Super Manager yariye karungu|Yasubije uwamwibasiye|Shaddy Boo na Meddy|Yavuze amagambo akomeye cyane
Vložit
- čas přidán 24. 08. 2020
- Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250784838126
Sabin uyu mugabo ibyavuga njye naramukoresheje kndi ntukamugereranye nabanyarwanda uyu ararenze peee super is asuper man like muzimpe peee
Sabin uburyo witwaye uyumunsi nabwo mbukunze nagato Niba utemera super muhe akanya aguhe ibimenyetso ureke kumupinga ntacyo ushingiyeho byamutwaye imbaraga kubaka izina niyo mpanvu wamushatse NGO mukore interview stop 🙏
Arko sincerely speeking this guy is inspiring.....nanjye nkimubona nagizengo ni umwiyrmezi but for now nta bwiyemezi na buke mubonaho ahubwo ni umugabo ibyo avuga ni ukuri icyo mukundira kurusha ibindi ni icyizere yifitemo!!!abazi ubwenge bakabaye bamwigiraho!!!
Sabin we love you arko nugakoreshe interview washatse guca amazi umutumirwa like this no no no! Stop and ask professional questions not kwinja umutumirwa. 5% on this interview
True this, bro
True 100%
100% sinabikunze nanjye
Tue
Uburyarya burenze kamere, inyaryenge ininurana☹️ Super is super, he knows the way to answer. Ukitataka ukweri anakupa., Sijui kwa nini hamkubari. Wape wape vidonge vyao super
Super manager is a super star byanga byemera🔥🔥🔥🇨🇦🔥🔥🔥
Uvuga ukuri komerezaho
Mr Sabin mu biganiro byose wakoresheje, iki cyo wacyitwayemo nabi. You judged more your invitee than asking him professional questions. Wagirango ni ikiganiro cya interrogatoire cg gusererezanya. Iki kiganiro gisa nicyari kigamije guca amazi umutumirwa while this man is positive and an inspiration for the youth... Please, Sabin, in your next interviews never lough at your invitee!!!!
Uyu munyamakuru sinzi ibye
Yarengereye ariko nabonye ya likinze abamucrititse negatively! Wenda ntazongera!
ninde wakwigerereza super manager French English kinyarwanda kiganda Swahili big up Front Manager
From zero to hero ❤️ I like it
Sabin interview wayibihije nta kinyabupfura ufite icyakuzanye nukujya impaka na super manager no kumuca mu ijambo?uyu munsi wigize nka Yaka mwana no discipline
Umuntu wanga super manager, arakapuuu 😁😁😁😁
Sabin birumvikana ko utemera Super manager ariko urebe views aguhesha ugereranye nabo bahanzi wemera izo baguhesha hanyuma dufate umwanzuro , uyu mutype amaze gufatisha abanyarwanda ubyange ubyemera.
Sha uvuze vyo ntazongere kumugirisha interview
Sabin ntugakoreshe umuntu interview ugamije kumurwanya sibyo ntuzongere no kuvugira mumutumirwa knd super manager aranarenze samagambo ntuzongere kabisa
Uyu munyamakuru wa isimbi agitangira naramukundaga wunvaga abazanya ubwitonzi ariko ubu afitemo ubuturagye nubujajwa ati sunglasses ntawuzambara munzu, my dear just know that’s a swag umuntu wese yazambara aho ashakiye, Ikindi ibitwenjye byawe birimo ubujwajwa nogusgaka guhinyuza Super manager .. Super manager arakurenze ugye umwubaha , kuko arikunda kandi arashimisha . We love him
Nubwa1 mbonye Sabin yiyemera asebya umuntu!rwose guseka umuntu nkuku no kumwinjirira ushaka kumusebya no no si umuco wawe byihane!
Yakabije kbsaaaa, nashake azasabe imbabazi pe. Akomeje atya, twazamufata nk'abandi kandi twamwubahaga👌🏽👌🏽👌🏽🤷🏾♂️
Yarengereye rwose asabe imbabazi
Nari nanze gutanga comment kuribi byuko uyu Sabin yasuzuguye uyu super manager, kk uko najyendaga nunva interview nabonaga ntabikomeye birimo kuko uko wakoresha interview par example pastor Hortense na super manager of course na journalist hari technics cg attitude yakoresha bitewe numutumirwa just running ya interview byari sawa ark at da end pe uyu mugabo uramusuzuguye kk kubaza umuntu 2 ngo niki uzakora mbere yo gupfa!!!!sha mushobora kuba mutera blague ark nkatwe tutazi ibyanyu imbere ya camera uramusuzuguye ndibazako arundi utabimubwira
Yabaye nka Kanyombya ashaka kugira Barafinda injiji!
