NTIDUKWIYE KUMUBAZWA: Abapolisi bagize uruhare mu RUPFU rw'Umuntu wafashwe atangira Isabato BAJURIYE
Vložit
- čas přidán 13. 02. 2024
- Abagororwa batanu nibo bari ku Rukiko Rwisumbuye rwa Huye harimo uwari komanda wa Polisi sitasiyo ya Ntyazo, Inspector of Police (IP) Ndayambaje Eustashe hakabamo kandi abapolisi babiri barindaga ‘Transit center ya Ntyazo’ iherereye mu karere ka Nyanza.
Mu myambaro isanzwe iranga abagororwa mu Rwanda, abaje mu rukiko harimo kandi Umulisa Gloriose wayoboraga iriya ‘Transit center’ hakabamo kandi uwari ufungiye muri ‘Transit center’ witwa Nahimana Saleh.
Bose bari kuburana ubujurire ku cyemezo cyo kubafunga iminsi 30 by’agateganyo cyafashwe n’urukiko rw’ibanze rwa Busasamana mu karere ka Nyanza.
Mu Gushyingo umwaka wa 2023 nibwo aba bose batawe muri yombi bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umufungwa bikekwa ko yakubitiwe muri ‘Transit center’ akanegekara bikamuviramo urupfu.
Bariya bose baburaniye mu rukiko rw’ibanze rwa Busasamana ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo, mu mwaka wa 2023 ariko urubanza rubera mu muhezo.
Irambuye: itabaza.rw/abapolisi-bakekwah...
_______
Join to get access to perks:
/ @itabaza
Click the following links to Subscribe to our Channels:
ITABAZA TV: / @itabaza
itabaza.rw/
WhatsApp Channel: bit.ly/3ZlNuOJ
WhatsApp Group: bit.ly/3YY75UX
Contact us:
+250 788 824 677
Email: Info@itabaza.rw
Facebook: / itabaza.org
/ itabaazatv
Twitter: / itabazarw
/ itabazatv
IG: / itabazatv
© 2024 ITABAZA. All Rights Reserved.
ITABAZA is not responsible for the content of external sites.
#ITABAZA
#ItabazaTV
#ITABAZASermons
Imana izahanagura amarira yose kumaso yabo kandi urupfu ntiruzabaho ukundi
Ni ishyano pe 😢
Ariko uwo mupastor yarabatereranye gusa imirimo myiza yakoze ndizera ko yashimwe n'Uwiteka
Maracyi.3.19.Nonese , idini kristo yasize kwisi ryitwaga ngwicyi? Icyo nzi Neza Nuko muriyiminsi , yanyuma , Kristo , Arimo , arashaka , Kwihesha , icyubahiro. Inkozizicyibi zose zizaba , ibishingwe:
Eseryo dini ryitwa ngwiki