayitegereje mudutemo.
Killaman n'ukuri ndasavye partie 2.Muzogume mukundana urumva KO mwavuye Kure.
Killa nkunda ukuntu wowe na shemsa mukundana Cha imana izabakomereze urugo pe ukuntu ukunda madamu iyaba nabandi bamera nkawe❤❤
movie mube muyiretse ibi biganiro mukora nibyo sawa cyane kurusha filme abantu bararambirwa. CYANE KO mwayitubwiye tuzi byinshi. keep doing random videos
❤❤❤🌹🌹🌹 muribeza pe ark Shemsa atwigishe gutega ibitambaro. Iyo movie nzayireba mubambere
Nkundako mwakomeje kwikundanira nahabandi iyobabayabastari bahita babonako batagikwiranye ariko mwebwe mwakomeje kwikundanira.nukuri nabandibabigireho mururujyero rwiza ❤.
Can't wait for part 2💃💃💃 Muzayikinemo film nukuri turabakunda. From Cape town❤
Ndabakunda cane komerezaho ndumva ari story iryoshe kandi ndabipfurije kurambana ndumva mvaciye mubikomeye
Killaman nawe ntiworoshe warushushe mugukunda ubuki cakoze ndabikundira❤❤❤❤❤❤
Mwambariye nazaza Murwanda nkabisurira
Muri beza mwab abajyana beza🥰🥰
Ndabakunda cane mukoze mutera imbere.❤❤❤❤
Iyi Filme izaba irenze My Heart ❤️
Ase mwatwerekaaa abanaaa banyuuu
Waiting for part 2, your love story is so amazing. Ugandans love you so much
Story muzayikoremo film iteguye neza yuzuyemo amaranga-mutima ni nziza
Ageyongera ijwi
Muri beza pe!shemsa,nkunda ubwitonzi bwawe.
Ubundi ni woe mu disk burner wariye umwana mwiza😍🥰🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
I love you so much Imana ikomeze ibashyigikire kd mukomeze gutera Imbere cyaneeeeeee
Thx Abdoul mark amarsiko urayamaze pe gusa ndabakunda cyaneeeeeeeeeee pee Imana ikomeze ibatere inkunga muzagwre kure hashoboka shemsa wallah urumwana mwiza pee jya wikundira papa wabana bawe kdi ctane ntihazagire ikibasenya ndabakundaa
Killi nkunda copula yamyu knd ufite umugore witonda cyane nifuza guhurana MWe kubera uburyomba kinda ukunu urikuvuga sitory yamyu bira shimishije cyaneee
shemsa iyo film muyitegure kbx birakwiye mukomeze mudutemo
Yesuweeee nukuri nunva mwaduha filme nkuko duceneye kureba nuburyo mu actinga mo ibyo mwanyuzemo byose
Ndabakunda cyanee
Injwirye riba ririhasi cyane ajye yojyera injwi tuba twumva killaman gusa
Jya ureba nahand nkukarebe mur camera gusa
Njya wambara shariya iyo ntag ari shariya njyerajyeza wikwize ureke kudusebya iyo ntag ari shariya
Nonese yayiguteye gute kand numva wari wirinze
@@mwitenezasumayire3613Agusebya wowe nande?ninde wakubwiyeko shariya izakujyana mw'ijuru ntimuzambara mukazisambaniraho abandi bakajya mubapfumu bazambaye reka uwo mwana cyane ko utari n'umugabo we mind your businesa.
Yoo iyi story irandijije pee cyakora killerman urumuntu wumugabo nukuri warinze ijambo ryawe mudukomereze iyi story cg muduhemo movie kd Imana ikomeze ishyigikire family yanyu mutere imbere
part2 turayitegereje kbx
God bless You my beloved couple 💖 ndagukunda cyane Kalla and ur 👑👑👑👑
We are waiting part 2,
Anywhere you are my lovely beautiful couple ❤️💋
Temoignage yanyu irubaka , mukomeze mutubwire nukuri na film muzoyiduhe.