Ibi bintu natwe byatubabaje ntabwo twari tuziko sabin asuzugura gutya yisubireho kuko abatumirwa bose nikimwe.plz ntuzasubire ibyiza wasaba imbabazi ziyi interview wakoresheje kuko abantu bakugaye cyane
uuuuhmm Sabin abatumirwa jyububaha kimwe hano wakosheje pe kuca mwijambo umuntu , kwisetsa burikanya ,.aahaa , kndi umutumirwa yarisawa
Sabin utangiye kubyimba ubwo ubwira umuntu ngo ibindi ntakigenda !!
Ahubwo sino kubyimba yatumbye
Sabin atangiye kugenda ahinduka uramenye ntuzahinduke ujye wubaha abantu kuko nibo bakugize uwo uriwe plz ntuzongere gusuzugura gutya.
Arko se Sabin wabaye ute ko hano warengreye? Yewe na Yaka ntabwo umubaza utya arko wapinze uno mugabo cyane, kdi kabone niyo yaba ari kubeshya siwaje ngo umunyomoze, wa mutumije kubera ko ari ibikorwa bye umuziho rero ujye wubaha abatumirwa bose kimwe.
Uno mugabo ari cool cyane nubwo atabitinze ho ku myitwarire warimo umugaragariza
Super manager komera,
Yacyo umugereranya naba irené,nuwankumuntu aremera ivyakora.
Ibintu agezeho super, nivyo avuga , nimubirabe.hama muvuge amagambo.abamuvuga nabi ninjiji.
Sabin , Emmy harya ngo yari yagutumye ngo ukase super Manager ? Ndakeka ubonye isomo ! Super ntago amenyerwa my friend . Uragusebeje ari wowe . Wigaye
Super experts cyane atuma numva nange namukurikira nkanamukunda
Super manager numunyabwenge ahubwo njye na soma comment musabye ubufasha bwa football mfite talent yumupira
Super njyewe nkwita Commander i like you ma man from Netherlands 🇳🇱
Singiye kuvuga vyinshi ark uyu mutumirwa yapinzwe cane
Ntibizongere plz Sabin wacu turakwemera👈🏾☝️☝️☝️☝️
Caméraman?? Zoom
Man super manager bitewe nigihe amaze mumuziki arashoboye rwose his second song yakinwe muri wasafi ninde wakoze ibyo bitangaza. Banjye bemera iyo umuntu abakosoye. Hhhhhh ndakwemera uba urasiye umuntu ngutabasha kwigondera inkoko 😂😂😂
Sh Sabin to tell you the truth ntabwonakunze the way you Asked super manager waregereye hazamo gusuzugura plz next time correct this knd ubundi turakwemere mukubaza .
Wowe urubyiruko udufatiye runini wa mata we!! ❤️❤️❤️❤️❤️
Much respect super manager encourage les autres kbsa
Tugize amahirwe mu rwanda t ukabona nkabantu 10 bafite iyi confidence I jyana n ibikorwa. East Africa twayinyeganyeza. Mukunda kubi cyane..... Ariko nzamubona tu,,,
Sabeeee
Ikinyabuphura cyawe cyatorokeye he mwa🙆♂️ uwo mutumirwa ni number uno
Super ndagukunda Imana izagufashe ugere kure hashoboka Isi uzayifate . nawe sabe uzajyumenya abo uca amazi nabo utayaca kuko super ararenze
This guy is always in good mood just positive vibe
Sabine, mbanje kugusuhuza, ndagirango nkwisabire ikintukimwe, narimwe ntuzongere gu suzugura Super manager, kuberako arakurenzwe cyane. Nunvi c na Yaka waramubajije ibintu bida sobanutse arikowe abayisomeye kamwe. Esubundi konjyanunva rimwe narimwe u tumira igitsinagore mukagirana ibi ganiro byiza. Sabe jya wubaha abantu bose byumwihariko Super manager, kuberako turamwubahacyane kandi tumukundirako nawe yiyuha. Sabe wamubajije nabi kabisa kandi haribyo wamubaza bifite akamaro. Wamucangacanze cyane.
Ariko abanyamakuru burwanda nuguteranya cyangwa nugutangaza amakuru ubufu mwana muge mukora amakuru meza mudateranya
Gusa murashoboye kuko...........
Ariko ayo siyo makuru dukeneye show biz bavandi hhhhhh supppppaaaaaa manager Kora umuti kabsa koraaaaaaa
Sabin, uyu munsi, wabikoze nabi.
Unkoreye umuti super nibyo emmy yiyemerana koko aterinda akajugunya namubonye kera vraiment bizarangira yivuyemo arakabya cyane ariremereza cyane emmy.
