RUGABA wo muri Papa Sava GUKIZWA KWANJYE byarangoye|Nashatse kwiyahura kenshi😭ubuhanuzi bwa Mama sav
Vložit
- čas přidán 25. 04. 2024
- WIFUZA GUKIZWA CG GUTANGA UBUHAMYA BWAWE (INKURU YANJYE) WAKORESHA IZO NIMERO ZIRI HASI Cyangwa, WIFUZA GUSHYIGIKIRA UMURIMO W'IMANA
_______________________________________________
MTN Mobile Money : +250 788 20 8757
Airtel Money : +250 733 049 049
_______________________________________________
Ushaka Gukoresha Western Union cg Money Gram watubaza kuri izo nimero, Ushaka kubana natwe kuri watsapp Group Nyura hano: chat.whatsapp.com/FHRYGoxn6MW...
#Irene_0788208757 #Bohoka
Rugaba nkwemera cyane cyaneee👍👏👏👏 I like your voice so God bless you more 🙏🙏🙏
Imana iguhe umugisha Monsieur Rugaba
hallelua Yesu nimwiza
u are talented mubyo ukina kabisa kandi ubu buhamya bumpaye imbaraga zo gukomeza urugamba ndimo rwo kugororoka
Urumuntu wumugabo Rugaba wa yesu ndagukunze Uwiyeka aguhishe mugicucu cyamababaye kandi akwagurire imbaho.
Ohlaaaaaaa Murakoze cyaneee nukuri
kutugezaho ubutumwa Bwiza Uhabwe umugisha
nahora ndagukunda ubuho ndegeje aho vyahora ❤❤❤ ndagukunda rugaba wee uvyumve NDIHO agukomeze cane
Waooo Irene &Rugaba mwakire umugisha w'IMANA .ibi nibyo biganiro bikenewe pe.mufashije kristo gukiza isi
Rugaba habwa umugisha waziye igihe👏
Ikiganiro cyiza pe.muhabwe umugisha
urumugabo rugaba ukunzwe cane ❤❤ IMANA igutoneshe ncuti
uyu mu papa ndamukunda aca bugufi kabisa
Muntu WImana urimo IMANA pe nukuri Kandi uraniyubashye cyane nukuri yesu akomeze kuko satani yarahagurutse abantu bo kuri social media ntabwo biyubaha pe
Yooo oya ntawabatuka umuravuga ibyiza weee ndungutse kd byinshi❤❤
Ngukunda cyane ruga❤❤❤❤
Ikiganiro cyiza gusa nkunda ko mugira amashusho meza na sound nziza
lmana ishimwe yakubohoye Papa uzabohore nabandi kuko nziko nabandi bakiboshywe babikora batabishaka .
❤ my blood
Woow mbega ikiganiro cyiza!
Rugaba urimo umwuka w, Mana p
Izi nkende uzikuye hehe Ruhogo weee hahahaha
I rebero muri mlimani garden harimo na restaurant nziza cyane yitwa Chem chem
Uzahasohokere nugira amahirwe uzazihasanga kuko ziba zitembera
Uyuse ni Rugaba nzi muzikera Igikondo akirimuto Yajegukizwa se
Ikintu cose kitarimwo imana kiragaragara
Turagusuhuje
UWITEKA agukomeze