Imana ikomeze kububakira, muzosazane, muze mubone abuzukuru ni nzukuruza.
Mwumve ngo ndabakunda caaane❤❤ ❤❤❤
Yowee ch shemsa aritonda disii pee iyo film irakenew❤❤❤❤
Vuga cyanee shemusa we love you
Love you so much My couple akoga flim karakenewe cyane p ❤❤
Ufite umugore mwiza pee imana yaguhaye umugisha ❤🌹
autour aww ndabishimra bantu banje inama yambere nakugira witanga burimunsi kugira umuryango wawe ubeho neza nakazoza kabo ugateganya iyaranje ugure inzu yokubamwo uve mubukodi nihuzoba ukoze ivyamateka wamugani ushobora gupfa uyumusi cangwa ejo ariko ntakazoza kez uzobukoze ubasize mubukode kuko nivyo waruhiye vyoose bizorangirira gukodesha ariko umbabarir jeniko mvyumva ahandi ndabakunda bez banje ❤❤❤🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Muzanshyire muri filim yanyu pee❤️👏
Mwatinze ahubwo iyo movie turayishaka kbx
Sha Imana ibashokire nda bakunze mubuzima
Ndatwenz one love ❤️ i love so much
Ndabakunze cyane story yirukundo rwanyu iraryoshye cyane❤❤❤❤
Wow shemsa wabaye mwiza nicyo gitambaro uzagikuremo nuzajya uza kuri camera ubundi nusoza ugisubizemo ntaribi
@@Kirabo669 hoya ahubwo Allah amushoboze isi ntizamutware ngwagikuremo
Killaman komerezaho , madame ,urugo rwiza ,mugire vuba muduhereze ibyo byiza.
iki nicyo kiza cya true story rwose mn, Man abenshu urukundo rwacu ruba rwaranyuze mubihe bikomeye pe. murakoze nibura hutanga inkuru mpamo. Iyi film izakundwa cyane pe.
GREAT COUPLE❤❤❤
Muzakoremo film iyo ninyigisho ikomeye kurubyiruko nizindi ngo nyinshi
That is a good story kbsa muzaduhe part2 ndetse na film murakoze Kandi courage
Icyakora Imana izabafashe mukomeze mwikundanire disi akakana karatese karimuburyohe bwurugo mukomereze aho ibibazo byingo zikigihe bizakomeze bibajye kure bambe
Ndabemera 💕💕cyan Iman ijyibaha umugisha
we need part 2 if possible movie
Mbifuriza ibyizape❣️ muhoza lve u
Ndabakunda cyanee ♥️
Akomanaaa♥️♥️♥️♥️♥️
Killa ndabakunda cyane wowe na chemsa. Muduhe part 2
Mahoro neza turakeneye film igizwe n'a relation amoureuse yanyu kuko mwaciye murivyinshi bibi n'avyiza vyokwigisha benshi ! Kandi partie deux turayikeneye . muzigamwe cane 🙏
asaram arayikum ww ndabakunda wowe numufasha wawe
Mbega story iryoshye weee ❤❤ ndabakunda nukuri
Muyiduhe ejo ❤❤❤❤❤❤
Ntago tunyuzwe, ikindi muzaduhe prt 2, muzanakore flim yubuzima mbwanyu
Mwerero ndabafana vya vrai❤️❤️🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Kila ndakwemera
Part2 kbx umugore nintwari pe bless you
Njyewe ndabikundira kbs ❤❤❤
Iyi channel uzayite killaman and shemsa
Inkuru yanyu iraryoshye muzayikomeze muyikinemo na filme ariko muzampe role mbe nyirakuru wa Malik nkine iyo role ya mama wa Chemssa .
Ariko killer uvugishije ukuri yakuragamo ikanzu mukabona kuganira😂😂😂❤❤❤