Sabin ukuntu upinze Super Manager njyewe mfashe decision yo kudakomeza kugukurikira.
I mean unsubscribe.
Urambabaje cyane bro
Uyu mugabo ndamwemeye kbs avuga ikintu atanga ni ukuri kuri icyo kintu keep it up to super manager from zero to hero
Super manager ni hatari kbs 👌🏾
SUPER, YOU ARE A GREAT MAN OF AFRICA NARYO UZARYONGEREHO
URARENZE PE BIG UP BRO
Sabin ntakiyemere yashatse guca amazi super manager wacu none niwe wayacitse twamurebye mubwonko, sabin.. Wabyemera utabyemera super arakurenze kdi turanamukunda kukurusha nushaka wimene
Super manager Uzi gusubiza ibibazo wallahi
Ndakwemera Super. Nibakureke. Nkunda ukuntu wifitiye Icyizere. Imana Izakuje imbere bro
Sabin burya uri fake pe super is super wahuye n'umwana w'imfura uzi kuganira naho bundi wapiiiiinze kd super is the best
Sabin, ndazi ko ubishoboye ariko uzasubiremwo iyi interview uri sérieux kabisa
Ase uyu ni Xabin twari tuzi? Birababaje utangiye ubugoryi nu bucucu bwo kwiyumva upinga umutumirwa kdi utari ubisanzweho, nudasubiramo iyi interview uzacika amazi kuko ntacyo uricyo cyo gusuzugura umuntu byaka kagene, gabanya uburyarya bwo kwisetsa ubusa kuko ibi mukora biba birebwa na benshi, Komeza utsinde Super manager
I love that gentleman he is always self-esteem. He lives his own life
I like how positive he is and believe in himself. Keep dreaming
Super ni super bamureke ikibuga kibe rwiwe ararenzeeeeee
Sabin jya umureka akwemeze super abamwanga nabamazwe na mashyari afite mu mutwe utekereza neza.ndagukunda cyaneee
Hhhh
Inteiviews za super manager ziruhura mu mutwe kbs
The Youth Inspiration.. from China.
That Bad Man is the King of East Africa, always positive!
We love you Super 💞
Sabin super manager ararenze , but ntugakoreshe interview ushaka guca umuntu amazi , jyumubaza ibintu birenze ujya menyako aba arimbere ya camera
Sabe nibyo koko wimuhakanya yatwaye abakobwa 5 muri private jet
ukuntu afite confidence nibyiza
Urasaneza cyane super one ever
Watching from 🇨🇦 ndakwemera sana your confidence is number 1 utigiriye icyizere ntawuzakikugirira 💪🏾👌 keep it
Njye ndanakwemera Brother Konyine Boy
Mukunda kubi! Aranshimisha cyaneee
Super manager turakwemera, urumuntu wumugabo rwose turagufana
Nemera Super manager rwose✅, ark nahindure ubwoko bwa phone rwose rwose kuko iyo irashaje😂
Sabin uyu munsi ntabwo wabajije nk'umunyamakuru uri professional ugerageze ukosore ntugasuzugure umutumirwa bose ujye ububaha kuko barakuremera nibo bakugira uwo uriwe .Thx
super ndumufana wae utajya ucikwa interview zawe. kunda kunda kunda kunda kunda kunda cyane.Ibaze duhuye
Sabin rwose iyi interview wayishe kbx, wagira ngo haricyo mupfa na konyine boy
Sabin rwose agira ivangura muzabikoreho ubushishozi njye namaze kubibona.
Ibikorwa bya super biruta amagambo kbx coup de chapeau vraimaint
Uyu munyamakuru arabaza umutumirwa nk'umujerengura (minimizing) cg wa muciye amazi.....please Sabi....ujye wubaha.....
Izi Conference nizo mbura, ngo nigurire inzu New york
Jenny Valentine did you mean confidences? Same here in Canada 🇨🇦! Biragoye gufata decision yo kugura!
Hhh stay positive bro bizakunda♥️
Ubundi super manager mumureke arihariye kuko namwe abanyamakuru iyo mwamukoreshe interview mubona views nyinshi, confidence ze mwese murazemera ko akaze kuko muza kumushaka mukaboneraho cash za youtube ubwo c urumva super manager Atari ATM mukuramo cash
Uziko wagira ngonumwana wimyaka 5 uri gukoresha interview 😔
Sabin ino interview wari wigize challenger cyane rwose kandi tugufata nka speaker-on w'abantu batandukanye!! Hano rwose hoyaaa kandi super Manager maze kubona ko yihariye rwose!!!
Sabin wumvishe uko Super yagusubije? Ati burya utanyemera aragwaye... yakubwiriyemo buriya arebye ukuntu war'uri kumubaza
Yeah burya super numugabo nimfura
Nkundako namutima mubi ugira kbs manager wacu dukunda cyane!!.
Niko se Sabin, nawe twizeraga pe!! Uratinyuka ugakoresha interview waciye umuntu amazi gutya?! Ntekereza nk'umu Pro, wagakwiye kumva ukanashyigikira ibikwiriye cg ibyo ugaya ukabigaya, ariko gupinga No👌🏽👌🏽🤷🏾♂️. Niko natekerezaga njye, kandi ndi umufana wawe, gusa iyi yo, watuma tuyivugaho byinshi! Nawe bikwigishe ibindi👌🏽👌🏽👌🏽👌🏽, kandi nk'umuntu w'umugabo ntekereza uza kubibona. Urakoze
Ariko se Umurungi noneho yabaye iki?? Ndabona wagirango ni Débat
The bad man turakwemera kbsa !!!
Sabin! ushobora kuba ugira descrimination........ stop those things of biasness....
ibyo uvuze nukuri , ntanubwo ari ashobora ahubwo arayijyira cyane.
Uvuze ukuri@Jackson
Nishyali riba ririmo I guess. Abasope niko bameze! Am sorry to say that! 🤷♀️
Sabin nakigire umuhatari super aramurenze
Uvuze ukuri
Street Legend naryo ndariguhaye our Front line command voice of money ATM machine
Wawooooo super am so glade to see you
Sabin iyi interview yawe iri fake cyane, ugerageje gusuzugura Super manager kandi akurenzeho cyane...
Super nkunda umuntu wihagararaho mubyakora uruwambere ndagukunda bro courag
Umuhungu wa gakumba ndakwemera cyane kbs komeza ujye imbere muri byose
Ariko Sha umbona Ute 🔥
Njye super manager ndamwemera uwamuvugana nabi n'itiku rwose
Sabin wakozumuti kbc
Kuba wazanye Super manager ATM MACHINE,KING KONG
Ndamwemera byahatari👏👏👏👏👏✌️👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏
Sabin ya voice ndayumvise weeeeeee Emmy yashatse gusebya super manager none agiye guseba cyane
I can't get enough of this guy nukuri I like him soooo much
Super rwose nimutipe mwiza ushimishije kd urwanya ibyokora afite ikibaz muriwe ark abantu niko bameze ntibanyurwa burya umuntu niwe ubuzi icyo akora ntihakangire uguca itenge ubyo ukora mbareke mbate igihe igihe cyirahenda wowe koresha icyawe neza
Sup Uzatubwirire cyakinyamakuru cyagututse ngo Nticyavugana numushumba uzakinsubirize cyaragutondagiye bikabije
Sabin woe uri feck kbc urapinga umuntu wensipra abantu benshi kd ubaza nibibazo bya feck ntuzongere kbc super umwana w'imfura shn nkubwo imodoka ye ntiwari wayibonye kubaza ubusa ahubwo courage broskie
Super disi. Komera cane Mutu wa Mungu.
Nkunze uburyo uha Sabin ingero zifatika Sabin watubihirije papa
Sabin please never underestimate the invitee like the way you did kuri Super Manager!stop nosense questions like these,ntukabaze umuntu ushaka kumuca amazi!birambabaje kbsa! and generally you was a smart guy.correct the error you made
Wowe Supermanager Urarenze bajye bakureka bana!
Turahari USA dufana konyine boy nakomeze abimboni yurubyiruko
Ese ubundi Sabin usuzugurira iki Super ko akurenze kure..? Uziko umaze kubyimba🤔 sha uratubabaje abakundaga kugukurikira ku Isimbi witwaye nabi nusoma comments zabakunzi bawe wigaye pe.
Sabin sorry ndigucishijemo 😢
Ngukunda kubi ❤️❤️❤️❤️✊🏾
Super iyo muvuze ko yiyemera muba mushaka gusebanya kuko afite ibikorwa bifatika kbsa
Zero to hero kabisa n'umuntu w'umugabo kdi ibyabyira abaha ingero zifatika abereka nagihamya kbs
Mutoto wamungu courage kbs
Wasanga Sabin arimugikundi kyaba nyamakuru bapinga Super manager nka wawundi ngo ni Emmy nundi ngo ni Philpeter . Ishyari ryarabamaze .. abanyarwanda twige kwifurizana ibyiza.
Ni wowe ndeba interview yawe ikarangira ntabishaka hhhhhh super ubundi uri super nkunda uburyo wiyizera gusa wavuze ukuri iyuvuze ko uzakena urakena wavuga ko uzakira ugakira icyambere Ni kizere